“ Uwo mugabo arayisubiza ati” Umugore wampaye ngo tubane, niwe wampaye ku mbuto z’icyo giti, ndazirya” Itangiriro 3:12
Iteka najyaga mpora nibaza umuntu tuzabana aho tuzahurira bikansiga, nkumva binteye amatsiko. Hari n’igihe nihaye kujya mbaza abantu bashatse aho bahuriye n’abo babana, ariko nza gusanga bihabanye cyane kuko abantu bafite ubuhamya butandukanye. Mu by’ukuri nasanze atari ikintu cyoroshye.
Hari umuntu twaganiriye , kugeza ku munsi wo kujya mu kiriziya gusezerana ngo yari (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ni gute wahitamo uwo muzabana?
21 September 2015, by Alice Rugerindinda -
Harubwo uheruka kwiyuhagira?
4 October 2015, by Kiyange Adda-DarleneYeremiya 4:14. Yewe Yerusalemu we! Uhagira umutima wawe ho ibyaha kugira ngo urokoke.Uzahorana imigambi yawe mibi uzageze ryari?
Yerusalemu ivugwa aha ntabwo ari ubutaka ahubwo n’abahatuye babwirwaga.Yerusalemu ni igihugu Imana yahaye Aburahamu ihamuhera n’amasezerano menshi harimo n’areba urubyaro rwe. Abisiraheri bafite amasezerano akomeye cyane aturuka kuri sogokuru Aburahamu. Yesu nawe yaje kudushyira muri ayo masezerano ya Aburahamu. Kubw ’amaraso yamennye, turi urubyaro rwa Aburahamu, (...) -
Irinde gukabya kwicira urubanza
6 October 2012, by UbwanditsiTwese ducumura muri byinshi ariko gutekereza ku makosa twigeze gukora byo akenshi bisiga umuntu yumva ashenjaguwe bikabije, acitse intege, akigaya cyane akibaza impamvu yabikoze mbese akumva amwaye.
Satani aba ashaka ko dutekereza ko Imana idashobora kutubabarira kandi ko tutabasha gukora ibyo idusaba. Nonese, ni gute wakwirinda uwo mutego wo gukabya kwicira urubanza?
Niba warigeze gukora icyaha gikomeye cyangwa ibyaha bikomeye ugomba kwihana ubikuye ku mutima kandi ugakora uko ushoboye (...) -
"UMUNTU UTABYAWE N’AMAZI N’UMWUKA NTAZINJIRA MU BWAMI BWO MU IJURU!" NI YO NTEGO Y’IGITERANE CY’IMINSI 7 MU ITORERO DCI - Rev. Pst Papias SINDAMBIWE
22 April 2014, by Simeon NgezahayoNyuma y’igiterane cy’iminsi 7 cyabaye muri Werurwe uyu mwaka cyari gifite intego yo “Kwinjira mu masezerano (Itang. 12:1-9), cyarimo abigisha nka Pst RWIBASIRA Vicent ukorera umurimo w’Imana mu Itorero BETESIDA HOLY CHURCH n’abandi, Itorero DORMITION CHURCH INTERNATIONAL ryateguye igiterane ngarukamwaka kimara amezi ane biga Ijambo ry’Imana iminsi 7 mu kwezi, kizatangira kuri uyu wa Kabiri taliki 22 Mata 2014.
Muri uku kwezi, iki giterane gifite intego yo “Kuvuka ubwa kabiri” iboneka muri Yohana (...) -
Humura ifite ijambo rya nyuma ije kukurengera !
25 October 2015, by Ernest Rutagungira« Kuva iyi si yaremwa kugeza ubu byakomeje kuvugwa ari nako binagaragara ko ubuzima bwa muntu bugenda bukomera, bunyura mu bibazo, intambara n’indi miruho itandukanye. Binagaragara kandi ko uyu utari umwihariko ku gika runaka gusa, kuko yaba ari abana,ababyeyi n’abasheshe akanguhe bararira,yaba abakire n’abakene urumva nawe iyo bigeze ku batindi amarira n’agahinda aba ari byinshi ».
Aka kaga rero mu by’ukuri kakaba gaterwa ahanini n’indwara zikomeye abaganga bananiwe, ubushomeri bumaze igihe (...) -
Umuhanzi Dudu T. Niyukuri ari kubarizwa mu Rwanda mu bikorwa bitandukanye
30 June 2012, by Patrick KanyamibwaKuri uyu wa gatanu tariki 29/06/2012, nibwo umuhanzi w’umunyarwanda ubarizwa mu gihugu cy’u Burundi Dudu T. Niyukuri yagaragaye mu mugi wa Kigali, aho yagaragaye kuri Evangelical Restoration Church Kimisagara muri Shekinah Week aririmba, nyuma mu masaha y’umugoroba akaba yagaragaye mu gitaramo cya Eddie Mico kuri St Etinne EAR Biryogo.
Ubwo twamusanga mu mugi wa Kigali muri icyi gitondo, ari kumwe n’umwe mubamufasha ibikorwa bye inaha mu Rwanda Yvan Ngenzi, Dudu yadutangarije ko yagarutse mu (...) -
Igitaramo cya Frere Manu i Musanze kizabera munzu mberabyombi y’ Umurenge
30 May 2013, by UbwanditsiKubera imbaga y’abantu biteze ibitaramo cy’umucuranzi FRERE Manu byatumye habaho impungenge z’urusengero kuko rushobora kuba ruto dore ko urusengero rw’ ADEPR MUhoza hakorerwamo amateraniro abiri, ibi byatumye Top5 ISAI ifata mumugongo uyu muhanzi maze imuha inkunga y’inzu mberabyombyi y’umurenge wa Muhoza ifite ubushobozi bwo kwakira abantu barenga 2000 bityo iki gitaramo buri wese azisanzure neza.
Mu kiganiro uyu muhanzi yagiranye na Radio y’abaturage ya Rubavu yatangaje ko inkunga ya TOP5 (...) -
Chorale Impuhwe ikorera umurimo muri ADEPR Gisenyi yateguye igiterane kidasanzwe
9 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIkigiterane cyateguwe na chorale Impuhwe yo kuri ADEPR Gisenyi, Umushyitsi mukuru azaba ari chorale MAMADJUSI CHOIR izaba ivuye TANZANIA MOSH yo muntara ya ARUSHA muri ANGLICAN CHURCH, Tuzaba turi kumwe n’abahanzi nka MURWANASHYAKA Faustin na SIBOMANA Andre. Hazaba kandi hari n’andi makorale akomeye cyane nka Bethlehem CHoir na Alliance Choir z’i Rubavu hamwe n’umuvugabutumwa Rev Pasteur MASUMBUKU Josue.
Ikigiterane kizaba kuwa gatandatu tariki ya 12.09. 2015 guhera saa munani z’amanywa no (...) -
Dukwiye guta umwambaro wa kera tukambara kwizera
5 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMariko 10:46-52” ….Aherako arataka cyane ati : Yesu mwene Dawidi mbabarira….abantu benshi baramucyaha ngo ahore….Yesu arahagarara arababwira ati nimumuhamagare…..Nayo ita umwenda wayo, irabaduka yegera Yesu. Yesu arayibaza ati: urashaka ko nkugirira nte?...”
Barutimayo yari umwana wa Timayo ,akaba yari impumyi yirirwaga isaba,ariko nubwo yari impumyi mu mutima hari hahumutse kuko yari afite kwizera yemera guca bugufi atangira kumenya Yesu agerageza kumwegera ataka ati : mbabarira!!! Akimara (...) -
Pasiteri Christine Daniel yakatiwe azira gucuruza ikiwani cy’umuti wa kanseri kuri TBN - Melissa Steffan
27 June 2013, by Simeon NgezahayoUbusanzwe umuntu ashobora gukira kanseri, ariko umuti w’ibyatsi Pasiteri Christine Daniel avuga ko yavumbuye yise "C-Extract" ntubasha gukiza kanseri. Amaze kwamamaza C-Extract ayivugaho ibitangaza, Pasiteri Daniel yakatiwe igifungo cy’imyaka 14. Ikinyamakuru ‘The Orange County Weekly’ kiratangaza ko Pasiteri Daniel ukorera umurimo w’Imana mu itorero rya Pantekote akaba asanzwe ari n’umuganga yavumbuye umuti avuga ko ukiza kanseri, awita C-Extract maze atangira kuwucuruza kuri Televiziyo (...)
0 | ... | 690 | 700 | 710 | 720 | 730 | 740 | 750 | 760 | 770 | ... | 1850