Itangazamakuru ni kimwe mu bice bigira uruhare rukomeye mu iterambere ry’ibintu byinshi kw’isi byose bigaterwa nuko ryakoreshwejwe, doreko yo rikoreshejwe nabi risenya rikangiza byinshi ryanakoreshwa neza rikubaka rikanatunganya ibitari bike. I gihugu nk’u Rwanda cyikaba gifite ubuhamya bukomeye kubijyanye n’itangazamakuru, gusa twababwirako hari n’ibindi bihugu byinshi byisi, itangazamakuru ryagiye rihindura ibintu mu buryo runaka.
Nyuma y’ubushakashatsi twakoze, twari twabagejejeho ibintu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Impamvu eshanu zituma abantu badakorana n’itangazamakuru mu Rwanda (Igice cya kabiri)
27 March 2013, by Patrick Kanyamibwa -
Alexis Dusabe yahereye muri ADEPR Gakinjiro amenyekanisha album ye nshya
11 March 2013, by UbwanditsiKu mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu tariki 9 Werurwe 2013, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Alexis Dusabe yakoreye igitaramo cy’ivugabutumwa mu rusengero rwa ADEPR Gakinjiro cyashimishije abakristu bari bahakoraniye ariko anamenyekanisha umuzingo w’indirimbo we mushya yise “Njyana i Gologota”.
Alexis Dusabe yabwiye IGIHE ko iki gitaramo kidakwiye kwitiranywa n’ibindi bitaramo byo kumurika album abahanzi basanzwe bakora
Ati “Ibitaramo byo kumurika album ntabwo ari intego zanjye, (...) -
Korale Evangelique -Gisenyi igiye gusesekara i Kigali mu ivugabutumwa ry’Iminsi ibiri.
28 June 2016, by Ernest RutagungiraKorali Evangelique ibarizwa mu Karere ka Rubavu mu Itorero rya ADEPR Paruwasi ya Gisenyi ku Mudugudu wa Bethifage yateguye urugendo rw’ivugabutumwa ruzamara iminsi ibiri ruzabera mu itorero ADEPR Kicukiro umudugudu wa Nyakabanda .
Uru ruzinduko ruje rusubiza ubutumire bw’urubyiruko rusengera kuri uyu mu dugudu wa Nyakabanda, abo bateguye igiterane cy’ububyutse cyahawe intego iboneka muri Nehemiya 2 :7-20, kikaba gitegerejwe mu mpere z’iki cyumweru tariki ya 02 -03 Nyakanga 2016, aho korali (...) -
Patient Bizimana imyiteguro y’igitaramo cyo kuramya no guhimbaza “Poetic Evening of Praise and worship” igeze kure.
26 September 2012, by UbwanditsiPatient Bizimana arataramira abakunzi b’indirimbo z’Imana ku cyumweru tariki ya 30/09/2012, kuva saa kumi z’umugoroba (16h00’/4pm) muri salle ya Sport View Hotel I Remera mu mugi wa Kigali, icyi kikaba ari kimwe mu bitaramo bya gospel birimo abahanzi bakomeye kandi bakunzwe mu Rwanda barimo Liliane Kabaganza, Cpt Simon Kabera, Aime Uwimana, Dominic Nic, Gaby Irene Kamanzi na Nelson Mucyo. Kwinjira muri iki gitaramo bikaba ari amafaranga ibihumbi 2000 ahasanzwe hamwe na 5000Frw muri VIP.
Ubwo (...) -
Ijoro ryo kuramya no guhimbaza rirategerejwe
4 November 2012, by Patrick KanyamibwaIjoro ryo kuramya no guhimbaza Imana riba buri mwaka kuri ubu ryaba rigiye kongera kuba, aho rizaba kuwa 23 Ugushyingo 2012 i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali. Mu kiganiro umwe mu bashizwe gutegura iryo joro Christian Kajeneli yavuze ko bateganya gukora ijoro ryo kuramya no guhimbaza mu Gushyingo 2012 bita (Africa Let’s Worship Aflewo) riba buri mwaka.
Christian yagize ati “iki gikorwa ni nshuro ya kabiri kigiye kuba kuri ubu twiteguye ko kizagenda neza kandi tukaba dusaba amatorero (...) -
Korare Rehoboth yataramiye abatuye umurenge wa Gahanga.
14 October 2012, by UbwanditsiKuri iki cyumweru taliki ya 14/10/12 mu murenge wa Gahanga habereye igiterane cyateguwe na Korare Inshuti za Yesu ikorera umurimo w’ Imana mu itorero rya ADEPR Gahanga. Ahagana saa mbiri n’ igice korare Rehoboth yari igeze i Gahanga n’abaterankunga bayo, yakiriwe na bagenzi babo chorale Inshuti za Yesu ikaba yari iherekejwe n’ abakozi b’ Imana batandukanye harimo mwalimu Nyirantego Philomene akaba ari n’ umuyobozi w’ umudugudu wa ADEPR Rukiri ya 2. Hari kandi na Pastor Ngamije Viateur ukorera (...)
-
Chorale Abatoranijwe-Murambi ADEPR-Gatenga yateguye igiterane kidasanzwe cy’ivugabutumwa!
13 June 2012, by Innocent KubwimanaChorale Abatoranijwe ni mwe mu makorari atatu akorera ku mudugudu wa Murambi ADEPR-Gatenga ikaba imaze igihe ikorera umurimo w’Imana kuri uyu mudugudu dore ko ari nayo yabanje kuhaba yewe mbere y’uko umudugudu unavuka.
Mu ntego zabo ngo bazirikana cyane inshingano Yesu yasize yo kubwiriza ubutumwa bwiza akaba ari muri urwo rwego bateguye igiterane cy’ivugabutumwa cyane ko basanga ahantu batuye hakeneye ivugabutumwa ryaguye nk’uko twabitangarijwe n’Umuyobozi w’iyo korari INGABIRE Marie Claire. (...) -
“Nzineza” indirimbo ye ya kabiri y’amajwi umuhanzi Shumbusho Patrick yasohoye
30 November 2012, by Patrick KanyamibwaPatrick Shumubusho umuhanzi nyarwanda mushyashya uririmba, yasohoye indirimbo “Nzineza” iri mu njyana ya slow R&B, ibi akaba ari nyuma y’indirimbo ye ya mbere yasohoye mu kwezi kwashize yari yise “Icyo usabwa”
Ubusanzwe Shumbusho yatangiye ubuhanzi 2010, atangira ubuhanzi akora ku giti cye nkuko yabidutangarije doreko atigeze anyura muri Korali cyangwa irindi tsinda ririmba, akaba yaravukiye mu muryango w’abarokore kuko yasanzwe iwabo basenga. Indirimbo ze ni Producer david uzimukorera, (...) -
Burya umutwaro Yesu akwikoreza niwo wawe
24 September 2015, by Innocent KubwimanaMwese abarushye n’abaremerewe nimuze munsange ndabaruhura. Mwemere kuba abagaragu banjye munyigireho, kuko ndi umugwaneza kandi noroheje mu mutima, namwe muzabona uburuhukiro mu mitimayanyu, kuko kunkorera kutaruhije, n’umutwaro wanjye utaremereye. Matayo 11.28-30.
Hari igitekerezo kimwe cy’abagabo bari berekeje mu gihugu cyari hakurya y’uruzi ariko buri wese yagombaga kugenda ahetse umusaraba we, ubwo bari munzira bagenda, umugabo umwe yitegereje uwe musaraba abona nimuremure kandi ni (...) -
GUSENGA NI BYO GUSA BYAGUFASHA MURI IZO NTAMBARA UNYURAMO! - KAGAMBIRWA Claudine
27 November 2013, by UbwanditsiHari igihe uhura n’intambara, ibibazo bikugoye bikuremereye, rimwe na rimwe ukumva utaye ibyiringiro ndetse ukagira kwiheba gukomeye, ariko n’ubwo umutima wawe wagiye kure cyane, Imana iratwibutsa ko nta handi twakura igisubizo uretse mu gusenga.
Iyo dusomye mu gitabo cy’umuhanuzi Yoweli 2:12-26 tuhasanga ubutumwa bwiza buri bugufashe mu uyu mwanya, ndetse bukanagusubizamo imbaraga, Uwiteka aravuga ati “Ariko n’ubu nimungarukire n’imitima yanyu yose mwiyirize ubusa, murire muboroge.” Imitima (...)
0 | ... | 550 | 560 | 570 | 580 | 590 | 600 | 610 | 620 | 630 | ... | 1850