Ikigiterane cyateguwe na chorale Impuhwe yo kuri ADEPR Gisenyi, Umushyitsi mukuru azaba ari chorale MAMADJUSI CHOIR izaba ivuye TANZANIA MOSH yo muntara ya ARUSHA muri ANGLICAN CHURCH, Tuzaba turi kumwe n’abahanzi nka MURWANASHYAKA Faustin na SIBOMANA Andre. Hazaba kandi hari n’andi makorale akomeye cyane nka Bethlehem CHoir na Alliance Choir z’i Rubavu hamwe n’umuvugabutumwa Rev Pasteur MASUMBUKU Josue.
Ikigiterane kizaba kuwa gatandatu tariki ya 12.09. 2015 guhera saa munani z’amanywa no (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Chorale Impuhwe ikorera umurimo muri ADEPR Gisenyi yateguye igiterane kidasanzwe
9 September 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Ese uretse abashakashatsi, Bibiliya itubwira iki ku munsi w’imperuka ?
12 November 2013, by Ernest RutagungiraHashize igihe kitari gito bamwe mu batuye isi bagerageza kwerekana amwe mu matariki bakeka ko imperuka y’isi ishobora, cyangwa yashoboraga kubera, amwe muri ayo matariki yararenze andi arategerejwe, twavuga nka tariki 21/12/2012 yari yagaragajwe n’indangabihe y’ubuhanuzi bw’aba Mayan, tariki ya kuya 26/08/2032 n’izindi. Nyuma y’ibyo abantu bavuga, twifuje kurebera hamwe icyo bibiliya ivuga ku munsi n’igihe imperuka izabera.
Ntago ari ab’iki gihe gusa bibaza igihe imperuka y’isi izabera, ahubwo (...) -
Ibintu 10 biranga umuyobozi mwiza
23 January 2013, by Pastor Desire HabyarimanaUko wamenya Umuyobozi :
1. Ahindura abandi :
Iki ni ikintu cy’ingenzi ku bayobozi. Itegereze abo bahindura, umubare w’ abo bahindura, n’igihe bahindurira abandi.
2. Bahindura imigendekere y’ibintu :
Baba bafite inzara yo guhindura ibintu byiza kandi biteguye guhinduka. Bakunda gutera imbere kandi ntibaruhuke iyo ibintu bidahinduka na gato.
3. Baba bafite iyerekwa :
Bashobora gutuma abantu bashimishwa n’inzozi zabo. Umuntu ufite iyerekwa avuga bike agakora byinshi. Baba buzuye umuriro muri (...) -
Umuryango “Gospel for Asia” wateguye umunsi mpuzamahanga wo gusengera Abakristo barimo gutotezwa
21 October 2013, by Simeon NgezahayoNyuma y’aho bigaragariye ko ibihugu byinshi byo ku mugabane w’Aziya bitoteza Abakristo nk’uko byagaragajwe n’ibyegeranyo byakozwe n’imiryango nka USCIRF na World Watch, Abakristo bo kuri uyu mugabane babonye bataceceka, bahitamo kwinginga Imana ngo igire icyo ikora.
Ni muri urwo rwego hateguwe amasengesho ku rwego mpuzamahanga yo gusengera abo Bakristo, azaba ku wa 3 Ugushyingo 2013 (kanda hano wifatanye na GFA mu masengesho: www.gfa.org/info/idop).
Dr. K. P. Yohannan washinze umuryango Gospel (...) -
Ni nde wishingikirijeho? – Rick Warren
22 June 2016, by Simeon NgezahayoNiba ushaka guhabwa umugisha n’Imana mu rugo rwawe, mu kazi, mu ishuri, mu butunzi no mu buzima, ugomba kwishingikiriza ku Mana ntiwishingikirize kuri wowe ubwawe.
Noneho se ni gute wakwishingikiriza ku Mana? Ni gute se wamenya niba wiringiye Imana mu buzima bwawe? Dore uburyo 5 bwagufasha kwishingikirza ku Mana, n’uburyo bwagufasha kumenya niba wiringiye Imana koko.
Ishingikirize ku bwenge bw’Imana, aho kwishingikiriza ku bwenge bwawe. Mbese uganira n’Imana buri munsi ukanasoma ijambo ryayo? (...) -
Imyiteguro y’igitaramo East Africa Gospel concert iri kugenda neza, imyitozo y’indirimbo irakomeje, n’abahanzi bazaturuka hanze y’u Rwanda bariteguye
25 October 2012, by Patrick KanyamibwaUbwo twamusuraga mu rugo, umuhanzi Tonzi uri gutegura igitaramo ngarukamwaka yise « East Africa Gospel concert » kizabera kuri Serena Hotel, ku cyumweru tariki ya 4/11/2012 kuva saa kumi n’imwe z’umugoba, aho kwinjira ari amafaranga ibihumbi 5000 n’ibihumbi 10.000Frw, yadutangarijeko ibintu byose biri kugenda neza. Aho mu rugo tukaba twasanze ari mu mwitozo we n’abacuranzi be, ibi bikaba bikorwa gatatu mu vyumweru rimw ena rimwe bagakora imwitozo bari kumw en’abaririmbyi bazamufasha mu kwikiriza (...)
-
Ubuhungiro bwawe mu bihe bigoye.
22 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKuko abakene n’abatindi, bagiraga ibyago, wababereye igihome, ukababera ubwugamo bw’ishuheri n’igicucu cy’icyokere, iyo abanyamwaga biroha nk’uko amashahi yiroha ku nzu (Yesaya 25:4). Umwami Imana yacu ni we buhungiro n’umunara ukomeye wacu. Ni we mbaraga z’umukene kandi aha ushonje ibyo kurya. Ni we wenyine ubasha kuguha umunezero wose, ubufasha, umutekano no kurindwa kose ukeneye.
Ntibitangaje ko mu Migani 3:5 hagira hati “Wiringire Uwiteka n’umutima wawe wose, we kwishingikiriza ku (...) -
Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko gusenga bifasha abantu kurinda imitima yabo n’imyitwarire!
10 December 2013, by Simeon NgezahayoUbushakashatsi bushya bwagaragaje ko gusenga bifasha abantu kurinda imitima yabo n’imyitwarire. Inkuru itangazwa n’urubuga dailymail.co.uk iravuga ko umuntu usenga iyo agize icyo akena mu buzima, bimufasha kwirinda ibigeragezo no kurinda umutima we.
Ubu bushakashatsi bwakozwe n’abashakashatsi bo muri Kaminuza za Saarland na Mannheim mu gihugu cy’Ubudage, bifashishije abantu basengera mu madini atandukanye harimo n’abatizera. Abagize iri tsinda ry’ubushakashatsi bavuze ko "gufata igihe gito (...) -
Chorale Salemu irataramira abanyabugesera kuri iki cyumweru gitaha
11 November 2012, by UbwanditsiChorale Salemu ubwo yarivuye mw’ivugabutumwa mu ndirimbo yakoranye na Chorale Jehovajile mw’itorero rya ADEPR Gasave, abari bari muri iki giterane bakaba barishimiye iki giterane cyane bashimishijwe n’izi chorales zombi,iki giterane kikaba kandi cyari kirimwo umuziki w’umwimerere(Live) dore ko Salemu yo ariwo muziki icuranga gusa, n’abacuranzi bayo babahanga
Chorale Salemu rero ntiyitaye kumunaniro bavanye muri icyo giterane kuko hari benshi bagikeneye kugezwaho ubutumwa bwiza;ni muri urwo (...) -
"Ngiye gupfundurira abakunzi banjye agaseke nabahishiye" Umuhanzi BIGIZI Gentil (Kipenzi)
14 January 2014, by Simeon NgezahayoBigizi Umuhanzi Gentil Bigizi benshi bazi ku izina rya Kipenzi ku bw’indirimbo ye yafashije benshi cyane, nyuma yo kumara igihe kirekire nta cyo agaragariza abakunzi be, Kipenzi aratangaza ko agiye kubapfundurira agaseke yari yarabahishiye.
Ubwo twaganiraga n’uyu muhanzi, yadutangarije ko nyuma y’imyaka 4 amaze mu buhanzi agiye kumurika Umuzingo w’indirimbo ze z’amashusho witwa KIPENZI mu gitaramo ateganya mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka wa 2014.
Uyu muhanzi Kipenzi azwi mu ndirimbo Kipenzi, (...)
0 | ... | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | 500 | ... | 1850