Mu giterane cyateguwe n’itorero Healing Center Church rikorera i Remera bazanye umuhanzi kuva mu gihugu cy’u Burundi Dudu Theophile Ndizihiwe. Iki giterane kizagaragaramo n’abandi bahanzi benshi batandukanye b’inaha mu Rwanda ndetse n’abavugabutumwa barimo umu Nya NIGERIA wahoze ari Ambasaderi w’icyo gihugu mu Bwongereza Bwana TOYE OKANLAWON.
Nkuko twabitangarijwe na Gato Damien umwe mubateguye kino gikorwa, ngo iki giterane cyatangiye kuri icyi cyumweru tariki ya 21/07/2013 cyikazasozwa ku (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Dudu kuva Burundi ni umwe mu bazitabira igiterane cyateguwe n’itorero Healing Centre mu giterane ngarukamwaka cyitwa “YOUTH IN REVIVAL TIMES”
20 July 2013, by Ubwanditsi -
Irinde gukabya kwicira urubanza
6 October 2012, by UbwanditsiTwese ducumura muri byinshi ariko gutekereza ku makosa twigeze gukora byo akenshi bisiga umuntu yumva ashenjaguwe bikabije, acitse intege, akigaya cyane akibaza impamvu yabikoze mbese akumva amwaye.
Satani aba ashaka ko dutekereza ko Imana idashobora kutubabarira kandi ko tutabasha gukora ibyo idusaba. Nonese, ni gute wakwirinda uwo mutego wo gukabya kwicira urubanza?
Niba warigeze gukora icyaha gikomeye cyangwa ibyaha bikomeye ugomba kwihana ubikuye ku mutima kandi ugakora uko ushoboye (...) -
Pastor Pat Robertson, Umuvugabutumwa w’umutubuzi
7 October 2013, by Simeon NgezahayoPastor Pat Robertson yakoze ubutekamutwe, akoresheje impunzi z’Abanyarwanda ziba Congo Kinshasa. Hari film ikoze mu buryo bwifashisha amashusho y’ibintu byabayeho, izi bita documentaire iri kwerekanwa cyane mu iserukiramuco rya film ribera Toronto muri Canada, yitwa “Mission Congo”inenga bikomeye umuvugabutumwa rurangiranwa Pat Robertson ngo wakusanije amamiliyoni menshi y’amadorali y’Amerika mu bikorwa yavugaga ko byari ibyo gutabara Abanyarwanda babarirwaga muri miliyoni imwe bambutse umupaka (...)
-
Imana uyifata ute? - David Porter
20 April 2013, by Isabelle GahongayireNiba ushaka kureba ibishushanyo byinshi biteye ubwoba, uzatemberere mu nzu ndangamurage. Uzabona uburyo abantu bagiye batekereza Imana uko imyaka yagiye ishira. Biteye ubwoba.
N’ubwo ibishushanyo abantu barema rimwe na rimwe biba biteye ubwoba, ntabwo byaba bibi nk’ibitekerezo abantu bamwe bagira ku Mana y’ukuri yaremye isi n’ijuru. Uburyo dutekereza Imana ni na ko tuyibona.
Bibiliya itubwira umuntu wakundaga Imana ariko atarayisobanukirwa. Yobu yibwiraga ko yaburana n’Imana «Ntabwo (...) -
Imana niyo nyiribihe
8 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAburahamu arubama araseka yibaza mu mutima we ati :Ese ubwo byashoboka ko umugabo ufite imyaka ijana yabyara umwana w’umuhungu ?Sara se we ufite imyaka 90 yabyara ate ?Imana iravuga iti :ahubwo umugore wawe Sara niwe uzabyara umwana w’umuhungu kandi uzamwite ISAKA. Itangiriro 17 :17-19.
Kera Imana yari yarasezeranyije Aburahamu na Sara ko bazagira urubyaro rwinshi cyane.Imyaka yarahise ariko umwana bifuzaga cyane ntiyavuka. Kino gihe barashaje imyaka 100 y’Aburahamu na 90 ya Sara.
Ibihe (...) -
Ijambo muri wowe-Imbaraga z’imbere/ Pastor Chris
27 October 2015, by Innocent KubwimanaAriko rero mujye mukora iby’iryo jambo, atari ugupfa kuryumva gusa mwishuka, Yakobo 1:22
Ijambo ry’Imana ntabwo twariherewe gusa ngo riduhishurire ibintu bimwe ku Mana, ahubwo twariherewe ngo ritubesheho. Abantu bamwe bemera gusa ijambo, ariko kwemera ntabwo bihagije, uremera noneho ugakora nk’uko rivuga.
Mu by’ukuri ntabwo uba wemeye ijambo iyo ritagusunikiye gukora ibyaryo nk’uko rivuga, kuko iyo wemeye, usunikirwa kugira icyo ukora. Turemera ngo dukore, ntabwo twemera ijambo ngo (...) -
Yababajwe cyane n’ukuntu Imana ari inyembabazi nyinshi!
18 July 2013, by Alice Rugerindinda“Ni uko ibyo bibabaza Yona cyane ararakara, asenga Uwiteka ati “ Uwiteka, si icyo navugaga nkiri iwacu? Nicyo cyatumye nshoka mpungira I Tarushishi kuko namenye ko uri Imana igira ubuntu n’imbabazi, itinda kurakara, ifite kugira neza kwinshi kandi yibuza kugira nabi. None rero Uwiteka, ndakwinginze unyice kuko gupfa bindutiye kubaho” Yona 4: 1-3.
Uyu ni umuhanuzi Yona. Ngo igihe kimwe Imana yamutumye kuburira umurwa witwa Ninewe , ngo ababwire ko nibatihana bazarimbuka. Yona aho kugirango (...) -
Korali La Lumière igiye gukorera urugendo rw’ivugabutumwa muri paruwasi ya ADEPR Rushashi, umudugudu wa Muyongwe
14 February 2014, by Simeon NgezahayoNyuma yo kumurika album yayo , korali Lumiere ikomeje urugendo rw’ivugabutumwa, aho muri iyi weekend izaba iri mu itorero ry’ADEPR ry’akarere ka Gakenke; kuri ADEPR MUYONGWE, paruwasi ya Rushashi, mugikorwa k’ivugabutumwa kuwa gatandatu no ku cyumweru tariki ya 15 kugeza kuya 16 Gashyantare 2014.
Iyi korali ibarizwa i Nyanza ya Kicukiro kuri ADEPR nyuma yo kumurika album yayo ya mbere yise “Ingoma y’amahoro”tariki ya 03 Ugushyingo 2013, ikaba ikomeje kwamamaza ubutumwa bwiza bwa Yesu hirya no (...) -
Nari umusazi none nyuma yo gusengerwa narakize
15 June 2012, by MUHAYIMANA VincentUyu mubyeyi witwa Jeanne uvuka mukarere ka Gisagara umurenge wa Gishubi avugako yamaze igihe kinini ari umusazi,akajya agenda yambaye ubusa,arwana ndetse abana be bose akajya abuhagiza amazi yarangiza akabasiga amase avuga ko ari amavuta;muri icyo gihe yagendaga yambaye ubusa umukobwa we mukuru niwe wirirwaga amugendaho kugirango nata imyenda ayitore yongere amwambike.nyuma yaje gufatwa n’abanyamasengesho baramusengera maze arakira. ubu agenda ashima Imana yamukijije akaba yarasubiye murugo (...)
-
Kurenza amaso ibicantege bihesha umutima wizeye kunesha
5 October 2015, by Innocent KubwimanaIyo wacitse intege wihebye, biragoye ko imirimo y’Imana ikoreka muri wowe, Imana idusaba kudacika intege mu ngorane duhura nazo kubera ko yasezeranye kuzajya itabara mu bihe bikomeye.
Ndashaka kubahereza urugero rumwe rw’umuntu witangiye ubuhamya rw’ukuntu yagumanye imbaraga ze.
‘’Icyo gihe nari maze imyaka 40, twari tukiri i Kadeshi y’i Baruneyi, Mose umugaragu w’Uwiteka antuma kujya gutata igihugu. Bukeye muhamiriza ibyo nari nabonye n’umutima utabeshya Yosuwa 14:7
Aba bagabo bari babwiye uyu (...)
0 | ... | 740 | 750 | 760 | 770 | 780 | 790 | 800 | 810 | 820 | ... | 1850