Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo Bahati Alphonse yashyikirizwaga igihembo cy’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana witwaye neza mu bahanzi b’abanyaRwanda mu bihembo bya Groove Awards.
Ahagana ku isaha ya saa tanu z’ijoro ku kibuga cy’indege i Kanombe nibwo umunyamakuru akaba n’umwe mu bakozi ba Moriah entertainement group ari nayo ihagarariye Groove award mu Rwanda Patrick Kanyamibwa wari witabiriye iyi mihango yahasesekaye azanye ibihembo by’uyu muhanzi.
Uretse igihembo cya (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Byari ibirori Bahati Alphonse ashyikirizwa ibihembo yatsindiye muri Groove Awards
4 June 2013, by Patrick Kanyamibwa -
Mbega « isi »! ... - Sangjin Kim
10 June 2013, by Simeon NgezahayoKu wa 21 Gicurasi 2013 muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Leta ya Oklahoma habaye ikiza: Inkubi y’umuyaga yibasiye umujyi wa Moore, hafi ya Oklahoma City.
Iyo witegereje amashusho, wumva ubwoba bugutashye. Biteye ubwoba, ni icyago gikomeye, kandi nta wabasha kubihagarika. Nta kindi wakora, keretse guhunga…
Iyo nishyize mu mwanya wabo..., inzu yanjye nubatse binyuze mu gushora imari nyinshi sinyifata nk’iherezo ry’ubuzima, ahubwo mu by’ukuri ni uko yampenze ariko si yo impa icyizere cy’ubuzima. (...) -
Isakwa mbere yo kwinjira mu nsengero zo mu mujyi wa Kigali
22 September 2012, by UbwanditsiKuri ubu kwinjira cyangwa kujya gusengera mu itorero rya UCC Niboye riherereye ku Kicukiro, ni ukubanza ukanyorwamo n’ibyuma bishinzwe kugenzura abitwaje ibyateza umutekano muke aho Topsec ari yo ifite aka kazi.
Nk’uko IGIHE yabitangarijwe n’Umuyobozi Mukuru w’itorero rya UCC Niboye (United Christian Church), Bishop Rwandamura Charles ubwo twamubazaga ku byerekeranye n’iri sakwa ritamenyererwe mu matorero yo mu Rwanda, yatangaje ko iteraniro ryabo ryakira abantu b’ingeiri nyinshi, mu ruhare (...) -
Korali Siloamyashimiye abayifashije kumurika album yayo ya kabiri
28 January 2013, by Patrick KanyamibwaSilowamu ibarizwa mu itorero rya ADEPR muri Paroisse ya Gasave, luri kino cyumweru tariki ya 28/01/2013 yashimiye cyane abantu bose bayifashije mu kumurika Album yayo ya kabiri bise "Inzira yo gukiranuka" yashyizwe ku mugaragaro kuwa 31/7/2011 ku kicaro cy’aho iyi Korali ibarizwa ku mudugudu wa Kinamba haruguru gato y’urwibutso rwa genocide yakorewe abatutsi muri 1994.
Bwana Medal uyobora uyi Korali akaba yashimiye abantu bose bari bita ubu butumire hari Korale Iriba kuva Huye ndetse nindi (...) -
Byose birashoboka ! - Yannis Gautier
13 May 2013, by Simeon Ngezahayo"Byose bishobokera uwizeye" Mariko 9.23 Hashize amezi make ntumiwe mu giterane cy’ivugabutumwa mu itorero ry’i Yaoundé muri Cameroun. Rimwe hari nijoro maze kubworoza, nahamagaye abantu bafite ibyifuzo ngo baze imbere tubasengere. "Sinakubwiye nti ‘Niwizera uri bubone ubwiza bw’Imana?’”
Umuntu umwe usheshe akanguhe wari uherekejwe n’umukobwa we yapfumuriye mu kivunge cy’abantu bari bahagaze aho, aza ansanga ngo musengere. Icyifuzo cyari iki ngo: ugutwi kwa mama kw’ibumoso ntikumva.
Muri ako (...) -
Kugira ngo ubwonko burusheho gukora neza, hari amafunguro nkenerwa
24 September 2012, by UbwanditsiNkuko bitangazwa n’inzobere mu mirire, batangaza ko hari amafunguro yafasha ubwonko bw’umuntu gukora neza bitewe n’intungamubiri zigize biriya. Nkuko bitangazwa n’Urubuga rwa internet rwitwa doctissimo.fr, batangaza ko hari ubwoko 10 bw’amafunguro wafatwa, agafasha ubwonko gukora neza.
1. Imineke
Ikubiyemo vitamini 6 ikaba ifasha mu gutanga umutuzo mu bwonko. Ku muntu utarya imineke yafata ibinyomoro. 4. Umwijima Umwijima w’inka cyangwa uw’inkoko bikubiyemo vitamini B ifasha ubwenge bw’umuntu (...) -
Leta y’Amerika irasaba Iran ko irekura Pastor Youcef Nadarkhani nyuma yo gufungwa iminsi 1000.
23 July 2012, by UbwanditsiHashize iminsi 1000 yose Leta ya Iran yarakatiye urwa burundu umu Pasteur Youcef Nadarkhani azira kuba yaratandukiriye amahame ya kisilamu ngo akiha ibyo kubwiriza abanya Iran b’abisilamu. Mu gihe uwo mu Pasteur ategereje urupfu, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zikaba zikomeje gusaba Iran ko imurekura kuko ar’inzirakarengane doreko n’itegekonshinga bitoreye riha uburenganzira buri wese mw’iyobokamana rimunogeye
Impamvu nyamukuru yatumye afungwa ngo n’uko yabujije abana be gusomera Coran kw’ishuri (...) -
Siyanse n’Iyobokamana : Mbese Billy Graham yavuze iki ubwo yabazwaga ku iremwa rivugwa muri Bibiriya n’iremwa rivugwa na Siyanse ?
6 March 2013, by UbwanditsiBenshi bakunze kwibaza cyane ukuri ku bivugwa muri Bibiriya n’ukuri kuvugwa n’abahanga ba Siyanse. Bibiriya ivuga neza ko Imana yaremye Adamu na Eva ikabarema bafite isura y’umuntu nk’uko tumeze uku!! Byagera muri Siyansi, bo bakemeza ko Muntu uriho uyu munsi atariko yabanje kubaho, ko ahubwo yabanje kugira indi sura y’inyamaswa imeze nk’inguge, nyuma iyo sura ikagenda ihindukamo umuntu tubona uyu munsi.
Uku kudahuza hagati y’abigisha ba Bibiriya n’abigisha ba Siyanse, bikunze gutuma benshi (...) -
Wikandamizwa n’amateka yawe, igihe kirageze ngo Imana ikwinjize mu butsinzi .
21 April 2014, by Claudine KAGAMBIRWAUrusobe rw’Ibitekerezo birimo kwiheba, kumva ko bidashoboka, kwivuma no kwiyaturiraho nabi, ni bimwe mu byibasira umuntu wanyuze mu bikomeye, uwo abandi baca intege ko ntacyo azimarira n’ibindi bicantege, ariko uyu munsi ndakubwira nti wikandamizwa n’amateka mabi abantu bakuzi ho kuko iyaguhanze irimo kukuremera ubundi buzima bushya,kuko inzira z’Imana ari nyinshi kandi ikora mu buryo butandukanye.
Ijambo ry’Imana dusoma mu 1Abami 1-35 Umutwe w’aya magambo uravuga ngo “Dawidi akiriho yimika (...) -
Kuri iki cyumweru hateguwe igiterane cyo gushimi Imana ku rwego rw’igihugu
23 August 2012, by UbwanditsiMu rwego rwo gushima Imana kubw’ibyo yagejeje ku Rwanda, ku nshuro ya mbere amatorero ya gikristo mu Rwanda yibumbiye mu ishyirahamwe Rwanda Purpose Driven/P.E.A.C.E.Plan yateguye igiterane cyo gushima Imana cyiswe Rwanda Shima Imana. Isanganyamatsiko y’iki giterane ni umurongo wo muri bibiliya ugira uti:”Uwiteka yadukoreye ibikomeye, natwe turishimye”(Zaburi 126:3)
Iki giterane kizaba kuri iki cyumweru tariki ya 26/08/2012 kuri Stade amahoro guhera saa saba z’amanywa. Mu kiganiro abayobozi (...)
0 | ... | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | ... | 1850