Ijambo ry’Imana: Ibyo twahawe byose ni ku bwa Yesu no ku bwawe
“Ariko kugira ngo tutababera igisitaza, jya ku nyanja ujugunyemo ururobo, ifi uri bubaze gufata uyende, uyasamure urasangamo sitateri uyijyane uyibahe ku bwanjye no ku bwawe” (Matayo 17:27).
Biragaragara ko Petero yari mu kibazo cyo kubura umusoro ariko kuko Yesu atabura uko abigenza amwereka uko akivamo umusoro ukaboneka.
Birashoboka ko nawe Yesu hari ibibazo yagukuyemo bikomeye ntiwari kuhikura iyo atagutabara. Yesu sinzi (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ibyo twahawe byose ni ku bwa Yesu no ku bwacu! Pastor Desire
19 October 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Ese waba wibuka icyo Imana yakuvuzeho?
24 March 2016, by Ernest RutagungiraNtuzi icyo Uwiteka yakuvuzeho njyewe nawe ,akabibwira Mose umuntu w’Imana turi I Kadeshi y’I Baruneya? (Yosuwa 14:6b). Aya ni amagambo yavuzwe na Karebu mwene Yefune w’Umukeza, nyuma y’imyaka 45, uhereye aho yumviye icyo Uwiteka amuvuzeho, ubwo yabazaga Yosuwa wari warazunguye Mose, ngo ayobore ubwoko bw’Abisiraheli, akaba yaramwibutsaga aho Uwiteka yirahiye akabwira Mose ati: “Ni ukuri ntimuzajya mu gihugu narahirishije kumanika ukuboko y’uko nzabatuzamo, kereka Karebu mwene Yefune na Yosuwa (...)
-
Kuri ADEPR Muhima hatangiye igiterane cy’iminsi irindwi cyo guhembuka
16 September 2013, by UbwanditsiKurusengero ADEPR Muhima hatangiye igiterane cy’iminsi irindwi cyo guhembuka, cyateguwe nakomite mpuzamakorali ifatanije n’ubuyobozi bwumudugudu wa ADEPR Muhima, kizitabirwa n’amakorali atandukanye
Nkuko twabitangarijwe n’umuyobozi w’umudugudu wa ADEPR Muhima Pastor Karangwa Alphonse iki gitere cyo guhembuka kizagaragaramo abigisha batandukanye, amakorali atangukanye yo kuri ADEPR Muhima nayandi azaturuka mumidugudu itandukanye
Amakorali azakiririmbamo harimo HOZIYANA Choir, DUHUZUMUTIMA (...) -
Epinari, uruboga rutanga ingufu rukanarinda imboni y’ ijisho.
17 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaEpinari iri muri bimwe mu biribwa bikoreshwa nk’ imboga, ikaba ikungahaye cyane ku ntungamubiri. Byongeye kandi ikaba inafite ibivumbikisho bingana na 22(kilocalories) mu magarama 100 zayo. Epinari, irusha poroteyine izindi mboga ku rugero rungana na 2.82%, ariko ikagira ibinyabisukari bingana na 0.8%, n’ amavuta angana na 0.35%.
Igitangaje kuri epinari:
Amagarama 100 zayo afite 2/3 bya vitamini A ikenewe n’ umubiri w’ umuntu ku munsi, akagira aside forike zikenewe zose, akagira ½ cya (...) -
Ebola: Kugeza uyu munsi, mu Rwanda nta muntu urafatwa na Ebola
6 August 2012, by UbwanditsiIshami rishinzwe indwara z’ibyorezo rikorera mu kigo cy’igihugu cy’ubuzima (RBC) rirahumuriza abanyarwanda rivuga ko icyorezo cya Ebola nta kiragera mu Rwanda. Ushinzwe ishami ry’ibyorezo mu kigo k’igihugu cy’ubuzima Nyatanyi Thierry avuga ko nubwo nta wifuza ko icyo cyorezo kigera mu Rwanda, ngo ingamba zo kugihashya zarafashwe zirimo guhugura abaganga kuriyo ndwara ya Ebola.
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, umunyamabanga uhoraho muri Ministeri y’ubuzima Dr. Uzziel Ndagijimana, yavuze ko (...) -
Korali Kinyinya mu giterane cyo kumurika album ya 7 y’amajwi
10 January 2013, by Emmanuel KANAMUGIREKorali Kinyinya yo mu Itorero rya ADEPR Paruwase Kinyinya mu Mujyi wa Kigali irategura igiterane kuri uyu wa 13 Mutarama 2013, cyo gushyira ku mugaragaro album ya 7 y’amajwi yiswe “Kinyinya Audio Remix”
Iyi album yiswe iri zina kubera ko irimo indirimbo nshya zivanze n’izo mu gihe cya kera zagiye zikundwa na benshi zikaba zararirimbwe zikanacurungwa mu buryo buvuguruye.
Nk’uko twabitangarijwe na Ndayishimiye Pascal Umuyobozi wa Korali Kinyinya, iki giterane kizabera kuri Paruwase ya (...) -
Urukundo rw’Imana n’ubuntu bwayo byangejeje kukwakira Yesu Kristo nk’ Umwami w’ubugingo bwanjye
21 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAmazina yanjye nitwa Sandeep Thomas navukiye mu buhinde ndererwa muri Amerika nkuko ngiye kubibabwira mu buhamya bwanjye
Uyu munsi wa none, ndashaka kubasangiza inkuru y’Urukundo, Ubuntu, n’ubuzima bushya muri Yesu Kristo !
Nkuko bizwi na benshi hari abana barenga miliyoni bo k’umuhanda birirwa bazerera mu mihanda yo mu Buhinde, batajya mumashuli hafi miliyoni 17 z’abana bimfubyi banywa ibiyobyabwenge byibanze cyane mu bigitsina gabo. wibereye hano nti wamenya icyo ibindi bihugu bitekereza (...) -
Ku nshuro ya kabiri Eddie Mico yakoranye indirimbo n’umuhanzi w’umunyakenya
10 October 2013, by Patrick Kanyamibwa, UbwanditsiUmuhanzi Eddie Mico yashyize hanze indirimbo yakoranye n’umuhanzi wo mu gihugu cya Kenya uzwi ku izina rya Kafashia, iyi ndirimbo yabo ikaba yitwa “Connected”. Iyi ndirimbo yagiye hanze tariki 4.10.2013 yakozwe na Ray P muri Ray Music kandi ngo amashusho yayo azatangira gufatwa mu gihe kidatinze; nk’uko twabitangarijwe na Eddie Mico.
Indirimbo “Connected” ya Eddie Mico yayikoze ari nk’isengesho nk’uko yabidutangarije ubwo iyi ndirimbo yari ikiri gukorwa muri studiyo. Yagize ati: “...iyi ndirimbo (...) -
Ese hari icyo Imana igusaba ngo ibone kukuzamura cyangwa kuguhindurira amateka?
11 April 2016, by Ernest RutagungiraMuri rusange iyo ukurikiranye ibyifuzo byacu n’amasengesho dusenga buri munsi, usanga benshi duhuriza ku cyifuzo cyo kuzamurwa,cyangwa se guhindurirwa amateka y’ubuzima twanyuzemo, yaba ari mu buryo bw’imibereho dusanzwe tubamo cyangwa no mu buryo bwo mu mwuka, ibi tukabisaba ariko tunibaza ngo Ese ubundi Imana izamura umuntu ihereye kuki? Ese hari icyo Imana igusaba ngo ibone kukuzamura cyangwa kuguhindurira amateka cyangwa se nanjye nabasha kuzamurwa?
Ijambo ry’Imana dusoma mu Itangiriro (...) -
Yesu agiye kugaruka ! rushaho kwitegura
24 December 2015, by Ernest RutagungiraNyuma y’uko icyaha kinjiye mu isi, Imana yatanze isezerano ry’agakiza, uko iminsi igenda iza abahanuzi bagiye bavuga ko Mesiya azaza, bamwe mu babyumvaga barabyemeraga ariko abandi bakabihakana, nyamara igihe cyarageze ibyari ubuhanuzi bihinduka impamo, Uyu munsi ibinyejana bibaye 21 Umucunguzi Yesu adupfiriye, asubira mu ijuru ariko agenda avuze ko azagaruka, uyu munsi ibimenyetso hafi ya byose byo kugaruka kwe byarasohoye none se witeguye ute kugaruka kwe ?
Ijambo ry’Imana “1 Tesalonike 4: (...)