Nk’uko bijya bigenda buri mwaka, abanyeshuri barangirije amashuri yabo mu mashuri makuru KIST na KHI ubu asigaye abarizwa muri Kaminuza y’u Rwanda babarizwaga mu muryango utabogamiye ku idini GROUPE BIBLIQUE UNIVERSITAIRE - GBU, bafata umwanya bagateranira hamwe bajyanywe no gushima Imana no gusura bagenzi babo bahujwe n’uwo muryango, banibukiranya amateka y’uwo muryango kuva ushinzwe.
Muri uyu mwaka wa 2014, abarangirije muri ibyo bigo bakoreye umurimo w’Imana mu muryango GBU bazwi nka Amis de (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Abanyuze mu muryango GBU KIST KHI bazahuzwa no gushima Imana
23 January 2014, by Simeon Ngezahayo -
Ntimwirengagize kwakira abashyitsi bamwe babikoze bacumbikiye abamalayika batabizi!
14 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMukomeze gukundana urukundo rwa kivandimwe ntimukirengagize gucumbikira abashyitsi, kuko bamwe bacumbikiye abashyitsi, bacumbikiye abamalayika batabizi. (Abaheburayo 13:1-2)
Ijambo ry’Imana ridushishikariza gukunda abantu bose, cyane cyane benedata dusangiye kwizera, ndetse harimo n’abo tutazi.
Hari abantu badafata abandi neza iyo batabazi, bakabasuzugura, ntibabiteho ndetse ntibabe banabafasha ariko ibyanditswe bivuga ko tutagomba kwibagirwa kwakira abo tutazi, rero mu gukora ibyo hari (...) -
Ese birakwiye ko umukirisitu wakoze icyaha ashyirwa inyuma y’itorero ?.
4 January 2016, by Ernest RutagungiraNk’uko bijya bigaragara mu matorero amwe n’amwe ya gikirisito, umuntu wafashwe cyangwa ushinjwa ibyaha runaka, yabyemera atabyemera, ashyirwa inyuma y’itorero. muri ibyo twavugamo icyaha cy’ubusambanyi, kurwana mu ruhame, kwiba, cyangwa ibindi byaha , mugihe bagusanze bakaguhugura incuro irenze imwe ukananirana, ibi rero ugasanga bitera bamwe kwibaza niba hatarimo gutandukira , bakagira bati ese birakwiye ko umukirisitu wakoze icyaha ajugunywa inyuma y’itorero.
Iyo uganiriye na bamwe mu (...) -
Korali Gloria yo mu itorerorya ADEPR Bibare irashimira Imana ku bw’urugendo rw’ivugabutumwa yagiriye ku Mulindi (Gicumbi) kuwa 12/08/2012.
16 August 2012, by VitalNi kuri kicyumweru cyo kuwa 12/08/2012, ubwo Korali Gloria yo mu itorerorya ADEPR Bibare yari mu rugendo rw’ivugabutumwa bwiza bwaYesu kristo ku Mudugudu wa Mulindi nawo ubarizwa mu itorerorya ADEPR, aho akaba ari mu Karere ka Gicumbi, mu ntara y’amajyaruguru mu cyahoze ar I Byumba.
Abantu rero bakaba bari baje ari benshi kandi bafite ubushake bwo kwakira ijambo ry’Imana nkuko byaje kubahaba mu materaniro ya mu gitondo ndetse na concert yanimugoroba. Aha rero korali Gloria ntiyari yonyine (...) -
Abagabo ngo barasabwa kugera ikirenge mu cya Kristo!
5 April 2016, by Alice Rugerindinda“ Bagabo, mukunde abagore banyu, nk’uko Kristo yakunze itorero akaryitangira” Abefeso 5:25 For husbands, this means love your wives, just as Christ loved the church “ Ephesians 5:25
“Uko niko abagabo bakwiriye gukunda abagore babo nk’imibiri yabo. Ukunda umugore we aba yikunda. Kuko ari nta muntu wakwanga umubiri we, ahubwo yawugaburira, akawukuyakuya, nkuko Kristo abigirira itorero” Abefeso 5:28
Niba wajyaga wibaza igipimo cy’urukundo wagombye gukunda umugore wawe mwashakanye cyangwa se urugero (...) -
Korale Elayono igeze kure itunganya alubumu yayo ya mbere
31 May 2012, by Patrick Kanyamibwa“Abayuda”, “Imana irindijambo ryayo”, “Umwuka wera” na “Uruwera” izo ni zimwe mu ndirimbo zizajya kuri alubumu ya mbere ya Korali Elayono. Iyi alubumu ubu igeze kure ikorwa na Producer Prince muri Solace Studio, izaba igizwe n’indirimbo 10 ziri mu njyana zitandukanye. Iyi Album ya mbere ya Audio irateganya kuyishyira ku mugaragaro muri uku kwezi kwa 6 hatagize igihinduka, ikaba ikomeje gutegura iyi album ku buryo buri Visuel (Amashusho) kuko bifuza kubimurikira rimwe.
Chorale Elayono niyo ku (...) -
Abasaga 100 bakiriye ubutumwa bwiza bwa Yesu kristo ndetse biyemeza kujya mu nzira itunganye ubwo Jehovahjireh choir yari i Buhoro-Musambirakuwa 14.10.2012.
18 October 2012, by VitalNkuko yabyiyemeje ikabishyira no mu nshingano zayo, Jehovahjireh choir CEP-ULK Evening ikorera umurimo w’Imana muri Kaminuza yigenga ya Kigali, Campus ya Gisozi, kuri iki cyumweru cyo kuwa 14.10.2012 yariyerekeje mu ntara y’Amajyepfo kumudugudu wa ADEPR Buhoro, Paruwasi ya Musambira, aha hakaba hari hateraniye abantu benshi barimo abakristo bose bagize iyi Paruwasi uko ari imidugudu cumi n’ibiri, bakaba rero bari baje kubwinshi kandi bishimiye kwakira neza ijambo ry’Imana. Umushyitsi mukuru (...)
-
IGITERANE NGARUKAMWAKA CYISWE “AFRICA HAGURUKA” CYASHOJWE KURI IKI CYUMWERU
13 August 2013, by UbwanditsiKu ncuro yayo ya 14, ‘Afurika Haguruka’ izaniye impinduka nyinshi umugabane wa Africa ndetse n`isi muri rusange mu rwego rw`ubukungu, imibereho rusange ndetse n`iterambere mu buryo bw`umwuka.
Iki giterane ngarukamwaka gitegurwa n’Itorero Zion Temple Celebration Center Kigali kimaze kumenyekana cyane muri Africa ndetse no ku isi muri rusange kubera impinduka nyinshi cyazaniye abagiye bacyitabira kuva mu mwaka w’2000, ari bwo cyatangiye ku ncuro ya mbere.
Nk’uko twabitangarijwe na Bishop (...) -
Umuhanzi Albert NIYONSABA yateguye igitaramo kuri iki cyumweru 27/10/2013 ku itorero rya ADPR-KACYIRU(Kanserege)
24 October 2013, by Simeon NgezahayoAlbert NIYONSABA ni umuhanzi umaze iminsi muri muzika, aho yakunze kugaragara mu biterane no mu bitaramo bitandukanye. Kuri ubu umuhanzi Albert NIYONSABA azanye imbaraga zidasanzwe mu ruhando rwa muzika mu ndirimbo zaririmbiwe Imana (Gospel Music).
Twegereye uyu muhanzi, tuganira nawe atubwira bimwe mu byo arimo gutegurira abakunzi be n’abakunda indirimbo zihimbaza Imana muri rusange. Yadutangarije ko kuri iki cyumeru yateguriye abakunzi be igitaramo yise “Ku bw’amaraso ya Yesu”, kandi ko (...) -
USA: Amatorero y’Abaporotesitanti yateguye amasengesho yo gusengera Sudani y’Amajyepfo bayisabira amahoro n’ubutabera - Michael-Gryboski
6 February 2014, by Simeon NgezahayoAmatorero y’Abaporotesitanti muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yateguye amasengesho yo gusabira Sudani y’Epfo amahoro n’ubutabera. Aya masengesho n’abandi bose bahamagarirwa kwitabira yiswe "Day of Prayer for South Sudan," ngo bayateguye bafatiye ku makuru yo gushyira intwaro hasi muri iyi Leta imaze igihe irimo amakimbirane akomeye.
Itorero Peresibiteriyene (Presbyterian ChurchUSA), The Episcopal Church na Reformed Church muri Amerika yahamagariye abayoboke bayo kwitabira amasengesho yo (...)
0 | ... | 700 | 710 | 720 | 730 | 740 | 750 | 760 | 770 | 780 | ... | 1850