Yesu aramusubiza ati “Mbese wijejwe n’uko nkubwiye yuko nakubonye uri munsi y’umutini? Uzabona ibiruta ibyo.” Yohana 1:50
Aya magambo Yesu yayasubije Natanayeli kuko yari amaze gutangazwa n’uko Yesu amuzi, kandi yamumenye n’aho yaturutse. Mu by’ukuri igihe Natanayeli yari munsi y’igiti, uwahamubonye ni Filipo atangira no kumubwira inkuru za Yesu.
Natayeli rero akaba umuntu upinga ariko akagira ikintu kiza akavuga uko abyumva nuko abonye ibintu, niko kumubaza ati ubwo se i Nazareti hari ikiza (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Humura uzabona ibyiza biruta ibyo
9 November 2015, by Innocent Kubwimana -
40 muri 70 bari barahawe akato muri ADEPR bagaruwemo
19 February 2013, by Peter Ntigurirwa/isange.com, UbwanditsiMbere y’uko amatora y’abazayobora Itorero rya Pentekote mu Rwanda (ADEPR) aba kuwa 15 Werurwe 2013, hatangajwe ko mu bantu 70 biganjemo abapasiteri bari barahagaritswe mu itorero bashinjwa ibyaha bitandukanye, 40 muri bo bagaruwe ku mirimo.
Muri abo bagaruwe mu itorero nyuma yo gucibwamo ubwo muri iryo torero harimo amakimbirane, bahise bahabwa imyanya mu Ntara, Uturere n’ahandi mu buyobozi bwa ADEPR.
Ubuyobozi bw’inzibacyuho muri ADEPR nyuma yo gusesa ubwariho, butangaza ko 80% bw’ibyo (...) -
Igiterane cya chorale Boaz mu rurembo rwa Kibungo cyagaragaje urukundo rw’abana b’Imana
9 January 2013, by JOST UwaseKuri icyi cyumweru taliki ya 06/01/2012 mu Rurembo rwa Kibungo ADEPR, Paroisse KIBUNGO , Chapelle KIBUNGO Ville habaye uruzinduko rwa Chorale BOAZ ikorera umurimo w’Imana kuri Chapelle ya RUBIMBA muri iyo Paroisse ya Kibungo maze habaho igiteramo cy’indirimbo z’Imana giherekejwe n’ijambo ry’Imana
Iyi chorale BOAZ ikorera umurimo w’Imana kuri Chapelle ya RUBIMBA, muri Paroisse ya KIBUNGO itorero rya ADEPR kandi ikaba yaratangiye uwo murimo mu mwaka wa 2006 igizwe n’abanyeshuri bo mu mashuri (...) -
Umudugudu wa ADEPR-Murambi (Kicukiro) witeze impinduka zikomeye mu giterane wateguye cy’iminsi 5
7 December 2015, by Innocent KubwimanaUmudugudu wa ADEPR-Murambi ubarizwa muri Paruwasi ya Nyanza mu itorero rya ADEPR-Akarere ka Kicukiro wateguye igiterane bise icy’ububyutse ariko gifite intego igira iti ‘’Nimuze twubake umurimo w’Imana.’’ Iki giterane kizamara iminsi itanu (5), kizatangira kuri uyu wa gatatu tariki 09/12/2015 gisozwe ku cyumweru tari 13/12/2015.
Muri iki giterane kandi hatumiwemo abakozi b’Imana batandukanye barimo Korari Sayuni na ADEPR-Cyahafi yamenyekanye mu ndirimbo zitandukanye nka ‘’Wadukoreye ibikomeye’’ (...) -
Imana izaguhembura nubwo wari uguye umwuma
7 August 2015, by Ernest RutagungiraN’ubwo ururimi rwari ruguye umwuma,Uwiteka yirahiriye gusubiza abakene n’abatindi bashaka amazi bakayabura ururimi rwabo rukagwa umwuma, njyeweho Uwiteka nzabasubiza, Jehova Imana ya Isirayeli sinzabahana. Nzazibura imigezi mu mpinga z’imisozi n’amasoko mu bikombe hagati ubutayu nzabuhindura ibidendezi by’amazi n’igihugu cyumye nzagihindura amasoko. (Yesaya 41:17-18).
Mu gihe isi yose ihangana n’ingaruka z’ihungabana ry’ubukungu, ibibazo ku basanzwe ari abakene n’abatishoboye cyangwa abatindi mu (...) -
Ibimenyetso by’ikirere n’Ibimenyetso by’ibihe - Alain Ouvrard
9 May 2013, by Simeon NgezahayoKuburira amaso mu kirere ushaka kumenya uko ejo buzacya ni umurimo w’ubumenyi bw’ikirere! Dukeneye andi maso y’Umwuka, kugira ngo tugende tudahagaritswe umutima n’iby’ejo hazaza… Amaso yo mu kwizera yuzuza inzira zacu icyizere, kandi icyo cyizere kigenda kirushaho kwiyongera, tukamenya ko Imana ivuga ikanasohoza! Uko ibihe bihita, tumenye gusoma ibyanditswe byera, tumenye icyo Imana igambiriye mu gihe kizaza, tumenye n’amaherezo y’iyi si ndetse n’ay’abantu…
Alain (...) -
IMANA NIYO IGIRA IJAMBO RYA NYUMA KU BUZIMA BWACU. Pst Matabaro
27 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIMANA NIYO IGIRA IJAMBO RYA NYUMA KU BUZIMA BWACU
Atangiye aririmba hamwe n’Umugore we bagira bati "Nkunda uwo Musaraba wa Yesu uvamo imbaraga zo kunesha, nzahora ngundira Umusaraba kugeza ubwo nzambikwa rya kamba..."
Iki ni cyo kimenyesha yuko unyishimira, Ni uko umwanzi wanjye atavugiriza impundu kunesha. Zaburi 41:12
Nuko Uwiteka ahira Yobu ubwa nyuma kuruta ubwa mbere, agira intama ibihumbi cumi na bine n’ingamiya ibihumbi bitandatu, n’amapfizi ibihumbi bibiri n’indogobe z’ingore (...) -
Jehovahjireh choir CEP-ULK Evening igarutse mu mujyi wa Kigali kuruyu wa 07/10/2012 ku Mudugudu wa Karukungu (Kimironko).
5 October 2012, by VitalNyuma y’igihe kitari gito imaze igirira ingendo z’ivugabutumwa hirya no hino mu gihugu ndetse no mu ntaraz’igihugu, Jehovahjireh choir CEP-ULK Evening ikorera umurimo w’Imana muri Kaminuza yigenga ya Kigali, Campus ya Gisozi, ubu noneho igarutse mu mujyi wa Kigali aho iraba yerekeje ku Mudugudu wa Karukungu muri Paruwasi ya Remera, ahagana Kimironko werekeza mu bice by’aho bakunda kwita cumi na kabiri (12) kuri ki cyumweru cyo kuwa 07/10/2012.
Nkuko twabitangarijwe na Prezida wa Korali (...) -
Icyo Pantekote imariye – Theo Bosebabireba
21 May 2013, by UbwanditsiPantekote ni umunsi ukomeye cyane mu buzima bwanjye, cyane ko mu minsi yegereza Pantekote niyumvamo ishyaka ryinshi ku murimo w’Imana ndetse ngafata akanya nkanabisengera kugirango nanjye Imana inyongeremo imbaraga.
Gusa Pantekote y’uyu mwaka irantangaje cyane, kuko ni ubwa mbere stade yuzura abantu bakicara no hanze ya stade. Ariko na none ngereranije n’ahandi nko mu Burundi usanga bitabira cyane kuruta mu Rwnda, ku buryo u Rwanda rutari byibuze no ku kigero cya 1/2 cyo mu Burundi. Gusa (...) -
Turashima Imana ko yabanye natwe muri launch cyane - Chorale Louange
6 October 2012, by Patrick KanyamibwaChorale louange nyuma yo gutangariza abantu igikorwa yarifite cyo gushyira ku mugaragaro Album yabo vol ya 3 “Yesu ni byose” mu tariki ya 29 na 30 Nzeri, iratangaza ko ibyo Imana yabakoreye ari ibitangaza gusa nkuko twabitangarijwe n’umuyobozi w’iyi chorale Bwana Jean Jacques Ndayisenga. Mu magambo ye akaba yagize ati “Mu byukuri ibintu byagenze neza kurusha uko twari tubyiteze, kuko nubwo hariho imbogamizi zuko hari ibiterane byinshi cyane mu mujyi wa Kigali ndetse no mu nkengero zawo ntabwo (...)
0 | ... | 170 | 180 | 190 | 200 | 210 | 220 | 230 | 240 | 250 | ... | 1850