Ndashaka kubabwira ko nkiri muto ntaranashaka nakoraga ibinjemo byose. Ikibabaje, si uko nagombaga kubigenza. Nk’uko biri ubu, mfite inshingano n’ibyo ntegetswe gukora, nkagira n’imitwaro nikoreye. Ibi byose bituma mpora nibaza nti “Ariko igihe cyose nagiraga cyagiye he?”
Umurimo ukora si cyo kibazo, ahubwo gukoresha neza igihe ni intambara. Ikibazo kivuka iyo utubahirije inshingano n’ibyo utegetswe gukora. Icyo bikuzanira ni akavuyo n’umunaniro. Kugira ngo ukore neza umurimo kandi ukoreshe neza (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ibintu 4 byagufasha gukoresha neza igihe cyawe - Chris Wesley
29 May 2013, by Simeon Ngezahayo -
Igitekerezo: Pasiteri yarakajwe nuko abakristo bataje gusenga ari benshi.
11 February 2013, by UbwanditsiUmupasiteri umunsi umwe yasenze Imana cyane ngo ize kumufasha mu iteraniro haboneke abantu benshi kandi abihana babe benshi muri iryo teraniro kandi yari abyizeye kuko yumvaga Imana isanzwe imukoresha ibitangaza bikomeye!
Akigera mu itorero rye abona haje abantu bake bashoboka aratangira arasenga karahava kugira ngo Imana izane abantu mu rusengero ariko mugihe agisenga imvura iragwa cyaneeee! arakomeza arasenga ngo ihagarare irushaho kwiyongera ahubwo! Bigeze aho yumva acitse intege cyane (...) -
Eden Choir (ADEPR Kicukiro/Niboye/Eden) irashyira ahagaragara Album yayo ya II kuri iki cyumweru!
13 November 2013, by Simeon NgezahayoKuri iki Cyumweru taliki 17 Ugushyingo, Korali Eden izamurika album yayo ya 2. Iki gitaranmo cyo kumurika album kizabera ku rusengero rwa ADEPR Kicukiro, umudugudu wa Niboye (bakunze kwita Eden).
Muri iki gitaramo, Eden Choir izaba iri kumwe n’umuhanzi Mugabo Venuste uzwi cyane ku ndirimbo nka Twigiye ku birenge, Nimuyiharire izina ryayo… na Chorale Gatsata.
Iyi album iriho indirimbo nziza zigera ku10, zirimo Turagukumbuye, Tuyirate, Hari ibyiringiro… Twabibutsa ko iyi album bise (...) -
Ibyo twahawe byose ni ku bwa Yesu no ku bwacu! Pastor Desire
19 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIjambo ry’Imana: Ibyo twahawe byose ni ku bwa Yesu no ku bwawe
“Ariko kugira ngo tutababera igisitaza, jya ku nyanja ujugunyemo ururobo, ifi uri bubaze gufata uyende, uyasamure urasangamo sitateri uyijyane uyibahe ku bwanjye no ku bwawe” (Matayo 17:27).
Biragaragara ko Petero yari mu kibazo cyo kubura umusoro ariko kuko Yesu atabura uko abigenza amwereka uko akivamo umusoro ukaboneka.
Birashoboka ko nawe Yesu hari ibibazo yagukuyemo bikomeye ntiwari kuhikura iyo atagutabara. Yesu sinzi (...) -
Rehoboth Ministries yahaye ihene 20 imfubyi n’abapfakazi ba Jenoside i Nyamirambo
20 August 2012, by Patrick KanyamibwaKu cyumweru tariki ya 20/08/2012, saa cyenda z’amanwa nibwo Minisiteri ya Rehoboth yameneyekanye cyane mu ndirimbo zihimbaza Imana yaheye imiryango 54 yo mu murenge wa Nyamirambo ihene 20, mu rwego rw’ivuagabutuma n’igikorwa cy’urukundo. Icyi gikorwa cyabereye ku biro by’umurenge wa Nyamirambo aho bita i Mageragere, cyaranzwe n’indirimbo zitandukanye za Korali Rehoboth, ndetse n’ijambo ry’Imana byose byakozwe na Rehoboth Ministries, iyi miryango 54 y’imfubyi n’abapfakazi ba Jenoside ikaba yahawe (...)
-
Umuhanzi mushya uririmba gospel John yasohoye indirimbo nshya ze eshatu
29 May 2013, by UbwanditsiIndirimbo Humura, N‘Umwami nizera na Nta yindi Mana nizo umuhanzi mushya uririmba indirimbo zihimbaza Imana witwa John yahereyeho asohorera rimwe.
Nkuko yabidutangarije ngo iki nicyo gihe cye cyo gukoresha impanoye mu gihe amaze ayitegura kandi akaba yizeyeko bizagenda neza.
Emmanuel Celestin John yaravukiye Tanzania mu muryango w’abana batandatu akaba ariwe mukuru. Yavutse kuri Semukanya Emmanuel Celestin na Murekatete Domina, kuririmba yabitangiye akiri muto afite imyaka 12 kuko (...) -
Umuhanzikazi Esther Umwiza arategura igitaramo cye cya mbere muri Kagarama Secondary School
25 September 2013, by Simeon NgezahayoUmuhanzikazi Umwiza Esther igitaramo cye cya mbere mu buhanzi bwe yagiteguye muri Kagarama S.S kumwe n’abahanzi bakomeye.
Iki gitaramo kizitabirwa n’abahanzi batandukanye! Umwiza Esther ni umuhanzikazi mu ndirimbo zihimbaza Imana akaba yariyemeje kuvuga ubutumwa bwiza abinyujije mu ndirimbo. Mu myaka ye 19 afite ubuhanzi abumazemo hafi umwaka akaba amaze kugeza indirimbo eshatu n’ubwo izo afite zanditse zitarajyanwa muri Studio zigera muri 20.
Uyu muhanzikazi kw’ikubitiro akaba (...) -
Korali Gloria yo mu itorerorya ADEPR Bibare irashimira Imana ku bw’urugendo rw’ivugabutumwa yagiriye ku Mulindi (Gicumbi) kuwa 12/08/2012.
16 August 2012, by VitalNi kuri kicyumweru cyo kuwa 12/08/2012, ubwo Korali Gloria yo mu itorerorya ADEPR Bibare yari mu rugendo rw’ivugabutumwa bwiza bwaYesu kristo ku Mudugudu wa Mulindi nawo ubarizwa mu itorerorya ADEPR, aho akaba ari mu Karere ka Gicumbi, mu ntara y’amajyaruguru mu cyahoze ar I Byumba.
Abantu rero bakaba bari baje ari benshi kandi bafite ubushake bwo kwakira ijambo ry’Imana nkuko byaje kubahaba mu materaniro ya mu gitondo ndetse na concert yanimugoroba. Aha rero korali Gloria ntiyari yonyine (...) -
Chorale Hoziana yashyize ku mugaragaro album yayo vol 10
18 February 2013, by UbwanditsiKu itariki ya 17/02/2013 nibwo Chorale Hoziana yashyize ahagaragara album yayo vol 10 icyo gikorwa kikaba cyarabereye kuri CLA iki gikorwa kikaba cyaritabiriwe n’abantu benshi batandukanye kandi baturutse hirya no hino mu gihugu ndetse no hanze y’igihugu iyi album vol 10 ikaba yitwa IMANA IRAKUZI.
Muri iki gitaramo chorale Hoziana ikaba ifatanije na chorale Jehovah Jireh (CEP ULK), Saimon Kabera ndetse na Dominique Nic Iki gitaramo kandi kikaba kibimburiye ibindi Chorale Hoziana iteganya (...) -
Tumenye ubuzima bw’Intumwa Paulo Gitwaza uyobora Zion Temple
14 February 2013, by UbwanditsiIntumwa Paul Gitwaza ni umukozi w’Imana w’umubwirizabutumwa yavutse taliki 15 Kanama 1971 avukira Uvira muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo,arubatse afite umugore n’abana batatu b’abahungu.Ubu afite impamyabumenyi ihanitse(doctorat) muri tewolojiya yabonye muri 2006 muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika. Ni umuyobozi akaba ari nawe washinze itorero ry’umunara wa Siyoni (Zion Temple) mu migabane itanu ku isi guhera mu 1999.Gitwaza kandi akaba ari umukuru w’amatorero mu Rwanda,akanaba (...)
0 | ... | 930 | 940 | 950 | 960 | 970 | 980 | 990 | 1000 | 1010 | ... | 1850