Umuvuduko wacu ntugira urugero, ndetse turamutse tuwugereranije n’uwa Yesu twasanga nta byisnhi duhuriyeho. Yesu ntiyigeze yihuta. Ntiyigeze yirukanswa n’ibya hano mu isi. Ntiyigeze aterwa ubwoba n’ubuzima, n’ubwo yari afite intego ngari cyane agomba kugeraho mu gihe gito cyane.
Yesu ntiyigeze yihuta kuko yagenderaga ku muvuduko w’Imana. Ubwo rero urabona yuko kwihuta atari umuvuduko uva ku Mana, ahubwo ni umuvuduko w’isi, ndetse ni umuvuduko wa Satani. Inzobere mu by’ubuzima bwo mu mutwe Carl (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ingaruka yo mu mwuka iterwa no kwihuta no kwihugiraho mu buzima – Frank Powell
2 October 2015, by Simeon Ngezahayo -
Hari abagore b’ uburyo 5 umushumba akwiye kwitondera mu itorero
12 April 2016, by Nicodem1) Umugore ushaka kuba mu buzima bwawe.
Bene uyu mugore hari igihe aba yarahuye n’ibibazo bitandukanye,wenda yashatse umugabo mu buryo adashaka,yatandukanye n’umugabo se cyangwa umugabo yamutesheje umutwe mu buryo bwose butandukanye. Ahora aza mu rusengero buri cyumweru yewe no mu minsi isanzwe aza ku rusengero ahura kenshi n’umushumba, ibi bishobora gutuma uyu mugore yiyumvamo uyu mushumba kuko wenda amwakira kenshi mu biro cyangwa se akamutega amatwi bityo yumve ko umushumba afite amahoro (...) -
Haranira ubuhamya bwiza imbere y’Imana n’abantu!
2 May 2016, by Emmanuel NTAKIRUTIMANAMuhagarare mushikamye mukenyeye ukuri mwambaye gukiranuka nk’icyuma gikingira igituza. (Abefeso 6:14)
Mu bintu byose Paulo yahuguriye abakristo, yongeyeho ngo mukenyere ukuri. Ukuri ni ikintu gikomeye ndetse kitoroshye kurindwa kuko akenshi ushobora gusanga hari aho wakureka ukabyungukiramo mu buzima busanzwe ukaba urirengeye, ariko nubwo bimeze bityo niyo ntwaro wakwitwaza umwanzi ntabone icyo akakurega, ikindi gukomera kukuri bihindura umuntu inyangamugayo cyangwa se uwo kwizerwa bitari (...) -
Ese ni ikihe gisobanuro cy’ukuri cy’umugore w’imico myiza?
16 June 2016, by Pastor Desire Habyarimana”Umugore w’imico myiza ni inde wamubona? Arusha cyane rwose marijani igiciro” imigani 31:10.
Ndi umwana, ndibuka igihe Papa yari arwaye afite umuriro hagati ya 38o C na 39o C,ubuzima bwose kuri we bwari bwahagaze yikunjakunja hafi ya mamana ati: “ndakonje, ndakonje…”. Kugirango amugabanirize, amworosa ibiringiti ku mugongo. Ndibuka kandi, igihe mama yarwaye afite umuriro mwnshi ndete urenze kure uwo papa yari afite, yakomeje kwihangana akomeza gukorera umuryango we.
Ndashimira abo bagore bose (...) -
Dukwiye kwiga ijambo ry’Imana. Athanase NTEZIYAREMYE
7 January 2014, by UbwanditsiIbyakozwe n’intumwa 17:10-11 Uwo mwanya muri iryo joro bene Data bohereza Pawulo na Sila i Beroya.Basohoyeyo binjira mu isinagogi y’Abayuda.Ariko abo bo bari beza kuruta ab’i Tesalonike,kuko bakiranye ijambo ry’Imana umutima ukunze,bashaka mu byanditswe iminsi yose,kugira ngo bamenye yuko ibyo bababwiye ari iby’ukuri koko.
Bene Data tugomba kwiga ijambo ry’Imana kugira ngo ridufashe kugira ngo duhindukire kandi duhinduke kubera ijambo ry’Imana niyo mpamvu rigomba guhama mu mitima yacu kuko (...) -
Imana yakuremeye kuba Umukristo - Dan Delzell
12 July 2016, by Simeon NgezahayoHashize imyaka ikabakaba 2000 uvutse, nyuma y’aho Yesu Kristo aziye mu isi, agapfa hanyuma akazuka mu bapfuye. Ndetse mbere y’uko ugera kuri iyi si, Imana yari yarakuremye mu nda ya nyoko. Imana rero yakuremeye impamvu. Waremewe kuba Umukristo.
Imana ntishaka ko abantu bamwe gusa ari bo bajya mu ijuru, ahubwo ishaka ko abantu bose bajyayo. Ibyo bigaragara neza mu byanditswe byera. Icyatumye ikurema, ni uko ishaka kubana nawe iteka ryose. Kubana n’Imana bioshoboka gusa iyo wizeye Yesu Kristo (...) -
Wari uzi ko hari abasore barambagiza abakobwa bakoresheje Bibiliya !
22 October 2013, by Simeon NgezahayoIbi byankoze ku mutima ubwo nari maze igihe ndambagizanya n’umuhungu! Reka turebere hamwe amagambo akurikira ushobora gukoresha urambagiza: UMUHUNGU: Itangiriro 2:18 “Uwiteka Imana iravuga iti “Si byiza ko uyu muntu aba wenyine, reka muremere umufasha umukwiriye.” UMUKOBWA: Ariko sinkukunda UMUHUNGU: 1 Yohana 4:8 “Udakunda ntazi Imana, kuko Imana ari urukundo.” UMUKOBWA: Ni iki cyambwira ko ibyo ari byo ushatse kuvuga? UMUHUNGU: Matayo 12:34 “Ibyuzuye mu mutima ni byo akanwa kavuga.” (...)
-
Wari uzi ko Yesu yaje kubohora imbohe?
8 April 2016, by Alice Rugerindinda“Umwuka w’Uwiteka ari muri jye, nicyo cyatumye ansigira, kugira ngo mbwirize abakene ubutumwa bwiza. Yantumwe kumenyesha imbohe ko zibohorwa, n’impumyi ko zihumuka, no kubohora ibisenzegeri. No kumenyesha abantu, iby’umwaka Umwami Umwami agiriyemo imbabazi” Luka 4:18-19
Aya magambo yavuzwe na Yesu ubwe . Byari byarahanuwe n’umuhanuzi Yesaya mbere yuko Yesu aza mu isi, ariko Yesu arangije ati : “Uyu munsi ibyo byanditswe bisohoye mu matwi yanyu”. Luka 4:21.
“Yantumye kumenyesha imbohe ko (...) -
Umuhanzi Gaga Grace akomeje kwitangira abatishoboye
18 August 2013, by Simeon NgezahayoBinyuze mu muryango yashinze witwa Gira Impuhwe, kuri uyu wa 16 Kanama 2013 umuhanzikazi Gaga Grace yatangiye kubakira umuntu utishoboye wo mu murenge wa Ndera.
Tuganira n’uyu muhanzikazi usanzwe azwi ku ndirimbo nka "Aranyuze", "Muri Yesu", "Inkoramutima" n’izindi, twifuje kumenya intego n’impamvu y’ishingwa ry’uyu muryango ugizwe n’abantu basaga 58.
Dore uko yabidutangarije: "Nasanze ubuhanzi bw’indirimbo budahagije gusa, naje gusanga ahubwo hanakenewe ibikorwa by’urukundo bigamije gufasha (...) -
Numva nakwitwa umukozi w’Imana kurusha kwitwa umuhanzi - Dominic Nic
24 October 2013, by UbwanditsiKubwanjye numva kwitwa umukozi w’Imana aribyo by’ingenzi kandi nkumva mbikunze binyuze cyane kurusha kwitwa umuhanzi.
Ibi ni ibyatangajwe na Dominic Nic ubwo twamusangaga aho yarari mu myimenyerezo (repetition) y’igitaramo ategura mu kwezi gutaha kuri 24 Ugushyingo 2013.
Abahanzi benshi iyo bari mu bitaramo bakunze guhamagarwa mu mazina yabo ariko babanje kuvuga ijambo umuhanzi, Dominic Nic we ngo ku cyifuzo cye yumva yakwitwa umukozi w’Imana Dominic Nic kurusha guhamagarwa umuhanzi Dominic (...)
0 | ... | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | ... | 1850