Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 06 Kamena 2012, nibwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rw’umubyeyi wa Apotre Gitwaza Paul, witwa Reverand Pasteur Kajabika André witabye Imana azize indwara, mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali(CHUK).
Nk’uko twabitangarijwe n’umuvugabutumwa ukuriye Moriah Entertainment Eric Mugisha, uyu musaza Kajabika yavukiye muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo mu mwaka wa 1915, aho yatangiriye gukorera Imana afite imyaka 12, kuko yanakoranye n’abamisiyoneri babwirije ubutumwa (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Umubyeyi wa Gitwaza Paul yitabye Imana
7 June 2012, by Ubwanditsi -
Iyo mbimenya hakiri kare nari kuvuga oya!!
12 May 2016, by Ernest RutagungiraIri jambo iyo mbimenya ni ijambo rikunze kuza iyo umuntu yicuza ikintu yakoze mu minsi yashize hanyuma kikaza kumugiraho ingaruka mbi, nibwo rero yatura n’amaganya menshi ngo iyo mbimenya!!
N’ubwo twabivuze muri rusange iri jambo rikunze gusa nkaho rigaruka kenshi mu rubyiruko aho rikoreshwa nyuma yo kurya iraha ry’akanya gato, kurya ubuzima, kwinezeza, gushimishanya, cyangwa na none kutababaza inshuti yawe ( Bitewe n’uko washaka kubyita !! byarangira hagakurikiraho kwicuza, umujinya, (...) -
IKizamini cyo gucya bugufi!
23 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaEliya yaranesheje. Yanesheje ikizami cy’ubuzima. Ni umuhanuzi wanesheje bikomeye ku musozi Carmel. Umuriro waramanutse ,yaratsindishirijwe kandi yubahwa n’Imana. Abantu benshi bemeraga Eliya, ndetse n’abahanuzi bamwe ba Baal bishwe nabo.
Muri ubwo butsinzi butangaje yagumye mu mwanya we imbere y’Imana.. Yagumye mu kuri ndetse akomeza no guca bugufi. Ava muri uko kunesha yinjira mu kundi kwabereye mu mpinga y’umusozi aho yasenze Imana ikagusha imvura mu bihugu byari biguye umwuma. Yahagaze neza (...) -
Ijuru ryashizeho umuvugizi! Dr Fidèle MASENGO
3 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIJURU RYASHYIZEHO UMUVUGIZI! Abaheburayo 1:1-2 - Kera Imana yavuganiye na ba sogokuruza mu kanwa k’abahanuzi mu bihe byinshi no mu buryo bwinshi, naho muri iyi minsi y’imperuka yavuganiye natwe mu kanwa k’Umwana wayo, uwo yashyiriyeho kuba umuragwa wa byose ari we yaremesheje isi.
Nta muntu umenya ukuri ku bivugwa ku mikorere ya Polisi atabajije UMUVUGIZI w’igipolisi...ni nako bimeze ku ngabo, ku Itorero, kuri Leta,...Ijuru naryo rigira umuvugizi!
Kera iyo Imana yashakaga kuvugana (...) -
Tumenye cyaha cy’ubusambanyi n’uko twacyirinda Pastor Desire
19 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNk’uko twabibonye ubusambanyi ni icyago cyugarije isi gusa n’itorero muri rusange rikaba ryugarijwe n’iki cyago kimaze gufatwa nka kanseri.
Inkomoko y’ubusambanyi:
1. Ubusambanyi buri muri kamere y’umuntu, Abagalatiya 5:19-21 haravuga ngo: Dore imirimo ya kamere iragaragara ni iyi: gusambana no gukora ibiteye isoni n’iby’isoni nke, no gusenga ibishushanyo, no kuroga no kwangana no gutongana, n’ishyari n’umujinya n’amahane, no kwitandukanya no kwirema ibice, no kugomanwa no gusinda, n’ibiganiro bibi (...) -
Imana yari yiringiye ko uzera imbuto!
2 January 2016, by Alice Rugerindinda“ Yemwe mwa baturage b’I Yerusalemu mwe, namwe bagabo b’ I Buyuda, nimudukize jyewe n’uruzabibu rwanjye. Ikintu nari nkwiriye gukorera uruzabibu rwanjye nasize ni ikihe, ko nari niringiye ko ruzera inzabibu, ni iki cyatumye rwera indibu” Yesaya 5: 3-4
Umutwe w’iki gice cya gatanu , uravuga ngo “ Imana ishinja abayuda ubuhemu”!! Ni igitangaza. Mu yandi magambo bahemukiye Imana. Dore impamvu Imana ibashinja ubugome cyangwa se ubuhemu ( biva ku nshinga Guhemuka): Yesaya 5:1-2
Urutoki rw’uruzabibu (...) -
Ni gute watsinda nyuma yo kunyura mu bibazo?
24 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaEse birashobokaI? Mbese Ushobora mu byukuri guhindura gutsindwa mo gutsinda ? n’ iki kizana itandukaniro kubera iki hari bamwe babasha kugera kuri byinshi mu buzima bwabo gihe abandi biba byababereye ingorabahizi, inyigisho ikurikira irabigusobanurira neza. Umuryango wavukiyemo
Kuvukira mu muryango mwiza n’ ikintu cyo kwishimira , ariko ntago ari ryo shingiro nyakuri mu kugira ibyo umuntu ageraho. Ijanisha rinini ryerekana ko abagabo benshi b’ ibikomerezwa baturuka mu miryango ikenye mbese (...) -
Afrika Haguruka ku nshuro yayo ya cumi na gatatu iratangira kuri kino cyumweru
6 August 2012, by Patrick KanyamibwaAfrika Haguruka urabagirane n’igiterane gitegurwa n’itorero rya Zion Temple kikaba gitegurwa rimwe mu mwaka hagati y’ukwezi kwa karindwi n’ukwezi kwa munani, icyo giterane kirangwamo inyigisho zitandukanye zirimo kungera kurema imitima y’abanyarwanda ndetse nizindi nyigisho zo kwiteza imbere. Ni muri urwo rwego cyongeye gutegurwa ku nshuro yacyo ya cumi na gatatu aho gifite insanganyamatsiko igira iti « Afrika Haguruka urabagirane muri kino gihe cya Yubile yawe » , kuri iyi nshuro hakazaba (...)
-
Ijwi ry’umunyamakuru Kanyamibwa Patrick ryakoreshejwe muri filime « Home » mu ishyirwa ryayo mu rurimi rw’i Kinyarwanda
16 September 2012, by UbwanditsiNkuko byumvikana muri Trailer ya Filime « Home - Iwacu », ijwi rya Kanyamibwa Patrick niryo ryakoreshejwe mugushyira amagambo yayo mu Kinyarwanda, ibi bikaba byarakozwe n’umuryango wita ku kurengera ibidukidukije n’iterambere ry’abantu ARECO Rwanda Nziza kubufatanye na Institut Francais au Rwanda aho byashyize mu Kinyarwanda filime isanzwe yitwa « HOME », ikaba ari filime iri ku rwego mpuzamahanga ivuga ku buzima no kurengera ibidukikije, yamaze gushyirwa mu Kinyarwanda nyuma yu gushyirwa muzindi (...)
-
Igiterane cyo gutera inkunga umurimo w’Imana mu Itorero rya butama Ururembo rwa Kibungo
10 September 2012, by UbwanditsiKuri cyumweru taliki ya 09/09/2012 mu Rurembo rwa Kibungo, Paroisse ya Butama, Umudugudu wa BUTEZI habaye igiterane cyo gukusanya inkunga yo kugura ibikoresho bya muzika bya Korale INZIRA Y’UMWAMI na Korale DUHUZUMUTIMA.
Nk’uko twabibwiwe n’Umuyobozi w’Impuzamakorale aho kuri uwo Mudugudu (Chapelle) wa BUTEZI, Korale INZIRA Y’UMWAMI yatangiye gukora umurimo w’Imana mu mwaka wa 1985, itangirana abaririmbyi 7 ariko hamwe no gusenga Imana no gukoresha ibiterane ahantu hatandukanye muri Paroisse ya (...)
0 | ... | 170 | 180 | 190 | 200 | 210 | 220 | 230 | 240 | 250 | ... | 1850