Nyuma yo kubona ko abatuye Amerika batitabiora gusenga ku Cyumweru, amatorero yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagize icyifuzo cyo gutangiza umushinga wo gutumira abantu muri campagne yo gukangurira abantu gusenga ku munsi w’Imana. Kugeza ubu, amatorero asaga 18,000 amaze kwiyandikisha ko azitabira umuhango “Back to Church Sunday,” kandi umubare ugenda wiyongera umunota ku wundi kuko byibura amatorero 120 ni yo yiyandikisha ku munsi.
Uyu muhango uzahuza amatorero yose yo muri Amerika (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Abantu basaga 2,000,000 bazitabira campagne ngarukamwaka yiswe “Back to Church Sunday”
23 August 2013, by Simeon Ngezahayo -
Inkuru ya Eliya. Habyarimana Dan.
20 March 2014, by UbwanditsiNa we aramusubiza ati “Erega si jye wateye Isirayeli umuruho, ahubwo ni wowe n’inzu ya so kuko mwaretse amategeko y’Uwiteka, mugakurikira Bāli. (1 Abami 18 :18)
Bisobanuye kumvira Imana tutazarimbuka. Ahubwo nidukorera Uwiteka tuzarama. Hari indirimbo y’abana ivuga ngo : Nimushime Uwiteka. Hari n’ijambo rivuga ngo nukorera Imana yawe izaguha Imigisha. None namwe mwihane kandi mugomba kwirinda ibyaha.
Umwanditsi, Habyarimana (...) -
Liliane Kabaganza yerekeje i Bujumbura kuririmba mu giterane
29 September 2012, by Patrick KanyamibwaNkuko yabidutangarije kuri uyu wa kane tariki ya 27/09/2012, ku kibuga cy’indege i Kanombe mbere gato yo kwerekeza mu gihugu cy’u Burundi, Liliane Kabaganza yatumiwe i Bujumbura mu giterane kizamara iminsi itanu, cyikazabera ku rusengero rwitwa Dynamique.
Muri ki giterane Kabaganza akaba yajyanye n’undi muhanzi w’umunyarwanda Mama Zoulou ubusanzwe amazina ye akaba ari Zaninka Joseline, nkuko yabidutangarije yaba tike y’indege, aho bazaba nibindi byose bikaba bizakorwa nurwo rusengero (...) -
Korari Umunezero ya ADEPR-Murambi yiteguye bikomeye igikorwa cyo guhabwa izina rishya
15 March 2016, by UbwanditsiKorari Umunezero ni imwe mu makorari akorera umurimo w’Imana ku mudugudu wa ADEPR-Murambi, Paruwasi ya Nyanza, mu karere ka Kicukiro, ikaba irimbanije imyiteguro yo guhabwa izina rishya nk’uko bagiye babitangaza mu minsi ishize.
Iki gikorwa giteganyijwe kubera ku mudugudu wa ADEPR-Murambi aho isanzwe ibarizwa, kikaba kizahuzwa n’igiterane cy’iminsi itatu cyateguwe n’iyi korari kizatangira kuri uyu wa gatanu tariki 18/03/2016 gifite intego iboneka muri Yesaya 62:2 hagira ” Nuko amahanga azabona (...) -
Beati Lozel yeretswe amabanga akomeye y’ubumuntu.
9 August 2012, by UbwanditsiBeati Lozel ni umukobwa ukunzwe wo mu gihugu cy’ u budage akaba akundwa n’ibyamamare byinshi muri cyo gihugu ndetse ngo yaba yarigeze no kuba inshuti y’umwami wa R&B Michael Jackson witabye Imana.Uyu mudamu ngo yatangaje abantu mu bihe bishize aho ngo yabyutse rimwe avuga ko yeretswe amabanga akomeye y’ubumuntu.
Yakomeje avuga ko Imana ubwayo yamwiyeretse imeze nk’umucyo w’izuba ririmo inyenyeri ngo muri uwo mucyo havamo ijwi rimubwira ko ngo agiriwe amahirwe yo kumenya ukuri mbere kuko (...) -
Igiterane cy’iterankunga mu rurembo rwa Kibungo
24 September 2012, by Jost UwaseKuri icyi cyumweru taliki ya 23/09/2012 habaye igiterane ngaruka kwezi muri Paroisse ya KIbungo, icyo giterane cyabereye ku Mudugudu wa Nyamugali aho abakristo bo mu Midugudu yose itandukanye igize iyo Paroisse ya Kibungo(uko ari 7) bahuye bagamije gukusanya inkunga baba bateganije mu kubaka umurimo w’Imana. Ese iryo terankunga ryaje rite, rigamije iki?
Kuva mu mwaka wa 2009 (Taliki ya 5, Nzeli) nibwo Ubuyobozi bwa Paroisse ya Kibungo bwasanze ari ngombwa gushyiraho uburyo buhoraho bwo (...) -
ADEPR BUTARE IRAKATAJE MU IVUGABUTUMWA
22 April 2013, by Simeon NgezahayoKuri iki cyumweru taliki ya 21 Mata 2013 ni bwo umudugudu wa Gasanze, Paruwasi ya Butare mu Karere ka Gasabo wafunguwe ku mugaragaro. Uyu mudugudu wafunguwe n’Umushumba w’Itorero rya Butare Pasiteri Gasirikare Gratien, uwagiriwe icyizere cyo kuwuyobora akaba ari Ev. Nkusi Jean Damascene wari usanzwe ayoboye umudugudu wa Shango.
Itorero rya Butare riherereye mu Karere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, rikaba ryari risanzwe rifite imidugudu umunani, umudugudu wa Gasanze ukaba ari uwa cyenda. Indi (...) -
Urukundo n’amarangamutima y’urukundo - André Letzel
26 June 2013, by Ubwanditsi‘Urukundo’ n’ ‘amarangamutima y’urukundo’ ni ibintu 2 bitandukanye. amarangamutima y’urukundo ashobora kuba meza, ariko iyo akabije aba mabi.
Buri wese azi icyo aya magambo ngo “guhumishwa n’urukundo” asobanura.
Tuvugishije ukuri, ibyiza ni uko twabyita "guhumishwa n’amarangamutima y’urukundo". Si ukubeshya, amarangamutima y’urukundo ashobora guhumisha umuntu. Iyo ayo marangamutima ashize, umuntu atangira kubona ibibi by’uwo akunda. Gushakana rero ntibisobanura ko winjiye mu munezero, ahubwo gushakana (...) -
Chorale Evangelique Cyarwa ubu iri mu itorero rya KIVOMO umudugudu wa GISHUBI
9 June 2012, by MUHAYIMANA VincentChorale evangelique yo mu itorero rya ADEPR Cyarwa ryagiye mu ivugabutumwa mu itorero rya Kivomo mukarere ka Gisagara aho izamara iminsi 2.muri urwo rugendo usibye ivugabutumwa rikiza imitima ifite na gahunda yo kworoza abatuye muri uwo murenge uzwiho nk’ucyennye kurusha iyindi mukarere ka Gisagara aho izatanga ihene 18 zizahabwa abatoranijwe bakennye kurusha abandi.
Itorero rya Kivomo rifite imidugudu 13 muri yo umudugudu wa Gishubi ukaba ariwo wakiriye iyi chorale gusa ntibyabujije (...) -
Ibihumyo bifite ubushobozi bwo gutuma ubwonko bukora neza
5 October 2012, by UbwanditsiIbihumyo ni ibimera bigira amoko atandukanye ku buryo usanga bidahuje umubyimba imiterere ndetse yewe n’umumaro. Hari ibihumyo byifitemo uburozi bishobora gutera ingorane ku buzima bw’umuntu ndetse bikaba byanamuviramo urupfu. Ibihumyo twe tugiye kuvuga aha ni ibihumyo biribwa, ni ukuvuga bya bindi biboneka ku gasozi cyangwa se bihingwa hagamijwe kubirya.
Nk’uko tubitangarizwa na topsante.fr, ibihumyo bigira vitamin B kandi iyi vitamin ifasha ubwonko gokora neza, kandi na za cellules zigakura (...)
0 | ... | 520 | 530 | 540 | 550 | 560 | 570 | 580 | 590 | 600 | ... | 1850