Umupasiteri w’Umunya Cuba (Kiba) yarekuwe nyuma y’amezi 6 afunzwe atarigeze aburana. Uyu mupasiteri yaziraga gukoresha amateraniro y’abakristo mu buryo inzego za Leta zivuga ko butemewe n’amategeko.
ChristianToday itangaza ko Rev.Past. Jesús Noel Carballeda w’imyaka 45, yarekuwe tariki 31 z’ukwezi gushize, aho yari afungiwe muri gereza yitwa Valle Grande i San Antonio de Los Banos, ashinjwa gukoresha amateraniro y’abakristo mu buryo Leta yo yemeza ko butari bwemewe.
Aha Perezida wa Cuba Raul (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Umupasiteri wo mu gihugu cya Cuba (Kiba)yarekuwe nyuma y’amezi 6 muri gereza azira gukoresha amateraniro
3 September 2015, by Innocent Kubwimana -
Kigali: ADEPR Gasave hasojwe igiterane cyahuzaga ibihugu bigize Akarere u Rwanda ruherereyemo
12 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKuri iki cyumweru tariki ya 11/10/2015 kuri ADEPR-Paruwasi ya Gasave hasojwe igiterane cyari gihuje abanyamasengesho baturutse mu bihugu byose bigize Akarere u Rwanda ruherereyemo birimo nka Tanzaniya, u Burundi, Kenya, Uganda, Congo ndetse n’u Rwanda. Iki giterane mpuzamahanga kikaba cyari gifite intego iboneka mu gitabo cy’Ibyakozwe n’Intumwa 3:19 hagira hati ‘’ Nuko mwihane muhindukire, ibyaha byanyu bihanagurwe ngo iminsi yo guhemburwa ibone uko iza ituruka ku Mmwami Imana,"
Umuvugizi (...) -
Uziko utakiri uwawe ngo wigenge! Alice
23 July 2015, by Alice Rugerindinda“Kandi ntimuri abanyu ngo mwigenge. Kuko mwaguzwe igiciro. Nuko rero mutume imibiri yanyu ihimbaza Imana” 1 Abakorinto 6:19-20 “You are not your own, (You do not belong to yourselves) 20 for you were bought with a price. So glorify God in your body. Corinthians 6:19-20
“Kuko igihe cyashize cyari gihagije gukora ibyo abapagani bakunda gukora, no kugira ingeso z’isoni nke, n’izo kurarikira no kunywa inzoga nyinshi, no kugira ibiganiro bibi no gusinda n’imigenzo izira cyane y’abasenga ibishushanyo. (...) -
Tumenye ubuzima bw’Umuvugabutumwa Mpuzamahanga Reinhard Bonnke.
26 April 2013, by UbwanditsiReinhard Bonnke yavutse kuwa 19 Mata 1940 ahitwa i Konogsberg mu ntara ya East Prussia mu budage. Yaje kuvuka ubwa kabiri afite imyaka icyenda. Nyuma yaho yaje kwiga amashuri ba Bibiriya mu ishuri ryitwa The Bible College of Wales riri ahitwa , Swansea, aho yavuye aba Umu Pasitoro mu Budage mu gihe kingana n’ imyaka 5. Ubwo nibwo yatangiye Ministy ye muri Africa kuko yumvaga ariho umuhamagaro we w’ibanze wari uri.
Yahise ajya mu gihugu cya Lesotho mu mwaka wa 1967. Kuva icyo gihe yagiye (...) -
Hari igihe umuntu akora ibyaha, agakeka ko bigarukira aho gusa !
8 May 2016, by Alice Rugerindinda“Ibyo urabikora nkakwihorera, ukibwirako mpwanye nawe rwose. Ariko nzaguhana mbishyire imbere y’amaso yawe, uko bikurikirana” Zaburi 50: 21
Guceceka kw’Imana ntibisobanuye ko itareba, itumva, idatekereza cyangwa ngo igire n’imigambi, nabonye itanahubuka. Uko kuntu iteye, niko gutera abantu benshi kwibeshya ko ibyo bakora byose Imana iba itabibonye, ariko burya iba yabibonye, ndetse bifite n’ahantu byandikwa, kuko Bibiliya itubwirako hariho igihe ibitabo bizabumburwa, abantu bose bo mu isi, (...) -
Ishyari ni iseta ya Satani yo kwiciraho umubiri n’ubugingo! Epimaque Mutesa
5 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAbagalatiya 5:19-21 “ Dore imirimo ya kamere iragaragara ni iyi: gusambana no gukora ibiteye isoni n’iby’isoni nke, no gusenga ibishushanyo, no kuroga no kwangana no gutongana, n’ishyari n’umujinya n’amahane, no kwitandukanya no kwirema ibice, no kugomanwa no gusinda, n’ibiganiro bibi n’ibindi bisa bityo. Ndababwira hakiri kare nk’uko nababwiye kera, yuko abakora ibisa bityo batazaragwa ubwami bw’Imana.”
Nkuko tumaze gusoma mu Ijambo ry’Imana, intumwa Pawulo yanditse urutonde rw’imwe mu mirimo ya (...) -
"Heleluya!!! Yesu yankijije ubusambanyi" - Joshua
21 May 2013, by Simeon NgezahayoMaze igihe kirekire ndi Umukristo. Mu bwana bwanjye nari mfite umuriro mu itorero nasengeragamo, ariko maze kuba ingimbi ntangira gucika intege, ntangira gushidikanya no kutizera mu mutima wanjye. Nihatiye kwizera Yesu, ariko ndanga mba umuhakanyi.
Natangiye gukina urusimbi no kwishora mu busambanyi, mara imyaka myinshi ndi umunyabyaha. Nahoraga mfite ubwoba, umutima waramvuyemo. Buri cyumweru najyaga gushaka indaya zo gusambanya. Nari nzi neza mu mutima wanjye ko ari bibi kandi ari (...) -
IMANA NIYO IGIRA IJAMBO RYA NYUMA KU BUZIMA BWACU. Pst Matabaro
27 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIMANA NIYO IGIRA IJAMBO RYA NYUMA KU BUZIMA BWACU
Atangiye aririmba hamwe n’Umugore we bagira bati "Nkunda uwo Musaraba wa Yesu uvamo imbaraga zo kunesha, nzahora ngundira Umusaraba kugeza ubwo nzambikwa rya kamba..."
Iki ni cyo kimenyesha yuko unyishimira, Ni uko umwanzi wanjye atavugiriza impundu kunesha. Zaburi 41:12
Nuko Uwiteka ahira Yobu ubwa nyuma kuruta ubwa mbere, agira intama ibihumbi cumi na bine n’ingamiya ibihumbi bitandatu, n’amapfizi ibihumbi bibiri n’indogobe z’ingore (...) -
Ikiganiro « Tembeya na Yesu » cyateguye igikorwa cyo gushigikira amakorali
15 November 2012, by Patrick KanyamibwaTembeya na Yesu ni ikiganiro cyiba buri ku cyumweru mugitondo kuri Radio One ivugira mu Rwanda ku murongo wa 91.1 Fm, cyigatangwa na Evangelist Sugira Steven, cyikaba kimaze amaze atatu. Nkuko twabitangarijwe na Mahoro Jean Napoleon umuhuzabikorwa w’igikorwa Tembeya na Yesu Choirs promotion, iki ni igikorwa cyo gufasha ama Kolari kumenyekana no gutera imbere, cyikaba ari ubwa mbere kizaba kibaye mu rwanda ariko cyikaba ari ngarukamwaka.
Muntangiriro habayeho amatora kuri radio abantu (...) -
Solution Centre Church yategute igiterane cy’ubuhanuzi
23 May 2013, by Kanyamibwa PatrickKuva kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26/05 kugeza ku cyumweru tariki ya 02/06/2013, itorero Solution Centre Church ryateguye igiterane cy’ubuhanuzi, iki giterane ngarukamwaka cyikaba kigiye kuba ku nshuro ya gatatu, cyikazabera kuri urwo rusengero buri munsi guhera saa cyenda z’umugoroba.
Nkuko twabitangarijwe na Bishop Rev. Bagira Valens ngo intego yiki giterane uyu mwaka ni “Nyamara dufite ijambo ry’ubuhanuzi kuri mwe”, abakozi b’Imana barimo Apostles Masasau, Ev. Sugira Steve, ba Bishop (...)
0 | ... | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | 500 | 510 | 520 | 530 | ... | 1850