Abantu benshi muri ino si bariho batazi impamvu yo kubaho kwabo ndetse bakumva ko ntacyo kubaho bibamariye. Benshi babona nta gaciro bafite,. Kugeza ubwo batakaje ikizere cyo kubaho cyangwa bakabaho ubuzima ubona budafite icyerekezo bwuzuye ubwihebe n’amaganya menshi. Kubera iyo mpamvu bamwe bishora mu biyobyabwenge, ubusinzi, uburaya, ubujura n’ibindi bibi byinshi. Menya ko umuntu ari ikiremwa kiruta ibindi byose. Afite agaciro kadasanzwe. Bibiliya ibyerekana neza mu ngingo zikurikira :
1. (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Menya ko ufite agaciro gakomeye cyane Pasteur MUNYANZIZA Eulade
18 April 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Mube Maso mukomerere mubyo mwizeye Ernest
10 February 2016, by Ernest Rutagungira1 Kor 16: 13-14 Mube maso! Mukomerere mu byo mwizeye, mube abagabo nyabagabo mwikomeze, Ibyo mukora byose mubikorane urukundo.
Ni kenshi cyane Ijambo ry’Imana ritubwira ngo tube maso, tugire amakenga Iminsi ni mibi, wakwibaza ngo kubera iki ? Impamvi nta yindi ni uko iyo uri maso udatungurwa, iyo uri maso iyo ikibi kije urakitaza, twugarijwe n’imyuka itandukanye, bigaragara ko turimo gusohora mu minsi y’Imperuka yahanuwe, Benshi barahakana imbaraga zo kwizera, ijambo ry’Imana riragorekwa mu (...) -
Umuhanzi Bobo Bonfils umenyerewe muri afro beat gospel ari gutegura igitaramo yitegura kumurika albumu ye ya mbere
4 June 2012, by Patrick KanyamibwaBobo yadutangarije ko ari gutegura ibitaramo bibiri bitandukanye bibanziriza ku murika alubumu ye ya mbere (Launching), ibi bitaramo bikazamufasha kwitegura. Iya mbere izaba ku cyumweru tariki ya 17/06/2012, iya kabiri iteganyijwe mu kwezi kwa munani kuba tariki 12/8/2012.
Mu magambo ye yagize ati “Maze igihe ndigukora amashusho y’indirimbo yitwa “Umwuka wera” hamwe n’iyitwa “Waranyuze” ari nako nanitabira ibitaramo byinshi bitandukanye mu bigo bya mashuri yisumbuye naza kaminuza, nkaba (...) -
Burya ni ingenzi cyane ko umurwayi wa Diyabete yita ku mirire ye
13 August 2012, by UbwanditsiIndwara ya Diyabete ni indwara imaze gufata intera ndende mu gihugu cyacu, ndetse no ku isi muri rusange. Umuntu ufite iyi ndwara akaba asabwa kwihutira kujya kwa muganga igihe hari ibimenyetso byayo yibonaho.
Indwara ya Diyabete iterwa n’isukari nyinshi mu mubiri, nta mwana uyivukana cyangwa ngo ayiterwe na nyina. Ntiyandura ahubwo umuntu ayirwara nk’uko arwara izindi ndwara. Rimwe na rimwe abayirwaye, ugasanga mu mu muryango wabo hari abandi bagiye barwara iyo ndwara.
Ni indwara ifata (...) -
CEP-UNR: Kuri iki cyumweru Korali Elayo iramurika ku mugaragaro Kaseti yayo y’Amashusho (Cassette Voideo)
12 March 2013, by Simeon NgezahayoBirashyushye kuri iki cyumweru kuwa 17 Werurwe 2013, saa saba z’amanywa muri Grand Auditorium ya Kaminuza Nkuru y’u Rwanda, aho Korali Elayo ikorera umurimo w’Imana mu muryango w’Abanyeshuli b’Abapantekote biga muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda (CEP-UNR) yitegura gushyira ahagaragara kaseti yayo y’amashusho, ubu imyiteguro ikaba ishyushye. Intego y’uyu munsi iragira iti: “Haleluya! Kuko ari byiza kuririmbira Imana yacu amashimwe. Ni ukw’igikundiro kandi gushima kurakwiye” Zaburi 147:1. Iyi korali (...)
-
Wari ukwiriye gupfa, ariko ntugipfuye ,kuko wajyaga uheka isanduku y’Uwiteka Imana!
11 March 2016, by Alice Rugerindinda“ Hoshi, igendere wigire Anatoti mu gikingi cyawe, kuko wari ukwiriye gupfa, ariko sindi bukwice muri iki gihe, kuko wajyaga uheka isanduku y’uwiteka Imana imbere y’umukambwe wanjye Dawidi, kandi kuko wababaranaga nawe mu byamubabaje byose” 1 Abami 2: 26
Hariho ibyo Imana yakwibukaho! Imana ishimwe cyane. Aya magambo yavuzwe na Salomo ubwo yari amaze kwima ingoma ayabwira Umutambyi Abiyatari .
Nkuko abantu bagira igihe cyo kwibuka abantu babagiriye neza, ababagiriye umumaro mu gihe runaka, (...) -
Umuhanzi Nsengiyumva Jean aramurika aramurika Album ye vuba !
6 August 2012, by UbwanditsiNitwa Nsengimana Jean mwene Rugeminka Francois na Musabwasoni Clotilde navutse 1991 mu karere ka Ruhango ni muntara y’amajepfo nkaba nsengera mu itorero rya ADEPR Kicukiro. Natangiye kuririmba mfite imyaka 8 nkanjya ndirimba rimwe na rimwe. Icyo gihe nigaga ishure ry’ icyumweru.
Guhanga nabitangiye ku itariki ya 03.09.2008. Bigeze 2009 nibwo nasohoye indirimbo ya 1 yitwaga “Ikunda impuhwe”. Kugeza muri uyu mwaka wa 2012 maze gushyira ahagaragara indirimbo 4 ubu ndi kurangiza umuzingo uzaba (...) -
Ibidashobokera abantu ku Mana biroroshye
14 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaAbantu benshi hari igihe bahura n’ingorane,ibibazo cyangwa uburwayi bukomeye bakumva ko byarangiye no ku Mana ntacyahinduka ariko ntirijya rirenga ku Mana kandi iki nicyo umuntu wese yakagombye kumenya.
Bishoboka ko wagira ubwoba bitewe n’ibyo uri kunyuramo ndetse nuko wavuye ku Mana ariko ntukwiye kugira ubwoba bwo kugarukira Imana kuko ntijya yita ku gihe umaze uyivuyeho cyangwa uri mu byaguteye ubwoba. Niba ufite uburwayi utekereza ko budakira ntukwiye gukoresha igihe usigaranye mu (...) -
Umumaro wo kumenya uwo uri we
23 May 2013, by Simeon NgezahayoKugira indangamuntu ni ingenzi. Indangamuntu igaragaza amazina yawe, n’umwirondoro wawe… Ni ngombwa rero kumenya uwo uri we, kuko inkomoko yawe ari yo iguhesha umurage.
Mu buzima bwacu bwa Gikristo na ho ni uko. Tugomba kumenya abo turi bo muri Kristo, tukanamenya inkomoko y’umwana w’Imana n’umurage we wose kugira ngo tubeho nk’uko Imana idufata.
Ijambo ry’Imana rivuga ko turi abana b’Imana. mu by’ukuri, Yesu Kristo yatubereye incungu kugira ngo tube abaraganwa na we ubwami bw’Imana.
Uri umwana (...) -
Ibintu bitatu biranga urugo rwiza
23 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaKubana neza kugira aho guturuka bigereranywa n’igiti gifite imizi miremire .iyo habaye ibibazo cyo kiguma gikomeye kuko kiba gifashwe na ya mizi. Ni nako urugo rwiza ruba rutanyeganyezwa n ,ikintu icyo ari cyo yose iyo rufite nibura ibi bintu bitatu bikurikira.
Andre Letzel yavuze ko ibyo bintu ari ingenzi cyane mu myubakire y’urugo rwiza bikaba ari byo:
Umubano w’umuntu n’Imana ni ikintu kiranga urugo rwiza kuko iyo buri muntu ku giti cye yubashye,akunze ndetse yumviye ijwi ry’Imana ibyo (...)
0 | ... | 370 | 380 | 390 | 400 | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | ... | 1850