"kugera ku gihagararo gikwiriye Kristo"
Abefeso 4:13 hagira hati " kugeza ubwo twese tuzasohora kugira ubumwe bwo kwizera no kumenya Umwana w’Imana, kandi kugeza ubwo tuzasohora kuba abantu bashyitse bageze ku rugero rushyitse rw’igihagararo cya Kristo" Abagalatiya 4:19 naho haravuga ngo " Bana banjye bato, abo nongera kuramukwa kugeza aho Kristo azaremerwa muri mwe"
Iyo umuntu adakijijwe aba afite 100% kamere ya Satani bigatuma ibyo akora, avuga, uburyo yitwara,.... Byose bigaragaza kamere (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Dukwiye kugera ku gihagararo cya Kristo
26 January 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Korale Inkuru Nziza igiye kumurika alubumu y’amajwi niya mashusho bise « Byose birarangiye »
27 May 2013, by Patrick KanyamibwaNi ku Isabato y’Icyumweru gitaha tariki ya 1/06/2013 kuva saa munani z’amanwa ku rusengero rw’abadivantiste b’umunsi wa karindwi i Remera, ubwo Korale Inkuru Nziza izamurika alubumu y’amajwi ya gatanu hamwe niya mashusho ya kabiri bise « Byose birarangiye ».
Nkuko twabitangarijwe n’umutoza wiyi Korale witwa Ishimwe Jackson, iki gitaramo barakiteguye neza kandi baza bari kumwe nandi makorali harimo Korale Abakurikiyesu Family, Korale El Shadai hamwe na Korale Tujyisioni kandi kwinjira bikazaba ari (...) -
Ibintu 7 byagufasha guhagarara neza mu murimo wahamagariwe
2 May 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIjambo ry’Imana muri 1Petero 2:5 Namwe mwubakwe nk’amabuye mazima kugirango mube inzu y’Umwuka , n’ubwoko bw’abatambyi bwera bwo gutamba ibitambo by’Umwuka bishimwa n’Imana kubwa Yesu Kristo.
Imigani 9:1 haravuga ngo bwenge yubatse inzu ye,Yabanje inkingi zayo 7.
Muri make hariho inking zigera kuri 7 zitwubaka kugirango tubashe kuba inzu y’Umwuka Wera kandi tube Ubuturo bw’Imana. Inkingi ya mbere ni :IJAMBO RY’IMANA
Mbere y’uko umuntu akizwa bizanwa no kumva Ijambo ry’Imana umuntu akaryizera (...) -
Groupe Urumuri yateguye igiterane cy’iminsi ine cy’amasengesho mu mugi wa Kigali
18 March 2013, by Kanyamibwa PatrickGroupe Urumuri yateguye igiterane cy’iminsi ine cy’amasengesho mu mugi wa Kigali, iki gikorwa kizatandira kuwa kane tariki ya 21/03/2013 kigeze ku cyumweru tariki ya 24/03/2013, kibere kuri ADEPR Rubonobono mu Gatsata.
Nkuko twabitangarijwe na Muhawenimana Naomi umuyobozi wiri tsinda ry’abanyamasengesho, ngo nyuma yo gukora ibikorwa byinshi bitandukanye birimo amasengesho ahantu hatandukanye hafi yo mu ntara zose zo mu Rwanda, ubu noneho bateguye gusengera i gihugu nibindi bikorwa biri (...) -
Itorero Hillsong riritegura kuba ikigega kinini kigurisha ibihangano bya muzika
18 May 2013, by Simeon NgezahayoAlbum nshya groupe Hillsong United iherutse gusohora yise ‘Zion’ yari yasakaye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ibarirwa muri album 5 za mbere.
Zion yagurishijweho amakopi asaga 35,000 muri Amarika nyuma y’icyumweru kimwe gusa igiye ku isoko.
Muri icyo cyumweru kandi ni bwo begukanye umwanya wa mbere nyuma y’amajonjora yari amaze iminsi aba. Abandi bahanzi baje kuri urwo rutonde ni Bruno Mars, Mumford & Sons, Macklemore na Ryan Lewis.
Muri icyo cyumweru ni na bwo album Zion yaciye (...) -
Nari Umugome nuko impa Yesu ngo ambambirwe ku musaraba (Ubuhamya bwa Cedrick Kanana)
27 August 2012, by UbwanditsiNARI UMUGOME NUKO IMPA YESU NGO AMBAMBIRWE KU MUSARABA
Amazina yanjye bwite ni Cedric KANANA ,nkora umurimo w’ibarura n’icungamari mu itorero ry’abangrikani diocese ya Rubavu. Nakijijwe mu mwaka wa 2004 nibwo nakiye Yesu nk’umwami n’umukiza w’ubugingo bwanjye .Byari bikomeye cyane ari nayo mpamvu nifuza kubibabwira.
Njye navukiye mu muryango w’aba islamu ntabwo nigeze menya Yesu cyangwa se ngo mukunde. Mu busore bwanjye natunzwe n’ibiyobyabwenge kuva ku myaka 8 ibyo nabitewe n’uko data yantaye (...) -
Umurimo w’ivugabutumwa urakomeje mu gihugu cy’Ubuhinde
12 November 2012, by Olivier TuyishimeNkuko duheruka kubagezaho ibinjyanye na minisiteri y’abanyeshuri baba nyarwanda biga mu mujyi wa SALEM,muri state ya Tamil Nadu mu buhinde yitwa SEEK GOD MINISTRIES(SGM), umurimo w’Imana urakomeje no mubindi bice bitandukanye bigize iki gihugu cy’Ubuhinde, ndetse Imana irarushaho kuwushyigikira no kuwagura,aho abanyeshuri babanyarwanda bakomeje gukorera Imana ndetse bategura ibiterane bikomeye bigamije kubwiriza abanyamahanga ubutumwa bwiza bwa Yesu kristo, ndetse nabandi bose batarakira (...)
-
Kugira intumbero
3 May 2016, by Ubwanditsi1Abakorinto 9:2 “ Nuko nanjye ndiruka ariko si nk’utazi aho ajya, nkubitana ibipfunsi ariko si nk’uhusha.”
Yesu ashimwe, nejejwe no gusangira namwe ijambo ry’Imana rigira riti” Kugira Intumbero.”
Mbere y’uko twinjira muri iri jambo hari ibibazo twakwibaza: Mbese wazanywe n’iki mu rusengero? mu itorero runaka? Mbese intego yakuzanye urayikomeje? Mbese kuki unaniwe utaragera ku ntego?
Ndagira ngo tuganira kuri aya magambo wibuke umwete n’umuhati wagiraga wo gukizwa, kwirinda ndetse no gukiranuka (...) -
Kugona bishobora kongera ibyago byo kurwara kanseri
4 July 2012, by Emmanuel NTAKIRUTIMANAAmakuru dukesha urubuga rwa Atlantico.fr avugako abantu bagira ibibazo mu myanya y’ubuhumekero cyane cyane igihe basinziriye, aho bamwe bibaviramo no kugona ngo baba bafite inshuro 5 z’ibyango byo kurwara kanseri kurenza abandi.
Ubu bushakashatsi bwakozwe n’abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Wisconsin-Madison ho muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bwagaragaje ko ibi biterwa n’uko abagira ibibazo mu myanya yabo y’ubuhumekero igihe basinziriye batabasha kwinjiza umwuka mwiza (oxygene) uhagije. Aba (...) -
Biragukwiye ko icyo ukoze cyose kigira uwo gitera guhimbaza Imana
22 July 2015, by Innocent KubwimanaBibiliya yuzuyemo amategeko n’amateka y’Imana, mbese ushaka kuyimenya ukayisoma waba wasenze ikakogerereza Umwuka wayo wera nawe akakuba hafi ngo agusobanurire n’ibindi byinshi yandikishije mu ijambo ryayo.
Ibi byose byanditse mu ijambo ry’Imana bikubiyemo ibyerekeranye n’umugenzi wese ugana mu ijuru, ibyo akeneye, uko agomba kwitwara, ibyo yemerewe, ibyo abujijwe, mbese amakuru yose akubiyemo. Iyo rero usomye Bibiliya usanga umuntu imbere y’Imana agomba kubaho ubuzima buhagararira Imana mu isi, (...)
0 | ... | 380 | 390 | 400 | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | ... | 1850