‘’Nabikiye ijambo ryawe mu mutima wanjye, kugira ngo ntagucumuramo.’’ Zaburi 119:11
Abantu benshi mu minsi ya none ubona bafite inyota y’ijambo ry’Imana kandi ukabona bashishikajwe no kurishakisha.
Akenshi usanga igihangayikishije ari uko imikirizwe ya bamwe idakwiriye, ugasanga umuntu wari ukwiye kuba ikitegererezo niwe uri gukora ibidakorwa.
Hari ubwo umuntu ku giti cye agerageza uko ashoboye kugira ngo adacumura ku Mana ariko akisanga yacumuye akaba nka wa muririmbyi wavuze ngo agerageza (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ujye ubikira ijambo ry’Imana mu mutima wawe bizakurinda kuyicumuraho!
8 October 2015, by Innocent Kubwimana -
Ruhango - "Nta madayimoni arangwa muri GS Indangaburezi"
17 October 2012, by UbwanditsiAbanyeshuri biga mu Rwunge rw’Amashuri Indangaburezi bikanze amagini ku cyumweru bituma abagera kuri barindwi bajyanwa mu bitaro. Ubuyobozi bw’iki kigo ariko buvuga ko atari amagini yabakanze, ko ahubwo ari ukwikanga.
Abanyeshuri bavuga ko mu masaha ya saa sita z’ijoro zishyira saa saba ari bwo humvikanye urusaku mu nzu abakobwa bararamo, bavuga ko batewe n’amagini . Ubwo babiri muri aba bakobwa bari bavuye hanze barinjiranye nk’uko babyivugiye, nyuma yaho ngo ni bwo umwe muri aba bari bavuye (...) -
Umuryango “Self Help Africa” umaze guteza imbere imbabare nyinshi mu gihugu cya Kenya
7 June 2013, by Simeon NgezahayoSelf Help Africa ni umuryango mpuzamahanga udaharanira inyungu wita ku mbabare, ufite icyicaro muri Ireland no mu Bwongereza. Uyu muryango kandi waguye ibikorwa byawo, ushinga n’ibindi byicaro 3 muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Mu gihugu cya Kenya, Self Help Africa ifite gahunda nyamukuru yo guteza imbere icyaro mu karere ka Nakuru, intara ya Rift Valley. Uyu muryango kandi utera inkunga ishuri rikuru ry’ubuhinzi rya Baraka (Bukara Agricultural College), Molo na gahunda yo kurengera umutungo (...) -
Itabaza Ryaka Rimurika!
23 November 2015, by Pastor Desire Habyarimana“Kugira ngo mutabaho umugayo cyangwa uburyarya, mube abana b’Imana batagira inenge hagati y’ab’igihe kigoramye cy’ubugoryi, abo mubonekeramo nk’amatabaza mu isi” (Abafilipi 2:15).
Muri Yohana 5:32-35, Umwami Yesu agaragaza ikintu cyiza mu miterere ya Yohana Umubatiza: “ahubwo hari undi umpamya, nanjye nzi yuko ibyo ampamya ari iby’ukuri. Mwatumye kuri Yohana, na we yahamije ukuri…Uwo yari itabaza ryaka rimurika, namwe mwamaze igihe gito mwishimira umucyo we.” Mbega amagambo; kandi avuye ku Mwami (...) -
Ni iki Bibiliya ivuga ku babana bahuje ibitsina?
2 May 2016, by UbwanditsiBibiliya itubwira neza ko kubonana kw’abahuje ibitsina ari icyaha. Bimwe mu byanditswe biri muri Bibiliya bitwereka neza ko ari ikizira ku Mana ko abahuje ibitsina babana nk’umugore n’umugabo Nubwo Imana ibyanga urunuka, abagabo 2 bo muri Minneapolis, USA, Michael Cole Smith (uri ibumoso) na Jamil Smith Cole (ufatwa nk’umugabo we) basezeranye kwibanira. Byari muri 2009. Photo: Internet
Imana yaremye umubago n’umugore, bafite imitere itandukanye kandi bafite ibitsina bitandukanye kugira ngo (...) -
Ubuzima bw’ibyiringiro, iyerekwa n’umurava (ishyaka). Joyce
22 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaWari uzi ko Imana igufitiye ibyiringiro kandi ikaba igutezemo byinshi? Ibyo ni koko. Kuba Imana yaratanze umwana wayo w’ikinege byonyine byerekana agaciro ufite imbere yayo. Burya rero, Imana ikwizera cyane kurusha uko wiyizera.
Najyaga ntekereza ko natengushye Imana cyane kubera amafuti yanjye. Ariko nubwo Imana iba izi ibyemezo tuba turi bufate, idukunda uko tumeze kandi izi neza ko Ibasha kuduhindura turamutse tuyemereye tukaguma mu Ijambo ryayo.
Kwihangana Kurahemba
Kera tugitangira (...) -
Mbese ihinduka ry’ikirere ni ibimenyetso by’ibihe, cyangwa ni ingaruka z’imirimo ikorerwa ku isi? - Melissa Steffan
4 June 2013, by Simeon NgezahayoKu bapasiteri 10 b’Abaporotesitanti (Protestants) bakoreweho ubushakashatsi muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, 4 ni bo bemeye ko “ihinduka ry’ikirere ribaho kandi ko umuntu ari we urigiramo uruhare.” Ubu bushakashatsi bwakozwe mu mwaka w’2010. Muri uwo mwaka, abapasiteri bo muri Amerika bavuze ko bemera ko ihinduka ry’ikirere rituruka ku bikorerwa ku isi bakomeje kuba bake, kuko 34% ari bo gusa babyemeraga.
Ubushakashatsi bwakozwe n’urubuga Lifeway.com bwagaragaje ko abapasiteri bakiri bato ari bo (...) -
Imana iracyavuga! Dr Fidèle MASENGO
2 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIMANA IRACYAVUGA!
Yobu 33:14 - Imana ivuga rimwe, Ndetse kabiri nubwo umuntu atabyitaho.
Incuro ninshi mu Gitabo cy ’ Ibyahishuwe haravuga ngo: "Ufite ugutwi niyumve ibyo Umwuka abwira amatorero."
Nibajije cyane impamvu iryo jambo rigarukwaho kenshi muri Bibiliya ntekereza ko ahari Imana izi ko bigora cyane abantu kumva. Abantu benshi bahutiraho kuvuga ariko kubona umuntu ukumva muri ino minsi biragoye. Abantu bumva Imana ni bake. Abanyatorero bafite ikibazo gikomeye cyo kumva Imana (...) -
Yageragejwe n’inzozi yarose, (igice 2) Evangeliste Kiyange Adda- Darlene
9 September 2013, by Kiyange Adda-DarleneYosefu atashye, bamusangisha mu nzu ya maturo bazanye, bamwikubita imbere bubamye. ( Itangiriro 43 :26)
Uko yakabirose nyuma yo kwihangana adasakuza, ategereje Imana, inzozi zirasohora kubera Imana. Mu byo yageragerejwemo byose, ntiyigeze acumura ku Mana.
Yari atashye, yinjiye mu nzu, asanga niwo munsi Imana yashimye kumwereka icyo yari yaramubwiye mu nzozi. Bene se inzara yarabishe baza kumusaba ibiryo. Ntabwo bari bazi ko ari Yosefu mwene se, ashwi. Bazana amaturo, bamwikubita imbere (...) -
Uburyo 7 wafasha umwana guhangana n’ubwoba - Ron Edmondson
8 May 2013, by Simeon NgezahayoNta gushidikanya, ibyabaye muri Connecticut byaduteye ubwoba twese. Tekereza ubwoba mu mutima w’umwana utazi ikibi n’icyiza! Mbese umubyeyi w’umwana cyangwa umwarimu we bamufasha bate?
Dore ibitekerezo 7 byabigufashamo:
1. Wikeka.
Wikeka ngo ni uko umwana wawe atarasa ku ntego ngo akubwire ibyamubayeho, ngo wumve ko atabizi cyangwa atabyitayeho. Ubwoba burasanzwe, cyane ku mwana. Wite ku myitwarire idasanzwe iboneka ku mwana wawe, nahinduka cyangwa se akarakara cyane ubimenye. Umenye ko (...)
0 | ... | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | 120 | 130 | 140 | 150 | ... | 1850