"Gusharira kose n’uburakari n’umujinya n’intonganya, no gutukana hamwe n’igomwa ryose bibavemo. "(Efeso:4:31)
Gusharira, umujinya n’uburakari byombi Bibiliya ibigaragaza nk’icyaha, cyangiza urukundo n’imibanire y’abantu ndetse kibangamira no gukura ko mumwuka.
Kutihana ibi byaha biteza agahinda Umwuka Wera , biha Satani urwaho mu buzima bwawe, bituma umucyo wawe uhinduka umwijima imbere y’abandi(ubuhamya),byangiza ubumwe bw’umubiri wa Kristo.
I. Uko Imana ibona gusharira, n’uburakari n’umujinya. (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ingaruka mbi zo gusharira, umujinya n’uburakari (Igice cya 3) Pastor Jean Jacques
5 February 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Ibintu 10 Avoka ishobora kumarira umubiri wacu
1 November 2012, by UbwanditsiAvoka nk’ikiribwa gifitiye akamaro umubiri wacu bitewe no kuba ikungahaye ku mavitamine nka A, B, C na K, usanga hari bamwe batacyitaho cyane cyane aho abagabo benshi bakunda kuvuga ko ari ikiribwa cyagenewe abana n’abagore, mu gihe mu bihugu byateye imbere ari nkitegeko ko buri mafunguro hagomba kuba hongeweho ibikomoka kuri Avoka.
Akaba ari yo mpamvu tugira ngo turebere hamwe icyo ishobora kumarira umubiri wacu twifashishije urubuga rwa healthonlinizine”.
1. Ifasha umutima gukora neza (...) -
Somalia: Abagera kuri 260,000 bamaze guhitanwa n’inzara
2 May 2013, by Simeon NgezahayoUbushakashatsi bwakozwe ku cyago cy’inzara kimaze iminsi cyugarije Somalia bwagaragaje ko kimaze guhitana abagera kuri 260,000 guhera mu mwaka w’2010 kugeza mu w’2012, mu gihe ibihumbi n’ibihumbi by’abandi bavuye mu gihugu cyabo bahunze inzara.
Muri abo bishwe n’inzara, kimwe cya kabiri ni abana bari munsi y’imyaka 2. Ibi byagaragajwe n’ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo UN food agency ndetse na US-funded Famine Early Warning Systems Network.
Umubare w’abishwe n’inzara muri iyi myaka 3 uruta abo (...) -
Mwana wanjye abanyabyaha nibakoshya ntukemere.
11 April 2016, by Kiyange Adda-DarleneImigani 1 : 10 : Mwana wanjye abanyabyaha nibakoshya ntukemere.
Isi yanduye kera Adam na Eve bamaze gukora icyaha Imana ikabahana.Kuva icyo gihe isi ni mbi, yuzuyemo ibyaha. Gusa hari icyo dukwiye kwishimira nubwo bimeze bityo, Yesu yarabambwe, azana agakiza. Iyo ataza tuba twaramizwe bunguri n’ubugome bw’iyi si. Imana rero, ntiyarekeye aho gufasha umuntu.
Yaduhaye ijambo mu buryo bubiri. Yaduhaye ijambo rikiza usoma muri bibiliya ugafashwa ukaba wahindukira ukava mu bibi, yaduhaye (...) -
Ijambo ukwiye gutsindisha satani n’abadayimoni mu bibazo!
18 August 2015, by Innocent KubwimanaAriko naho itadukiza, nyagasani umenye ko tutari bukorere imana yawe, habe no kuramya icyo gishushanyo cy’izahabu wakoze.’’ Daniyeli 3:18
Umwami Nebukadinezari yakoze igishushanyo ategeka ko abantu bose bagisenga. Uyu mugabo yasabye ko abantu bose nibumva ibyuma bivuga birimo imyirongi, inanga, isambuka, amabubura, amakondera n’ibindi byuma byose bivuga, umuntu wese yubarara hasi akaramya igishushanyo yari yakoze.
Kubera ko Saduraka, Meshake na Abedenego bubahaga Imana yo mu ijuru bari banze (...) -
Abayobozi b’itorero Anglican baratangaza ko bababajwe n’ibitero byahitanye Abakristo bagera kuri 80 muri Pakistan, bigakomeretsa abasaga 200
23 September 2013, by Simeon NgezahayoAbayobozi b’itorero Anglican bo mu bice bitandukanye by’isi bagaragaje agahinda batewe n’ibitero byagabwe ku itorero rya Pakistan, aho ibisasu byahitanye abagera kuri 80 naho abasaga 200 bagakomereka kuri iki cyumweru. Ibihugu biri ku isonga mu kwamagana aya mahano ni Amerika n’Ubwongereza. Archbishop w’intara ya Canterbury Justin Welby, uyoboye itorero Anglican rigizwe n’abagera kuri miliyoni 77 yatanze ubutumwa kuri twitter burimo akababaro yatewe n’ayo mahano yibasiye Abakristo bo mu (...)
-
Egypt: Umwarimu w’Umukristo arashinjwa n’ubutabera icyaha cyo gutuka idini ya Islam
26 June 2013, by Simeon NgezahayoKu wa 11 Kamena, i Cairo mu gihugu cya Egypt umwarimu yagejejwe imbere y’ubutabera ashinjwa gutuka idini ya Islam. Uyu mwarimu amaze kugezwa imbere y’ubutabera, umucamanza yamwigirijeho nkana amuca izahabu y’indengakamere atabasha kuzishyura, abuza n’umuburanira kugira indi ngingo yongeraho irengera uwo mwarimu.
Uyu mwarimu witwa Dimyana Obeid Abd Al-Nour akimara kumenya ko ashakishwa ngo afungwe yahise ahunga, ariko ubutabera bumuca izahabu ingana n’amafaranga 100,000 akoreshwa muri icyo (...) -
Menya itandukaniro ry’imyigishirize y’ibinyoma n’iy’ukuri.
6 December 2015, by Ernest RutagungiraIminsi tugezemo ni iminsi bimwe mu bimenyetso byahanuwe byerekana iminsi ya nyuma birimo kugenda bisohora ,kubwabyo ntabwo umuntu yashidikanya ko turimo gusatira imperuka , muri ibyo byahanuwe rero harimo n’inyigisho z’ibinyoma akaba ari nayo mpamvu dukwiye kumenya itandukaniro ry’inyigisho z’ukuri n’iz’ibinyoma bibiliya ivuga.
Iyo usomye ijambo ry’Imana muri “1 Yohana 4: 1” Handitse ngo “Bakundwa ntimwizere imyuka yose ahubwo mugerageze imyuka ko yavuye ku Mana ,kuko abahanuzi b’ibinyoma benshi (...) -
Korali Siloamyashimiye abayifashije kumurika album yayo ya kabiri
28 January 2013, by Patrick KanyamibwaSilowamu ibarizwa mu itorero rya ADEPR muri Paroisse ya Gasave, luri kino cyumweru tariki ya 28/01/2013 yashimiye cyane abantu bose bayifashije mu kumurika Album yayo ya kabiri bise "Inzira yo gukiranuka" yashyizwe ku mugaragaro kuwa 31/7/2011 ku kicaro cy’aho iyi Korali ibarizwa ku mudugudu wa Kinamba haruguru gato y’urwibutso rwa genocide yakorewe abatutsi muri 1994.
Bwana Medal uyobora uyi Korali akaba yashimiye abantu bose bari bita ubu butumire hari Korale Iriba kuva Huye ndetse nindi (...) -
Twihe Imana tumaramaje! - Kenneth et Gloria Copeland
15 June 2013, by Isabelle GahongayireNiba mwifuza kugera kure mu by’umwuka, mugomba kumenya no kuba mu ijambo ry’Imana mu buryo bwose bushoboka.
“Ubwenge muri byose ni bwo ngenzi, nuko rero shaka ubwenge, ndetse ibyo utunze byose ubishakishe ubuhanga. Ubukuze na bwo buzagukuza, nubukomeza buzaguhesha icyubahiro”Imigani 4 : 7-9.
Niba mu by’ukuri twifuza ubwenge bw’Imana, bidusaba gusoma bibiliya cyane, bitari iby’akamenyero by’iminota mike ya buri munsi wenda tujya dufata. Biradusaba kuyifungura amanwa na n’ijoro. Biradusaba kureka (...)
0 | ... | 590 | 600 | 610 | 620 | 630 | 640 | 650 | 660 | 670 | ... | 1850