Iyo tureba amashusho kuri televiziyo, harubwo abantu badatekereza ko inyuma yayo hari abantu bari gukora akazi katoroshye, bahora bari maso kugira ngo batambutse igikwiriye haba mu majwi ndetse no mu mashusho.
Byanze bikunze hari umuntu uba ugomba gufata umwanzuro ku mashusho ahita natagomba guhita.
Akenshi iyo tubona uko isi igenda, ubuzima busimburana ntidutekereza ko hari Imana ikoresha ibibaho byose, bimeze nk’ibibera inyuma y’amarido ariko imirimo yayo iragaragara.
Ikemerera bimwe (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ibyo Imana ikora birenze cyane ibyo tubonesha amaso
20 August 2015, by Innocent Kubwimana -
Arwaye indwara ituma ashaka gukora imibonano mpuzabitsina inshuro 100 ku munsi
2 September 2012, by UbwanditsiMu gihe itegeko ry’ Imana ribuza gusambana hari abantu ahubwo babigize umwuga bakabona ari ibisanzwe ariko na none bakaba bibagiwe ko imibiri yacu ari insengero z’ Umwuka Wera kandi ko umuntu natsemba urusengero Imana izamutsemba. Kandi ko mu byaha Imana yanga urunuka byanatumye Imana ifata icyemezo cyo kurimbuka Sodoma harimo ubusambanyi.
Dore uyu we urwego agezeho rw’ ubusambanyi kandi utekereze imyuka mibi ashira mu bantu uko ingana ku munsi.
Umukobwa w’imyaka 44 y’amavuko ukora umwuga (...) -
VA MU IDINI WINJIRE MU ITORERO Issa Noël KALINIJABO
7 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIdini ni ibintu byose umuntu yimakaza cyangwa se ashyira imbere bigatuma aba mu buzima busa nkaho ari ubw’Imana ariko akaba adahinduka, idini ni ukuba mu bintu by’abarokore ariko utarihana ibyaha ubamo, idini ni ukuba mu by’Imana ku munwa, ariko umutima utarahura n’Imana utarasobanukirwa ubunini n’igitinyiro cy’Imana isumba byose, izi byose kandi iberahose icyarimwe.
Itorero ni umuntu wese uhamanya n’umutima we ko abarizwa mu mukumbi w’Imana kandi ukora neza uko Umwami Mana ashaka uwamaze guhura (...) -
Dukwiye guta umwambaro wa kera tukambara kwizera
5 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMariko 10:46-52” ….Aherako arataka cyane ati : Yesu mwene Dawidi mbabarira….abantu benshi baramucyaha ngo ahore….Yesu arahagarara arababwira ati nimumuhamagare…..Nayo ita umwenda wayo, irabaduka yegera Yesu. Yesu arayibaza ati: urashaka ko nkugirira nte?...”
Barutimayo yari umwana wa Timayo ,akaba yari impumyi yirirwaga isaba,ariko nubwo yari impumyi mu mutima hari hahumutse kuko yari afite kwizera yemera guca bugufi atangira kumenya Yesu agerageza kumwegera ataka ati : mbabarira!!! Akimara (...) -
Icyo Imana ikwitezeho muri 2016 Dr Fidèle MASENGO
31 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaICYO IMANA IKWITEZEHO MURI 2016!
Luka 13:6-9 - Kandi abacira uyu mugani ati"Hariho umuntu wateye umutini mu ruzabibu rwe, bukeye araza awushakaho imbuto arazibura. Abwira umuhinzi ati ’Dore none uyu mwaka ni uwa gatatu, nza gushaka imbuto kuri uyu mutini sinzibone. Uwuce, urakomeza kunyunyuriza iki ubutaka?’ Na we aramusubiza ati ’Databuja, uwureke uyu mwaka na wo, nywuhingire nywufumbire, ahari hanyuma wakwera imbuto. Icyakora nutera uzawuce.’ "
Maze gusoma kuri uyu mugani nasanze buri wese (...) -
Korali Kabeza (ADEPR Kanombe) mu giterane cyo kubaka!
27 September 2013, by UbwanditsiKuri ADEPR Kabeza hateguwe igiterane cy’iminsi ibiri. Iki giterane kizatangira ku wa 12 kigasoza ku wa 13 Ukwakira 2013, cyateguwe Korali Kabeza ikorera umurimo w’Imana kuri uwo mudugudu wa Kabeza, Paruwasi ya Kanombe kizaba gifite intego igira iti “Baravuga bati ‘Nimuhaguruke twubake. Ni uko biyungamo bagira imbaraga zo gukora uwo murimo mwiza.” Nehemiya 2:18b
Korali Kabeza
Icyo giterane kizajya gitangira saa tatu za mu gitondo, kirangire saa kumi n’ebyiri (...) -
AMAHAME Y’IMANA MU KUBAKA UMURYANGO
2 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaAbefeso 5,21-22 : " ... Kandi mugandukirane kubwo kubaha Kristo...". Pasteur ati:"Bagore mugandukire abagabo, nkuko Itorero rigandukira Kristo. Abagabo bati :"AMEN". Impamvu bavuga Amen ni uko abagabo baba babona ko bagiye kwitabwaho, abagore bagaca bugufi ubundi abagabo bakiberaho nk’abatware,abagore bakiberaho nk’abaja. Nyamara siko ijambo ry’Imana rivuga.
Pasteur ati:" Akenshi abagabo bita cyane ku nshingano abagore basabwa ku bagabo ariko ntibite cyane kubyo abagabo basabwa ku bagore (...) -
Bahati Alphonse yabonye muriki gihe yabwira Imana ngo “Singizwa”, izina ry’indirimbo nshya yasohoye
8 October 2013, by UbwanditsiUyu muhanzi uri mubyiciro bitatu muri Groove Awards Rwanda 2013, aribwo Male artist of the year, Song of the year ku ndirimbo “Birasohoye” na Video of the year bwo twaganiraga nawe akaba yadutangarijeko amagambo yo gushima Imana ubu ariyo amwuzuye mu mugita, bikaba byaramuhaye kubisohorera muriyi ndirimbo.
Iyi ndirirmbo y’amajwi Batai yasohoye ikaba yitwa “Singizwa”, akaba ariwe wayihimbiye nkuko asanzwe yihimbira indirimbo we zose, igatunganwa amajwi nibindi na Producteur Aaron Niyitunga, iyi (...) -
Ibintu byagufasha gukunda abandi
20 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIbi bintu turavugaho muri iyi mirongo ya bibiliya ni bimwe mu byagufasha kugirango wereke abandi urukundo, ibi bintu ubifite byagufasha kubana n’abandi, kandi ubifite waba wigana Imana:
1. Kugira impuhwe: Izi mpuhwe zigaragarira ku gisubizo cya Yesu ku barwayi, Matayo 9 :36 ;14 :14 ;15 :32
2.Kugira umutima mwiza: Ni ukuvuga ubuntu buturuka mu mutima uyobowe n’umwuka wera ibi bikaba bihabanye kure n’ubugome ari cyo kibazo kiboneka mu Bakolosayi 3 :8
3.Guca bugufi: Kwicisha bugufi mu bandi (...) -
Sobanukirwa ibintu 4 Yabesi yasabye Imana ( Igice cya 2)
4 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIbintu 4 Yabesi yasabye Imana 1Ngoma 4:10 (Igice cya 2)
Yabesi yasabye Imana umugisha
1. Umugisha: Umugisha utandukanye n’ubutunzi. Abantu benshi biruka inyuma y’ubutunzi, ariko ntibabushyikira ahubwo burabasiga.
Umugisha uba ku muntu akawugendana aho agiye hose, kuko Imana yabwiye Aburahamu ngo “Nzaguha umugisha, kandi nzaguhindura umugisha.” Bibiliya iravuga ngo umugisha Imana itanga nta mubabaro yongeraho, ariko urebye neza ubutunzi bw’abantu buba burimo imibabaro myinshi. Kuba umugisha (...)
0 | ... | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | 500 | 510 | ... | 1850