“ Numva ijwi rivugira mu ijuru rimbwira riti: “ Andika uti: “ Uhereye none , hahirwa abapfa bapfira mu Mwami wacu.” Umwuka nawe aravuga ati” Yee, ngo baruhuke imihati yabo, kuko imirimo yabo ijyanye naboibakurikiye.” Ibyahishuwe 14:13
Muri Bibiliya ijambo ry’Imana haranditse ngo: Nuko numva ijwi ry’uvugira mu ijuru arambwira ati : “ Andika ngo : Kuva ubu hahirwa abapfa bakinambye kuri Nyagasani. Ibyo ni koko. Ninako Mwuka w’Imana abivuze ati : Abo bazaruhuka imvune z’imirimo yabo , kuko (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ruhukira mu mahoro
28 November 2015, by Alice Rugerindinda -
Igitaramo cya Israeli Mbonyi gishobora kuba ari kimwe mu byategerejwe n’abantu benshi mu Rwanda
28 August 2015, by Innocent KubwimanaHasigaye iminsi mike igitaramo gitegerejwe n’abantu benshi mu mujyi wa Kigali kikaba. Iki gitaramo cyateguwe n’umuhanzi Isirayeli Mbonyi ufite abakunzi batari bake, umuntu atabura kuvuga ko yigaruriye imitima y’abantu benshi mu ngeri zitandukanye kubera ibihangano bye.
Iyi ikaba ari imwe mu mpamvu ishobora kuzatuma iki gitaramo kigira ubwitabire buri hejuru kabone nubwo kukinjiramo ari ukwishyura.
Umuhanzi Israel Mbonyi azapfundurira abakunzi be agaseke mu gitaramo yitiriye izina rya (...) -
Nigeriya : Abantu bane bishwe urusengero ruratwikwa mu myivumbagatanyo yatewe no kuvuga nabi Intumwa y’Imana Muhamad
23 November 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa Kane Mu mujyi uherereye mu Majyaruguru ya Nijeriya abantu bane bishwe, urusengero ndetse n’amaduka biratwikwa kubera kuvuga nabi Intumwa y’Imana Muhamad.
Uhagarariye polisi mu mujyi wa Kano Ibrahim Idris yatangarije abanyamakuru ko ibi byabereye mu mujyi wa Bichi byatewe n’ikwirakwizwa ry’igihuha cyivuga ko hari uwatutse Muhamad bigatera uburakari abayisilamu.
Uhagarariye polisi mujyi wa Kano yakomeje atangaza ko umudozi w’umukirisitu yari arimo kujya impaka na mugenzi we (...) -
Mbese koko ndi umugore w’imico myiza? (Igice cya 2)
16 May 2013, by Simeon NgezahayoURAMWIRINGIRA cyangwa NTUMWIRINGIRA?
“Umutima w’umugabo we uhora umwiringira, kandi ntazabura kunguka. Ahora amugirira neza ntabwo amugirira nabi, igihe cyose akiriho” – Imigani 31:11-12 .
Ni kangahe naretse kwiringira umugore wanjye? Mbishaka? Cyangwa ntabishaka…?
Iyo ngiye ku rugendo, mbese mubwiza ukuri amafaranga nakoresheje? Mbese buri gihe mwereka ukuri ku bijyanye n’amafaranga nkoresha? Iyo dusohokanye n’incuti, mbese sinjya ndeba abandi bagabo? Mbese sinjya ndarikira ngamije (...) -
Terwa imbaraga n’ijambo ry’Imana
28 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKuko natwe twabwiwe ubutumwa bwiza nka ba bandi, nyamara ijambo bumvise ntiryabagiriye umumaro kuko abaryumvise bataryakiranye umutima wizera (Abaheburayo 4:2).
Isezerano rya Kera ritubwira amateka y’ibitangaza bikomeye Imana yakoreye hagati y’abana ba Isirayeli mu butayu, nyamara bamaze imyaka mirongo ine bazenguruka mu butayu kugeza aho urubyaro rwose rugwayo. Mu Baheburayo 4:2 hatubwira icyabaye :”…nyamara ijambo bumvise ntiryabagiriye umumaro kuko abaryumvise bataryakiranye umutima (...) -
Batemberejwe i kuzimu– 7 bo mu rubyiruko rwa Colombiya (igice cya 2)
6 March 2014, by Kiyange Adda-DarleneMu masegonda make, twumva turi ahantu hameze nk’aho nta kintu na kimwe kirimo « vide » twumva ubwoba bwinshi cyane. Nyuma tuza kugera hafi y’ahantu hari ubuvumo hakingishijwe iinzugi ziteye ubwoba cyane. Twumvise umunuko uteye ubwoba n’ubushyuhe butihanganirwa. Tumaze kwinjira aho hantu twabonye ibintu biteye ubwoba.
Aho hantu hose hari hazimagijwe n’umuriro noneho abantu ibihumbi n’ibihumbi bari bari muri uwo muriro.Bari bari mu mubabaro mwinshi cyane. Iryo yerekwa ryari riteye ubwoba cyane ku (...) -
Korali Boaz yo muri E.S Kanombe/EFOTEC ibahishiye byinshi mu gitaramo cyo kumurika Album Audio yayo ya 1 kuwa 04/11/2012 ku rusengero rwa ADEPR Kamashashi.
3 November 2012, by VitalNyuma yo kurimba indirimbo zitandukanye ndetse ahantu hatandukanye zikajyenda zikundwa n’abantu b’ingeri zitandukanye, Korali Boaz (basoma Bowazi) y’abanyeshuli bo mu kigo cy’amashuli yisumbuye (secondary school) cya Kanombe ahahoze EFOTEC, ubu noneho yamaze kwagura imbago z’ivugabutumwa bwiza bwa Yesu kristo aho noneho za ndirimbo zabo abantu bakunze ari benshi bazishyize ku muzingo (Album audio) w’amjwi ndetse kuri iki cyumweru cyo kuwa 04/11/2012 bakazazishyira ku mugaragaro aho iki gikorwa (...)
-
KORARI HOREB YA CEP-SFB MU GIKORWA CYO GUFATA AMASHUSHO (SHOOTING) YA ALBUM YABO YA MBERE
15 October 2013, by Simeon NgezahayoMu kiganiro twagiranye na Micomyiza Sylvain uyobora iyi korali ibarizwa mu ishuli rikuru ry’imali n’amabanki (SFB) riherereye i Gikondo mu mujyi wa Kigali, ari kumwe na Tuyishimire Reverien umwe mu bagize komite icyuye igihe, badutangarije ko uyu ari wo muzingo (album) wabo wa mbere bagiye gukorera amashusho ndetse ukaba ari na wo wonyine bafite kugeza ubu, bakaba bateganya no gusohora n’izindi ndirimbo mu minsi iri imbere bitewe n’uko ubushobozi buzagenda buboneka.
Perezida yakomeje atubwira (...) -
NIGERIA : Abagore n’abakobwa babujijwe kwinjira mu rusengero kujya gusenga bambaye amapantalo..
16 October 2012, by UbwanditsiAbagore n’abakobwa basengera mu rusengero rwa Mountain of Fire Ministries (MFM) rwo muri Nigeria babujijwe kuza gusenga bambaye amapantalo.
Mu biganiro bitandukanye yagiriye kuri za televiziyo, Pasitori Daniel Olukoya yihanangirije kuza gusenga bambaye amapantalo, yagize ati “Ku bagore n’abakobwa baza gusenga bambaye amapantalo kandi batitwikiriye ku mitwe yabo ntabwo uru rusengero rubemera. Niba utabashiej kubahiriza iki cyifuzo wakwimukira mu yindi paruwasi aho babyihanganira…”
Olukoya (...) -
Mu giterane cyaberaye mu Kagarama, abagera kuri 27 bakiriye Kristo nk’umwami w’ubugingo bwabo.
28 January 2013, by UbwanditsiKuri iki cyumweru taliki ya 27/01/2013 ku cyicaro cya ADEPR Kagarama habereye igiterane cyari cyateguwe n’ ubuyobozi bwa website agakiza.org ikorera umurimo w’ Imana muri uwo murenge wa Kagarama.
Iki giterane cyitabiriwe n’abantu batandukanye hamwe n’ itsinda rikora umurimo w’ Imana kuri website agakiza.org. Umwigisha akaba yari Pasitori Desire Habyarimana.
Mu ijambo yagejeje ku bateraniye aho yababwiye ko dukwiye kwirinda kuko isi iri kwangiza abantu benshi, akomeza asoma 2 Petero 2:20 (...)
0 | ... | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | ... | 1850