Amakuru dukesha urubuga rwa Atlantico.fr avugako abantu bagira ibibazo mu myanya y’ubuhumekero cyane cyane igihe basinziriye, aho bamwe bibaviramo no kugona ngo baba bafite inshuro 5 z’ibyango byo kurwara kanseri kurenza abandi.
Ubu bushakashatsi bwakozwe n’abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Wisconsin-Madison ho muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bwagaragaje ko ibi biterwa n’uko abagira ibibazo mu myanya yabo y’ubuhumekero igihe basinziriye batabasha kwinjiza umwuka mwiza (oxygene) uhagije. Aba (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Kugona bishobora kongera ibyago byo kurwara kanseri
4 July 2012, by Emmanuel NTAKIRUTIMANA -
Biragukwiye ko icyo ukoze cyose kigira uwo gitera guhimbaza Imana
22 July 2015, by Innocent KubwimanaBibiliya yuzuyemo amategeko n’amateka y’Imana, mbese ushaka kuyimenya ukayisoma waba wasenze ikakogerereza Umwuka wayo wera nawe akakuba hafi ngo agusobanurire n’ibindi byinshi yandikishije mu ijambo ryayo.
Ibi byose byanditse mu ijambo ry’Imana bikubiyemo ibyerekeranye n’umugenzi wese ugana mu ijuru, ibyo akeneye, uko agomba kwitwara, ibyo yemerewe, ibyo abujijwe, mbese amakuru yose akubiyemo. Iyo rero usomye Bibiliya usanga umuntu imbere y’Imana agomba kubaho ubuzima buhagararira Imana mu isi, (...) -
Jye nahitamo kugira Yesu!
4 May 2016, by Alice Rugerindinda“Mbese narekeshwa amavuta yanjye akoreshwa ibyo kubaha Imana n’abantu no kujya mpungabanira hirya no hino hejuru y’ibiti? Abacamanza 9:9
Iyi ni inkuru dusanga mu Abacamanza, isa n’umugani, kuko yitwa umugani w’umwami w’ibiti. Igihe kimwe ibiti byaricaye bishaka kwitoramo umwami, ariko bimwe mu biti birabyanga nuwo kuba umwami ari ikintu cy’igiciro cyinshi , kirimo inyungu nyinshi , kandi buri giti kikagenda gitanga impamvu yacyo:
Umwerayo: “Mbese narekeshwa amavuta yanjye akoreshwa ibyo kubaha (...) -
Yesu niwe dufiteho ikitegererezo
6 August 2015, by Innocent KubwimanaUmugambi w’Imana ni uko tubaho ubuzima bwigana Kristo, uko yabayeho mu isi akiranuka ntiyagira icyo imuhinduraho ahubwo amara igihe cye cyose akoresha umwanya ayihinduza ubutumwa bwiza, niwe kitegererezo dufite muri iyi nzira igana mu ijuru.
Uretse icyaha cyaje mu isi kigahindanya isura y’umuntu ariko ubundi kuva kera Imana yaremye umuntu mu ishusho yayo. Uyu ntabwo yagombaga gukora icyaha, kamere y’umuntu Imana yamuremanye ntabwo yari iy’icyaha. Ubuzima Yesu yabayemo mu isi bugaragaza kamere (...) -
Theo Bosebabireba n’umugore we bari mu maboko ya polisi.
26 July 2012, by UbwanditsiUwiringiyimana Theogene benshi bazi ku izina rya Bosebabireba kubera indirimbo ye yitwa gutya, ari mu maboko ya polisi n’umugore we akekwaho guca inyuma y’umugore we bikaza butera umutekano mucye.
Ibi byose byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 26/7/2012 ubwo umugore wa Theo yubyutse ajya gushakisha aho umugabo we yaba yaraye. Mu minsi ishize, uyu muhanzi ngo yari amaze igihe atarara mu rugo, mu gitondo cyo kuri uyu wa kane nibwo umugore we yigiriye inama yo kujya kumushakira aho (...) -
"UMUNTU UTABYAWE N’AMAZI N’UMWUKA NTAZINJIRA MU BWAMI BWO MU IJURU!" NI YO NTEGO Y’IGITERANE CY’IMINSI 7 MU ITORERO DCI - Rev. Pst Papias SINDAMBIWE
22 April 2014, by Simeon NgezahayoNyuma y’igiterane cy’iminsi 7 cyabaye muri Werurwe uyu mwaka cyari gifite intego yo “Kwinjira mu masezerano (Itang. 12:1-9), cyarimo abigisha nka Pst RWIBASIRA Vicent ukorera umurimo w’Imana mu Itorero BETESIDA HOLY CHURCH n’abandi, Itorero DORMITION CHURCH INTERNATIONAL ryateguye igiterane ngarukamwaka kimara amezi ane biga Ijambo ry’Imana iminsi 7 mu kwezi, kizatangira kuri uyu wa Kabiri taliki 22 Mata 2014.
Muri uku kwezi, iki giterane gifite intego yo “Kuvuka ubwa kabiri” iboneka muri Yohana (...) -
Haranira kugira umutima unyuzwe, uzunguka
23 September 2015, by Innocent KubwimanaIcyakora koko kubaha Imana iyo gufatanije no kugira umutima unyuzwe kuvamo inyungu nyinshi 1Timoteyo 6:6
Mu buzima busanzwe umukristo wese aho ava akagera aba abizi neza ko kubaha Imana ari inshingano ye, nubwo hari ubwo adashobora kuzuza izo nshingano neza ariko aba abizi neza ko abitegetswe.
Umuntu ukunda uko bisa kose uramwubaha kandi Imana irenze kuba umuntu yo ni umuremyi wa byose niyo mpamvu ikwiriye icyubahiro cyose.
Kuyubaha rero ni ikintu gikomeye ariko kandi iyo (...) -
Ni byiza
2 March 2016, by Kiyange Adda-Darlene"…Nawe ati : Ariko ni byiza ko ngenda. » " 2 Abami 4.23 :
Iki ni igisubizo umugore yashubije umugabo we amaze gupfusha umwana asize amuryamishije ku buriri. Yasohotse gushaka indogobe ngo ajye kureba Elisa, umugabo amubaza impamvu amusubiza ko ari byiza ko ajya kumureba. Ntiyigeze abwira umugabo ibyabaye, ahubwo ati ni byiza ko ngenda.
Umugore uvugwa muri iyi nkuru yari ingumba, ariko kubw’ijambo ry’ubuhanuzi ry’umuhanuzi Elisa, yabashije kubyara umuhungu.
Ikibabaje, nyuma y’igihe gito (...) -
Isiraheli igiye kubaka urukuta rw’umutekano ruyitandukanya na Siriya
10 January 2013, by UbwanditsiMinisitiri w’Intebe wa Isiraheli Benyamini Netanyahu yaraye atangaje ko Isiraheli igiye kubaka uruzitiro rushya rw’umutekano ruyitandukanya na Siriya. Uru rukuta ngo bakaba bagiye kurwubaka mu rwego rwo kurinda Leta y’abaheburayo ibitero by’ubwicanyi n’ibindi bikorwa by’ubwicanyi. Amakuru atangazwa na Radio mpuzamahanga y’abafaransa (RFI) avuga ko nyuma y’umupaka utandukanya Isiraheli na Misiri uri mu nkengero z’a Golani, Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli yatangaje ko Isiraheli igiye kubaka uruzitiro (...)
-
Umukiranutsi azabeshwaho no kwizera muri byose
27 August 2015, by Innocent KubwimanaMuri iki gihe cyose kuva Yesu yaza, ibyanditswe biduhanura kubaho mu kwizera. Ntabwo Imana ishaka ko tubaho ubuzima bw’ibigaragara kuko ibyita iby’igihe gito.
Ubukristo bwabuzemo kwizera ntibuba bukiri bwo, bwaba bushingiye ku mirimo y’ibifatika cyangwa ikindi ntacyo bivuze, no mu buzima busanzwe Imana ntishaka ko tubaho twiringiye amaboko yacu, inshuti, imiryango n’ibindi, kuko iyo ubyimitse kenshi bikubera ibigirwamana ukabiramya aho guha Imana icyubahiro. Bibiliya ivuga ko umuntu ukiranuka (...)
0 | ... | 390 | 400 | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | ... | 1850