Ingaragu zigize umubare munini mu matorero menshi, kandi ni kenshi abapasitori bigisha ku rushako ndetse no kurera. Ariko se, ni gute wamenya uwo mukwiriye kubana ?
Amatorero make cyane niyo usanga yigisha ku gihe cyo kurambagiza. Bisa n’aho dutinya kuvuga kuri icyo kintu. Ikibazo rero, abakristob’ingaragu bisanga barasigaye bonyine bagomba gushaka uko babisohokamo kandi bamenye uko ibintu bigenda.
Uko kumva ko tudashaka kuvuga kuri iyo ngingo ni imwe mu mpamvu zituma abakristo benshi (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Amakosa akomeye abakristo bakiri ingaragu bakora! Lee Grady
27 May 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Umuhanzi BAHO Isaie amaze ukwezi i Burundi mu igiterane cy’Ivugabutumwa.
6 June 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.comUmuhanzi Uwihirwe Isaie bakunze kwita BAHO kuri uyu wa gatatu nibwo azahindura avuye mu igihigu cy’u Burundi mu giterane cy’ivugabutumwa amazemo ukwezi kose mu ntego yacyo igira iti Baho Africa mission . Icyo giterane cyateguwe na Isaie Baho afatanije n’abagenzi be baturuka muri Amerika,Newzirland,Kenya,ndetse yari kumwe n’umuhanzi Theo Babireba wahano mu Rwanda aho bari bagamije kuvug’ubutumwa no Guhimbaza Imana mu bice bitandukanye byaho m’u Burundi.
Tumubajije umusaruro waba waravuye muri (...) -
Umuririmbyi Kizito Mihigo n’Intumwa Paul Gitwaza, basobanyije imyumvire ya Bibiliya
27 August 2012, by UbwanditsiMu giterane cyiswe ‘Rwanda Shima Imana’ cyabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 26 Kanama 2012, kigahuza amatorero atandukanye ya Gikirisitu kuri Stade amahoro i Remera, umuhanzi wo muri Kiliziya Gatolika Kizito Mihigo, n’umuvugabutumwa wo mu itorero rya Zion Temple Paul Gitwaza, bagaragaje kuvuguruzanya ku byerekeye Bibiliya.
Abagiye bitabira ibitaramo bya Kizito Mihigo, bamenyereye ko mbere yo kuririmba indirimbo ze abanza agafata umwanya wo kuzisobanura, akavuga impamvu yazihimbye. Ibi ni (...) -
Tubere maso ubugingo Musoni Désiré
28 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaMatayo 2:1-11 Luka 2: 8-16
Yesu ashimwe cane benedata. Mbanje kubipfuriza Noweli nziza ngira nti itwibutse kubera maso ubugingo duteramira ico twabwiwe.
Aya majambo dusomye yose yerekana ivyabaye igihe Yesu yavuka.
Imbere yuko Yesu avuka, vyari vyarahanuwe imyaka myinshi cane kandi vyari vyaranditswe. Hariho n’abantu bitwako bakorera Imana ndetse bakigisha nivy’Imana. Hari ibintu 2 bitangaje tugiye kurabira hamwe:
1.Muri Matayo tubona Imana ihagurutsa abantu bavuye kure (abanyabwenge bi (...) -
Israel ntihangayikishijwe no gushaka icyayihuza na Palesitina!
27 January 2013, by UbwanditsiAbanyaisiraheli bazindukiye mu matora rusange aho bagomba kwemeza niba ministri w’intebe Benjamin Netanyahu agomba kuguma ku butegetsi. Ibipimo by’ukuntu abantu bashobora gutora birerekana ko ishyaka rya Bwana Netanyahu n’andi mashyaka arishyigikiye ari butsinde ariko ko ubwiganze bwayo mu nteko nshingamategeko buza kugabanuka.
Ibyo bipimo byerekana ko ihuriro ry’amashyaka ari ku butegetsi rimaze iminsi ritakaza ikizere ku buryo bamwe mu bayoboke bayo mashyaka bashyigikiye ishyaka rihanganye (...) -
Kuki abantu bavuga ko ndi umupagani nyamara njye nziko ndi Umukirisitu ?
17 November 2015, by Ernest RutagungiraIki ni ikibazo abantu bamwe na bamwe bo mu nsengero za gikirisitu bajya bibaza, iyo bisanze hari ababagereranya cyangwa bakabita abapagani, mugihe nyamara bo ubwabo bitangiraga ubuhamya ko ari abakirisitu, ibi rero bikaba bikurura impaka z’urudaca, nyamara bigatuma umuntu yibaza uko ashoboka kumenya igisubizo nyakuri n’ impamvu bamwitiranya.
Dusubiye mu byanditswe, hasobanura ko ubu kirisitu bwakomotse kuri za ntumwa Yezu/Yesu yasize nyuma y’uko ajyanwe mu ijuru, abantu batari bazizi ariko (...) -
Mbese koko ndi umugore w’imico myiza? – Igice cya 7
5 July 2016, by Simeon Ngezahayo«Abona yuko ibyo akora bimufitiye akamaro, kandi nijoro itabaza rye ntirizima» Imigani 31 : 18 -
Ni gute wagira uruhare mu iterambere ry’urugo rwawe? Ku mugore wirirwa mu rugo, biragoye ko yakongera ubutunzi mu rugo; ariko ku mugore ukorera hanze y’urugo birashoboka, kuko azana umushahara, agafatanya n’umugabo guteza imbere urugo.
Ariko hari uburyo bwinshi umugore yagira uruhare mu iterambere ry’urugo. Iyo nafataga uburoso nkasiga irangi ku nzugi n’amadirishya, byatumaga amafaranga yagombaga (...) -
Ese uhiriwe mu isi aba ahiriwe no mu ijuru?
22 July 2015, by Innocent KubwimanaUbundi mu isi hari abantu bahirwa ariko abenshi muri ni abafite ibifatika. Bamwe mu bahirwa ni abafite amafaranga menshi, amashuri menshi, imiryango ikomeye n’abandi. Hari umwanya ugeraho mu isi wenda uyobora, ukubonye akakwita uhiriwe, gusa ibi ntibyakubuza kurara urira. Kuko umuntu ashobora kugura abamurinda ariko ntiyagura amahoro.
Hari amafaranga utunga ugatinywa, ubundi abakubonye bakakwita uhiriwe n’ibindi byinshi.
Mu gihe Yesu yigishaga, cyane mu gitabo cya Matayo, yagaragaje abantu (...) -
Imana yawe ntiyahindutse ahubwo ni imvugo yayo utarasobanukirwa
27 January 2016, by Ernest RutagungiraAriko noneho Uwiteka yakuremye wowe yakobo kandi akakubumba wowe Isilayeli,aravuga ngo witinya kuko nagucunguye,naguhamagaye mu izina ryawe uri uwanjye.Nunyura mu mazi nzaba ndi kumwe nawe ,nuca no mu migezi ntago izagutembana .Nunyura no mu muriro ntago uzashya, kandi ibirimi by’umuriro ntibizagufata kuko ndi Uwiteka Imana yawe ,Uwera wa Islayeli umukiza wawe ( yesaya 43:2-3)
Aya ni amagambo y’ubuhanuzi yahanurirwaga ubwoko bw’Abisilayeli kubwo gucungurwa Imana yabo ari nayo yacu yari (...) -
Texas: Abaturage bahungiye ku Mana nyuma y’aho igisasu cyorekeye imbaga
26 April 2013, by Simeon NgezahayoAmakuru dukesha Reuters avuga ko muri weekend ishize abagera kuri 200 babyiganiraga ku muryango w’itorero Church of the Assumption riri mu mujyi rwagati wa Texas, nyuma y’aho igisasu giturikiye muri uwo mujyi kikarindimura imiturirwa n’inzu z’abaturage batuye mu nkengero zaho.
Pasiteri yasengeye abantu 14 bitabye Imana n’abandi bagera kuri 200 bakomeretse ngo Imana igire icyo yabakorera. Yasabye abari bateraniye aho ati “mukomere, dukomeze guteza imbere umujyi wacu dukunda” kuko “Imana iri kumwe (...)
0 | ... | 110 | 120 | 130 | 140 | 150 | 160 | 170 | 180 | 190 | ... | 1850