Ibi bintu turavugaho muri iyi mirongo ya bibiliya ni bimwe mu byagufasha kugirango wereke abandi urukundo, ibi bintu ubifite byagufasha kubana n’abandi, kandi ubifite waba wigana Imana:
1. Kugira impuhwe: Izi mpuhwe zigaragarira ku gisubizo cya Yesu ku barwayi, Matayo 9 :36 ;14 :14 ;15 :32
2.Kugira umutima mwiza: Ni ukuvuga ubuntu buturuka mu mutima uyobowe n’umwuka wera ibi bikaba bihabanye kure n’ubugome ari cyo kibazo kiboneka mu Bakolosayi 3 :8
3.Guca bugufi: Kwicisha bugufi mu bandi (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ibintu byagufasha gukunda abandi
20 March 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Sobanukirwa ibintu 4 Yabesi yasabye Imana ( Igice cya 2)
4 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIbintu 4 Yabesi yasabye Imana 1Ngoma 4:10 (Igice cya 2)
Yabesi yasabye Imana umugisha
1. Umugisha: Umugisha utandukanye n’ubutunzi. Abantu benshi biruka inyuma y’ubutunzi, ariko ntibabushyikira ahubwo burabasiga.
Umugisha uba ku muntu akawugendana aho agiye hose, kuko Imana yabwiye Aburahamu ngo “Nzaguha umugisha, kandi nzaguhindura umugisha.” Bibiliya iravuga ngo umugisha Imana itanga nta mubabaro yongeraho, ariko urebye neza ubutunzi bw’abantu buba burimo imibabaro myinshi. Kuba umugisha (...) -
Wari uzi ko Imana yagukorera ibiruta ibyo usaba?
2 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNuko ibasha gukora ibiruta cyane ibyo dusaba, ndetse n’ibyo twibwira byose nk’uko imbaraga zayo ziri zidukoreramo, icyubahiro kibe icyayo mu itorero no muri Kristo Yesu kugeza iteka ryose n’ibihe bidashira, Amen." Abefeso 3.20
Kwizera ni nk’inyama : kurakura. Gushobora gukomera cyangwa kukaba guke bitewe n’uburyo wagukoresheje.
Ikintu cya mbere Imana ikora kugira ngo yubake kwizera kwawe, iguha inzozi!
Aha wabaza uti bigenda bite ? Ikoresha uburyo bworoshye, ariko bukakugeza ku rwego rwo (...) -
Gukiranuka guturuka mu kwizera Yesu Kristo/Ev.Donath
11 November 2015, by Innocent KubwimanaABAROMA 3:21-31” Ariko noneho hariho gukiranuka kw’Imana kwahishuwe kudaheshwa n’amategeko, nubwo amategeko n’ibyahanuwe aribyo biguhamya, niko gukiranuka kw’Imana abizeye bose baheshwa no kwizera Yesu kristo ari nta tandukaniro………”
Nshuti bakundwa muri Kristo Yesu, ndabashuhuje mu izina ry’umwami wacu Yesu! Yesu ashimwe!
Nejejwe no gusangira namwe amagambo meza agira ati” Gukiranuka ntabwo twabiheshwa n’ikindi kintu icyo ari cyo cyose keretse kwizera Yesu Kristo.’’
Gukiranuka guturuka ku kwizera (...) -
Va mu bigirwamana uhure n’ Imana Rurema Dr Masengo
5 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaVA MU BIGIRWAMANA UHURE N’IMANA RUREMA
Ibyakozwe n’Intumwa 17:27 - kugira ngo bashake Imana ngo ahari babashe kuyibona bakabakabye, kandi koko ntiri kure y’umuntu wese muri twe.
Uno munsi nazinduwe no kukurangira aho wahurira n’Imana.
Paholo ari Atenayi yatunguwe no kubona ukuntu Abanyatenayi bifuzaga guhura n’Imana. Bari barakoze ubushakashatsi bwo kubona Imana ariko birangira bayibuze. Bigira inama yo kuyiremera ubwabo. Bubaka ibigirwamana babyita Imana kugirango barebe ko bayibona (...) -
Abahakanamana ngo bavana indirimbo mu rusengero bakazijyana mu isi – Joel Rose
5 September 2013, by Simeon NgezahayoKu mugoroba w’iki cyumweru, abantu 15 bibumbiye muri groupe The Renaissance Street Singers bateraniye munsi y’ikiraro kiri muri gare nkuru ya New York. Bafashe ibicurangisho bito byo mu bwoko bwa fanfare, bakora concert y’amasaha agera kuri 2, baririmba indirimbo zahimbwe n’abahanzi b’ibyamamare nka Palestrina, des Prez n’abandi babayeho mu myaka nka 500 ishize.
Groupe ‘The Renaissance Street Singers’ bamaze imyaka igera kuri 40 bafata indirimbo zo mu rusengero, bakaziririmbira aho abantu (...) -
Dore isengesho rikwiye!
4 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaTurashimira Imana k’ubw’ubuntu bwayo butarondoreka itugirira iteka. Turanayishimira kandi kuko yadushyiriyeho uburyo bwo kuyishaka no kuyibwira tubinyujije mu masengesho. Gusenga rero nibwo buryo natwe tubwiramo Imana, itwemerera kandi kuyishaka ndetse no kuyibona( Zaburi 65:2)’’ni wowe wumva ibyo usabwa, abantu bazaza aho uri. Gusenga rero ni kimwe mu bikorwa bigaragaza imyizerere y’umuntu.
‘’Mwaturirane ibyaha byanyu kandi musabirane, kugira ngo mukizwe. Gusenga k’umukiratsi kugira umumaro, iyo (...) -
Naho umutini utatoha ntakabuza ko nezererwa mu Mana y’agakiza kanjye!
21 June 2016, by Alice Rugerindinda“N’aho umutini utatoha n’inzabibu ntizere imbuto, bagahingira ubusa imyerayo, n’imirima ntiyere imyaka, n’intama zigashira mu rugo, n’amashyo akabura mu biraro, nta kabuza ko nishimana Uwiteka, nkanezererwa mu Mana y’agakiza kanjye” Habakuki 3:17
“ Though the fig tree does not bud and there are no grapes on the vines, though the olive crop fails and the fields produce no food, though there are no sheep in the pen and no cattle in the stalls, yet I will rejoice in the Lord, I will be joyful in God (...) -
Mercy Ministries yakoze umugoroba wo kwibuka no guhumuriza abasigiwe ibikomere na jenoside.
20 April 2016, by NicodemUyu mugoroba wabaye kuri iki cyumweru tariki ya 17 Mata 2016 ukaba warabaye mu rwego rwo guhumuriza abafite ibikomere basigiwe na Jenoside.
Uyu mugoroba watekerejwe nyuma y’amahugurwa y’isanamitima n’ubwiyunge yahawe abahanzi n’abanyabugeni batandukanye babarizwa hirya no hino mu mujyi wa Kigali, bakaba barayahabwaga na Mercy Ministries International. Muri aya mahugurwa bahugurwaga uburyo ubuhanzi bwabo bukwiye kuba umuyoboro wo gukiza no komora abafite ibikomere.
Aba bahanzi n’abaramyi (...) -
Imvugo niyo ngiro abanyarwanda dukwiye kwishakamo igisubizo, CEP ULK.
19 July 2012, by VitalAyaniamwe mu magamboyatangajwen’abari mu giterane cyateguwe n’umuryango w’Abanyeshuri b’Abapentekote b’Itorerorya ADEPR (Communautés des EtudiantsPentecotistes de l’ULK – CEP ULK) ukorera muri Kaminuza Yigenga ya Kigali (ULK Kigali) kuwa 15/07/2012,igiterane cyari gifite intego ebyeri nyamukuru arizo: Gusengera Kaminuza ya ULK kubw’ikerekezo cyiza ifite mu iteramberery’igihugu Kwishakamo ubushobozi bwo kurihira abanyeshuli batarashobora kurangiza kwishyura amafaranga y’ishuli [Minerval (School (...)
0 | ... | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | 500 | 510 | 520 | ... | 1850