Mwaba mwifuza kugera kure mu ivugabutumwa? Mutangire musengere ubumwe bw’itorero. Mwiyemeze gukunda bene Data muri Kristo aho kubanegura, mubitotombera cyangwa mubavuga nabi.
Sinsabira aba bonyine, ahubwo ndasabira n’abazanyizezwa n’ijambo ryabo, ngo bose babe umwe nk’uko uri muri jye, Data, nanjye nkaba muri wowe ngo nabo babe umwe muri twe, ngo ab’isi bizere ko ari wowe wantumye… Yohani17 : 20-23
Uko imyaka yagiye igenda, itorero ryagiye rishyiraho ingamba z’uburyo zigeza ubutumwa bwiza ku (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Isi ibimenye! - Kenneth et Gloria Copeland
10 July 2013, by Isabelle Gahongayire -
Korali Abatoranijwe-Murambi (ADEPR Gatenga) irakataje mu bikorwa by’ivugabutumwa!
6 August 2012, by UbwanditsiMu gihe hari hashize iminsi mike Korali Abatoranijwe ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR paruwasi ya Gatenga ikoze igitera cy’ivugabutumwa, iki giterane cyagaragayemo abahanzi batandukanye bahimaza Imana cyashimishije benshi n’ubundi iyi korali ikomeje ibikorwa by’ivugabutumwa bitandukanye aho mu mpera z’icyumweru gishize yitabiriye igiterane cy’ivugabutumwa mu rurembo rwa Gitarama, Paruwasi ya Bulinga aho yari yatumiwe. Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu w’icyumweru gishize nibwo Korali (...)
-
KICUKIRO-SHELL: Igiterane cyo Kuramya no Guhimbaza Imana
25 April 2013, by UbwanditsiKuri iki cyumweru taliki 28 Mata 2013 guhera saa saba z’amanywa, kuri ADEPR Kicukiro-Shell hateguwe igiterane cyo kuramya no guhimbaza Imana. Icyo giterane cyateguwe n’amatsinda yo kuramya no guhimbaza (Worship Teams) yo mu itorero ADEPR Kicukiro-Shell.
Iki giterane gifite intego igira iti “Nimuhumurize abantu banjye, mubahumurize” Yesaya 41:1. Kizitabirwa n’abakozi b’Imana batandukanye, harimo abahanzi ku giti cyabo nka Theogene Uwiringiyimana na Nelson Mucyo. Hazaba hari kandi Korali Yakini (...) -
Intambwe 5 zatuma ugera ku ntego zawe mu by’ Umwuka.
12 April 2016, by NicodemNtabwo dukwiye gutegereza igihe runaka mu mwaka kugira ngo dushyireho intego zacu zituma dukomera mu by’umwuka. Mu by’ukuri gutegereza igihe runaka wenda gitinda kugira ngo dukore impinduka niyo cyaba icyumweru gishya cyangwa dutangiye ,umwaka cyangwa ukwezi dutangiye byaba ari ikimwaro gikwiye no gusabirwa imbabazi ndetse no kwirengagiza ibyagakwiye gukorwa. Impinduka ni ikintu ndakumirwa yewe kirashimisha iyo gikozwe neza noneho mu buryo bwacu.
* Igore
Nta kintu na kimwe uzategura (...) -
Umuryango “Self Help Africa” umaze guteza imbere imbabare nyinshi mu gihugu cya Kenya
7 June 2013, by Simeon NgezahayoSelf Help Africa ni umuryango mpuzamahanga udaharanira inyungu wita ku mbabare, ufite icyicaro muri Ireland no mu Bwongereza. Uyu muryango kandi waguye ibikorwa byawo, ushinga n’ibindi byicaro 3 muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Mu gihugu cya Kenya, Self Help Africa ifite gahunda nyamukuru yo guteza imbere icyaro mu karere ka Nakuru, intara ya Rift Valley. Uyu muryango kandi utera inkunga ishuri rikuru ry’ubuhinzi rya Baraka (Bukara Agricultural College), Molo na gahunda yo kurengera umutungo (...) -
Pakistan: Umukristo yakatiwe igifungo cya burundu aregwa “Ubutukanyi”
17 July 2013, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa 15 Nyakanga, mu mujyi wa Lahore mu gihugu cya Pakistan urukiko rwakatiye Umukristo igifungo cya burundu kubera ibirego by’ubutukanyi (blasphemy) aregwa, n’ubwo umwunganira mu rubanza avuga ko umucamanza yamushyizweho agahato na polisi mu gufata iki cyemezo. Uwunganira uyu Mukristo mu rubanza Bwana Javed Sahotra yatangarije Morning Star kuri telephone ko ubushinjacyaha bw’urukiko rw’akarere ka Toba Tek Singh mu ntara ya Punjab butigeze butanga ibimenyetso bigaragaza ko uyu (...)
-
Korale Betesida iramurika alubumu y’amashusho ku cyumweru tariki ya 23/12/2012
15 December 2012, by Patrick KanyamibwaNkuko twabitangarijwe n’umuyobozi wiyi korali Bwana Nsengumuremyi Claude, imyiteguro uri kugenda neza kandi ntakizahinduka, Korale Betesida yo kuri ADEPR Rwimbogo i Kanombe izamurika alubumu yayo ya mbere y’amashusho ku cyumweru tariki ya 23/12/2012, ku rusengero rwa ADEPR Rwimbogo hafi y’ikibuga cy’indege. Icyi gitaramo kizatangira saa saba z’amanwa kizitabirwa kandi n’abandi bahanzi bazaza gushigikira iyi Korali harimo Korali Impanda kuva ADEPR Gikondo n’abandi, kwinjira bikaba ari ubuntu. (...)
-
Itabaza Ryaka Rimurika!
23 November 2015, by Pastor Desire Habyarimana“Kugira ngo mutabaho umugayo cyangwa uburyarya, mube abana b’Imana batagira inenge hagati y’ab’igihe kigoramye cy’ubugoryi, abo mubonekeramo nk’amatabaza mu isi” (Abafilipi 2:15).
Muri Yohana 5:32-35, Umwami Yesu agaragaza ikintu cyiza mu miterere ya Yohana Umubatiza: “ahubwo hari undi umpamya, nanjye nzi yuko ibyo ampamya ari iby’ukuri. Mwatumye kuri Yohana, na we yahamije ukuri…Uwo yari itabaza ryaka rimurika, namwe mwamaze igihe gito mwishimira umucyo we.” Mbega amagambo; kandi avuye ku Mwami (...) -
Ubwongereza: Emmy Kosgei ukomoka muri Kenya ni we wegukanye igihembo mpuzamahanga cy’umuhanzi ‘BEFFTA AWARDS’
28 October 2013, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa 25 Ukwakira, umuhanzikazi Emmy Kosgei ukomoka mu gihugu cya Kenya yongeye gutsindira igihembo cyiswe Beffta Awards mu gihugu cy’Ubwongereza.
Nyuma yo gushakana n’umupasiteri ukomoka mu gihugu cya Nigeria, uyu mugore yahise azamuka ndetse aza no kujya ku rutonde rw’abahatanira BEFFTA AWARDS (Black Entertainment Film Fashion Television and Art) mu gika cyiswe ‘The Best International Gospel Act Category’.
BEFFTA Awards ni umuhango udasanzwe, uteza imbere ibiganiro n’abahanzi bakomoka (...) -
Ni iki Bibiliya ivuga ku babana bahuje ibitsina?
2 May 2016, by UbwanditsiBibiliya itubwira neza ko kubonana kw’abahuje ibitsina ari icyaha. Bimwe mu byanditswe biri muri Bibiliya bitwereka neza ko ari ikizira ku Mana ko abahuje ibitsina babana nk’umugore n’umugabo Nubwo Imana ibyanga urunuka, abagabo 2 bo muri Minneapolis, USA, Michael Cole Smith (uri ibumoso) na Jamil Smith Cole (ufatwa nk’umugabo we) basezeranye kwibanira. Byari muri 2009. Photo: Internet
Imana yaremye umubago n’umugore, bafite imitere itandukanye kandi bafite ibitsina bitandukanye kugira ngo (...)
0 | ... | 130 | 140 | 150 | 160 | 170 | 180 | 190 | 200 | 210 | ... | 1850