Mu gitondo ujye ubiba imbuto zawe, kandi nimugoroba ntukaruhure ukuboko kwawe, kuko utazi ikizera ari iki cyangwa kiriya, cyangwa yuko byombi bizahwanya kuba byiza. ( umubwiriza 11:6).
Umuhinzi ahingana umwete, akabibana umwete, bitewe n’ ubwoko bw’imbuto akazuhira, akabagara n’ibindi, ibi byose abikora kugirango azasarure umusaruro ushyitse igihe ni kigera, kuko aba azi icyo yifuza kugeraho ntago acika intege. Ijambo ry’Imana ritugereranya n’ababibyi bazasarura igihe nikigera, Mu gitondo ni (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ibyo ubiba nibyo uzasarura.
8 June 2016, by Ernest Rutagungira -
ADEPR yubakiye umukecuru w’imyaka 74 utagiraga aho yikinga kuva Jeniside yarangira
13 April 2014, by Kwizera EmmanuelUmwe muri benshi ADEPR imaze kubakira, yashyikirijwe inzu ye ku mugaragaro nyuma y’imyaka 20 atagira inzu ye, anahabwa umuganda n’abakozi ba ADEPR. Nakure Anastasie w’imyaka 74, yatangaje ko aho yakomangaga hose ngo bamufashe kubaka, bamutereranaga bikamushegesha nk’uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.
Uyu mukecuru wari warabuze urwego rwamutabara ngo rumukemurire ikibazo mu myaka 20 ishize atagira inzu ye, yaje kwegera ADEPR, ayigezaho ikibazo amaranye igihe kiremereye umutima we, (...) -
Ese Imana Izantabara?
19 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaWaba mubuzima butanezerewe kandi uri mubushake bw’Imana?
Yego, birashoboka. Ariko kandi wanaba no mu munezero mwishi wa mahoro.
Ku bantu bavuga bati : Ndi mubihe bigoranya kuko ariho Imana ishaka, ariko nubwo ari ubushake bw’Imana , ndihebye, ndahangayitse kandi sinezerewe, Hari inkuru nziza. Iyo Imana yemeye ko tuba mubihe nkibyo, iduha ubuntu budasanzwe bwo kubinyuramo. Ubwo buntu nibwo butuma abatureba batangara bati eeeeeee.... ntibyumvikana ko uyu muntu arimo kunyura mu bintu nkibi.. (...) -
Capati iryoha ishyushye
30 October 2012, by UbwanditsiCapati ni ifunguro rikundwa na benshi, bamwe mu bantu bakunda iki kiribwa batangaza ko ifata mu nda kandi ikaba itagira ingaruka ku buzima bw’umuntu.
Capati tumenyereye mu maresitora ya hano mu gihugu cyacu ngo yaba ikomoka mu gihugu cy’Ubuhinde, ikaba izwi kuva mu kinyejana cya 16.
Capati bayikora bagerageza kuyiha umubyimba muto cyane ushoboka mbese imeze nk’akababari nyuma bakayotsa ku ipanu yabugenewe.
Uko ikorwa :
Capati n’ubwo ari ikiribwa gikunzwe n’abantu bingeri zose, ni ukuvuga (...) -
Wari uzi ko “Akabenzi” ari Inyama ishobora gutera indwara zirenga 35 ndetse ikaba yanaganisha ku rupfu?
3 October 2012, by UbwanditsiIngurube ni itungo rigira umwanda urebeye inyuma kuko akenshi rikunda kwibera mu isayo y’ibiribwa yasigaje n’ubwo na byo igera aho ikabirya yanabishyizemo imyanda iva mu mubiri wayo ! Nyamara n’ubwo igira umwanda usanga abenshi bakunda inyama yayo ku buryo bumva nta kindi kiyiruta mu nyama zisanzwe.
Umuntu ashobora kwibaza ati “Ese koko umwanda tubona ku mubiri w’ingurube hari aho waba uhuriye n’imyanda cyangwa se uburwayi bushobora gukomoka ku kabenzi ?”
Iyo uganiriye na bamwe mu (...) -
Isomo rikomeye nize mu buzima JOYCE MEYER
20 July 2016, by Pastor Desire Habyarimana, UbwanditsiNiba mwarumvise ubuhamya bwanjye muziko mu bwana bwanjye nari narabaye imbata y’ibibi biturutse kuri Data. Yaba mu mitekerereze mu myitwarire no mu migenzereze nk’ubusambanyi. Ariko igihe cyaje kugera mva muri icyo gihe nakomeje kubaho nishinja icyaha ntahinduka ku buryo bugaragara ibyo byatumaga mba umuntu uhora ubabaye buri gihe nkagira umubabaro ukabije kandi bikangora kwitandukanya n’ikibi.
Ariko byaje kurangira Imana imfashije nsinda ibyampigaga kandi inyomora ibikomere byo mu gihe (...) -
Korali La Lumière yagaragaje urukundo ikunda umurimo w’ivugugabutumwa kuri ADEPR Muyongwe (Gakenke)
17 February 2014, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa 15-16 Gashyantare 2014, korali La Lumière mu giterane cy’ivugabutumwa cyabereye mu murenge wa Muyongwe (Gakenke) mu itorero ry’akarere rya ADEPR Gakenke, yagaragaje imbaraga mu ivugabutumwa ryabo ritagira umupaka haba mu mujyi cyangwa mu cyaro cyane ko iyi korali ibarizwa mu mujyi wa Kigali kuri ADEPR ya Nyanza ya Kicukiro.
Chorale La Lumiere
Ku mudugudu wa ADEPR Muyongwe ahabereye iki giterane, abantu bari urujya n’uruza baba abasengera muri iri torero ndetse n’abasengera mu (...) -
Urubyiruko rwa Zion Temple mu Gatenga rwateguye igiterane bise “Imbarutso y’impinduka”
17 October 2013, by UbwanditsiNk’uko twabitangarijwe na Evangeliste Rwubusisi Jerome ushinzwe guhuza ibikorwa byurubyiruko mu muryango muri Zion Temple Celebration Center, urubyiruko rwa Zion Temple C.C Gatenga rwateguye igiterane cyumunsi umwe gifite intego ivuga ngo Imbarutso yimpinduka mu magambo yicyongereza ‘The catalyst for change’ biboneka mu gitabo cya Bibiriya muri Abacamanza 5:7-8.
Iki giterane cyumunsi umwe cyikazaba kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19/10/2013, ku rusengero rwa Zion Temple mu Gatenga, aho (...) -
Impamvu eshanu zituma abantu badakorana n’itangazamakuru mu Rwanda (Igice cya kabiri)
27 March 2013, by Patrick KanyamibwaItangazamakuru ni kimwe mu bice bigira uruhare rukomeye mu iterambere ry’ibintu byinshi kw’isi byose bigaterwa nuko ryakoreshwejwe, doreko yo rikoreshejwe nabi risenya rikangiza byinshi ryanakoreshwa neza rikubaka rikanatunganya ibitari bike. I gihugu nk’u Rwanda cyikaba gifite ubuhamya bukomeye kubijyanye n’itangazamakuru, gusa twababwirako hari n’ibindi bihugu byinshi byisi, itangazamakuru ryagiye rihindura ibintu mu buryo runaka.
Nyuma y’ubushakashatsi twakoze, twari twabagejejeho ibintu (...) -
Alexis Dusabe yahereye muri ADEPR Gakinjiro amenyekanisha album ye nshya
11 March 2013, by UbwanditsiKu mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu tariki 9 Werurwe 2013, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Alexis Dusabe yakoreye igitaramo cy’ivugabutumwa mu rusengero rwa ADEPR Gakinjiro cyashimishije abakristu bari bahakoraniye ariko anamenyekanisha umuzingo w’indirimbo we mushya yise “Njyana i Gologota”.
Alexis Dusabe yabwiye IGIHE ko iki gitaramo kidakwiye kwitiranywa n’ibindi bitaramo byo kumurika album abahanzi basanzwe bakora
Ati “Ibitaramo byo kumurika album ntabwo ari intego zanjye, (...)
0 | ... | 470 | 480 | 490 | 500 | 510 | 520 | 530 | 540 | 550 | ... | 1850