kanaga ubwambuJoyce Ann Burton wabayeho miss philipine muri 1985 yishimye cyane kuba Stephanie Stefanowitz ariwe watsindiye kuba Miss Philipine 2012 uzahagararira icyo gihugu kw’Isi kandi ar’umwari wih’agaciro ukijijwe,nk’uko yatowe kuri uyu wa 27/05/2012. Miss Stephanie Stefanowitz akaba yari yambaye neza rwose byananyuze abari muri ibyo birori doreko imyambarire ye yari itandukanye niyabagenzi be kuko bo berere bwabo .Joyce akaba yashimishijwe no kuba abonye mugenzi we bahuje ukwemera mu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Byanshimishije kuba Miss Philipine 2012 ari umurokore: Joyce Ann Burton
31 May 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.com -
Korale The Warning Voice yo muri Kaminuza ya INILAK igeze kure itegura alubumu y’amashusho izashyira hanze vuba
23 April 2014, by Kanyamibwa PatrickAbantu benshi bavugako bigorana kwiga cyane cyane Kaminuza warangiza ukanakora n’ umurimo w’Imana, aribwo ubwo twasuraga Korale The Warning Voice ya CEP INILAK batuganirije batubwirako nubwo biba bitoroshye doreko bo biga nijoro, kwiga kandi bagatsinda neza amasomo yabo barangiza bakabona n’umwaya wo gukorera Imana baririmba.
Baptiste umwe mubayobozi biyi Kolare akaba yadutangarijeko buri munsi bagira akaruhuko k’iminota mirongo itatu, akaba ariho bapanga gahunda zabo zose bakitegura uko (...) -
CHORALE SLOAM IRAKATAJE MU RUGAMBA RWO KWITEZA IMBERE !
11 March 2014, by Simeon NgezahayoChorale Sloam ikorera umurimo w’Imana mu itorero ADEPR, paroisse ya Gasave, umudugudu wa Kumukenke irakataje mu rugamba rwo kwiteza imbere.
Sloam yavutse mu mwaka w’ 1992, itangirana abaririribyi bake, Imana ikomeza kugenda iyagura ubu igeze ku baririmbyi 86 no ku bikorwa bitandukanye birimo ivugabutumwa n’ibindi by’iterambere.
Muri uko kwaguka, Sloam yagiye ikora umurimo w’Imana hirya no hino mu gihugu. Tuganira na Bwana Munyaneza Medard uyoboye iyi chorale, yadutangarije ko mu rwego rwo (...) -
“Natangiye nkubura urusengero, Imana iranzamura mba umuhanzi mpuzamahanga!” Christina Shusho
30 September 2013, by Simeon NgezahayoChsristina Shusho yabanje gukubura urusengero, akabikora abukinze cyane kugeza ubwo yimenyeho impano y’uburirimbyi mu myaka 10 ishize. Iyi mpano yamuzaniye kumenyekana muri Afurika y’Uburasirazuba, ndetse no ku rwego mpuzamahanga.
Christina yavukiye i Kigoma muri Tanzania, avukira mu muryango w’Abakristo, arerwa Gikristo. Ku myaka 15, yakiriye Kristo nk’Umwami n’Umukiza we kugeza magingo aya.
Amashuri ye abanza n’ayisumbuye yayize aho i Kigoma. Yashyingiwe i Dar es Salaam ahagana mu w’1993, (...) -
Albert NIYONSABA agiye gutangiza igikorwa cyo gufasha abarwayi abinyujije mu bitaramo bihimbaza Imana!
24 April 2014, by Simeon NgezahayoUmuhanzi Albert Niyonsaba aratangaza ko afite gahunda myinshi harimo izibanda ku bikorwa by’urukundo no gufasha abababaye, mu rwego rwo gukoresha impano ye ngo igirire benshi umumaro.
Tuganira, Albert yadutangarije izo gahunda muri aya magambo ati “Ni koko hari icyo numva Imana yanshyize ku mutima! Ngiye gutangiza gahunda yo gufasha abarwayi barwariye mu bitaro binyuranye binyuze mu bitaramo (concerts) ngiye kujya ntegura nise “SAMARITAN GOSPEL CONCERT”.
Igitaramo cya mbere cya SAMARITAN (...) -
“Namenye neza ko Basketball ari umukino, ariko Yesu Kristo ari ubuzima” Umukinnyi Lionel HAKIZIMANA
4 February 2014, by Simeon NgezahayoNyuma yo kuba icyamamare mu mukino wa Basketball, umusore Lionel HAKIZIMANA wakiniye ikipe ya APR BBC ubu akaba abarizwa mu ikipe ya Espoir BBC (Espoir Basketball Club) ndetse no mu ikipe y’igihugu Amavubi, ubu noneho yinjiye mu buhanzi bw’indirimbo zihimbaza Imana kuko avuga ko gukorera Yesu ngo ari ubuzima ariko gukina Basketball bikaba imikino isanzwe.
HAKIZIMANA Lionel muri iyi minsi akaba yashyize ahagaragara indirimbo ye ya mbere ihimbaza Imana yise “NDIHO”, ikaba yarakozwe na Producer (...) -
Impamvu eshanu zituma abantu badakorana n’itangazamakuru mu Rwanda
23 November 2012, by Patrick KanyamibwaItangazamakuru ni kimwe mu bice bigira uruhare rukomeye mu iterambere ry’ibintu byinshi kw’isi byose bigaterwa nuko ryakoreshwejwe, doreko yo rikoreshejwe nabi risenya rikangiza byinshi ryanakoreshwa neza rikubaka rikanatunganya ibitari bike. I gihugu nk’u Rwanda cyikaba gifite ubuhamya bukomeye kubijyanye n’itangazamakuru, gusa twababwirako hari n’ibindi bihugu byinshi byisi, itangazamakuru ryagiye rihindura ibintu mu buryo runaka.
Nyuma y’ubushakashatsi twakoze, tugiye kubagezaho ibintu bitanu (...) -
Dore ibanga ryo kugira ubuzima bwiza
24 July 2015, by Umumararungu ClaireUbusanzwe nta muntu wifuza kurwara niyo bimugezeho usanga atanga amafaranga menshi ngo arengere ubuzima bwe, niyo mpamvu ari byiza rero kwirinda kuko biruta kwivuza.
Niba ushaka kugira ubuzima bwiza dore ibintu ukwiye :
1. Kugira isuku
Hari ibitaro batanze inama igira iti” bumwe mu buryo bw’ingenzi bwo kwirinda indwara cyangwa kuzanduza abandi” ni igukaraba intoki. Bimwe mu bintu bituma umuntu yandura ibicurane ni ukwikora ku zuru cyangwa ku maso, mu gihe intoki ze ziriho virus ibitera. (...) -
Wari uzi ko umwana muto niyo yaba asinziye aba yumva ababyeyi be iyo bari gutongana ?
7 August 2015, by UbwanditsiNgo impinja zumva neza ababyeyi bazo nubwo zaba zisinziriye cyane cyane iyo bari mu ntonganya. Igikomeye ni uko ababyeyi iyo bari gutongana bigira ingaruka zitari nziza na gato ku buzima bwazo bwo mu mutwe.
Abantu benshi bakunze gutekereza ko kuba umwana atarakura ngo amenye ubwenge bagomba kwivugira cyangwa bagakora ibyo bashatse. Ariko baba bibeshya cyane kuko birengagiza ko niyo akiri mu nda ataravuka hari aho agera akaba ashobora kumva urusaku ruri hanze, umuziki n, ibindi ari byo bita (...) -
Itandukaniro y’umuntu n’inyamaswa ni ugucungurwa n’Imana-Rev. William Marion Branham
22 August 2012, by UbwanditsiKugira ubumwe biturutse mu gucungurwa n’Imana ni zimwe mu nsanganyamatsiko zikubiye mu gitabo Rev.William Marion Branham yise « La Communion par la rédemption ».
Mu inyurabwenge ye ya Kimana, Branham asanga nta terambere riranga ubuzima bw’inyamaswa ubwo agira ati « Niyo inyamaswa ibashije kubaho neza usanga ahanini nta mbaraga yabigizemo ahubwo biterwa na shebuja, kuko aba yakoze iyo bwabaga kugirango itungo rye rirambe ».
Kuba rero inyamaswa cyangwa se itungo ridafite ubushobozi bwo (...)
0 | ... | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | ... | 1850