Ijambo ubuyobe «apostasy» risobanura «kugwa cg gusubira inyuma». Rituruka ku magambo 2 y’Ikigereki «ténai » (kujya) na «apo» (kure). Benshi bazayoba ukuri, biturutse ku ntege nke, ku mibare mike cyangwa indamu.
«Umunyabinyoma» (Antikristo), umwana wo kurimbuka, umugome wishyira hejuru y’icyitwa Imana cyose cyangwa igisengwa ni we uzazana ubwo buyobe mu isi yose. Azageza n’aho yicara mu rusengero rw’Imana, yiyite Imana ubwe.
«Ubwiru bw’icyaha bwamaze gushinga imizi» mu itorero. Ntitugomba gutegereza (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Guhakana ukuri, Bibiliya na Yesu Kristo: ikimenyetso cy’imperuka!
21 November 2013, by Simeon Ngezahayo -
Dore impamvu ugomba kumenya umuvuduko w’amaraso yawe
28 September 2012, by UbwanditsiUmuvuduko w’amaraso ukabije ni ikibazo gikomeye, kuko umuntu ashobora kubana na wo nta kimenyetso cy’uburwayi agaragaza nyamara bitabuza ingingo ze nyinshi kuba zirimo kwangirika.
Ibyo bituma abantu bafite umuvuduko w’amaraso mwinshi bakunze kujya kwa Muganga bazanywe n’ibimenyetso by’ingaruka zawo, kandi barashoboraga kubyirinda iyo baza kwipimisha kare bakamenya uko bitwararika.
Umuvuduko w’amaraso ni iki ?
Umuvuduko w’amaraso ni ingufu amaraso agendana mu miyoboro yayo aribyo bituma abasha (...) -
Pasiteri Niyonsenga aravugwaho gutera inda umukirisitu we ikanakurwamo
16 May 2013, by UbwanditsiMurebwayire Viollette w’imyaka 20 y’amavuko arashinja Niyonsenga Ildefonse, umushumba mukuru w’Itorero “New Life in Jusus Christ” ry’i Muhanga kumutera inda akanayimukuramo amwubikiriye.
Mu buhamya bwe, Murebwayire avuga ko yatewe inda kuwa 17 Werurwe 2013, ubwo yari ahamagawe na Pasiteri Niyonsenga mu biro bye ngo ajye kumugurira ibintu yari guha umukiristu yari yaratomboye mu mukino wa kakawete.
Aganira na IGIHE, Murebwayire yavuze ko Pasitori yamuhamagaye kuri telefone ahagana saa moya (...) -
Ntiturwana intambara z’umubiri ahubwo dukirana n’abadafite inyama n’amaraso n’ubutumwa bwa Producer Papa Emile
12 October 2013, by UbwanditsiUmuhanzi w’icyitegererezo wamenyekanye cyane mu indirimbo zihimbaza Imana Papa Emile arahugura ndetse anigisha abakor’umurimo w’Imana mu rugando rwa muzika ya gikristo,haba abahanzi cyangwa abanyamakuru ,ko tugomba kugera ku urwego twumva ko ibyo dukora tugomba gusaba Imana yo yonyine ikabishakira inzira nk’uko umuhanuzi Mose yakiranye n’Imana ati : Mana nutajy’imbere ntaho jya!
Papa Emile amaze gukorera mu bihugu bitandukanye akorana n’abantu b’ingeri zitandukanye bakora umurimo w’Imana , (...) -
Muhima : Abaturage barinubira urusengero rwubakwa hagati y’ingo zabo
7 October 2013, by UbwanditsiAbaturage bo mu mudugudu w’Indamutsa akagari ka Tetero, mu murenge wa Muhima akarere ka Nyarugenge, amarira ni yose nyuma yaho umuyobozi w’itorero Impuhwe z’Imana, Buhangu Vincent atangiye kuzamurira inyubako y’urusengero rwe rwagati mu ngo z’abaturage .
Uru rusengero rwa Buhangu Vincent ruhana imbibi n’aho atuye muri uyu mudugudu, aho abaturanyi be bavuga ko rubabangamira kubera urusaku rwinshi ruturuka muri uru rusengero mu gihe abayoboke be basenga. Ngurwo urusengero ruzamurwa hafi y’ingo (...) -
Precious Stones yateguye iminsi 7 yo kuramya no guhimbaza Imana kuri Women Foundation Ministries & Noble Family Church Kimihurura.
20 May 2013, by UbwanditsiNkuko twabitangarijwe na Jules Munyampeta, umwe mubayobozi biri tsinda riyobora kuramya no guhimbaza kuri Women Foundation ry’urusengero Noble Family Church ryitwa “Precious Stones”, iki giterane cyo guhimbaza Imana kibaba kibaye ku nshuro ya gatatu bongera gutegura iminsi irindwi yo kurama no guhimbaza Imana. Insanganyamatsiko ikaba ari “Coming back to heart of worship” bisahatse gusobanuta ngo “Garura umutima wo kuramya no guhimbaza”
Icyi cyumweru cyo gushimba Imana, kizatangira kuwa gatanu, (...) -
Humura iherezo ni ryiza Dr Fidèle MASENGO
28 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaUmubwiriza 7:8 - Iherezo ry’ikintu riruta intangiro yacyo, uw’umutima wihangana aruta uw’umutima w’umwibone.
Mu gihe twitegura gusoza uyu mwaka wa 2015, natekereje cyane ku migabo n’imigambi twari twihaye kugeraho muri uyu mwaka dusoza. Ntekereza cyane ku mishinga twari dufite n’uburyo umwaka usize myinshi itagezweho. Ku ruhande rwanjye, nibutse imwe mu mishinga nari mfite ntashoboye kugeraho kd nari nifuje cyane kuyisohoza. Imwe muriyo ni ibitabo nagomba kwandika ariko ntashoboye gusoza. (...) -
Ese koko ni ihurizo kumenya ukijijwe nudakijijwe muri iki gihe?
6 October 2015, by Innocent KubwimanaNiba byaba bifitanye isano n’ibimenyetso by’iminsi y’imperuka ntawabihamya nubwo utapfa kubishidikanyaho, aho kubona imbuto z’Umwuka wera kubitirirwa izina rya Yesu atari benshi. Uko bias kose ubona abakristo barushaho kwiyongera mu mibare, ariko kandi niba ababntu bagwiza ubukristo ntibagwize imbuto, byaba bibabaje.
Hari n’uwo ubwira uti ‘’runaka arakijijwe, ati yewe byihorere kuko muri iki gihe kumenya ukijijwe n’udakijijwe byabaye ihurizo. Icyakora na none bibaye ari uku bimeze byaba biteye (...) -
Korali Call on Jesus igiye kumurika alubumu yayo ya mbere
14 February 2013, by Patrick KanyamibwaMu magambo ye umuyobozi wa Choral Call On Jesus Bwana UWAYEZU Fidele yagize ati “Ubu tugiye gushyira ahagaragara indirimbo zacu Album yambere twise “Araje Yesu” ikaba igizwe nindirimbo 10. Tuzakorera launch ahantu hatatu ku bihe bitandukanye, kuwa 17/2/2013 saa munani n’igice kuri Cathedral Saint Etienne mu Biryogo, kuwa 24/2/2013 saa munani muri KIST, kuwa 10/3/2013 saa munani i Remera mugiporoso kurusengero rwa EAR Paroisse Remera Tukaba dutumira abantu bose kuzaza bakabana natwe kuko ariyo (...)
-
Bwa mbere mu mateka yayo hagaragaye Korale mu gice cya Gospel mu bazahatanira ibihembo bya Salax Awards 2012
21 February 2013, by UbwanditsiBwa mbere mu mateka yayo hagaragaye Korale mu gice cya Gospel mu bazahatanira ibihembo bya Salax Awards 2012
Kuri uyu wa 18 Mutarama 2013 guhera saa yine za mu gitondo muri Hill Top Hotel nibwo Ikirezi Group itsinda ritegura itangwa ry’ibihembo ku bahanzi bitwaye neza buri mwaka hamwe n’abanyamakuru bakora muri showbiz nyarwanda bose bahuriye mu gikorwa cyo kuganira kuri Salax awards hamwe no gushyira ku mugaragaro abahanzi bazatanira ibihembo bya Salax awards 2012, ubu urutonde rukaba (...)
0 | ... | 220 | 230 | 240 | 250 | 260 | 270 | 280 | 290 | 300 | ... | 1850