Bene Data bashiki bacu dufatanyije kwizera Umwami wacu Yesu Kristo;mbanje kubaramutsa mbifuriza umwaka mushya muhire wa 2013; mbifuriza kuzawubonamo ibisubizo by’amasengesho yanyu.
Nimuze rero dufashwe n’iri jambo kandi mumfashe turishyire mubikorwa, kuko uhirwa si uwumva gusa ahubwo ni uwumva, akanashyira mubikorwa ibyo yumvise! Ntabatindiye reka mbaganirize ku ibanga riri mu masengesho y’iminsi itatu.
Ubusanzwe umubare gatatu ni umubare udasanzwe!Bimwe mu bigaragaza umubare 3 twavuga : (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
imbaraga zibonerwa mumasengesho y’iminsi itatu
23 May 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Amakosa akomeye abakristo bakiri ingaragu bakora! Lee Grady
27 May 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIngaragu zigize umubare munini mu matorero menshi, kandi ni kenshi abapasitori bigisha ku rushako ndetse no kurera. Ariko se, ni gute wamenya uwo mukwiriye kubana ?
Amatorero make cyane niyo usanga yigisha ku gihe cyo kurambagiza. Bisa n’aho dutinya kuvuga kuri icyo kintu. Ikibazo rero, abakristob’ingaragu bisanga barasigaye bonyine bagomba gushaka uko babisohokamo kandi bamenye uko ibintu bigenda.
Uko kumva ko tudashaka kuvuga kuri iyo ngingo ni imwe mu mpamvu zituma abakristo benshi (...) -
Umuhanzi BAHO Isaie amaze ukwezi i Burundi mu igiterane cy’Ivugabutumwa.
6 June 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.comUmuhanzi Uwihirwe Isaie bakunze kwita BAHO kuri uyu wa gatatu nibwo azahindura avuye mu igihigu cy’u Burundi mu giterane cy’ivugabutumwa amazemo ukwezi kose mu ntego yacyo igira iti Baho Africa mission . Icyo giterane cyateguwe na Isaie Baho afatanije n’abagenzi be baturuka muri Amerika,Newzirland,Kenya,ndetse yari kumwe n’umuhanzi Theo Babireba wahano mu Rwanda aho bari bagamije kuvug’ubutumwa no Guhimbaza Imana mu bice bitandukanye byaho m’u Burundi.
Tumubajije umusaruro waba waravuye muri (...) -
Tubere maso ubugingo Musoni Désiré
28 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaMatayo 2:1-11 Luka 2: 8-16
Yesu ashimwe cane benedata. Mbanje kubipfuriza Noweli nziza ngira nti itwibutse kubera maso ubugingo duteramira ico twabwiwe.
Aya majambo dusomye yose yerekana ivyabaye igihe Yesu yavuka.
Imbere yuko Yesu avuka, vyari vyarahanuwe imyaka myinshi cane kandi vyari vyaranditswe. Hariho n’abantu bitwako bakorera Imana ndetse bakigisha nivy’Imana. Hari ibintu 2 bitangaje tugiye kurabira hamwe:
1.Muri Matayo tubona Imana ihagurutsa abantu bavuye kure (abanyabwenge bi (...) -
Israel ntihangayikishijwe no gushaka icyayihuza na Palesitina!
27 January 2013, by UbwanditsiAbanyaisiraheli bazindukiye mu matora rusange aho bagomba kwemeza niba ministri w’intebe Benjamin Netanyahu agomba kuguma ku butegetsi. Ibipimo by’ukuntu abantu bashobora gutora birerekana ko ishyaka rya Bwana Netanyahu n’andi mashyaka arishyigikiye ari butsinde ariko ko ubwiganze bwayo mu nteko nshingamategeko buza kugabanuka.
Ibyo bipimo byerekana ko ihuriro ry’amashyaka ari ku butegetsi rimaze iminsi ritakaza ikizere ku buryo bamwe mu bayoboke bayo mashyaka bashyigikiye ishyaka rihanganye (...) -
Umuhanzi Frere Manu ari mu biterane mu Burundi
25 March 2013, by UbwanditsiInkuru dukesha ikinyamakuru Afrolega gikorera mu igihugu cy’I Burundi Bujumbura gitangaza ko kuwa gatandatu ku isaha ya sakumi n’imwe n’igice 16h30 umuhanzi w’ umucuranzi FRERE Manu yari ageze ku kibuga cy’indege cya Bujumbura FRERE Mana aganira n’umunyamakuru Samweli HARERIMANA ukorera Radio Ivyizigiro yatangajeko aje I Burundi kubw’ubutumire yaramaranye iminsi itarimike bwo kuririmba mu matorero atandukanye cyane cyane itorero abarizwamo rya Pentecoste ndetse hagategurwa n’igitaramo cyo (...)
-
Kuki abantu bavuga ko ndi umupagani nyamara njye nziko ndi Umukirisitu ?
17 November 2015, by Ernest RutagungiraIki ni ikibazo abantu bamwe na bamwe bo mu nsengero za gikirisitu bajya bibaza, iyo bisanze hari ababagereranya cyangwa bakabita abapagani, mugihe nyamara bo ubwabo bitangiraga ubuhamya ko ari abakirisitu, ibi rero bikaba bikurura impaka z’urudaca, nyamara bigatuma umuntu yibaza uko ashoboka kumenya igisubizo nyakuri n’ impamvu bamwitiranya.
Dusubiye mu byanditswe, hasobanura ko ubu kirisitu bwakomotse kuri za ntumwa Yezu/Yesu yasize nyuma y’uko ajyanwe mu ijuru, abantu batari bazizi ariko (...) -
Mbese koko ndi umugore w’imico myiza? – Igice cya 7
5 July 2016, by Simeon Ngezahayo«Abona yuko ibyo akora bimufitiye akamaro, kandi nijoro itabaza rye ntirizima» Imigani 31 : 18 -
Ni gute wagira uruhare mu iterambere ry’urugo rwawe? Ku mugore wirirwa mu rugo, biragoye ko yakongera ubutunzi mu rugo; ariko ku mugore ukorera hanze y’urugo birashoboka, kuko azana umushahara, agafatanya n’umugabo guteza imbere urugo.
Ariko hari uburyo bwinshi umugore yagira uruhare mu iterambere ry’urugo. Iyo nafataga uburoso nkasiga irangi ku nzugi n’amadirishya, byatumaga amafaranga yagombaga (...) -
Nyarugenge: Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda (BSR) washoje icyumweru cyo gusengera ubumwe bw’Abakristo mu Rwanda hose
4 February 2014, by Simeon NgezahayoKuri iki Cyumweru taliki ya 2 Gashyantare 2014, kuri ADEPR Nyarugenge habereye igiterane cyateguwe n’Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda (Bible Society of RwandaBSR). Uyu muryango umaze iminsi ukangurira Abakristo guha agaciro igitabo cya Bibiliya kubera umumaro gifite nyamara kikaba gitangwa ku mafaranga make ukurikije agaciro kacyo, washoje icyumweru cyo gusengera ubumwe bw’Abakristo, imwe mu ntego zawo nyamukuru.
Umuryango wa Bibiliya waratangiriye mu Gakinjiro (Nyarugenge) mu w’1977, (...) -
Ese uhiriwe mu isi aba ahiriwe no mu ijuru?
22 July 2015, by Innocent KubwimanaUbundi mu isi hari abantu bahirwa ariko abenshi muri ni abafite ibifatika. Bamwe mu bahirwa ni abafite amafaranga menshi, amashuri menshi, imiryango ikomeye n’abandi. Hari umwanya ugeraho mu isi wenda uyobora, ukubonye akakwita uhiriwe, gusa ibi ntibyakubuza kurara urira. Kuko umuntu ashobora kugura abamurinda ariko ntiyagura amahoro.
Hari amafaranga utunga ugatinywa, ubundi abakubonye bakakwita uhiriwe n’ibindi byinshi.
Mu gihe Yesu yigishaga, cyane mu gitabo cya Matayo, yagaragaje abantu (...)
0 | ... | 130 | 140 | 150 | 160 | 170 | 180 | 190 | 200 | 210 | ... | 1850