Ntibyari bimenyerewe kumva ko itorero runaka cyangwa idini ritegura urugendo cyangwa se igiterane cyo kwamagana ibiyobyabwenge, gusa mu itorero ADEPR ho bisa nk’ibimaze kumenyerwa kuko hirya no hino mu gihugu cy’u Rwanda hagenda hategurwa ibikorwa bitandukanye byo Kwamagana ibiyobyabwenge.
Ni muri urwo rwego Ku itariki ya 19 Nzeri 2015, Urubyiruko rwo mu itorero ADEPR akarere ka Bugesera rwakoze igiterane cyo kurwanya ibiyobyabwenge, iki giterane cyari cyitabiriwe n’urubyiruko rwo mu aka (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Urubyiruko rwo mu itorero ADEPR rurakataje mu kwamagana ibiyobyabwenge.
26 September 2015, by Ernest Rutagungira -
Amatora muri Kora Awards 2012 yatangiye kuri sms za telephone no ku interinete
12 December 2012, by Patrick KanyamibwaNyuma yo kwerekana urutonde rw’ibiciro n’abahatanira gutwara ibihembo bya Kora Awards 2012, ubu gutora hakoreshejwe ubutumwa butoya kuri telefone (sms) no kuri interinete byatangiye, aho bizarangira tariki ya 28/12/2012, doreko ibi bihembo bizatangwa Abidja kuwa 29 Ukuboza 2012.
Urubuga rwa Kora Awards rwatangaje ko hatoranyijwe abahanzi 144 gusa, mu byiciro 2, aho buri cyiciro kirimo abahanzi 6. Rwagaragaje ko abahanzi (ibihangano) batanze ibihangano byabo muri aya marushanwa bari hagati ya (...) -
Sudan: Umuhanzi Claude Bigiriherezo afite gahunda yo kumurika Album Video nagaruka mu Rwanda
9 January 2014, by Simeon NgezahayoUmuhanzi Ndagijimana Jean Claude bakunze kwita Bigiriherezo bafatiye ku izina ry’indirimbo ye, nyuma y’iminsi mike yuriye Rutemikirere yerekeza mu gihugu cya Sudani mu ruzinduko yagiriyeyo, benshi mu bakunzi be bamaze kumukumbura bakaba banyotewe no kongera gutaramirwa na we. Ubwo twaganiraga na Claude Bigiriherezo, yadutangarije ko n’ubwo ari mu gihugu cy’abanyamahanga ngo ntibimubuza gusabana n’Imana kuko Imana ibera hose icyarimwe.
Bigiriherezo yakomeje atubwira ko mu minsi mikuru duteye (...) -
Igiterane ngarukamwaka cy’amasengesho kitwa “Bohoza” cyateguwe n’urusengero Patmos Faith Church kizama iminsi 21
28 October 2013, by UbwanditsiNkuko twabitangarijwe na Pasiteri Jean Bosco Nsabimana urusengo Patmos Faith Church ryongeye gutegura igiterane ngarukamwaka cyitwa “Boboza” ku nshuro ya kabiri cyikaba ari igiterane kimara iminsi makumyabiri numwe, kuri nshuri nshuro cyikaba gifite intego Daniyeli 10:13, ahavuga mu magambo make ko ari igihe cyo kwakira ibyo wari warabohojwe kandi amasengesho yawe yumviswe.
Iki giterane kizatangira tariki 28/10/2013 buri munsi kuva saa kumi z’umugoro kugeza saa mbiri kirangi tariki (...) -
Kuri iki cyumweru gishize Korare Muhima yabwirije i Nyamata
28 May 2013, by Ubwanditsikuri icyi cyumweru gishize nibwo chorale muhima yamenyekanye cyane mu ndirimbo yabo " Nta mukiranutsi upfa " yerekeje mu ntara y`i burasirazuba mu karere ka bugesera, aho bari bagiye mu giterane cy`ivugabutumwa.
Iki giterane kikaba cyaritabiriwe n`abantu batari bake cyane ko muri ako gace bwari ubwa mbere Chorale Muhima ihataramira ndetse n`abaterankunga ba chorale muhima bari bayiherekeje,iki giterane cyabayemo ibintu bidasanzwe aho basengeye abantu benshi bari bafite uburwayi (...) -
Yesu ni umuhoza/Ev.Adda
30 September 2015, by Innocent KubwimanaYantumye no gushyiriraho itegeko ab’i Siyoni barira, ryo kubaha ikamba mu cyimbo cy’ivu, n’amavuta yo kunezerwa mu cyimbo cy’ubwirabure, n’umwambaro w’ibyishimo mu cyimbo cy’umutima wihebye,…… Yesaya 61:3
Hari itegeko ryashyiriweho ab’i Siyoni barira. Ntabwo ari ab’i Babuloni, oya, ni ab’i Siyoni barira.
Iri tegeko rirakureba, niba ariko waravuye mu byaha, mbese wakagombye kuririmba no guseka gusa.
Bibiliya itwereka ko i Siyoni umuntu ashobora kuharirira icyo kikaba ari cyo cyazanye Yesu Kristo. (...) -
umugeni wa Kristo
17 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaMbese umuntu yatekereza iki umukunzi we aramutse amutumiye, akamwicaza muri salon yarangiza akigendera? Mu gihe agitegereje, wa mukunzi akaba yibereye mu mirimo yo mu gikoni nta cyo baganira!
Yesu nawe ni ko bimumereye, kuko abo yakunze ni bo bamubwira ubudahwema bati : “Turagukunda! Turagukunda!” Nyamara, ntibamurebe n’irihumye cyangwa bakamukunda urumamo!
umugeni wa Yesu ashobora gutekereza ati: “Njyewe Yesu muhoza ku mutima! ” Numvise abantu benshi bavuga batya bati: “Yesu ni we wihariye (...) -
Twihe Imana tumaramaje! - Kenneth et Gloria Copeland
15 June 2013, by Isabelle GahongayireNiba mwifuza kugera kure mu by’umwuka, mugomba kumenya no kuba mu ijambo ry’Imana mu buryo bwose bushoboka.
“Ubwenge muri byose ni bwo ngenzi, nuko rero shaka ubwenge, ndetse ibyo utunze byose ubishakishe ubuhanga. Ubukuze na bwo buzagukuza, nubukomeza buzaguhesha icyubahiro”Imigani 4 : 7-9.
Niba mu by’ukuri twifuza ubwenge bw’Imana, bidusaba gusoma bibiliya cyane, bitari iby’akamenyero by’iminota mike ya buri munsi wenda tujya dufata. Biradusaba kuyifungura amanwa na n’ijoro. Biradusaba kureka (...) -
Ubuzima bushobora kuba bugoye ariko kubera ubucuti bwacu n’Imana, buhinduka kuba bwiza
9 November 2015, by Pastor Desire Habyarimana.
Intego: UBUZIMA
Ubuzima bushobora kuba bugoye ariko kubera ubucuti bwacu n’Imana, buhinduka kuba bwiza, ibyo ntibiterwa n’ikindi.
Luka 2:1-7 "Nuko muri iyo minsi itegeko riva kwa Kayisari Awugusito, ngo abo mu bihugu bye bose bandikwe.Uko ni ko kwandikwa kwa mbere, kwabayeho Kureniyo ategeka i Siriya. Bose bajya kwiyandikisha, umuntu wese ajya mu mudugudu w’iwabo. Yosefu na we ava i Galilaya mu mudugudu w’i Nazareti, ajya i Yudaya mu mudugudu wa Dawidi witwa i Betelehemu, kuko yari uwo mu (...) -
Ishyaka ry’inzu ya Data
19 August 2015, by UbwanditsiImana ishimwe kubw’aya mahirwe yaduhaye yo gukoresha neza online services(technologie) twagura tunubaka ubwami bwayo.
Uyu munsi ndagirango tuganire ku Ishyaka ry’inzu ya Data. Nehemiya: Iki gihe cyari igihe gikomereye abisilaheli cyane,bari mu mubabaro ukomeye, Imana yarabatatanyije, baratewe benshi bafatwa bunyago, mu bihe nk’ibyo harimo n’abagiye gushaka imibereho ahandi Imana ikabana nabo bakagira ishya aho bagiye.
Muri abo harimo na Nehemiya witaga kuri Vino y’Umwami. Ariko mu buhunzi (...)
0 | ... | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | 120 | 130 | ... | 1850