NIBAGWIRE Leoncia ,wari umuririmbyi akaba n’umwe mubatoza b’indirimbo muri chorale evangelique cyarwa/Huye,yitabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabili tariki ya 14/05/2013 nyuma yaho n’umwana yari yibarutse kuwa 13/05/2013 nawe yitabiye Imana kuri uwo wa kabiri mumasaha ya nyuma ya sa sita
Uyu Nibagwire Leoncia yavutse mu 1975 akaba mubuzima bwe yarakuriye mu murimo w’Imana aho yaririmbaga muri chorale y’urubyiruko nyuma akaza kujya muri chorale nkuru ari nayo atabarutse yakoragamo umurimo. (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
UMURIRIMBYI WA Chorale Evangelique Yatabarutse
15 May 2013, by MUHAYIMANA Vincent -
Huye: Umuhango wo gusengera abayobozi ba CEP-UR witabiriwe n’abayobozi b’ADEPR n’abandi batandukanye
3 February 2014, by Simeon NgezahayoKuri icyi cyumweru tariki ya 2 Gashyantare 2014, mu muryango wa CEP-UR Huye Campus habereye umuhango w’ihererekanyabubasha ku bayobozi bacyuye igihe, barangajwe imbere na KARIBU Phanuel n’ubuyobozi bushya bugiye gukomeza muri uyu mwaka WA 2014 burangajwe imbere na UWIRAGIYE Germaine.
Muri uyu muhango wari witabiriwe n’abayobozi batandukanye b’itorero ADEPR, nka biro nyobozi ku rwego rw’igihugu yari iyobowe n’Umuvugizi w’Itorero rya Pantecote mu Rwanda Past. SIBOMANA Jean, wari uherekejwe (...) -
Wapimwe mu bipimo, ugaragara ko udashyitse!
12 July 2013, by Kiyange Adda-DarleneTekeri bisobanurwa ngo : « wapimwe mu bipimo, ugaragara ko udashyitse. » (Daniel 5 :27)
Umwami Belushazari yari umwami w’I Baburoni. Yakoresheje ibirori, atumiza ibikombe bakuye mu rusengero i Yerusalemu ngo abe aribyo banywesha inzoga , basenga ibishushanyo bariyanduza cyane. Bakibyina, umwami abona ikiganza kiri kwandika ku rusika ngo : « Mene mene tekeli ufarisini ».
Umwami yagize ubwoba bwinshi, abapfumu ntibabasha kumusobanurira ibyaribyo, nyuma haza Danieli umukozi w’Imana yari yuzuye (...) -
Ushaka ko ijuru rigukingukira?
24 July 2015, by Innocent KubwimanaYesu amaze kubatizwa uwo mwanya ava mu mazi, ijuru riramukingukira abona Umwuka w’Imana amanuka asa n’inuma amujyaho, maze ijwi rivugira mu ijuru riti “Nguyu Umwana wanjye nkunda nkamwishimira.” Matayo 3.16-17
Umukristo wese aho ava akagera ahora yifuza kubona ijuru rikingukira ku buzima bwe. Ibi ariko ntabwo bituruka ku bushake bwe bwite ahubwo bigendana no kwemera gushyira ubuzima bwe mu biganza by’Imana, akemera ubushake bwayo no gukora kwayo mu buzima bwe.
Bwa mbere Yesu abwira Yohana (...) -
Wari uziko ukeneye uwo mugendana mu rugendo rugana mu ijuru?
6 October 2015, by Innocent Kubwimana“Kandi ndababwira ukuri yuko ababiri muri mwe nibahuza umutima mu isi wo kugira icyo basaba cyose, bazagikorerwa na Data wo mu ijuru. Kuko aho babiri cyangwa batatu bateraniye mu izina rya njye, nanjye mba ndi hagati yabo.” Matayo 18.19-20
Reka turebe gato kuri iri sengesho Yesu yigishije abigishwa be gusenga: Nuko musenge mutya muti” Data wa twese[…] uduhe […] ibyo kurya byacu by’uyu munsi[…] uduharire imyenda yacu nkuko natwe twahariye abarimo imyenda yacu, ntuduhane mu bitwoshya, ahubwo (...) -
Iyadutabaye cya gihe, iracyadutabara, izakomeza no kudutabara!
26 April 2016, by Alice Rugerindinda“Bene Data ntidushaka ko mutamenya amakuba yatubereyeho muri Aziya, ko twaremerewe cyane kuruta ibyo dushobora, ndetse bigatuma twiheba ko tuzapfa, twibwirako duciriweho iteka ryo gupfa kugirango tutiyiringira ahubwo twiringire Imana izura abapfuye. Iyaturokoye urupfu rukomeye rutyo, nanone iracyaturokora, kandi twiringira ko izakomeza kuturokora” 2 Abakorinto 1: 8-10
“We were crushed and overwhelmed beyond our ability to endure, and we thought we would never live through it. In fact, we (...) -
Dukwiye kubanza Imana mu buzima bwacu bwose
3 September 2015, by Innocent Kubwimana‘’ Ahubwo mubanze mushake ubwami bw’Imana no gukiranuka kwayo, nibwo ibyo byose muzabyongererwa.’’ Matayo 6:33
Dukunda kubaho ubuzima bwacu mu buryo twatekereje kuko kubigaragarira amaso yacu nibyo bitubera byiza. Aha niho hakunda kutugonga bigatuma tubaho ibitandukanye nibyo Imana ishaka kuko twebwe ubwacu ntacyo twakwishoboza.
Yesu yaravuze ngo niwe muzabibu. Natwe turi amashami, ntacyo tubasha gukora tutamufite. Yohana 15:5
Ijambo ry’Imana ridusaba kuyegurira ubuzima bwacu bwose, (...) -
Si ku bw’amaboko cyangwa imbaraga zawe ahubwo ni ku bw’Umwuka w’Uwiteka
18 June 2016, by Ernest RutagungiraZakariya 4: 6-7 Aransubiza ati “Ijambo Uwiteka atumye kuri Zerubabeli ngiri ati ‘Si ku bw’amaboko kandi si ku bw’imbaraga, ahubwo ni ku bw’Umwuka wanjye.’ Ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga “Wa musozi munini we, wiyita iki? Imbere ya Zerubabeli uzaba ikibaya….
Tugendeye ku bitabo bitandukanye nk’icy’umuhanuzi Hagayi na Ezira, Zerubabeli yari mwene Sheyalutiyeli, akaba yari umwe mu bayoboye abayuda, avugwaho byinshi ariko cyane cyane avugwa kuba yaragize ishyaka rikomeye mu iyubakwa ry’inzu y’Imana yari (...) -
Bibiliya yashyizweho umukono na Albert Einstein yagurishijwe $68,500 muri Cyamunara i New York
8 July 2013, by Simeon NgezahayoBibiliya yasinyweho na Albert Einstein n’umufasha we mu mwaka w’1932 yagurishijwe $68,500 mu muri cyamunara ya Bonhams, NY mu cyumweru gishize.
USA Today iratangaza ko Bibiliya yashyizweho umukono n’inzobere mu bugenge Bwana Albert Einstein n’umufasha we mu w’1932 yagurishijwe $68,500 muri cyamunara yabereye i Bonhams muri Leta ya New York mu cyumweru gishize.
Uyu muhanga wanegukanye igihembo cyitiriwe Nobel, yashyize umukono kuri Bibiliya ahamya ko ari “isoko y’ubwenge n’ihumure, kandi ko (...) -
Igiterane cyari gitegerejwe na benshi kuri ADEPR Kamashashi kuri iki cyumweru cyabaye.
16 June 2013, by UbwanditsiIgiterane cyari gitegerejwe na benshi ku mudugudu wa ADEPR Kamashashi kuri iki cyumweru cyo kuwa 16/06/2013 nibwo cyabaye kikaba cyitabiriwe n’abantu benshi cyane.Aha twavuga umushumba w’ Itorero ry’ akarere ka Nyarugenge, Umuyobozi wo muri ADEPR ushinzwe imali n’ubukungu,EV.Seremani ari nawe wagishize mu masaha ya mu gitondo na Pastor Iyakaremye guturuka ku Gisenyi ari nawe wigishize nyuma ya saa sita. Chorale Sinayi ya Kamashashi izwi cyane cyane mu ndirimbo akamanyu k’ umutsima ikaba ari (...)
0 | ... | 200 | 210 | 220 | 230 | 240 | 250 | 260 | 270 | 280 | ... | 1850