“Nshobozwa byose na Kristo umpa imbaraga” (Abafilipi 4:13) Umugambi w’Imana w’ibyiza idufitiye mu gihe kizaza utuma Pawulo abasha gushobora ubuzima bwose, yahaga cyangwa agasonza; yakwishima cyangwa akababara, yagira ibisaga cyangwa agakena.
Iyi mvugo “nshobozwa byose” isobanuye “byose” nta bwo ari “ibyoroshye” gusa. “Byose” bivuze ko muri Kristo Yesu nshobora kubabara, gusonza, cyangwa gukena. Aya magambo ahamanya n’ibyanditswe mu Bafilipi 4:19 ngo “ Kandi Imana yanjye izabamara (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Birashoboka kwishima muri byose - John Piper
24 June 2016, by Ubwanditsi -
Ayo magambo mwatura!
22 September 2015, by Pastor Desire Habyarimana‘’Ururimi ni rwo rwica kandi ni rwo rukiza, Abarukunda bazatungwa n’icyo ruzana.’’Imigani 18:21
Mu bintu nasanze bigora mu buzima, ni ukuvuga amagambo akwiriye mu gihe cyayo!
Ni ayahe magambo musohora mu kanwa kanyu iyo ibintu byagoranye ? Muri Bibiliya, Yakobo agereranya ururimi rwacu n’ingashya ntoya. Nubwo ari ruto cyane, rushobora kuyobora umubiri wose . Mbese ukuntu rugoye kugenga ! Mbese ukuntu bigora kumenya guhitamo amagambo meze aho kuvuga ibyo utabanje gutekereza !
Birasaba kwitonda (...) -
Duharanire kureba Yesu
7 September 2015, by Innocent KubwimanaHariho abagiriki mu baje gusenga mu minsi mikuru, basanga Filipo w’i Betsayida y’i Galilaya, baramwinginga bati ‘’ Mutware turashaka kureba Yesu.’’ Yohana 12:21
Yaba muri iki mu gihe cyashize, ubu ndetse n’ikizaza mu buryo butandukanye, abantu bifuza buri gihe kureba Yesu. Hari abamushaka ngo abakize indwara, abamushaka mu buzima bwabo mu bindi, abakeneye kubohorwa ingoyi zitandukanye, abifuza amahoro yo mu mutima baruhijwe, abakeneye imbabazi ze, abakeneye kugirirwa neza n’Imana mu buzima bwabo (...) -
Nyuma y’imyaka 10, Alexis Dusabe agiye kumurika umuzingo wa kabiri
28 May 2013, by UbwanditsiTariki ya 30 Kamena 2013 muri Selena Hotel I Kigali, umuhanzi umenyerewe mu ndirimbo zihimbaza Imana, Alex Dusabe aritegura gushyira ahagaragara umuzingo (Album) wa kabiri w’indirimbo.
Uyu muzingo yawise “Jyana I Gologota”, ukazaba ukurikiye uwa mbere yise ‘Mfite ibyiringiro’ yasohoye mu myaka 10 ishize.
Alexis Dusabe yatangarije IGIHE ko yatangiye imyiteguro yo gushyira ku mugaragaro uyu muzingo. Dusabe avuga ko yawushyizemo imbaraga nyinshi kugirango indirimbo ziwubumbiyeho zizafashe (...) -
Bikorimana Aloys na Uwamahoro Liliane bishimiye bikomeye umuhungu babyaye
5 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaBikorimana Aloys na Uwamahoro Liliane, abaririmbyi ba Korali Jehovahjireh ya ULK,bari mu byishimo bikomeye ku bwo kwibaruka imfura yabo nyuma y’imyaka itanu bashakanye.
Mu kiganiro yagiranye na IGIHE, uyu mugabo usanzwe ayobora Korali Jehovahjireh ya ULK yavuze ko kugeza ubu atabona amagambo asobanura ibyishimo afite nyuma yo kwibaruka imfura ye yari amaze imyaka itanu ategereje.
Yagize ati “Sinabona uko nkubwira ibyishimo njye na madamu wanjye dufite, ubu natwe turi ababyeyi b’umwana (...) -
Ariko jye ubwanjye nzi yuko Umucunguzi wanjye ariho.
1 October 2015, by Alice Rugerindinda“Ariko jye ubwanjye nzi yuko Umucunguzi wanjye ariho, kandi ko amaherezo azahagarara mu isi. Kandi uruhu rwanjye nirumara kubora,nzareba Imana mfite umubiri. Nzayireba ubwanjye, amaso yanjye azayitegereza si ayundi. Nuko umutima wanjye umarwa n’urukumbuzi”. Yobu 19:25-27
Iki nicyo bita kubona Imana uri mu bigeragezo kandi iri ni ijambo ry’ibyiringiro kandi nta handi byava atari ku Mana. “Jye ubwanjye nzi” ni ijambo ririmo guhamya neza udashidikanya ko ibyo uvuga ubizi kandi ubyizeye.
Aya (...) -
Nyuma yo kuva iburasurazuba ikomereje mu mugi wa Kigali mu ngendo z’ ivugabutumwa .
22 January 2013, by UbwanditsiChorale Louange CEP/KIE ni chorale igizwe n’ abanyeshuri biga muri KIE (Kigali Institute of Education ), bimaze kugaragara ko iri mu ma korari akunzwe cyane mu mugi wa Kigali no mu ntara hose .
Umwaka wa 2012 yashyize ahagararagara DVD yitwa ARAKUMVA nyuma ikora ingendo z’ ivugabutumwa mu mugi wa Kigali no mu ntara , yashoje umwaka iri mu ntara y’ iburasirazuba muri Paruwasi ya Rwikubo . Kuri icyi cyumweru tariki 27/01/2013 sa munani z’amanywa izataramira muri Paruwasi ya Bibare (...) -
Bibiliya iratubwira ngo Mbese ntimuzi ko imibiri yanyu ari insengero z’Imana,
13 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUmuhanuzi w’Imana Hagayi ijambo ry’Imana ryamuje, Imana iravuga iti Ubu bwoko buravuga buti igihe cyo kongera kubaka inzu y’Uwiteka ntikiragera Imana iri kukubaza iti ese birakwiriye ko uba munzu yawe wahinduye ikitabashwa inzu y’Imana ikaba umusaka, cg itongo, Aha suko Imana yari inaniwe gusenya izo nzu bubatse, ahubwo itwarana ubugwaneza sema amen
Inzu ivuga hano y’umusaka cg ikitabashwa niyihe, muburyo bw’Umwuka ntago izi nzu tubona ahubwo wowe imbere hameze gute? Hari ibyo wubatse bikujyana (...) -
Ubutumwa bw’ibyiringiro bukwiye kujyana n’ukuboko kw’imbabazi - Rev Pst. Kivuye
13 November 2013, by UbwanditsiItorero Eglise Vivante ryizera ko gusenga bitaba umuuhango gusa ahubwo bikwiye kujyana n’ukuboko kw’imbabazi kuko ari byo byorohereza imitima y’abababaye bikabafasha kugira ibihe byiza n’Imana.
Umuyobozi mukuru w’Itorero rya "Eglise Vivante" ku Isi waturutse mu Burundi, Rev. Pst Edmond Kivuye, yashimangiye aya magambo kuri uyu wa 13 Ugushyingo aho yifatanyije n’Itorero Eglise Vivante-Kimihurura i Kigali muri gahunda y’amasengesho y’iminsi 40 yatangiye ku ya 11 akazageza ku ya 20 Ukuboza2013.
Rev. (...) -
Umuhanzi Murwanashyaka Faustin aramurika Album ya 2 y’amashusho kuri iki Cyumweru
29 November 2013, by Simeon NgezahayoUyu muhanzi abenshi bemezako aryoshya stage akanashyushya abantu iyo aririmba, Murwanashyaka Faustin kuri iki cyumweru tariki ya 1/12/2013 kuri ADEPR Nyakabanda ni bwo azamurika album ye ya kabiri y’amashusho kuva saa munani z’amanwa (2pm).
Nk’uko yabidutangarije ubwo twamubazaga iby’iki gitaramo, ngo azaba ari kumwe n’abahanzi nka Mugabo Venuste na Thacien. Azaba kandi ari kumwe na Korali Siloam. Abazitabira iki gitaramo bazanumva ijambo ry’Imana bazagezwaho na Semajeri Gaspard.
Iyi album ya (...)
0 | ... | 470 | 480 | 490 | 500 | 510 | 520 | 530 | 540 | 550 | ... | 1850