Kuri iki cyumweru nzigisha iteraniro mu rusengero rwacu. Ku bw’ibyo, maze iminsi mpugiye mu gutegura icyo Imana ishaka ko mbwira abantu.
Dore ibibazo bitanu nibaza iyo ndimo gutegura ijambo ryo kwigisha: Mu butumwa bwiza ni he…
1. Ngaragaza Yesu neza?
Intego yose nakwigisha cyangwa ijambo nasoma mu byanditswe byera buri gihe mparanira kubwira abantu Yesu.
Ikindi mparanira ni ukubabwira Data n’Umwuka Wera, icyigisho cyanjye kikibanda ku butatu bwera, ariko kamere y’abigisha ni ukubwiriza (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ibibazo 5 byo kwibaza MBERE yo kwigisha/kubwiriza - Joel Mayward
24 April 2013, by Simeon Ngezahayo -
Igitaramo cya Alarm Ministries kizitabirwa n’abahanzi bakunzwe nka Christine Shusho na Israeli Mbonyi
13 October 2015, by Innocent KubwimanaKuri iki cyumweru tariki 18/10/2015, mu Rwanda hateganyijwe kimwe mu bitaramo bikomeye bizanitabirwa n’abahanzi bazwi kandi banakunzwe nka Christine Shusho umwe mu bahanzi b’ibyamamare muri aka karere u Rwanda ruherereyemo ndetse na Israel Mbonyi nawe umaze kwigarurira imitima ya benshi mu gihe gito amaze amenyekanye.
Iki gitaramo cyateguwe n’itsinda ryo kuramya no guhimbaza Imana Alarm Ministries, kikaba kigamije gushyira ku mugaragaro Alubumu yayo y’indirimbo z’amashusho (DVD), bise ‘’Hari (...) -
Amateka y’Umugabo ugaragara muri filimi yitwa ko ari iya Yesu "The Passion of Christ "
1 August 2013, by UbwanditsiThe Passion of the Christ ni filimi yasohotse mu mwaka w’2004 ivuga ku buzima n’urupfu rwa yesu(Yezu) ku isi, umugabo ukinamo uba ukina yitwa Yesu (Role) yitwa Jim Caviezel , yavutse ku italiki ya 26/9/1968.
Ubuzima n’amashuri ya Jim Caviezel:
Jim avuka ku babyeyi 2 ariko Margaret(nyina) na se witwa James Patrick Caviezel, uyu mugabo yavukiye mu igihugu cya leta zunze ubumwe z’amerika muri leta ya washington avuka mu muryango w’abana 4 (Timothy,Ann, Amy, na Erin).
Nguwo Jim ukina umwanya wa (...) -
Igiterane cyahuzaga amatorero yo mu kagari ka Kamate gisize guhembuka kudasanzwe!
28 July 2015, by UbwanditsiMu mpera z’icyumweru dusoje nibwo mu kagari ka Kamate, haberaga igiterane cy’ivugabutumwa cyamaze iminsi ibiri, ni ukuvuga kuwa gatandatu kugeza ku cyumweru tariki 25-26/07/2015. Iki giterane kikaba gisize impinduka zikomeye no guhembuka kudasanzwe ku babashije kukitabira.
Iki giterane cyaberaga ku rusengero ruyobowe n’umupasiteri witwa Kereni Banine. Muri iki giterane kandi higishijemo umukozi w’Imana Pastor Desire Habyarimana wakiranywe ubwuzu bwinshi n’imbaga y’abakristo benshi baturutse mu (...) -
Korari Abanyamugisha ya ADEPR-Kimisagara ya I (Kove) iritegura kumurika Alubumu yayo ya mbere y’amashusho
10 December 2015, by Innocent KubwimanaKorari Abanyamugisha ikorera umurimo w’Imana ku mudugudu wa ADEPR-Kimisagara ya I (Kove) iri mu myiteguro ikomeye yo gutaramira abakunzi bayo n’abandi bakunzi b’ubutumwa bwiza, mu gitaramo izanamurikiramo Alubumu yayo ya mbere y’indirimbo z’amashusho bise ‘’ Urera Mana.’’
IKi gitaramo kizaba kuri iki cyumweru tariki 13/12/2015, sa munani z’amanywa kikazabera ho iyi korari isanzwe ibarizwa. Mu rwego rwo kwitegura neza iyi korari yateguye igiterane kibanziriza ku cyumweru, kikaba cyaratangiye kuri uyu (...) -
Batemberejwe i kuzimu– 7 bo mu rubyiruko rwa Colombiya (igice cya 5)
23 March 2014, by Kiyange Adda-DarleneNoneho mbona ameza abajwe mu giti ariko atakongowe n’umuriro. Kuri yo hari hateretse ibimeze nk’amacupa y’inzoga. Yagaragaraga nk’abasha kumara inyota, ariko yari yuzuye umuriro. Nkomeje kureba, mbona umuntu w’umugabo umubiri we wose wari warangiritse yari asigaranye imyenda yuzuye ibyondo kandi yahiye. Nta maso, nta munwa nta n’umusatsi yari agifite byari byarakongowe n’umuriro. Yabashaga kundeba nubwo nta maso yari agifite.
Ndabibutsa ko ari umwuka w’umuntu ushobora gutekereza, gushyira mu (...) -
Ese koko iyo twihannye, Imana ntiyibuka ibyaha byacu ukundi?
6 August 2015, by Innocent KubwimanaIki ni ikibazo abantu benshi bibaza, bashaka kumvikanisha bamwe ko Imana itubabarira ikibagirwa, abandi bati ‘’oya Imana ntishobora kwibagirwa kuko izi byose kandi ntakiyicika itakimenye bivuze ko byose iba ibyibuka.’’
Aba bose bafite ukuri bitewe nuko bagusobanuye kuko ni byo koko Imana yakwibagirwa ite ukurikije kamere yayo, ariko kandi se yahora yibuka ibyo twayicumuye Yesu akaba yaraje kumara iki?
Ikindi iyi ni ingingo satani akunze gukoresha yo guhoza abakristo mu bwoba, akabibutsa (...) -
Ibitero bigabwa ku nsengero muri Kenya bimaze gufata indi sura.
4 November 2012, by Ernest RutagungiraNk’uko umuyobozi wa polisi mu mujyi wa Garisa Philip Tuimur yabitangarije ibiro ntaramakuru by’abafaransa (AFP), kuri iki cyumweru tariki ya 4 ugushyingo, mu gihugu cya Kenya, mu mujyi wa Garissa uhana imbibi na Somaliya, habereye igitero kibasiye abantu bari mu rusengero.
Uyu muyobozi wa polisi akaba yatangarije Agence France Presse ko iki gitero cyaguyemo umuporisi umwe, naho abagera kuri 14 bakaba bakomeretse,
AFP ikaba ikomeza ivuga ko Ibi bibaye mugiye Mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka, (...) -
Mu giterane cy’amasengesho Perezida Kagame yasabye ko nta warebera mu kubaka igihugu
13 January 2013, by UbwanditsiUbwo Perezida wa Repuburika y’u Rwanda, Paul Kagame, yari mu masengesho yo gushimira Imana ko yarinze u Rwanda mu mwaka wa 2012 no kuyiruragiza mu wa 2013, yasabye buri wese kugira umusanzu atanga mu guteza imbere igihugu cye nta gutegereza ak’i muhana.
Amasengesho yo gusengera u Rwanda yitabiriwe na Perezida Kagame muri Serena Hotel ku wa 13 Mutarama 2012, yarimo n’abayobozi batandukanye b’igihugu.
Mu ijambo rye, Perezida Kagame yasabye buri Munyarwanda guteza imbere igihugu cye, hatabayeho (...) -
Solution Centre Church yategute igiterane cy’ubuhanuzi
23 May 2013, by Kanyamibwa PatrickKuva kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26/05 kugeza ku cyumweru tariki ya 02/06/2013, itorero Solution Centre Church ryateguye igiterane cy’ubuhanuzi, iki giterane ngarukamwaka cyikaba kigiye kuba ku nshuro ya gatatu, cyikazabera kuri urwo rusengero buri munsi guhera saa cyenda z’umugoroba.
Nkuko twabitangarijwe na Bishop Rev. Bagira Valens ngo intego yiki giterane uyu mwaka ni “Nyamara dufite ijambo ry’ubuhanuzi kuri mwe”, abakozi b’Imana barimo Apostles Masasau, Ev. Sugira Steve, ba Bishop (...)
0 | ... | 500 | 510 | 520 | 530 | 540 | 550 | 560 | 570 | 580 | ... | 1850