Kuva aho yinjiriye muri muzika mu myaka 13 ishize, Judith N. Babirye ntiyigeze acogora. Babirye ni umuhanzi, akaba umwanditsi w’indirimbo ndetse na Pastor. Indirimbo ze zakunzwe na benshi muri Uganda aho akomoka ndetse no mu karere muri rusange zirimo Beera nange, Wanjagala, Uu mwema…
Judith Babirye ni umuhanzikazi w’indirimbo zihimbaza Imana, wavukiye mu gihugu cya Uganda. Ni umwanditsi w’indirimbo, akaba na pasiteri. Ni umugore wubatse. Yashinze studio yise Judith Babirye Production Ltd, (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Judith Babirye ati “Inganzo yanjye nyikura ku buzima nanyuzemo” Menya byinshi ku muhanzikazi Judith N. Babirye…
20 February 2014, by Simeon Ngezahayo -
Korali Abakorerayesu igiye kumurika Album DVD Vol 1.
1 December 2012, by Patrick Kanyamibwa« Aritamurura » ni izina rya Album DVD Vol. 1 ya Korali Abakorerayesu. Aritamurura ni izina rituruka kuri imwe mu ndirimbo zigize iyi Album. Iyi Album izamurikwa ku mugaragaro tariki ya 9/12/2012 guhera saa saba (13h00) aho isanzwe ikorera umurimo ku rusengero rwa ADEPR Rukurazo/Kimironko aho bakunze kwita ku Isangano. Kuri uyu munsi kandi hazaba hari Umuhanzi Kabera Fils Fidѐle uzwi ku ndirimbo “Ninde Uzahagarara ku Musozi Wawe Wera‘ . Umuvugabutumwa Pasteur Ngamije Viateur guturuka i (...)
-
Sinezezwa no gupfa k’umunyabyaha. Evangeliste Kiyange Adda-Darlene
7 November 2013, by UbwanditsiEzekiyeli 33 :11, Ubabwire uti : « Umwami Uwiteka aravuga ati : Ndirahiye, sinezezwa no gupfa k’umunyabyaha, ahubwo nezezwa n’uko umunyabyaha ahindukira akava mu nzira ye maze akabaho. Nimuhindukire, mugaruke muve mu nzira zanyu mbi. Kuki mwarinda gupfa mwa ab’inzu ya Isirayeli mwe ? »
Uwiteka ni umunyembabazi . Yaremye umuntu agira ngo bazabane iteka amuha ubutware bwo gutegeka isi n’ibirimo. Mu gihe cyo kurangara, satani yaraje amwaka ubutware, Imana iramuhana ariko ntiyamureka, ikomeza (...) -
Nijeriya : Abakirisitu mu Majyaruguru barahigwa bukware
18 June 2012, by UbwanditsiIbitero byinshi bikomeje kugabwa kuri za Kiliziya, kuri iki Cyumweru izigera kuri eshatu zaribasiwe.
Umukozi w’ Umuryango wita ku mbabare Red Cross yabwiye ibiro Ntaramakuru by’Abanyamerika ko abantu byibuze 12 bishwe naho abandi 80 bagakomerekera muri ibyo bitero.
Bivugwa ko ari ibitero by’abayisilamu, ariko nta mutwe wari wigamba kuba inyuma y’ibyo bitero mu gace ka Kaduna byabereyemo.
Kaduna ariko ubusanzwe mu minsi yashize yari yagabweho ibitero n’umutwe wa Boko Haram ukorerera mu (...) -
Bahati Alphonse yateguye igitaramo cyo gufasha impfubyi
31 August 2012, by Patrick KanyamibwaUmuhanzi Bahati Alphonse usanzwe umenyerewe mu ndirimbo zo guhimbaza Imana(Gospel)ndetse no mu bikorwa byo gufasha cyane cyane impfubyi yateguye igitaramo cyo gufasha abana icyenda basigaye nyuma y’uko se wari n’umwalimu mu idini rya ADPR Paroisse Gisenyi yitabye Imana.
Mu kiganiro uyu muhanzi yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Kane yatangaje ko nyuma y’uko uyu mugabo yitabye Imana agasiga abana icyenda badafite aho bikinga, ibi byatumye Bahati ahita afata icyemezo cyo gutegura igitaramo (...) -
Umuryango Mercy Ministries Internation wateguye amahugurwa ku Itorero ry’Akarere mu Kuzana Impinduka muri Kominote
3 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaLocal church and Community Transformation Training Amahugurwa ku Itorero ry’Akarere mu Kuzana Impinduka muri Kominote
Amataliki
Igice cya mbere (Werurwe 2-10, 2016): Amahugurwa y’ibanze y’isanamitima n’ubwiyunge yo ku rwego rwa mbere n’urwa kabiri yo kwiga kwigisha abandi: Healing and Reconciliation workshop and Training of Facilitators) Igice cya kabiri (Gicurasi 9-13, 2016): Amahame mu kuzana impinduka yuzuye muri Kommunote (Principles of Community Transformation) Igice cya gatatu: Iki (...) -
Dore abahanzi ba Gospel bazitabira igitaramo cyo gufasha Nympinga Yvone umaz’imyaka 18 arway’impyiko
1 December 2012, by UbwanditsiNyampinga Yvonne ni umukobwa w’imyaka 28,akaba amaze igihe kirekire cyane arwaye impyiko kandi iyo ndwara ikaba igeze mu gika cya nyuma,Amavuriro hafi ya yose ya hano mu Rwanda niko Yvonne yayazengurutse yivuza ariko biranga,ubu imiti afata ayikura ku bitaro byitiriwe umwami Faisal (King faisal Hospital,kubera ubushobozi buke umuryango wa Yvonne usanga kujya kumuvuriza mu Buhinde bitaboroheye namba,
Bamwe mu bahanzi ba gospel babisabwe n’umuryango wa Yvonne bakaba biyemeje gutabariza uwo (...) -
Umpe kukwegera Yesu! - Gael Eba-Gatse
15 June 2013, by Simeon NgezahayoNituguma muri Yesu tukamwomaho ni bwo tuzabasha kwera imbuto z’ukuri mu buzima bwacu, ndetse tugakomeza no kwaguka.
"Mana yanjye, umpe kukwegera, kukwegera cyane! Ni cyo cyifuzo cyanjye :Kuba hafi yawe ! Ibigeragezo nibintembaho nk’uruzi, Umpe kukwegera! Mbe hafi yawe!
Hafi yawe cyane buri munsi, hafi yawe ! Ntabara, ukomeze kwizera kwanjye. N’iyo satani yantera, urukundo rwawe rungarure hafi yawe cyane buri munsi, Hafi yawe ! "
Nshuti zanjye, binyuze mu magambo y’iyi ndirimbo, ndifuza (...) -
Ujye utumbira Yesu wenyine!
17 February 2016, by Innocent KubwimanaNuko natwe ubwo tugoswe n’igicucu cy’abahamya bangana batyo, twiyambure ibituremerera byose n’icyaha kibasha kutwizingiraho vuba, dusiganirwe aho dutegekwa twihanganye., dutumbira Yesu wenyine, ari we Banze ryo kwizera kandi ari we ugusohoza rwose , yihanganiye umusaraba ku bw’ibyishimo byamushyizwe imbere ntiyita ku isoni zawo, yicara iburyo bw’intebe y’Imana. (Abaheburayo 12:1-2)
Uyu mwanditsi amaze kwandikira Abaheburayo no kubereka abantu b’ibyitegererezo cyangwa se intwari zo kwizera (...) -
Si ku bw’amaboko, si kubw’imbaraga ahubwo ni ku bw’Umwuka wanjye”
4 April 2016, by Ernest RutagungiraSi ku bw’amaboko, si kubw’imbaraga ahubwo ni ku bw’Umwuka wanjye”
Zakariya 4: 6-7 Aransubiza ati “Ijambo Uwiteka atumye kuri Zerubabeli ngiri ati ‘Si ku bw’amaboko kandi si ku bw’imbaraga, ahubwo ni ku bw’Umwuka wanjye.’ Ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga“Wa musozi munini we, wiyita iki? Imbere ya Zerubabeli uzaba ikibaya….
Tugendeye ku bitabo bitandukanye nk’icy’umuhanuzi Hagayi na Ezira, Zerubabeli yari mwene Sheyalutiyeli, akaba yari umwe mu bayoboye abayuda, avugwaho byinshi ariko cyane cyane avugwa (...)
0 | ... | 790 | 800 | 810 | 820 | 830 | 840 | 850 | 860 | 870 | ... | 1850