Taliki ya 20/1/2013 kuri icyi cyumweru, Korale Gatsata yasuye Gatagara mu magepfo ishyiye imfashanyo abana bahaba batishoboye n’abafite ubumuga biga mu mashuri ya “Ngeraho umpumurize”
Ubwo bageragayo mu masaha ya saa sita bakaba basuye ibitaro abo bana bavurirwamo, ndetse naho barara nyuma bakorera igitaramo ku ishuri ryabo banasangira ijambo ry’Imana rihumuriza, ibyo kurya no kunwa ndetse baboneraho no kubaha amafaranga y’u Rwanda Miliyonie ebyiri (2.000.000Frw). Muri uyu muhango kandi Korali (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ku munsi wejo ku cyumweru taliki ya 20/1/2013, Korale Gatsata yasuye Gatagara mu magepfo ishiye imfashanyo abana bahaba batishoboye n’abafite ubumuga biga mu mashuri ya “Ngeraho umpumurize”
22 January 2013, by Patrick Kanyamibwa -
Kuvuga ko Abakristo Abakristo ari indyarya byaba ari ukuri?
3 June 2013, by Simeon NgezahayoAbashakashatsi bibumbiye mu itsinda ‘Barna’ baherutse gukora ubushakashatsi ku mirimo n’imyitwarire y’Abakristo, kugira ngo bahinyuze niba koko imyumvire abantu bafite ku Bakristo yaba ari ukuri.
Ubushakashatsi bwakozwe na ‘Barna’ buvuga ko Abakristo batakwibashisha gukiranuka—hatitawe ku itorero baba basengeramo cyangwa ubwinshi bwabo.
Ubushakashatsi bwakozwe n’itsinda Barna bugaragaza ko Abakristo benshi muri iki gihe bameze nk’Abafarisayo aho kumera nka Yesu. Barna yakoze ubushakashatsi ku (...) -
Umupasiteri wo mu gihugu cya Cuba (Kiba)yarekuwe nyuma y’amezi 6 muri gereza azira gukoresha amateraniro
3 September 2015, by Innocent KubwimanaUmupasiteri w’Umunya Cuba (Kiba) yarekuwe nyuma y’amezi 6 afunzwe atarigeze aburana. Uyu mupasiteri yaziraga gukoresha amateraniro y’abakristo mu buryo inzego za Leta zivuga ko butemewe n’amategeko.
ChristianToday itangaza ko Rev.Past. Jesús Noel Carballeda w’imyaka 45, yarekuwe tariki 31 z’ukwezi gushize, aho yari afungiwe muri gereza yitwa Valle Grande i San Antonio de Los Banos, ashinjwa gukoresha amateraniro y’abakristo mu buryo Leta yo yemeza ko butari bwemewe.
Aha Perezida wa Cuba Raul (...) -
Nigeria : 11 baguye mu gitero cyagabwe ku rusengero
26 November 2012, by UbwanditsiIgitero cyagabwe mu rusengero rwa gikirisitu ku cyumweru tariki ya 25 Ugushyingo cyahitanye 11, abandi 30 barakomereka mu majyaruguru ya Nigeria.
Umuvugizi w’igisirikare cya Nigeria, Bola Koleosho, yatangarije Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa (AFP), ko igisasu cyahitanye abo bantu cyari cyatezwe mu modoka mu masaha abakirisitu barimo basohoka mu rusengero. Akomeza atangaza ko agatsiko k’Abayisilamu ka Boko Haram ari ko gatungwa urutoki kugira uruhare muri icyo gitero.
Hashize ukwezi mu mujyi (...) -
Urufatiro rw’Imana/ Ev.Ndagijimana Donath
2 November 2015, by Innocent Kubwimana2Timothy 2:19
Nyamara urufatiro rukomeye rw’Imana ruracyahagaze, rwanditseho iki kimenyetso ngo” Uwiteka azi abe”, kandi ngo “umuntu wese uvuga izina ry’Uwiteka ave mu bidatunganye”
Ndagira ngo dusangire kuri aya magambo meza agira ati” urufatiro rw’Imana no kuva mu bidatunganye’’.
Umuntu wese wakiriye Yesu Kristo nk’Umwami n’Umukiza we yanditse kuri uru rufatiro. Kumenywa ni ikintu kiza kandi cy’ingenzi mu buzima abantu bose bumwa baharanira, bamwe bakanabiharanira bakabigeraho.
Iyo umenyanye (...) -
Gira Umumaro!
27 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaUko niko Dawidi yahanguje Umufilisitiya ibuye ry’umuhumetso, aramunesha aramwica kandi nta nkota Dawidi yari yitwaje. Dawidi aravuduka amuhagarara hejuru asingira inkota ye, ayikura mu rwubati rwayo aramuhorahoza rwose, ayimucisha igihanga. Nuko Abafilisitiya babonye intwari yabo ipfuye bariruka. (1 Samweli 17:50−51).
Ni inshingano yacu buri wese ku giti cye kugaragaza umumaro we mu bo babana. Bishobora kuba mu baturanyi bawe, ku kazi, mu mugi wawe cyangwa ndetse n’igihugu cyawe; shakisha (...) -
Urubyiruko rwo mu itorero ADEPR rurakataje mu kwamagana ibiyobyabwenge.
26 September 2015, by Ernest RutagungiraNtibyari bimenyerewe kumva ko itorero runaka cyangwa idini ritegura urugendo cyangwa se igiterane cyo kwamagana ibiyobyabwenge, gusa mu itorero ADEPR ho bisa nk’ibimaze kumenyerwa kuko hirya no hino mu gihugu cy’u Rwanda hagenda hategurwa ibikorwa bitandukanye byo Kwamagana ibiyobyabwenge.
Ni muri urwo rwego Ku itariki ya 19 Nzeri 2015, Urubyiruko rwo mu itorero ADEPR akarere ka Bugesera rwakoze igiterane cyo kurwanya ibiyobyabwenge, iki giterane cyari cyitabiriwe n’urubyiruko rwo mu aka (...) -
Amatora muri Kora Awards 2012 yatangiye kuri sms za telephone no ku interinete
12 December 2012, by Patrick KanyamibwaNyuma yo kwerekana urutonde rw’ibiciro n’abahatanira gutwara ibihembo bya Kora Awards 2012, ubu gutora hakoreshejwe ubutumwa butoya kuri telefone (sms) no kuri interinete byatangiye, aho bizarangira tariki ya 28/12/2012, doreko ibi bihembo bizatangwa Abidja kuwa 29 Ukuboza 2012.
Urubuga rwa Kora Awards rwatangaje ko hatoranyijwe abahanzi 144 gusa, mu byiciro 2, aho buri cyiciro kirimo abahanzi 6. Rwagaragaje ko abahanzi (ibihangano) batanze ibihangano byabo muri aya marushanwa bari hagati ya (...) -
Sudan: Umuhanzi Claude Bigiriherezo afite gahunda yo kumurika Album Video nagaruka mu Rwanda
9 January 2014, by Simeon NgezahayoUmuhanzi Ndagijimana Jean Claude bakunze kwita Bigiriherezo bafatiye ku izina ry’indirimbo ye, nyuma y’iminsi mike yuriye Rutemikirere yerekeza mu gihugu cya Sudani mu ruzinduko yagiriyeyo, benshi mu bakunzi be bamaze kumukumbura bakaba banyotewe no kongera gutaramirwa na we. Ubwo twaganiraga na Claude Bigiriherezo, yadutangarije ko n’ubwo ari mu gihugu cy’abanyamahanga ngo ntibimubuza gusabana n’Imana kuko Imana ibera hose icyarimwe.
Bigiriherezo yakomeje atubwira ko mu minsi mikuru duteye (...) -
Igiterane ngarukamwaka cy’amasengesho kitwa “Bohoza” cyateguwe n’urusengero Patmos Faith Church kizama iminsi 21
28 October 2013, by UbwanditsiNkuko twabitangarijwe na Pasiteri Jean Bosco Nsabimana urusengo Patmos Faith Church ryongeye gutegura igiterane ngarukamwaka cyitwa “Boboza” ku nshuro ya kabiri cyikaba ari igiterane kimara iminsi makumyabiri numwe, kuri nshuri nshuro cyikaba gifite intego Daniyeli 10:13, ahavuga mu magambo make ko ari igihe cyo kwakira ibyo wari warabohojwe kandi amasengesho yawe yumviswe.
Iki giterane kizatangira tariki 28/10/2013 buri munsi kuva saa kumi z’umugoro kugeza saa mbiri kirangi tariki (...)
0 | ... | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | 120 | ... | 1850