Mbere y’uko amatora y’abazayobora Itorero rya Pentekote mu Rwanda (ADEPR) aba kuwa 15 Werurwe 2013, hatangajwe ko mu bantu 70 biganjemo abapasiteri bari barahagaritswe mu itorero bashinjwa ibyaha bitandukanye, 40 muri bo bagaruwe ku mirimo.
Muri abo bagaruwe mu itorero nyuma yo gucibwamo ubwo muri iryo torero harimo amakimbirane, bahise bahabwa imyanya mu Ntara, Uturere n’ahandi mu buyobozi bwa ADEPR.
Ubuyobozi bw’inzibacyuho muri ADEPR nyuma yo gusesa ubwariho, butangaza ko 80% bw’ibyo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
40 muri 70 bari barahawe akato muri ADEPR bagaruwemo
19 February 2013, by Peter Ntigurirwa/isange.com, Ubwanditsi -
Ese iyo habaye ikosa, Umukristo yitwara ate?
16 January 2016, by Gloriose IsugiAbantu bifuza kubana mu mahoro, nta mahane n’amatiku ariko uhereye igihe isi yaremewe abantu bajya bahura n’ibibashyamiranya, ibyo bigatera umuntu kwibaza ngo uko gushyamirana guturuka he? Urubuga topchretien.com rutangaza ko ibi byatangiye mu gihe cya cyera, mwibuke mu busitani bwa Eden igihe Adamu yabwiraga Imana ngo «Umugore wampaye yatumye ndya urubuto watubujije». Adamu yashatse kwikuraho icyaha avuga ko uwo yitaga umugore (Eva) ari we wamushutse; Ibi biboneka no mu miryango y’abantu (...)
-
Igiterane cya chorale Boaz mu rurembo rwa Kibungo cyagaragaje urukundo rw’abana b’Imana
9 January 2013, by JOST UwaseKuri icyi cyumweru taliki ya 06/01/2012 mu Rurembo rwa Kibungo ADEPR, Paroisse KIBUNGO , Chapelle KIBUNGO Ville habaye uruzinduko rwa Chorale BOAZ ikorera umurimo w’Imana kuri Chapelle ya RUBIMBA muri iyo Paroisse ya Kibungo maze habaho igiteramo cy’indirimbo z’Imana giherekejwe n’ijambo ry’Imana
Iyi chorale BOAZ ikorera umurimo w’Imana kuri Chapelle ya RUBIMBA, muri Paroisse ya KIBUNGO itorero rya ADEPR kandi ikaba yaratangiye uwo murimo mu mwaka wa 2006 igizwe n’abanyeshuri bo mu mashuri (...) -
Imana izaguhembura nubwo wari uguye umwuma
7 August 2015, by Ernest RutagungiraN’ubwo ururimi rwari ruguye umwuma,Uwiteka yirahiriye gusubiza abakene n’abatindi bashaka amazi bakayabura ururimi rwabo rukagwa umwuma, njyeweho Uwiteka nzabasubiza, Jehova Imana ya Isirayeli sinzabahana. Nzazibura imigezi mu mpinga z’imisozi n’amasoko mu bikombe hagati ubutayu nzabuhindura ibidendezi by’amazi n’igihugu cyumye nzagihindura amasoko. (Yesaya 41:17-18).
Mu gihe isi yose ihangana n’ingaruka z’ihungabana ry’ubukungu, ibibazo ku basanzwe ari abakene n’abatishoboye cyangwa abatindi mu (...) -
Ibimenyetso by’ikirere n’Ibimenyetso by’ibihe - Alain Ouvrard
9 May 2013, by Simeon NgezahayoKuburira amaso mu kirere ushaka kumenya uko ejo buzacya ni umurimo w’ubumenyi bw’ikirere! Dukeneye andi maso y’Umwuka, kugira ngo tugende tudahagaritswe umutima n’iby’ejo hazaza… Amaso yo mu kwizera yuzuza inzira zacu icyizere, kandi icyo cyizere kigenda kirushaho kwiyongera, tukamenya ko Imana ivuga ikanasohoza! Uko ibihe bihita, tumenye gusoma ibyanditswe byera, tumenye icyo Imana igambiriye mu gihe kizaza, tumenye n’amaherezo y’iyi si ndetse n’ay’abantu…
Alain (...) -
ADEPR: Abasengeraga muri shitingi biyujurije urusengero rwa miliyoni 74
23 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAbakristo ba ADEPR muri Paruwasi ya Kageyo, mu Karere ka Gicumbi biyujurije urusengero rusimbuye ihema bahoze basengeramo. Bavuga ko rugomba guhoramo icyubahiro cy’Imana n’ubwiza bwayo.
Aba bakristo bagera ku 1300 batangaje ko bishyize hamwe bararwubaka bamwe batanga amafaranga, abandi batanga imirima yahingagwamo ibyagurishwaga hakaboneka amafaranga yo kubaka, abandi batanga inka n’amatungo magufi n’ibindi. Umukristo wa Kageyo yatangaje ko ukorera Imana atiyobora, ati "Nk’uko twatanze (...) -
CHORALE GILGAL YA CEP KIST-KHI MU GITERANE CY’IVUGABUTUMWA MURI PAROISSE YA ADEPR GATARE
19 December 2013, by UbwanditsiKuri iki cyumweru taliki ya 22 Ukuboza 2013, chorale Gilgal irakora igiterane cy’ivugabutumwa mu itorero rya ADEPR, paroisse Gatare mu murenge wa Gahanga. Bimwe mu bitumye iyi chorale ikorera urugendo rw’ivugabutumwa muri iyi paroisse, ngo ni mu rwego rwo gusura uwahoze ari umuyobozi wabo Rev. Pasteur Karayenga J. Jacques kuri ubu urimo gukorera umurimo w’Imana muri paroisse ya Gahanga. Iki giterane kizatangira saa mbili za mu gitondo, gisoze saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (8am-6pm).
Mu kiganiro (...) -
Kuri iki cyumweru Korale Hyssop yabateguriye igiteramo
6 December 2012, by UbwanditsiHyssop choir nimwe muri chorale za ADEPR ikaba ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya Muganza ku mudugudu wa Kiruhura . Hyssop choir (iryo zina ryavuye kugati kitwa Ezobu kakoreshwaga n’abatambyi iryo jambo mwarisanga muri Zaburi 51:9 )yatangiye gukora umurimo w’Imana mu mwaka wa 2004 ,itangijwe n’abanyeshuri 15 gusa ,iyo chorale yakomeje gukura mu mubare w’abaririmbyi no muburyo bw’imiririmbire,ikaba arimwe mu machorale aririmba neza .
Ubu bakaba bageze ku baririmbyi 40 benshi muri bo (...) -
“Sinahinduye idini,” Dorcas, THE BLESSED SISTERS
24 September 2013, by Simeon NgezahayoUmuhanzikazi Dorcas wamenyekanye cyane mu minsi yashize ubwo itsinda The Blessed Sisters ryasohoraga album yabo ya mbere yiswe GIRA INTEGO aranyomoza amakuru aheruka kumuvugwaho ngo ko yaba yarahinduye idini.
The Blessed Sisters
Ni nyuma y`uko arangije amashuri ye yisumbuye, akaba yarakundaga kugaragara afite umusatsi udefirije ku mutwe ariko muri iyi minsi akaba agaragara afite umusatsi wa naturelle.
Mu kiganiro twagiranye n`uyu muhanzikazi, yadutangarije ko akiri mu itorero rye rya (...) -
Jya ubanza ubaze Imana – Bob Gass
7 July 2016, by Simeon Ngezahayo"Abantu bareba ubwiza bugaragara, ariko Uwiteka we areba mu mutima" 1 Samweli 16:7
Se wa Dawidi ntiyatekerezaga ko umuhungu we akwiriye kuzaba umwami w’Abisirayeli. Ni cyo cyatumye ubwo Samweli yazaga gushaka uzazungura Sawuli, Yesayi yamuzaniye Eliyabu umuhungu we w’imfura wari n’umukuru mu ngabo z’Abisirayeli.
Saba Imana iguhe icyerekezo cyawe bwite kandi izabikora.
Samweli atunguwe n’uburanga bwa Eliyabu ni ko kuvuga ati: “Ni ukuri uwo Uwiteka yimikisha amavuta nguyu imbere ye.” Ariko (...)
0 | ... | 120 | 130 | 140 | 150 | 160 | 170 | 180 | 190 | 200 | ... | 1850