Abaheburayo 8: 5b “Gira umwete wo gukora byose ukurikije icyitegererezo werekewe kuri wa Musozi”
Yesu ashimwe, nejejwe no kongera gusangira namwe ijambo ry’Imana, rigira riti ‘’gukora ukorera mu ntumbero wahawe n’Imana.’’
Uyu munsi abantu benshi barimo gukora ibishoboka ngo bagire aho bava kandi bagera mu buryo busanzwe bw’umubiri kandi bamwe bikabakundira bikagenda neza. Ndagira ngo tugaruke kuri aya magambo, Imana iguhamagara hari umuhamagaro wiyumvisemo kurusha ibindi, bitekereze neza? (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Gukorera mu cyerekezo wahawe n’Imana
30 April 2016, by Ubwanditsi -
USA: Leta ya Minnesota yatoye itegeko ryo gushyingira abahuje ibitsina, ubu ritegereje gusinywa na Guverineri
21 May 2013, by Simeon NgezahayoLeta ya Minnesota izaba ibaye iya 12 muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika itoye itegeko ryo gushyingira ababana bahuje ibitsina.
Nk’uko bitangazwa n’Ikinyamakuru USA Today, Leta ya Minnesota izaba ibaye iya 12 muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika itoye itegeko ryo gushyingira ababana bahuje ibitsina ubwo Guverineri Mark Dayton azaba amaze gusinya itegeko ryatowe na Sena. Iri tegeko ryatowe muri Sena ku majwi 37–30, mu gihe Guverinoma yari yaritoye ku majwi 75–59. Iri tegeko ryatowe rizemerera ababana (...) -
Itorero cyangwa Pasiteri bishobora kukubaka cyangwa bikagusenya – Philip Wagner
6 June 2013, by Simeon NgezahayoNkunda abapasiteri. Abapasiteri ni zo ncuti nziza ngira. Abapasiteri ni bamwe mu bantu nabonye basubiza intege mu bugingo. Nyamara, pasiteri wanjye wa mbere ni we washenye kwizera kwanjye.
Uwo mupasiteri yaneguraga abantu, ndetse akihutira gucira urubanza abo tutari duhuje imyizerere. Imyizerere ya Gikristo nari narakiriye yasaga n’aho yibanda ku kujora ibyo tutemera kuruta ku kwita ku byo twemera. Nari narigishijwe ko kurusha abandi gucukumbura mu byanditswe byera ari cyo cy’ingenzi. (...) -
Imbaraga z’Ijambo ry’Imana
29 February 2016, by Emmanuel KANAMUGIRE“Kuko ijambo ry’Imana ari rizima, rifite imbaraga kandi rikagira ubugi buruta ubw’inkota zose, rigahinguranya ndetse kugeza ubwo rigabanya ubugingo n’umwuka, rikagabanya ingingo n’umusokoro kandi rikabangukira kugenzura ibyo umutima wibwira ukagambirira. Abaheburayo 4. 12”
Kandi Uwiteka arabaza ati “ mbese ijambo ryanjye ntirimeze nk’umuriro cyangwa nk’inyundo imenagura urutare?” Yeremiya 23,29
“Ubwo bimeze bityo mwiyambure imyanda yose n’ububi busaze mwakirane ubugwaneza ijambo ryatewe muri mwe (...) -
Mbese uzakora iki nurangiza amashuri makuru?
9 October 2015, by Pastor Desire Habyarimana(Zaburi 23:1-6)
1 Uwiteka ni we Mwungeri wanjye, sinzakena. 2 Andyamisha mu cyanya cy’ubwatsi bubisi, anjyana iruhande rw’amazi adasuma. 3 Asubiza intege mu bugingo bwanjye. Anyobora inzira yo gukiranuka kubw’izina rye. 4 N’aho nanyura mu gikombe cy’igicucu cy’urupfu, sinzatinya ikibi cyose kuko ndi kumwe na we. Inshyimbo yawe n’inkoni yawe ni byo bimpumuriza. 5 Untunganiriza ameza mu maso y’abanzi banjye, unsize amavuta mu mutwe, igikombe cyanjye kirasesekara. 6 Ni ukuri kugirirwa neza (...) -
Icyo usabwa kugira ngo nawe ugabane umugisha
28 October 2015, by Innocent Kubwimana,….Uhereye uyu munsi nzabaha umugisha, Hagayi 2:19
Umwana w’imyaka 6 wategurirwaga isabukuru baramubajije ngo ni iki wumva ukeneye arasubiza ngo ntimumbaze icyo nkeneye ahubwo mumbaze icyo nifuza.
Iyi mvugo irasa nk’aho itumvikana ariko mu by’ukuri icyo twifuza hari igihe kiruta icyo dukeneye.
Dukenera byinshi ariko muri byo habamo iby’ingenzi twifuza.
Nasanze kimwe mu bintu buri wese akeneye kandi yifuza ari umugisha w’Imana. Ariko nahishuriwe ko uwo mugisha twese dukeneye ugira ibisabwa (...) -
Kuri iki cyumweru GBU-ULK Harasengerwa Komite nshya
26 January 2013, by UbwanditsiGBU ni umuryango wa Gikristo ukorera mu ma univerisites yose mu rwanda no hanze yarwo, ukaba udashingiye ku idini na rimwe ahubwo ugakorana na amadini murwego rwo kugirango abantu basobanukirwe Imana kandi banayimenyekanishe biciye mu ijambo ryayo Bibilia yera. Basakaze ubutumwa bwiza Ni muri urwo rwego na kaminuza yigenga ya Kigali (ULK) abanyeshuri biga muri iyo kaminuza baturutse mu matorero atandukanye yemera Yesu nk’umwami n’umukiza bishyize hamwe batangira umurimo w’Imana muri iyo (...)
-
Kwibuka 22: ADEPR Paruwasi ya Kicukiro yamuritse urukuta rwanditseho amazina y’abari abakirisito babo babazize Genocide yakorewe abatutsi muri mata 1994
2 July 2016, by UbwanditsiItorero rya Pentecote ryo mu Rwanda ADEPR Paruwasi ya Kicukiro, mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 22 inzirakarengane zazize Genocide yakoreye abatutsi bamuritse urukuta rwanditseho amazina y’abari abakirisito babo babazize Genocide yakorewe abatutsi muri mata 1994 bagera kuri 36 , ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 01 Nyakanga 2016.
Umuvugizi wungirije w’itorero rya Pentecote ADEPR Rev Past Tom RWAGASANA
Iki gikorwa cyabanjirijwe n’ijoro ryo kwibuka ryabereye kuri urwo (...) -
Wari uzi ko umwana muto niyo yaba asinziye aba yumva ababyeyi be iyo bari gutongana ?
7 August 2015, by UbwanditsiNgo impinja zumva neza ababyeyi bazo nubwo zaba zisinziriye cyane cyane iyo bari mu ntonganya. Igikomeye ni uko ababyeyi iyo bari gutongana bigira ingaruka zitari nziza na gato ku buzima bwazo bwo mu mutwe.
Abantu benshi bakunze gutekereza ko kuba umwana atarakura ngo amenye ubwenge bagomba kwivugira cyangwa bagakora ibyo bashatse. Ariko baba bibeshya cyane kuko birengagiza ko niyo akiri mu nda ataravuka hari aho agera akaba ashobora kumva urusaku ruri hanze, umuziki n, ibindi ari byo bita (...) -
Menya uwo uriwe n’ isi urimo Ev. Peter Gervais Bushayija
8 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaItang 19:5-15 Iyi ni inkuru ivuga ku kurimbuka kwa Sodomu na Gomora. Iki cyari igihe kibi cyane kubakiranutsi bari muri iyi mirwa. Byari ibihe bigoranye byo kugendana n’Imana kuri Loti. Iki gihe ndakigereranya n’Itorero ry’ubu rya Kristo kuko cyari igihe cyuzuyemo ubusambanyi, ibyaha bitandukanye ndetse byari bigeze aho abagabo barongorana (Ubutinganyi)
Bibiliya yatubwiye ngo icyo gihe muri Sodoma na Gomora bararyaga, baranywaga, bararongoraga,barahingaga,..Ndetse ntibari bagitinya Imana (...)
0 | ... | 510 | 520 | 530 | 540 | 550 | 560 | 570 | 580 | 590 | ... | 1850