Sinzakurebana igitsure kuko ndi umunyembabazi. Niko uwiteka avuga. Niko uwiteka avuga. Sinzakomeza kurakara iteka. Icyo nshaka kimwe ni uko wemera ibyaha byawe, ibyo wacumuye ku w’Iteka Imana yawe , wayobeje inzira ku mana zawe ku mana z’abanyamahanga munsi y’igiti cyose gitoshye kdi ntiwumviye nijwi ryanjy. Niko uwikeka avuga? (Yeremiya 3:12-14)
Umugambi w’Imana ku bantu ni umugambi w’ibyiringiro, w’ubutsinzi wo kunesha ndetse ni umugambi wo kwimura ubuzima bw’ikinyoma umuntu yagiye yinjizwamo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ese ko wasobanukiwe byakunanije iki ku bigeraho?
18 November 2015, by Ernest Rutagungira -
Birashoboka ko wakora ibyananiye abandi!
28 July 2015, by Innocent KubwimanaItangiriro 5:21-24" ........Henoki agenda n’Imana imyaka magana atatu ayibyaramo abahungu n’abakobwa.......kandi Henoki yagendanaga n’Imana ntiyaboneka kuko Imana yamwimuye"
Nshuti Bavandimwe, mwiteguye gusoma aya magambo, ndagusengera ngo wumve neza icyo Imana yifuza kuvugana nawe.
Gukora ibinaniye abandi muri iyi kinyejana niyo magambo tugiye kugarukaho muri iyi nyigisho.
Duhereye ku murongo wa mbere w’ibi bice bitanu, tuhasanga amateka avuga ku bantu bakomoka kuri Adamu. Aba bantu (...) -
Impamvu eshanu zituma abantu badakorana n’itangazamakuru mu Rwanda (Igice cya kabiri)
27 March 2013, by Patrick KanyamibwaItangazamakuru ni kimwe mu bice bigira uruhare rukomeye mu iterambere ry’ibintu byinshi kw’isi byose bigaterwa nuko ryakoreshwejwe, doreko yo rikoreshejwe nabi risenya rikangiza byinshi ryanakoreshwa neza rikubaka rikanatunganya ibitari bike. I gihugu nk’u Rwanda cyikaba gifite ubuhamya bukomeye kubijyanye n’itangazamakuru, gusa twababwirako hari n’ibindi bihugu byinshi byisi, itangazamakuru ryagiye rihindura ibintu mu buryo runaka.
Nyuma y’ubushakashatsi twakoze, twari twabagejejeho ibintu (...) -
Patient Bizimana imyiteguro y’igitaramo cyo kuramya no guhimbaza “Poetic Evening of Praise and worship” igeze kure.
26 September 2012, by UbwanditsiPatient Bizimana arataramira abakunzi b’indirimbo z’Imana ku cyumweru tariki ya 30/09/2012, kuva saa kumi z’umugoroba (16h00’/4pm) muri salle ya Sport View Hotel I Remera mu mugi wa Kigali, icyi kikaba ari kimwe mu bitaramo bya gospel birimo abahanzi bakomeye kandi bakunzwe mu Rwanda barimo Liliane Kabaganza, Cpt Simon Kabera, Aime Uwimana, Dominic Nic, Gaby Irene Kamanzi na Nelson Mucyo. Kwinjira muri iki gitaramo bikaba ari amafaranga ibihumbi 2000 ahasanzwe hamwe na 5000Frw muri VIP.
Ubwo (...) -
Dar Es-Salaam: Abahanzikazi 4 b’ibyamamare bashyize Tanzania mu maboko y’Imana babinyujije mu ndirimbo yabo nshya bise “Iponye Tanzania”
18 October 2013, by Simeon NgezahayoUpendo Nkone, Christina Shusho, Rose Muhando na Bahati Bukuku ni abahanzikazi b’ibyamamare bakomoka mu gihugu cya Tanzania. Aba bagore bane ntibakunzwe cyane ku bw’inganzo yabo gusa, ahubwo bakunzwe no mu gihugu cyabo cya Tanzania.
Ubu rero aba bakozi b’Imana bane basohoye indirimbo y’amahoro bayobowe na David Robert, aho basaba Imana ngo ikize igihugu cyabo cya Tanzania igihe amahoro aho bigaragara ko amahoro yahubanganye.
Iyi ndirimbo yitwa “Iponye Tanzania” (Kiza Tanzania) igaragaramo (...) -
Guhamya iby’Imana, intwaro yo kunesha satani.
22 April 2016, by Ernest Rutagungira“Ibiri muri iki gitabo cy’amategeko ntukarorere kubihamisha akanwa kawe, ahubwo ujye ubitekereza ku manywa na nijoro kugira ngo ubone uko ukurikiza ibyanditswemo byose. Niho uzahirwa mu nzira zawe, ukabashishwa byose, mbese sinjye ubigutegetse? Nuko komera ushikame, ntutimye kandi ntukuke umutima, kuko Uwiteka Imana yawe iri kumwe nawe aho uzajya hose” (Yosuwa 1:8-9).
Aya ni amagambo Yosuwa mwene Nuni, yabwiwe n’Imana nyuma yo guhabwa inshingano zo gusigara mu mwanya wa Mose amaze gupfa, (...) -
Inzira z’Imana ziratangaje!
24 May 2013, by Simeon NgezahayoNtarakira Kristo nari narazimiye, kandi nari umutwaro ku babyeyi banjye. Yesu yankozeho ahindura ubuzima bwanjye, akoresheje Pasiteri witwa Mark Buntain. Yagerageje kunganiriza ku nkuru za Yesu kenshi, ariko ngenda munanira. Sinavuga ko ndi mwiza ariko Yesu amfatisha ukuboko kwe. Uko ngenda ndushaho kumumenya, ni ko ngenda nkura mu mwuka no mu kwizera. Iki ni kimwe mu byo nanyuzemo hamwe na Kristo.
Ni ubwa mbere nari ngiye New York (hashize nk’imyaka 30), kandi nari nkiri umwana mu gakiza. (...) -
Inkuru nziza kuri wowe, Rulea Sanga
2 April 2013, by Simeon NgezahayoIzina rya Yesu:
Ni umunezero wanjye
Ni ubuzima bwanjye
Ni izina ryiza ku bantu bose
Rinezeza uryumva
Kurivuga bizana amahoro
Uryizeye rimukorera ibitangaza
Ni izina ryanzwe n’abantu, ariko twebwe riduha icyubahiro
Izina rya Yesu rikiza abarwayi
Izina rya Yesu ni igizubizo ku bakene
Izina rya Yesu ni ibyiringiro bishya ku ntabwa
Izina rya Yesu ryanzwe n’abahanga
Izina rya Yesu ku baririmbyi
Izina rya Yesu ku mfubyi
Izina rya Yesu ni ubuzima bwacu
Izina rya Yesu ni iry’igiciro (...) -
Saba Yesu akwereke iburyo bw’ubwato bwawe
3 September 2015, by Innocent KubwimanaArababwira ati ‘’ Nimujugunye urushundura iburyo bw’ubwato, murafata.’’ Nuko bararujugunya ntibaba bakibasha kurukurura, kuko ifi zari nyinshi. Yohana 21:6
Iki ni igihe Yesu yongera kwiyereka abigishwa be ku Nyanja ya Tiberiya. Bibiliya ivuga ko bari bamaze gukesha ijoro ryose baroba babuze ifi, ntacyo bafashe. Icyakora bagize amahirwe umuseke umaze gutambika Yesu ahagarara ku kibaya cy’i Nyanja nubwo abigishwa batahise bamenya ko ari we.
Yesu ababaza niba bafite icyo kurya baramuhakanira. (...) -
Imana ikubumbe uko ishaka Pastor Claude
29 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaYeremiya 18:1-6 ...3.Nuko ndamanuka njya mu nzu y’umubumbyi, ndebye mbona arakorera umurimo we ku ruziga. 4.Nuko ikibindi yabumbaga mu ibumba gihombera mu ntoki z’umubumbyi, maze aribumbisha ikindi kibindi kimeze uko ashaka. 5.Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho riti 6. “Yemwe ab’inzu ya Isirayeli mwe, mbese sinabasha kubagenza nk’uyu mubumbyi? Ni ko Uwiteka abaza. Dore uko ibumba rimeze mu ntoki z’umubumbyi, ni ko namwe mumeze mu ntoki zanjye, mwa ab’inzu ya Isirayeli mwe.
Luka 22:31-32 Kandi (...)
0 | ... | 480 | 490 | 500 | 510 | 520 | 530 | 540 | 550 | 560 | ... | 1850