N’uko ibyo byose bisohora ku mwami Nebukadinezari .Hashize amezi cumi n’abiri, Umwami yari I Babuloni arambagira mu rugo ibwami aravuga ati “Ngiyi Babuloni hakomeye niyubakiye ngo habe umurwa wanjye nturamo, mpubakishijje imbaraga z’amaboko yanjye ngo haheshe ubwami bwanjye icyubahiro”.
Aya ni amwe mu magambo y’ubwibone Umwami w’I Babuloni Nebukadinezari w’ yavuze, yigamba ko imbaraga ze arizo zigejeje Baburoni ahakomeye, ndetse ko amaboko ye ari yo amuhesha gukomera,anahamisha akanwa ke ko (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Kubana no kurisha ibyatsi nk’inyamaswa nicyo yahanishijwe akuwe ku buyobozi
17 February 2016, by Ernest Rutagungira -
Pastor Pat Robertson, Umuvugabutumwa w’umutubuzi
7 October 2013, by Simeon NgezahayoPastor Pat Robertson yakoze ubutekamutwe, akoresheje impunzi z’Abanyarwanda ziba Congo Kinshasa. Hari film ikoze mu buryo bwifashisha amashusho y’ibintu byabayeho, izi bita documentaire iri kwerekanwa cyane mu iserukiramuco rya film ribera Toronto muri Canada, yitwa “Mission Congo”inenga bikomeye umuvugabutumwa rurangiranwa Pat Robertson ngo wakusanije amamiliyoni menshi y’amadorali y’Amerika mu bikorwa yavugaga ko byari ibyo gutabara Abanyarwanda babarirwaga muri miliyoni imwe bambutse umupaka (...)
-
Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi iminsi mikuru isoza umwaka iteguye neza mu masengero atandukanye
25 December 2012, by Patrick KanyamibwaMu cyumweru gishize ubwo twanyarukiraga Bujumbura umurwa mukuru w’igihugu cy’u Burundi, tureba muri rusange uko iminsi mikuru isoza uyu mwaka wa 2012 iteguwe mu masengero atandukanye. Muri rusange insengero hafi ya zose zo muri icyo gihugu hari gahunda zidasanzwe zagiye zitegura mu isozwa ry’uyu mwaka yaba kubera Noheli hamwe n’umunsi usoza umwaka unatangirra undi « Bonane ».
Mu idini ry’abakatorike rimwe mu rifite abakiristo benshi cyane muri icyo gihugu, twasuye kuwa gatandatu tariki ya (...) -
Kigali: Abasaga 50 bakiriye agakiza mu gitaramo cyiswe Welcome Vacance
4 April 2016, by NicodemSi kenshi mu bitaramo by’urubyiruko usanga hari umubare runaka w’abakijijwe cyangwa bakiriye Yesu nk’umwami n’umukiza mu bugingo bwabo bwa mbere.Gusa kuri iki cyumweru tariki ya 3 Mata 2016 ku itorero Bethesda Holy church ho mujyi wa Kigali ahazwi nko mu Gakinjiro mu gitaramo cyiswe Welcome vacance,urubyiruko rusaga 50 rwakiriye agakiza nyuma yo kumva ko rukwiye gukorera Imana mu gihe cyarwo.
Iki gitaramo cyari cyateguwe n’urubyiruko rwo mu itorero Bethesda Holy church ndetse n’Urugero Media (...) -
Rinda umutima wawe kurusha ibindi byose birindwa
3 August 2015, by Innocent Kubwimana" Rinda umutima wawe kuruta ibindi byose birindwa, Kuko ari ho iby’ubugingo bikomokaho.’’ Imigani 4:23
Ikintu gihungabanya umutima w’umuntu ni ukubura amahoro kuko amahoro ni nk’umusingi Imana imanukaho ikagukorera igitangaza. Amahoro ni nk’ingata ituma udahungabana kuko aguha gutuza igitangaza cyaza kikabona aho kicara.
Amahoro ni ikintu cy ingenzi kuko umutima udafite amahoro ntushobora kugira kwizera, amahoro aguha kunezerwa nubwo hari ibitaracamo neza. Kubana n’abantu bose amahoro (...) -
Emmy Kosgei n’umufasha we Apostle Anselm bakoranye igitaramo cyo gushima Imana muri Nigeria
17 September 2013, by Simeon NgezahayoNyuma y’aho Apostle Anselm na Emmy Kosgei basezeraniye imbere y’Imana mu gihugu cya Kenya, kuri uyu wa 15 Nzeli bateguye igitaramo cyo gushima Imana muri Nigeria ari na ho batuye.
Apostle Anselm uyoboye itorero ‘Apostle Anselm Revival Assembly Church’ yateranije itorero rye ngo bashime Imana yamugize umubiri umwe n’umukunzi we Emmy Kosgei.
Emmy na Anselm baririmbira iteraniro
Umunsi wabo ntiwaranzwe no kwinezeza, ahubwo bafashe akanya ko gushima Imana. Mu gitaramo bakoresheje cyo gushima (...) -
Abasaga 100 bakiriye ubutumwa bwiza bwa Yesu kristo ndetse biyemeza kujya mu nzira itunganye ubwo Jehovahjireh choir yari i Buhoro-Musambirakuwa 14.10.2012.
18 October 2012, by VitalNkuko yabyiyemeje ikabishyira no mu nshingano zayo, Jehovahjireh choir CEP-ULK Evening ikorera umurimo w’Imana muri Kaminuza yigenga ya Kigali, Campus ya Gisozi, kuri iki cyumweru cyo kuwa 14.10.2012 yariyerekeje mu ntara y’Amajyepfo kumudugudu wa ADEPR Buhoro, Paruwasi ya Musambira, aha hakaba hari hateraniye abantu benshi barimo abakristo bose bagize iyi Paruwasi uko ari imidugudu cumi n’ibiri, bakaba rero bari baje kubwinshi kandi bishimiye kwakira neza ijambo ry’Imana. Umushyitsi mukuru (...)
-
Igiterane cy’iterankunga mu rurembo rwa Kibungo
24 September 2012, by Jost UwaseKuri icyi cyumweru taliki ya 23/09/2012 habaye igiterane ngaruka kwezi muri Paroisse ya KIbungo, icyo giterane cyabereye ku Mudugudu wa Nyamugali aho abakristo bo mu Midugudu yose itandukanye igize iyo Paroisse ya Kibungo(uko ari 7) bahuye bagamije gukusanya inkunga baba bateganije mu kubaka umurimo w’Imana. Ese iryo terankunga ryaje rite, rigamije iki?
Kuva mu mwaka wa 2009 (Taliki ya 5, Nzeli) nibwo Ubuyobozi bwa Paroisse ya Kibungo bwasanze ari ngombwa gushyiraho uburyo buhoraho bwo (...) -
Itorero rya Assemble of God Remera (Reconciliation Mission Church) ryateguye igiterane cyo gushima Imana no gutaha ku mugaragara urusengero.
25 March 2014, by Ernest RutagungiraMu rwego rwo gushima Imana ku gitangaza yabakoreye cyo kubona urusengero, itorero rya Assemble of God Remera (Reconciliation Mission Church), ryubatswe mu ntara y’uburasirazuba, akarere ka Ngoma, umurenge wa Remera, akagari ka Bugera umudugudu wo Kumukiza, ryateguye igiterane cyo gushima Imana no gutaha ku mugaragara urwo rusengero bujuje, Nk’uko twabitangarijwe na Pasiteri Valens Karekezi Manzi, ubusanzwe mu itorero rya Assemble of God biremewe ko rimwe mu mashami yaryo, ryakwishakira (...)
-
Musenge ubudasiba!
11 March 2016, by UbwanditsiMusenge ubudasiba (1 abatesalonike 5:17) Iyi mpanuro yanditse hejuru aha y’Umwuka wera inyuze mu ntumwa pawulo ni iyo kugira ngo duhozeho kandi dushikame mu masengesho. Mu baroma 12:12 haragira hati: "Mwishime mufite ibyiringiro mwihanganira amakuba; mukomeze gusenga mushikamye".
Inshuro nyinshi satani yifuza guhindura no kuyobya abantu, ibyo banyuramo, ibyo babona, n’ibyo bumva, n’ibindi ari ukugira ngo gusa atugereho. Ariko tugomba kumenya gutegura imigambi ye, igihe cyose usenga uba uri (...)
0 | ... | 780 | 790 | 800 | 810 | 820 | 830 | 840 | 850 | 860 | ... | 1850