Albert Niyonsaba ni umuhanzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana, akaba ari umwe mu bahanzi bakunzwe kandi barimo gukora cyane muri ino minsi aho bigaragarira mu ndirimbo arimo kugenda avana muri studio agahita azigeza ku bakunzi be ndetse n’ibitaramo bitandukanye agenda atumirwamo.
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu taliki ya 14 Gashyantare 2014 ni bwo iyo ndirimbo yageze ahagaragara. Mu kiganiro twagiranye n’uyu musore Albert, yadutangarije ko indirimbo ye “NTA WUNDI” ari bwo yabashije (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Albert Niyonsaba yasohoye indirimbo nshya yise “NTA WUNDI”
14 February 2014, by Simeon Ngezahayo -
Igikorwa cyo gushima Imana mu bikorwa 2012 cya Women Foundation Ministries/Noble Family Church cyagenze neza
5 December 2012, by Patrick KanyamibwaUmusi wo gushima Imana ari wo "Thanksgiving Day" utegurwa na Women Foundation Ministries/Noble Family Church biyoborwa na Apostle Alice Mignonne Umunezero Kabera, wabaye umusi udasanzwe. Gahunda yari iyobowe na Bishop Gasore Constantin kuva muri Restoration Church Rwamagana.
Kuri uyu wa gatandatu ushize itariki ya 01 Ukuboza 2012, nibwo abantu bagera ku gihumbi na magana tanu (1.500) bahuriye ku kibanza abanyamuryango ba Women Foundation Ministries/Noble Family Church batuye Imana. Icyo (...) -
Nice: Urugendo rwo kwamagana inzara!
5 April 2013, by Simeon NgezahayoKuwa 26 Gicurasi 2013, mu mujyi wa Nice hateganijwe urugendo rwo kwamagana inzara. Uru rugendo ruzatangirira ahitwa Garibaldi, ku muhanda wa 06300. Uru rugendo rwateguwe n’umuryango Action Contre la Faim, kandi buri wese ashobora gutanga inkunga guhera kuri €10 kuzamura, agahabwa inyemezabwishyu.
Uru rugendo ruzakorwa ku ntera ya kilometero 10 rwateguwe mu rweogo rwo gukangurira Abakristo bose kwita ku kibazo cy’inzara yugarije abatuye isi. Biteganyijwe ko abazitabira urwo rugendo (...) -
Umuriro Utazima bavuga ni ukuri , njye nigereyeyo (Ubuhamya bwa Jennifer Perez)
10 August 2012, by UbwanditsiAmazina yanjye nitwa JENNIFER PEREZ nkaba mfite imyaka 15 (ubu buhamya yabutaze afite iyi myaka 15 ). Biragoye cyane ko umuntu w’umwangavu nkanjye ukiri mu maraso ya gisore yaza kuri mwe akabegera akaza kubabwira amakosa ye uko yakabaye mu manyanga menshi. Nyamara hamwe no gufashwa n’Umwuka Wera, nizera ko amfasha akanyongerera imbaraga nkeneye. Icya mbere natangira mvuga ni uko ibi byose bibereyeho guhesha icyubahiro Umwami wacu YESU KRISTO.
Ndashaka kutaza kuvuga cyane ku mahame y’idini (...) -
PATIENT BIZIMANA YEREKANYE ITANDUKANIRO RY’ABAHANZI BARIRIMBA KU GITI CYABO. KURIKIRA INKURU MU MAFOTO…
1 April 2014, by Niyonzima MosesKuri iki cyumweru taliki 30 Werurwe 2014, umuhanzi Patient BIZIMANA yakoze igitaramo cyo kumurika album ye. Iki gitaramo cyitabiriwe n’ingeri zose harimo n’abahanzi batandukanye na Gaby KAMANZI, Aimé UWIMANA, DUDU na FORTRAN bakomoka mu gihugu cy’u Burundi n,abandi. BIZIMANA Patient aririmba ati "Menye Neza"
Muri iki gitaramo cyabereye muri KIGALI SERENA HOTEL, PATIENT yashyize ahagaragara umuzingo we wa kabiri yise “Impumuro yo guhembuka” Hakurikiyeho Gaby K ahimbaza ImanaPatient aririmbana na (...) -
Hasigaye icyumweru kimwe Jehovahjireh Choir CEP ULK Evening izwi mu ndirimbo “Gumamo” ikamurika Album DVD+Audio ya 2 kuwa 23.02.2013 muri Stadeya ULK.
17 February 2014, by UbwanditsiJehovahjireh choir isanzwe ikorera umurimo w’Imana muri Kaminuza yigenga ya Kigali Campus ya Gisozi, ikaba ibarizwa kandi mu muryango w’abanyeshuli b’abapentekote ba ULK (CEP ULK), kurubu iratangariza abakunzi bayo ko ubu imyiteguro irimbanyije yo kubamurikira umuzingo wakabiri w’indirimbo z’amashusho n’amajwi.
Nkuko Bwana Ndorimana Philotin Prezida wa Korali Jehovahjireh abitangaza, avugako iki gikorwa bakigezeho nyuma yo kumara gushyira kumugaragaro umuzingo wabo wambere ugakundwa cyane ndetse (...) -
Korari Gatsata yateguye igiterane cy’iminsi 50 cyiswe” Fasha Gatagara’’
4 December 2012, by UbwanditsiKorari Gatsata yo mu Itorero rya ADEPR Gatsata, mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Gatsata, yateguye igiterane ngarukamwaka ku nshuro ya Gatatu ; igiterane cy’uyu mwaka kikaba cyariswe “Fasha Gatagara” mu rwego rwo gukusanya inkunga yo gufasha abafite ubumuga baba mu Kigo cya Gatagara.
Iki giterane cy’iminsi 50 kizagaragaramo ibikorwa by’ivugabutumwa, hamwe n’ubwitange bwo gufasha abatishoboye.
Igiterane cy’uyu mwaka gifite intego yo gufasha abana babana n’ubumuga baba mu Kigo cya Gatagara, kikaba (...) -
Umuhanzi Rugema Emmanuel agiye gushyira hanze Album ya mbere y’amashusho”UZAHORA URI IMANA”
12 February 2014, by UbwanditsiUmuhanzi Rugema Emmanuel ubarizwa mu itorero rya ADEPR Muhima mu rugendo rw’ubuhanzi yatangiye kuva cyera dore ko amaze kugeza imizingo ibiri y’indirimbo ze z’amajwi,ubu noneho agiye gushyira hanze indirimbo ze z’amashusho mu gitaramo yateguye kur’iki cyumweru taliki ya 16 Gashtantare 2014 kuva isaa munani z’umugoroba kuri ADEPR Muhima.
Nk’uko Rugema Emmanuel yabidutangarije iki gitaramo cye ubwo azaba amurika Album ya mbere y’amashusho yitwa UZAHORA URI IMANA avuga ko azataramana na (...) -
Nyuma yo kugerwaho na gahunda ya hanga umurimo Techware Solustions Rwanda LTD irashimira Imana inishimira ibikorwa imaze kugeraho ari.
18 October 2012, by VitalKuruyu wa gatanu wo kuwa 12/10/2012 i Remera kuri Alpha Palace Hôtel habereye umuhango wo gutangiza ku mugaragaro gahunda ya Techware Solutions Rwanda LTD yo gukoresha mudasobwa [computer (ordinateur)] imwe ku bantu benshi icyarimwe ndetse no gukangurira abandi kurushaho kuyitabira ngo kuko ifite inyungu nyinshi mu buryo butandukanye haba mu gukoresha amafaranga make ndetse n’umuriro w’amashanyarazi muke.
Ibi rero bikaba bishobotse nyuma yaho gahunda ya hanga umurimo iziye ku ikubitiro iyi (...) -
Dusabumuremyi Pacifique (ADEPR Rwampara) mu ndirimbo ye avuga ko “Nta Munyarwanda wabura icyo ashima Imana!”
17 February 2014, by Simeon NgezahayoPacifique umuhanzi mushya muri Gospel ubarizwa mu itorero rya ADEPR SGEEM, Paruwasi ya Rwampara aherutse gushyira ahagaragara indirimbo ye ya mbere yise “Imana yarakoze,” iyo ndirimbo ikaba yarakorewe muri BNG Records ikozwe n’uwitwa Eric.
Muri iyo ndirimbo ye, Pacifique avuga ko Abanyarwanda bakwiriye gushima Imana kuko aho u Rwanda rugeze ngo ari heza kandi nta Munyarwanda wabura icyo ashima Imana kuko ibyo yakoze ari byinshi muri iki gihugu.
Uyu musore tuganira twamubajije kuri iyi (...)
0 | ... | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | ... | 1850