Umucamanza muri Leta ya Tennessee yategetse couple guhindura izina ry’umwana wabo bise Mesiya rihindurwa, kuko ngo iryo zina ryihariwe n’umuntu umwe rukumbi.
Umucamanza muri Leta ya Tennessee yategetse couple guhindura izina ry’umwana wabo w’amezi 7 bise Mesiya rihindurwa, kuko ngo iryo zina ryihariwe n’umuntu umwe rukumbi. Amakuru dukesha churchleaders.com aturuka kuri Yahoo! News avuga ko umucamanza Lu Ann Ballew wo mu burasibazuba bwa Leta ya Tennessee yategetse ko izina ry’uyu mwana (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Tennessee, USA: Ubutabera bwategetse ko izina ry’umwana wiswe “Mesiya” rihindurwa
13 August 2013, by Simeon Ngezahayo -
Imbuto yo kwihangana Ruhogo Manzi Irénée
12 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIjambo ry’Imana riratubwira ngo Hahirwa umuntu wihanganira ibimugerageza kuko namara kwemerwa azahabwa ingororano, ndetse nikamba ry’ubugingo buhoraho halleluya Yakobo 1:12
Kugira imbuto yo kwihangana bivuze iki? Umuntu ayigira ryari? Ese iva hehe? Kwihangana, mu Kigiriki (Greeks Word) babisobanura uburyo bubiri (Hupomonē) bivuga igihe umwe muri mwe ateye hejuru undi agaca bugufi, ubundi buryo (Makrothumia) Aha ni ukugira ya mbuto ya Mwuka Wera, aho wihanganira ikintu, utazi igihe (...) -
Bacterie nshya yandurira mu mibonano mpuzabitsina ikomeye kurusha SIDA
3 June 2013, by UbwanditsiAbashinzwe ubuzima muri Leta z’unze ubumwe za Amerika batangaje ko rubanda rukwiye kwirinda nyuma y’uko ahitwa Hawaii havumbuwe ku bantu babiri “Bacterie” idasanzwe. Iyi “Super bacteria” yandurira mu mibonano mpuzabitsina ikaba ngo ishobora gushegesha umubiri kurusha SIDA.
Ibigo byitwa “Centers for Disease Control and Prevention” muri Amerika byasabye Leta ya Washington kurekura miliyoni 50$ zo kugerageza gukora “antibiotique” yo guhangara iyo ‘bacterie’.
Iyi ‘bacterie’ yiswe H041 yabonetse bwa (...) -
Reka Imana Ikurwanire intambara - Joyce Meyer
23 June 2016, by Simeon Ngezahayo“Muri iyo ntambara ntimuzagomba kurwana, muzahagarare mwiremere inteko gusa, mwirebere agakiza Uwiteka azabaha yemwe mwa bayuda n’abiyerusalemu. Mwitinya kandi mwe kwiheba, ejo muzabatere kuko Uwiteka ari kumwe namwe.” 2 Ingoma 20:17
Twese duhura n’intambara zitandukanye mu buzima bwacu. Nta n’umwe uhunga ibibazo n’ibirushya, ibyo akenshi dukunda kwita “Imiraba y’ubuzima”. Inkuru nziza ni uko Imana iba izi icyo izakora mu gihe duhuye n’ibiruhanya. Ifite umugambi wo kutugeza ku ntsinzi. Igitabo cya (...) -
Icyo Pantekote imariye – Theo Bosebabireba
21 May 2013, by UbwanditsiPantekote ni umunsi ukomeye cyane mu buzima bwanjye, cyane ko mu minsi yegereza Pantekote niyumvamo ishyaka ryinshi ku murimo w’Imana ndetse ngafata akanya nkanabisengera kugirango nanjye Imana inyongeremo imbaraga.
Gusa Pantekote y’uyu mwaka irantangaje cyane, kuko ni ubwa mbere stade yuzura abantu bakicara no hanze ya stade. Ariko na none ngereranije n’ahandi nko mu Burundi usanga bitabira cyane kuruta mu Rwnda, ku buryo u Rwanda rutari byibuze no ku kigero cya 1/2 cyo mu Burundi. Gusa (...) -
Kim Jong-Un yaciye iteka ko abamisiyoneri 33 bakoreraga muri Korea ya Ruguru (NK) bicwa!
11 March 2014, by Simeon NgezahayoUmuyobozi wa Korea ya Ruguru Nyakubahwa Kim Jong-Un yaciye iteka ko abamisiyoneri bakoreraga muri Korea ya Ruguru bicwa. Ibi ngo yabitewe n’uko aba bamisiyoneri bakoranaga n’umumisiyoneri mu itorero South Korean Baptist, Pastor Kim Jung-Wook, watawe muri yombi mu mwaka ushize aregwa gushinga amatorero 500 muri icyo gihugu. The Washington Times dukesha iyi nkuru iratangaza yuko ngo ikirego nyamukuru ari uko ngo aba bakozi b’Imana bashaka guhirika ubutegetsi, kuko ibindi birego bishingiye ku (...)
-
Abasaga 5,000 ni bo bakiriye agakiza mu biterane by’itorero Agape Evangelistic Pentecostal Church, Kabuga
14 February 2014, by Simeon NgezahayoHashize amezi atatu itorero Agape Evangelistic Pentecostal Church rishinze Paruwasi i Kabuga muri Kigali, nyuma yo kumara igihe kinini rikorera i Kanombe. Iryo torero ry’i Kabuga ubu ririmo kwaguka cyane, ndetse umuyobozi waryo aratangaza ko banamaze kugura ikibanza basigaje kubaka ngo bave mu nkodeshanyo.
Mu rwego rwo kuvuna no kubwira abantu icyo Imana ibashakaho, muri iki cyumweru duteye umugongo ku bufatanye na Global Field Evangelism, itorero Agape risoje ibiterane bitandukanye (...) -
Isi ibimenye! - Kenneth et Gloria Copeland
10 July 2013, by Isabelle GahongayireMwaba mwifuza kugera kure mu ivugabutumwa? Mutangire musengere ubumwe bw’itorero. Mwiyemeze gukunda bene Data muri Kristo aho kubanegura, mubitotombera cyangwa mubavuga nabi.
Sinsabira aba bonyine, ahubwo ndasabira n’abazanyizezwa n’ijambo ryabo, ngo bose babe umwe nk’uko uri muri jye, Data, nanjye nkaba muri wowe ngo nabo babe umwe muri twe, ngo ab’isi bizere ko ari wowe wantumye… Yohani17 : 20-23
Uko imyaka yagiye igenda, itorero ryagiye rishyiraho ingamba z’uburyo zigeza ubutumwa bwiza ku (...) -
Intambara hagati ya Adidas n’Itorero rya Illinois izashyikirizwa ubutabera
15 June 2013, by Simeon NgezahayoNk’uko bitangazwa na The Christian Post, itorero rito ryo muri Leta ya Illinois (USA) ririmo gupfa ikirango n’ikigo cy’igihangange mu gukora ibikoresho bya sport, Adidas.
Amambere, mu mwaka w’2000 iri torero ngo ryaba ryarafashe izina ryise "Add-a-Zero," rigamije gushishikariza Abakristo kongera amaturo atangwa buri cyumweru. Nyuma rero ni bwo Adidas na yo yaje guhitamo izina "adiZero," ikaba yifuza kuzajya irikoresha nk’izina rishya muri amwe mu mashami yaryo. Mu mwaka w’2009, Adidas (...) -
Umuhanzi Dusabe Alexis yabateguriye igiterane kuri uyu wa gatandatu noku cyumweru.
6 March 2013, by UbwanditsiMu mpera z’iki Cyumweru abakunzi ba Alexis Dusabe murahishiwe kuko yabateguriye igiterane cyo gushyira ahagaragara umuzingo w’indirimbo ze (Album ya Volume ya II).
Nk’uko bitangazwa na Dusabe Alexis, ngo iki giterane kizaba kuwa Gatandatu tariki ya 09 Werurwe kugeza Ku Cyumweru tariki ya 10 Werurwe, kikazabera ku Rusengero rwa ADEPR Nyarugenge ruherereye mu Gakinjiro.
Muri icyo Giterane kandi Umuhanzi Dusabe Alexis akazaba ari kumwe n’abandi bahanzi nka DOMINICK NICK ndetse na Simon KABERA. (...)
0 | ... | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | 500 | ... | 1850