Intuma y’Imana Joshua Ndagijimana Masasu, washinze itorero ry’Isanamitima rya “Evangelical Restoration Church” arahamya ko ikibazo cy’abasore cyangwa abakobwa baryamana n’abo bahuje ibitsina baba batubashye amahame y’Imana nk’uko byanditse muri Bibiliya.
Apostle Joshua Masasu, umuyobozi wa Evangelical Restoration Church Apostle Joshua Masasu, umuyobozi wa Evangelical Restoration Church Mu kiganiro twagiranye na Apotre Masasu yasobanuye ko umuco wo kuryamana hagati y’abantu bahuje ibitsina ari (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Apotre Joshua Masasu yagize icyo avuga kubaryamana bahuje ibitsina
26 August 2013, by Ubwanditsi -
Nta wamenye Imana ukwiye kwitotombera ubutayu anyuzwamo.
23 March 2014, by Claudine KAGAMBIRWAUbusanzwe ubutayu ni ahantu humye cyane hataba amazi, nta byatsi wahabona, hahora umuyaga, ndetse harashyuha cyane. Muri aka gace k’ubutayu kuhaba ntibyoroshye, niyo mpamvu usanga hadatuwe, iyo bibaye ngombwa ko umuntu anyura mu butayu, bimubasaba kwizigamira amazi menshi, kuko mu nzira aba atizeye ko azayabona, byumvikane ko ababutuyemo bo ari ikibazo gikomeye, ndetse umuntu uhageze bwa mbere atitonze ashobora kubugwamo, ubu butayu rero mu buryo bw’umwuka bugereranwa n’ubuzima bugoye umuntu (...)
-
Mukongera imbaraga zo gukorera hamwe, ku nshuro ya 3 inama y’abantu batandukanye bafite uruhare muri Gospel yo mu Rwanda batarenye
3 September 2012, by Patrick KanyamibwaNyuma y’inama ebyiri zabaye zahuje abantu batandukanye bafite uruhare mu nzego zitandukanye za Gospel mu Rwanda, kuwa gatanu tariki ya 31/08/2012, muri Amani Restaurant mu mujyi wa Kigali kuva saa kumi kugeza saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (16h00’-18h30’pm), abantu 32 batandukanye barimo abahanzi, abanyamakuru, abacuruzi, aba Pasiteri, abavugabutumwa, abayobozi b’amakampani atandukanye akorera muri gospel bongeye guhura ku nshuro ya gatatu, mu rwego rwo gushaka kongera imbaraga zo gukorera hamwe (...)
-
Haracyari ibyiringiro byo kubabarirwa kuri wowe wasubiye inyuma
22 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNimuze tujye inama niko Uwiteka avuga naho ibyaha byanyu byatukura nk’umuhemba birahinduka umweru bise na shelegi naho byatukura tukutuku birahinduka nk’ubwoya bw’intama bwera. (Yesaya 1:18).
Imana ni umutunzi w’imbabazi, izi intege nke zacu uko zingana kandi yiteguye kutugirira ibambe n’imbabazi kuko iba izi neza ko tuzikeneye.
Biragorana cyane kugira ngo umuntu abone agakiza, ave mu byaha, nyamara nyuma yo kukabona iyo arangaye gato nta kabuza asubira inyuma ndetse akaba yanagwa akava mu (...) -
Korali Abakorerayesu mu Gitaramo kuri ADEPR Kacyiru kuwa 12/08/2012
6 August 2012, by Patrick KanyamibwaKorali Abakorerayesu ikorera umurimo w’Imana w’ivugabutumwa mu ndirimbo ku Mudugudu wa Rukurazo Paruwasi ya Bibare. Iherereye mu Murenge wa Kimironko. Iyi Chorale irigutegura gutaramana n’abakunzi bayo batandukanye mu Mujyi wa Kigali. Iyi Chorale ntabwo izwi cyane nka Chorale zifite amazina azwi cyane muri gospel nyamara ifite ibigwi bitari bike kandi iri kugenda yubaka izina. Kuri ubu, iyi Chorale izwi mu ndirimbo zikunzwe cyane muri iyi minsi nka aritamurura, amahema, dore yesu araje, (...)
-
‘’Sigaho gukomeza ugerageza kwemeranya n’icyaha cyawe.’’
27 September 2015, by Pastor Desire Habyarimana‘’Bahamagara Loti aramubaza bati:’’Abo bagabo binjiye iwawe iri joro bari he?’’Basohore turyamane nabo.’’Itangiriro 19:1-5
Igihe cya nyacyo cyari kigeze kuri Loti. Abagabo b’Abanyasodomu bari bakikuje inzu ye, basakuza. Bategeka Loti gusohora abamarayika babiri bari binjiye mu nzu ye, kugirango babafate ku ngufu.
Mbega ibintu byari bikomeye! Ikintu cya mbere Loti yagombaga gukora ni kugerageza kumvikana nabo banyasodomu. Kuba Loti yari atuye ku marembo y’umudugudu bigaragaza ko ashobora kuba yari (...) -
HARI ICYO IMANA IGUSHAKAHO
10 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaWakwibaza uti “Ese mu byukuri ni iki Imana inshakaho”, Umugambi w’Imana ku muntu ni uko akizwa akava mu byaha.Imana ikunda umuntu kuko no mu byaremwe byose ntagihwanyije ubwiza n’umuntu.Bibiliya itubwira ko umuntu yaremwe mu ishusho y’Imana (Itang 1:26-27) ibyo bigaragaza urukundo rukomeye Imana ikunda ikiremwa muntu.
Imana ni umuremyi w’ijuru n’isi,waremwe n’Imana kandi izi ibyawe byose.Hari igihe umuntu agera mu buzima bugoranye ibigeragezo bikaba byinshi cyane ukibaza uti “Ese ubundi naremewe (...) -
Umuhanzikazi Mercy Masika ni we wegukanye igihembo GLOBAL ROCKSTAR ku rwego rw’Afurika
21 October 2013, by Simeon NgezahayoEmmanuel (Imana iri kumwe natwe) ni ndirimbo Mercy ukomoka mu gihugu cya Kenya aherutse gusohora mu w’2012, ari na yo yamuhesheje igihembo cya Groove Awards 2013. Ubu rero Mercy yatowe nk’umuhanzi wa mbere wa Rock (Global Rockstar) 2013 ku rwego rw’Afurika, abikesha iyo ndirimbo ye yise Emmanuel.
Amarushanwa ya nyuma yo guhatanira uyu mwanya yiswe GLOBAL ROCKSTAR 2013 yari ahagarariwe na AKG, yatangiye arimo abahanzi bagera kuri 73 babaye aba mbere mu bihugu byayo, baturutse mu migabane yose (...) -
Umuraperi DMX yigishirije Ijambo ry’Imana mu muhanda w’i Los Angeles
17 October 2013, by Simeon NgezahayoEarl Simmons (DMX) w’imyaka 42 aherutse gusomera imirongo yo muri Bibiliya imbere ya restaurant (Wi Jammin’ Caribbean Restaurant) yo mu mujyi wa Los Angeles, Calif. ayisomera umugore witwa Dr Phil wari ufite agahinda ndetse amubwira ko umunsi umwe Imana izamukiza agahinda ke kose. Amusomera aya magambo, DMX ngo wabonaga amushishikariza kwemera ubushake bw’Imana.
DMX
Amakuru dukesha TMZ aravuga ko ubwo uyu mraperi yasohokaga muri restaurant (...) -
Ijuru rishya n’ isi nshya! Rev SEBUGORORE Henry
21 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIJURU RISHYA N’ISI NSHYA
Uhoraho aravuga ati " Dore ngiye kurema ijuru rishya n’isi nshya , ibya kera ntibizibukwa ukundi, kandi ntibizatekerezwa " Bibliya ijambo ry’Imana. Mbere yo kuvuga ku ijuru rishya n’isi nshya, reka tubanze turebe icyo imperuka y’isi isobanura.
Ibyandikwa bivuga ko imperuka ari:
*Iherezo ry’ubutegetsi bw’abantu bananiwe kugira icyo bageraho, Dan 2:44. * Iherezo ry’intambara, ikinyoma, urugomo akarengane n’ibindi, Ibyah 21:4,5; Mt 7:21-23. * Iherezo ry’abashyigikiye ibibi (...)
0 | ... | 120 | 130 | 140 | 150 | 160 | 170 | 180 | 190 | 200 | ... | 1850