Nari nka Dawidi wavuze ati “Ngicecetse, amagufwa yanjye ashajishwa no kuniha kwanjye umunsi ukira” Zaburi 32:3. Kuva mu bwana bwanjye, nabayeho mu kwizera Imana. nari Umukristo usanzwe, nta bibazo nahuye na byo byabashaga guhungabanya kwizera kwanjye. Hashize imyaka mike, nagize ikibazo gikomeye kigamije guhungabanya kwizera kwanjye. Uko ibihe byagiye bihita, natangiye gushidikanya Imana no kuyitera icyizere muri jyewe no mu bandi.
Nisanze ngeze aha Eliya ubwo yari mu butayu atagishaka (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Nari nihebye, Imana impa umunezero: Ngicecetse, amagufwa yanjye ashajishwa no kuniha kwanjye umunsi ukira… Lortuges
20 May 2013, by Simeon Ngezahayo -
Ibikorwa bya “AFRICA HAGURUKA” bigarutse bifite irindi shusho
4 August 2015, by Pastor Desire HabyarimanaUbuyobozi bw’Itorero rya Zion Temple Celebration Center/Authentic Word Ministries buramenyesha abantu bose ko bwongeye gutegura ibikorwa bya “AFRICA HAGURUKA” ku ncuro ya 16 bizatangira ku cyumweru taliki ya 02/08/2015 kugeza taliki ya 08/08/2015.
“Afrika Haguruka” ni ibikorwa ngarukamwaka bitegurwa na Zion Temple Celebration Center/Authentic Word Ministries iyobowe na Apostle Dr. Paul GITWAZA. Ibi bikorwa bigamije guhuriza hamwe Abanyafrika mu rwego rwo kwigira hamwe uburyo umugabane wabo wa (...) -
Eddie Mico yateguye igitaramo cyo gushima Imana
23 June 2012, by Patrick KanyamibwaUmuhanzi Eddie Mico nyuma yo kwegukana Groove Awards yuyu mwaka wa 2012 ku ruhande rw’u Rwanda, no kuza ku rutonde rw’abahanzi bari guhatanira Africa Gospel Music Awards 2012, uyu muhanzi yateguye igitaramo cyo gushima Imana ku cyumweru tariki ya 29/06/2012 kuri St Etienne urusengero rwa EAR Kiyovu/Biryogo, kuva saa cyanda n’igice z’umugoroba.
Ubwo twaganirana na Eddie yadutangarije ko icyi gitaramo kiri mu rwego rwo gushima Imana no kwereka abanyarwanda bamutoye bakamuha amahirwe yo kwegukana (...) -
Kigali: Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda (BSR) washoje inama nyunguranabitekerezo itegura icyumweru cyo gusengera ubumwe bw’Abakristo mu Rwanda
13 January 2014, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa Gatanu taliki 9 Mutarama 2014, ku Kimihurura ku cyicaro cy’Inama y’Abaporotesitanti mu Rwanda (CPR) hashojwe inama y’Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda (BSR) ku bufatanye na CPR n’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda (CEPR).
Iyi nama yahuje abahagarariye amadini atandukanye akorera mu gihugu cyacu yigiwemo ingingo 3 nyamukuru, ari zo: (1) Gutegura icyumweru ngarukamwaka cyo gusengera ubumwe bw’Abakristo kizaba ku wa 18-25 Mutarama 2014; (2) Kungurana ibitekerezo ku gikorwa cyo kubaka (...) -
Umuhanzi Dominic Nick adabagije abakunzi be mur’iyi concert yo ku cyumweru taliki 05/08/2012
3 August 2012, by UbwanditsiMu gihe habura iminsi mike ngo igitaramo cy’umuhanzi Domionic Nick kigere,amakuru atugeraho n’uko Dominic yadabagije abakunzi be ku buryo uzahaboneka wese azinjira mu gitaramo ndetse akanatahana CD y’indirimbo z’uwo muhanzi azaba yashyize ahagaragara ku mafaranga 2000FRW gusa.N’ubwa mbere bibaye kandi benshi byabashimishije cyane aho bakomeje kudutangarizako kuhabura ar’ukunyagwa zigahera.
Icyi gitaramo kizaba kuva I saa cyenda z’amanywa kibere ku Gicumbi cy’umuco imbere ya Sitade amahoro I (...) -
Korale Yasipi yateguye igiterane cy’ivugabutumwa muri Nyagatovu, uwahoze ari umu Padiri nawe akavugamo ijambo ry’Imana
2 July 2013, by UbwanditsiNkuko twabitangarijwe na Kanani Viyane kuri icyi cyumweru tariki ya 7/07/2013 kuva saa saba z’umugoroba Korale Yasipi yateguye igiterane cy’ivugabutumwa muri Nyagatovu muri Paroise ya Rukurazo.
Iki gikorwa cyikazaba ari igitaramo doreko uretse iyi Korali Yasipi izakiririmbamo hakazanabonekamo Korale Rangurura, Korale Gologota n’umuhanzi Murwanashyaka Faustin. Birumvikana ko ivugabutuma rigendana n’Ijambo ry’Imana ryo rikazabwirizwa n’umuvugabutumwa Singirankabo Boniface hamwe na Joseph Sibomana (...) -
Paruwasi ya ADEPR-Kicukiro yizihije isabukuru y’imyaka 16 imaze ivutse
18 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaMu gihe itorero ADEPR rikomeje imyiteguro yo kwizihiza isabukuru y’imyaka 75 izaba tariki 21/11/2015, rimaze rivutse, hirya no hino mu gihugu hakomeje gahunda yo kwitegura iki gikorwa hizihizwa isabukuru ku ma paruwasi atandukanye ndetse no mu midugudu ya ADEPR hakurikijwe igihe bamaze batangiye umurimo w’Imana.
Hamwe n’iyi gahunda paruwasi ya ADEPR Kicukiro yizihije isabukuru y’imyaka 16 imaze itangiye kuri uyu wa gatandatu tariki 17/10/2015. Umushumba w’ururembo rw’Umujyi wa kigali Rev.Past (...) -
Akarusho uramutse witekeye Potaje y’ibijumba n’ubunyobwa
1 October 2012, by Ernest RutagungiraNk’uko dusanzwe tubafasha gutegura amafunguro meza ,yizewe mu isuku kandi yujuje intungamubiri, noneho tubazaniye potaje (potage) nziza kandi yoroshye guteka, ikaba ikozwe mu bijumba hamwe na beurre d’arachide ( imera nk’amavuta afashe akorwa mu bunyobwa) akenshi ikoreshwa mu gusigwa ku umugati, abenshi bita confiture y’ubunyobwa,iyi potaje ikaba itegurwa mu gihe kingana n’iminota20, igatekwa 55
Ibikoresho byifashishywa mu gutegura iyi potage Isafuriya Icyuma Imbabura cyangwa irindi ziko (...) -
ARASHIMIRA BIKOMEYE UMURYANGO GIRA IMPUHWE KUBWA MANU WABAGENEYE ANASABA URUBYIRUKO KUTIHUGIRAHO
5 May 2014, by Simeon NgezahayoBwana MUTAGANZWA Pacifique, Umuyobozi uhagarariye umudugudu (agglomeration) w ‘abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 arashimira cyane umuryango GIRA IMPUHWE ku bw’ubufasha wabageneye bo bagerenya nka manu ubwo wabasuraga ku wa 26/04/20014, mu mudugudu batuyemo mu murenge wa Kinyinya, akarere ka Gasabo.
Ibi ni bimwe mu byo GIRA IMPUHWE yafashishije abacitse ku icumu ba Kinyinya
Ubusanzwe uyu mudugudu ugizwe hafi 90% n’impfubyi n’abapfakazi, abandi bakaba ari abakecuru (...) -
Dudu Niyukuri yataramiye abitabiriye ijoro ryo gukesha ryabereye kuri Healing Centre
28 July 2012, by Patrick KanyamibwaMu giterane cy’urubyiruko “Youth in Revival time” ku nshuro ya kane kibaye muri uyu mwaka, kiri kubera kuri Healing Centre Church Remera, aho cyatangiye ku cyumweru tariki ya 22/07/2012 cyikazasozwe ejo ku cyumweru tariki ya 29/07/2012, umuhanzi Dudu Niyukuri Theophile ubarizwa mu gihugu cy’u Burundi yaraye ataramiye abantu benshi bari baje mu ijoro ryo kuramya no guhimbaza Imana ryagejeje mu gitondo ibyo abarokore bakunda kwita “Gukesha”, ibi bikaba byabaye mu ijoro ryo kuwa 27 kugeza mu gitondo (...)
0 | ... | 930 | 940 | 950 | 960 | 970 | 980 | 990 | 1000 | 1010 | ... | 1850