Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika arasabwa bikomeye kugirango agire icyo akora ku burenganzira bwo gusenga bwatsikamiwe mu gihugu cy’Ubushinwa.
Nkuko bitangazwa n’ikigo cy’Ubushinwa gishinzwe gutanga ubufasha, China Aid ngo Obama ibi yabisabwe na Bwana Marco Rubio ndetse na mugenzi we Chris bahagarariye inyungu za Leta Zunze ubumwe z’Amerika mu Bushinwa nyuma yo kubona uburyo amatorero yo muri iki gihugu akomeje gutsikamirwa bikomeye.
Mu ibaruwa aba bombi bamwandikiye bamusabye ko yahura (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Perezida Obama arasabwa kuvuganira abakristo bari mu Ubushinwa bakomeje gutotezwa na leta.
9 April 2016, by Nicodem -
Ingaruka z’intambara ya 2 y’isi zatumye abahoze mu ngabo bagarukira Imana
5 July 2013, by Simeon NgezahayoKimberly Winston ukorera ikigo Religion News Service (RNS) avuga ko ubushakashatsi bwakozwe n’icyo kigo bwagaragaje ko Abanyamerika bahoze mu ngabo zarwanaga mu ntambara ya kabiri y’isi bakozweho n’ingaruka zayo bitabira gahunda z’itorero zo gusenga kurusha abatarakozweho n’ingaruka z’intambara.
Ubushakashatsi kandi bwagaragaje ko abo basaza iyo bagiraga ubwoba ku rugamba bahitaga bagana iy’amasengesho, kuruta kwitabaza ubundi buryo ubwo ari bwo bwose. Gusenga kandi ngo ni bwo buryo bakoreshaga (...) -
Wari uzi ko umuntu afitanye isano n’Umuremyi we? (Igice cya 1)
18 July 2013, by Simeon NgezahayoMu buzima busanzwe ku isi yose isano ni ikintu gikomeye mu bantu, kandi kikanabahuza. Isano rishobora gukomoka ku guhuza ababyeyi n’igisekuru, gusangira igihugu n’umuco, kwigana mu ishuri no gukora akazi kamwe,… Byanze bikunze isano rirakomeye cyane kandi abarifitanye nabo iyo bahuye akenshi bahita bamenyana.Ibyo rero rero biri ku rwego rwo hejuru hagati y’umuntu n’Imana!
Dufatanye gusoma ijambo ry’Imana mu bice bikurikira:
Itangiriro 1:26-27; Yohana 3:16
Imana yamaze kurema ibintu byose (...) -
Intambwe yo kwizera - Rick Warren
27 June 2013, by Simeon Ngezahayo“Yosuwa ategeka abatware b’imitwe ati […] ‘mu minsi itatu muzambuka ruriya ruzi rwa Yorodani, mujya guhindura igihugu Uwiteka Imana yanyu yabahaye mukibemo’” Yosuwa 1.10-11. Hari igihe kijya kigera mu buzima, ukarekera aho kuvuga ikigeragezo cyangwa kugisengera. N’ubwo habaho ibiteye ubwoba cyangwa hariho gushidikanya, biba bigusaba gukomeza imbere.
Nutegereza kubona uburyo busesuye bwo gukoreramo, nta cyo uzaba ugikoze. Yosuwa n’Abisirayeli bagombye kwiroha mu ruzi (dukurikije uko byanditse). (...) -
Bumbogo mu ivugabutumwa i Nyabihu
22 August 2012, by Simeon NgezahayoNi kuri uyu wa gatandatu taliki 18 Kanama guhera saa munani z’amanywa kugeza ku cyumweru taliki 19 Kanama 2012, aho Chorale Bumbogo ikomoka muri Paruwasi ya Butare, Ururembo rwa Kabuga, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali yakoze igiterane cy’ivugabutumwa ku mudugudu (Chapelle) wa Nyabihu wo muri Paruwasi ya Gasiza Ururembo rwa Gisenyi.
Paruwasi ya Gasiza igizwe n’imidugudu 14, ikaba ifite abapasiteri 4 (barimo n’Umushumba wa Paruwasi), abavugabutumwa 13, n’abakristo bagera ku 2,000. Mu (...) -
imbaraga zibonerwa mumasengesho y’iminsi itatu
23 May 2016, by Pastor Desire HabyarimanaBene Data bashiki bacu dufatanyije kwizera Umwami wacu Yesu Kristo;mbanje kubaramutsa mbifuriza umwaka mushya muhire wa 2013; mbifuriza kuzawubonamo ibisubizo by’amasengesho yanyu.
Nimuze rero dufashwe n’iri jambo kandi mumfashe turishyire mubikorwa, kuko uhirwa si uwumva gusa ahubwo ni uwumva, akanashyira mubikorwa ibyo yumvise! Ntabatindiye reka mbaganirize ku ibanga riri mu masengesho y’iminsi itatu.
Ubusanzwe umubare gatatu ni umubare udasanzwe!Bimwe mu bigaragaza umubare 3 twavuga : (...) -
Amakosa akomeye abakristo bakiri ingaragu bakora! Lee Grady
27 May 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIngaragu zigize umubare munini mu matorero menshi, kandi ni kenshi abapasitori bigisha ku rushako ndetse no kurera. Ariko se, ni gute wamenya uwo mukwiriye kubana ?
Amatorero make cyane niyo usanga yigisha ku gihe cyo kurambagiza. Bisa n’aho dutinya kuvuga kuri icyo kintu. Ikibazo rero, abakristob’ingaragu bisanga barasigaye bonyine bagomba gushaka uko babisohokamo kandi bamenye uko ibintu bigenda.
Uko kumva ko tudashaka kuvuga kuri iyo ngingo ni imwe mu mpamvu zituma abakristo benshi (...) -
Umuhanzi BAHO Isaie amaze ukwezi i Burundi mu igiterane cy’Ivugabutumwa.
6 June 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.comUmuhanzi Uwihirwe Isaie bakunze kwita BAHO kuri uyu wa gatatu nibwo azahindura avuye mu igihigu cy’u Burundi mu giterane cy’ivugabutumwa amazemo ukwezi kose mu ntego yacyo igira iti Baho Africa mission . Icyo giterane cyateguwe na Isaie Baho afatanije n’abagenzi be baturuka muri Amerika,Newzirland,Kenya,ndetse yari kumwe n’umuhanzi Theo Babireba wahano mu Rwanda aho bari bagamije kuvug’ubutumwa no Guhimbaza Imana mu bice bitandukanye byaho m’u Burundi.
Tumubajije umusaruro waba waravuye muri (...) -
Umuririmbyi Kizito Mihigo n’Intumwa Paul Gitwaza, basobanyije imyumvire ya Bibiliya
27 August 2012, by UbwanditsiMu giterane cyiswe ‘Rwanda Shima Imana’ cyabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 26 Kanama 2012, kigahuza amatorero atandukanye ya Gikirisitu kuri Stade amahoro i Remera, umuhanzi wo muri Kiliziya Gatolika Kizito Mihigo, n’umuvugabutumwa wo mu itorero rya Zion Temple Paul Gitwaza, bagaragaje kuvuguruzanya ku byerekeye Bibiliya.
Abagiye bitabira ibitaramo bya Kizito Mihigo, bamenyereye ko mbere yo kuririmba indirimbo ze abanza agafata umwanya wo kuzisobanura, akavuga impamvu yazihimbye. Ibi ni (...) -
Tubere maso ubugingo Musoni Désiré
28 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaMatayo 2:1-11 Luka 2: 8-16
Yesu ashimwe cane benedata. Mbanje kubipfuriza Noweli nziza ngira nti itwibutse kubera maso ubugingo duteramira ico twabwiwe.
Aya majambo dusomye yose yerekana ivyabaye igihe Yesu yavuka.
Imbere yuko Yesu avuka, vyari vyarahanuwe imyaka myinshi cane kandi vyari vyaranditswe. Hariho n’abantu bitwako bakorera Imana ndetse bakigisha nivy’Imana. Hari ibintu 2 bitangaje tugiye kurabira hamwe:
1.Muri Matayo tubona Imana ihagurutsa abantu bavuye kure (abanyabwenge bi (...)
0 | ... | 90 | 100 | 110 | 120 | 130 | 140 | 150 | 160 | 170 | ... | 1850