Nkuko twabitangarijwe na Evangeliste Rwubusisi Jerome ushinzwe guhuza ibikorwa by’urubyiruko mu muryango muri Zion Temple Celebration Center, ururwiruko rwa Zion Temple C.C Gatenga rwateguye igiterane cy’umunsi umwe gifite intego ivuga ngo “Guhagurutsa urubyaro ruzahindura isi”.
Iki giterane cy’umunsi umwe cyikazaba kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 2/06/2013, kurusengero rwa Zion Temple mu Gatenga, aho kizatangira kuva saa munani z’amanwa kugeza saa mbiri z’ijoro. Bamwe mubazigisha kuri uyu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Urubyiruko rwa Zion Temple mu Gatenga rwateguye igiterane cy’ububyutse.
31 May 2013, by Ubwanditsi -
GUSENGA NI BYO GUSA BYAGUFASHA MURI IZO NTAMBARA UNYURAMO! - KAGAMBIRWA Claudine
27 November 2013, by UbwanditsiHari igihe uhura n’intambara, ibibazo bikugoye bikuremereye, rimwe na rimwe ukumva utaye ibyiringiro ndetse ukagira kwiheba gukomeye, ariko n’ubwo umutima wawe wagiye kure cyane, Imana iratwibutsa ko nta handi twakura igisubizo uretse mu gusenga.
Iyo dusomye mu gitabo cy’umuhanuzi Yoweli 2:12-26 tuhasanga ubutumwa bwiza buri bugufashe mu uyu mwanya, ndetse bukanagusubizamo imbaraga, Uwiteka aravuga ati “Ariko n’ubu nimungarukire n’imitima yanyu yose mwiyirize ubusa, murire muboroge.” Imitima (...) -
Miracle Center yateguye igiterane ngarukamwaka yise “Never give Up Rwanda”
20 July 2012, by Patrick KanyamibwaIgiterane gitegurwa n’urusengero rwa Miracle Center ruyoborwa na Bishop Samedi Theobald uyu mwaka wa 2012 cyikaba cyiswe “Never give Up Rwanda”, cyikaba ari igiterane ngaruka mwaka kigiye kuba nshuro ya kane, aho cyikazabera kw’itorero rya Miracle Center i Remera. Nkuko twabitangarijwe na Belinda Umurerwa umwe mubari kugitegura, igiterane nkiki gisanzwe gikorerwamo ibitangaza by’Imana, hakabamo inyigisho zitandukanye zifasha aba kristo gukomera mu gakiza ndetse no kubigisha uburyo barushaho (...)
-
Mbese koko ndi umugore w’imico myiza? (Igice cya 3)
28 May 2013, by Simeon Ngezahayo“Ashaka ubwoya bw’intama n’imigwegwe, anezezwa no gukoresha amaboko ye” Imigani 31:13.
Umugore uri “mu rugo” ashobora gukoresha amaboko ye, ariko abagore bafite akazi ku ruhande nbabura umwanya wo gukora ibyo mu rugo bigatuma amaboko yabo agenda amenyera kudakora buhoro buhoro.
Ndibuka nkiri umukobwa (hashize imyaka myinshi), twajyaga duhurira ahantu n’abakobwa b’inkumi bagenzi banjye buri wa kane tukiga kudoda. Twari twarabifashijwemo n’umugore umwe dusengana. Twahigiraga kudoda, gufuma, (...) -
Inshamake mu bijyanye n’iyobokamana (Gospel) mu mwaka wa 2012
29 December 2012, by UbwanditsiBuri tangiriro ry’umwaka kubakunda gusubiza amaso inyuma bakamenya uko byagenze, mbakorera ikusanyamakuru hamwe n’ibikorwa mu nshamake, uyu mwaka ukaba ubaye uwa kane tubakorera iyi nshamake. Nkuko byagaragaye umwaka wa 2012 mu ntangiriro ryawo nta bikorwa byinshi bya gospel byagaragayemo nyamara mu isozwa ryaho hagaragaye ibikorwa bitari bike kandi bikurikirana icyumweru ku cyumweru kugeza ku munsi wa nyuma uzasoza uyu mwaka.
Reka turebere muri make bimwe mu bikorwa byaranze uyu mwaka (...) -
51% by’Abanyamerika bemeza ko irari ry’ubusambanyi ridashobora gushira!
29 August 2013, by Simeon Ngezahayo51% by’Abanyamerika bemeza ko abatinganyi (Gays) cyangwa abagore baryamana bahuje ibitsina (Lesbians) badashobora guhinduka; 36% bakavuga ko bishoboka.
Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara n’ikigo Pew Research Center bwerekana ko 51% by’Abanyamerika bemeza ko umutinganyi (Gay) cyangwa umugore uhuza n’undi igitsina (Lesbian) badashobora guhinduka, mu gihe 36% bemeza ko bashobora guhinduka. Mu myaka 10 isihize, hagaragaye kutavuga rumwe kuri iyi ngingo mu gihugu hose. Abantu bagera kuri 42% (...) -
Humura ifite ijambo rya nyuma ije kukurengera !
25 October 2015, by Ernest Rutagungira« Kuva iyi si yaremwa kugeza ubu byakomeje kuvugwa ari nako binagaragara ko ubuzima bwa muntu bugenda bukomera, bunyura mu bibazo, intambara n’indi miruho itandukanye. Binagaragara kandi ko uyu utari umwihariko ku gika runaka gusa, kuko yaba ari abana,ababyeyi n’abasheshe akanguhe bararira,yaba abakire n’abakene urumva nawe iyo bigeze ku batindi amarira n’agahinda aba ari byinshi ».
Aka kaga rero mu by’ukuri kakaba gaterwa ahanini n’indwara zikomeye abaganga bananiwe, ubushomeri bumaze igihe (...) -
Ibyo twakora kugira ngo turinde umuriro wa Pentekote utazima|Ev. Adda Darlene
29 July 2015, by UbwanditsiYesu ajya gusubira mu ijuru yasezeranije kutadusiga nk’imfubyi ahubwo ko azohereza umufasha, uzagumana natwe. Uyu mwuka wera turamukeneye kuko dufite intambara ikomeye mu isi turwana. Mu by’ukuri dukeneye umuriro w’Umwuka wera kandi tukawurinda kugira ngo utazima. Hari rero ibintu twakora kugira ngo tubashe kuwurinda.
1. Kwambara umwambaro wera
Bidushushanyiriza kubaho ubuzima bwera tutaba mu byaha tugahora twejejwe.
2. Kuguma ku gicaniro
Umutambyi iyo yageraga ku gicaniro yagumaga aho (...) -
Singiza Music Ministries yateguye ibitaramo bibiri byo kumenyesha alubumu yabo
30 October 2013, by UbwanditsiSingiza Music Ministries itsinda riramya kandi rigahimbaza Imana rikorera muri Kaminuza nkuru y’u Rwanda, ubu turimo kwitegura kuzenguruka rimurika umuzingo wayo w’amajwi (Album) ugizwe n’indirimbo zigera kuri 14, iyo album bise “Tukumenye” iriho indirimbo nka Tukumenye ari nayo yitiriwe iyi Album, “Duhimbaze”, “Wera”, “Ni muzima” ni zindi.
Kuri uyu wa Gatandatu barerekeza i Burundi aho bazakora igitaramo mu itorero rya Christian Life Ministries (CLM), ku itariki 03/11/203 guhera saa kumi n’imwe (...) -
Sobanukirwa neza n’igikorwa cyo Kurambagiza.
7 July 2016, by UbwanditsiNi iyihe ntego yo kurambagiza?
Kurambagiza byagombye kuba bifite intego nziza bigamije. Byagombye gufasha umusore n’umukobwa kureba niba bashobora kuzabana.
Icyakora, hari abo mu rungano rwawe bashobora kudaha agaciro ibyo kurambagiza. Bashobora gushimishwa no kugirana ubucuti n’umuntu badahuje igitsina, ariko nta ntego bafite yo gushakana na we. Hari n’abashobora kugira incuti nk’iyo bagamije gusa kugaragaza ko hari icyo bagezeho, cyangwa bakumva ko iyo ncuti yabo ari nk’ikintu bakwiratana (...)
0 | ... | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | 500 | 510 | 520 | 530 | ... | 1850