Matayo 16:13-19 Yesu nyuma yo kuba yaragendanye n’intumwa ze yifuje kumenya neza uko bamwita, Ese Kristo wizeye, wakiriye umwita nde? Umufata gute? Iyo bamuvuze nabi ubyitwaramo gute? Ubigenza gute iyo ugeragezwa? Imana irashaka ba Petero muri iki gihe.
Rimwe na rimwe Kristo aba ashaka kumenya ikiturimo, akemera ko duca no mu bigeragezo kugira ngo arebe ikibitse muri twe.
Petero yari akurikiye Kristo azi neza. Uyu mugoroba icyampa ukamenya Imana usenga iyo ariyo, icyampa ugahishurirwa (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Kristo akeneye abamukurikira bamuzi nka Petero
7 August 2015, by Innocent Kubwimana -
ikitaweho nicyo kigira imbaraga! Alice Rugerindinda
11 November 2013, by Alice RugerindindaYajyaga arwanisha inkoko ebyiri ngo arebe iyanesha indi! Aramusubiza ati : “Handitswe ngo umuntu ntatungwa n’umutsima gusa, ahubwo atungwa n’amagambo yose ava mu kanwa k’Imana” Matayo 4 :4
Umugabo umwe ngo yafashe inkoko ebyiri: iy’umweru n’iy’umukara, nuko ngo abaza abantu bamurebaga ngo mbese muri izo nkoko ebyiri, n’iyihe iza kunesha indi!
Ubwa mbere ngo baravuze ngo inkoko y’umweru , niyo iza kunesha, arataha ayima ibyo kurya, ayima amazi, ahubwo agaburira iy’umukara. Bukeye baje aho zagombaga (...) -
Ubutwari bwa Sitefano (Bikurikira)
8 July 2013, by UbwanditsiSitefano ni we ufatwa nk’intumwa ya mbere yarenganirijwe Ubukristo, aterwa amabuye kugeza apfuye biturutse ku itegeko ryatanzwe na Sawuli w’i Taruso (ari we waje guhinduka Pawulo).
Dore ibyo Bibiliya imuvugaho:
Yakoze ibikomeye
Sitefano wari wuzuye ubuntu bw’Imana n’imbaraga, yakoraga mu bantu ibitangaza n’ibimenyetso bikomeye (Ibyak. 6:8).
Ibyo yahamyaga Yesu byarakaje benshi
Boshya abantu n’abakuru n’abanditsi baramusumira, baramufata bamushyira abanyarukiko. Ni uko bahagurutsa abagabo (...) -
Chorale Evangelique Cyarwa yatanze ihene kubatishoboye bo mumurenge wa Gishubi
12 June 2012, by MUHAYIMANA VincentMurugendo rw’iminsi 2 iyi chorale ubusanzwe ibarizwa mu itorero rya ADEPR Cyarwa mukarere ka Huye yagiriye mu murenge wa Gishubi mu karere ka Gisagara,usibye ivugabutumwa ryo mundirimbo yanafashije abatishoboye ibaha ihene zo kworora kugirango nabo bivane mubukene Abahawe amatungo bari 18 harimo impfubyi zirera 5,abapfakazi 8 ndetse n’ababana n’ubumuga 5,aba bakaba bamwe basengera muri ADEPR abandi basengera muyandi madini.
Mu ijambo umuyobozi w’itorero rya ADEPR Cyarwa Pasteur Herman (...) -
Mu giterane cya korali Peniel umuryango utishoboye wahawe ubunani bw’amafranga 77.700
31 December 2012, by Ernest RutagungiraMugihe hari hateguwe igiterane cyo gushimira Imana, abafatanya bikorwa ndetse na bamwe mu baririmbyi ba korali Peniel yo ku mudugudu w’ishimwe, itorero rya ADEPR Kabarondo ho mu Rurembo rwa KIBUNGO babaye indashyikirwa, abitabiriye icyo giterane bifatanije n’umuryango wa MUKAMPARIRWA Rose, akaba ari umwe mu bagaragaye ko batari bafite uko bigira muri iki gihe cy’impera z’umwaka wa 2012, bose bashyize hamwe bakaba bamukusanyirije amafaranga y’u Rwanda angana n’ 77.770 yo gusangira nawe (...)
-
SGEEM: Korali Hoziana na Korali Impanda mu gitaramo cy’ivugabutumwa
27 March 2013, by UbwanditsiKorali Hoziana izataramira Abanya SGEEM (Gikondo) kuri 30/3/2013. Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wa Pasika (pâcques), itorero ADEPR Segemu twabateguriye igiterane cy’ivugabutumwa kizatangira kuwa 6 tariki ya 30/03/2013 saa munani z’amanywa kikageza ku cyumweru.
Iki giterane cyatumiwemo korali Hoziyana ikunzwe na benshi cyane muri iki gihugu ndetse no hanze yacyo, naho ku cyumweru kizitabirwa n’abahanzi nka Alexis DUSABE na Dominic Nic. Hazaba kandi hari korali zo kuri SGEEM nk’Impanda, (...) -
Urusengero narufataga nka gereza y’urubyiruko
23 July 2015, by Innocent KubwimanaUbu buhamya mwabusanga ku rubuga rwa Gikristo www.topchretien.com.
Nitwa Kouadio Clement, navukiye mu muryango w’abakristo b’abaporoso. Mu buto bwanjye ababyeyi banjye banyigishije gukunda Imana no kuyikorera. Ariko ibyo byose byerekeranye na Kristo no kunjyana murusengero nabifataga nk’imigani n’inzira ababyeyi banjye bashaka gukoresha ngo bambuze kwigenga.
Bibiliya ku bwanjye nayibonaga nk’ibindi bitabo bisanzwe nari narasomye. Nyuma naje kujya kwiga kw’ishuri riri kure yo murugo, nari (...) -
Yesu umwita nde?
11 January 2016, by Pastor Desire Habyarimana1. Abasirikari bamwita Imana Nyiri Ngabo (2 Samweli 5:10). 2. Abanyeshure bamwita Umwigisha (Matayo 19:16). 3. Abubatsi bamwita Ibuye Rikomeza Infuruka (Abefeso 2:20). 4. Ababaji bamwita Igiti c’Ubugingo (Imigani 3:18). 5. Aborozi bamwita Umwana w’Intama w’Imama (Yohana 1:29). 6. Abungeri bamwita Umwungeri mwiza upfira intama ze (Yohana 10:11). 7. Abazimyamuriro bamwita Umuriro ukongora (Gutegeka 4:24). 8. Abanyamideri bavuga ko adahinduka (Malaki 3:6). 9. Aba géologues bamwita Gitare (Gutegeka (...)
-
Imana iduhamagarira gukora ibintu bidasanzwe
7 September 2015, by Innocent KubwimanaIbitabo byinshi kandi by’abahanga byigisha ukuntu umuntu akora ibintu byiza akunguka cyangwa se agatera imbere mu buryo bumenyerewe. Gusa iyo urebye ibibera ku isi hari ubwo usanga ari amahame y’ibyanditse muri Bibiliya bigenda bikoreshwa mu buryo butandukanye mu rwego rwo kuzanira isi ibisubizo.
Hano icyo tugiye kuvugaho ni ukwegurira Imana ubuzima bwose ikagukoresha ibintu bidasanzwe, abantu batamenyereye. Hari abantu benshi Imana yagiye ihamagara ikabakoresha ibyo washyira mu bwenge bwa (...) -
Dar Es-Salaam: Abahanzikazi 4 b’ibyamamare bashyize Tanzania mu maboko y’Imana babinyujije mu ndirimbo yabo nshya bise “Iponye Tanzania”
18 October 2013, by Simeon NgezahayoUpendo Nkone, Christina Shusho, Rose Muhando na Bahati Bukuku ni abahanzikazi b’ibyamamare bakomoka mu gihugu cya Tanzania. Aba bagore bane ntibakunzwe cyane ku bw’inganzo yabo gusa, ahubwo bakunzwe no mu gihugu cyabo cya Tanzania.
Ubu rero aba bakozi b’Imana bane basohoye indirimbo y’amahoro bayobowe na David Robert, aho basaba Imana ngo ikize igihugu cyabo cya Tanzania igihe amahoro aho bigaragara ko amahoro yahubanganye.
Iyi ndirimbo yitwa “Iponye Tanzania” (Kiza Tanzania) igaragaramo (...)
0 | ... | 90 | 100 | 110 | 120 | 130 | 140 | 150 | 160 | 170 | ... | 1850