Bibiliya yasinyweho na Albert Einstein n’umufasha we mu mwaka w’1932 yagurishijwe $68,500 mu muri cyamunara ya Bonhams, NY mu cyumweru gishize.
USA Today iratangaza ko Bibiliya yashyizweho umukono n’inzobere mu bugenge Bwana Albert Einstein n’umufasha we mu w’1932 yagurishijwe $68,500 muri cyamunara yabereye i Bonhams muri Leta ya New York mu cyumweru gishize.
Uyu muhanga wanegukanye igihembo cyitiriwe Nobel, yashyize umukono kuri Bibiliya ahamya ko ari “isoko y’ubwenge n’ihumure, kandi ko (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Bibiliya yashyizweho umukono na Albert Einstein yagurishijwe $68,500 muri Cyamunara i New York
8 July 2013, by Simeon Ngezahayo -
Igiterane cyari gitegerejwe na benshi kuri ADEPR Kamashashi kuri iki cyumweru cyabaye.
16 June 2013, by UbwanditsiIgiterane cyari gitegerejwe na benshi ku mudugudu wa ADEPR Kamashashi kuri iki cyumweru cyo kuwa 16/06/2013 nibwo cyabaye kikaba cyitabiriwe n’abantu benshi cyane.Aha twavuga umushumba w’ Itorero ry’ akarere ka Nyarugenge, Umuyobozi wo muri ADEPR ushinzwe imali n’ubukungu,EV.Seremani ari nawe wagishize mu masaha ya mu gitondo na Pastor Iyakaremye guturuka ku Gisenyi ari nawe wigishize nyuma ya saa sita. Chorale Sinayi ya Kamashashi izwi cyane cyane mu ndirimbo akamanyu k’ umutsima ikaba ari (...)
-
Ibyiza Uwiteka adukorera twabimwitura iki? Pastor Musafiri Joel
8 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO : IBYIZA UWITEKA ADUKORERA TWABIMWITURA IKI ?
Zaburi 116:12 Ibyiza Uwiteka yangiriye byose, Ndabimwitura iki ?
Zaburi 103:2 Mutima wanjye himbaza Uwiteka, Ntiwibagirwe ibyiza yakugiriye byose.
1Samweli 26:13...Maze Dawidi afata hakurya yaho, ahagarara mu mpinga y’umusozi uhanye na bo intera ndende. Nuko Dawidi akomera abantu hamwe na Abuneri mwene Neri ati"Mbega Abuneri ko udakoma !" Abuneri aramusubiza ati"Uri nde yewe uhamagara umwami ?" Dawidi abwira Abuneri ati"Mbese nturi (...) -
Iyagutanze niyo izagutabara
16 July 2015, by Ernest RutagungiraNdabasuhuje mu izina rya Yesu Kristo, amahoro y’Imana abe muri mwe, Uyu munsi Umwuka wera w’Imana yampaye kuganira namwe ijambo nahaye umutwe uvuga ngo “Iyagutanze niyo izagutabara”, njye wariteguy endi Ernest Rutagungira.
Turasoma Ijambo ry’Imana dusanga muri Yesaya 43:1-3 haragira hati “Ariko noneho Uwiteka wakuremye wowe Yakobo, kandi akakubumba wowe Isirayeli, aravuga ati “Witinya kuko nagucunguye, naguhamagaye mu izina ryawe uri uwanjye. Nunyura mu mazi nzaba ndi kumwe nawe, nuca no mu (...) -
Dominic Nick arifuza ko ibitaramo by’abahanzi baririmbira Imana byajya byishyuzwa
9 November 2012, by UbwanditsiNyuma y’urugendo umuhanzi w’indirimbo ziramya n’izihimbaza Imana Dominic Nick yagiriye muri Tanzaniya na Kenya aratangaza ko mu Rwanda hakwiye impinduka, abantu bakamenya ko bazajya bishyura mu bitaramo by’abahanzi baririmbira Imana (Gospel) aho kuba ubuntu nk’uko bisanzwe.
Mu kiganiro yagiranye na IGIHE, Dominic Nick yadutangarije ko mu rugendo rwe rwari rugamije gushaka uko yakorana n’abahanzi bo mu bihugu bya Kenya na Tanzaniya, ariko aniga uburyo yarushaho kuzamura umwuga we.
Yagize ati ”mu (...) -
Jehovahjireh Choir cep-ulk Evening mu gitaramo gikomeye cy’ivugabutumwa bwiza hamwe na Korali Kamashashi izwi mu ndirimbo Akamanyu k’umutsima kuruyu wa 16/06/2013 i Kanombe-Kamashashi.
13 June 2013, by UbwanditsiNyumayo kumara igihe batagaragara kuri terrain cyane, kubera igikorwa barimo cyo gutunganya album yaboya 2 aho bageze ubu ngubu mu gice cy’amashusho, ubu neneho Jehovahjireh choir CEP- ULK Evening isanzwe ikorera umurimo w’Imana muri Kaminuza yigenga ya Kigali ULK, kuri iki cyumweru cyo kuwa 16/06/2013 iraba iri mu gitaramo gikomeye cy’indirimbo z’Imana ndetse n’ijambo ry’Imana risize amavuta, aho yiteguye guhura n’abakunzi bayo batandukanye cyane cyane abo mu mujyi wa Kigali ku mudugudu wa ADEPR (...)
-
Mbese koko ndi umugore w’imico myiza? (Igice cya 9)
3 February 2014, by Simeon Ngezahayo“Ntatinyisha abo mu rugo igihe cy’imbeho, kuko abo mu rugo bose bambaye ibikomeye by’imihemba. Yibohera ibirago by’ibisuna, imyambaro ye ni imyenda y’ibitare byiza n’imihengeri” Imigani 31:21-22.
Byashoboka yuko uri kimwe nanjye. Jyewe meze ho hato nk’inkoko iri mu magi! Kurinda umuryango wanjye n’abanjye ni kimwe mu bintu nshyira imbere.
Kurinda abanjye ni kimwe mu bigize ubuzima bwanjye, nkirinda yuko hari icyo bakena, nkakora ku buryo bahora banezerewe. Sinshobora kunezerwa mu gihe nzi yuko (...) -
Kwibeshya gukomeye kw’abatararushinga
17 January 2016, by Pastor Desire Habyarimana«Muri iyi minsi ndifuza kuvuga ku byo mbona bimbabaza cyane», ibi byavuzwe na Carlo Brugnoli, Umuvugabutuwa w’Umusuwisi.
Birababaje kubivuga ariko abakiristu benshi batarubaka ingo batekereza ko baba babayeho nabi kubera kutubaka. Ubugaragu bufatwa nk índwara bakwiriye kwikiza badatinze.
Gukundana no kubana bifatwa nk ’umuti wakiza ibibazo byabo kandi ugatanga umunezero.
Ni ukuri gukunda bizana amarangamutima akabije ashobora gufatwa nk’umunezero, ariko amarangamutima araza akongera (...) -
“Aho kujya mu ijuru ry’Aba Homosexuels, nahitamo kurimbuka,” Archbishop Desmond Tutu
6 August 2013, by Simeon NgezahayoMu cyumweru gishize, Archbishop Desmond Tutu uri mu kirihuko cy’iza bukuru yatangarije abanyamakuru muri Afurika y’Epfo ko “atazasenga Imana y’Aba Homosexuels.”
Amakuru dukesha ikinyamakuru The Christian Post aravuga ko mu cyumweru gishize archbishop Desmond Tutu yatangarije abanyamakuru bahagarariye abandi ko “atazasenga Imana y’Aba Homosexuels.” Aya magambo yayavuze nyuma y’aho umuryango w’abibumbye utangirije ibiganiro bivuga ko abakobwa n’abagore bahuza ibitsina (lesbians), abagabo bahuza (...) -
Igiterane cy’urubyiruko cyaberaga kuri ADEPR – Rwimbogo cyarangiye
12 August 2013, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa 11 Kanama 2013, kuri ADERPR Nyarugunga, Umudugudu wa Rwimbogo haberaga igiterane gifite intego igira iti “Hunga irari rya gisore” (2 Timoteyo 2:22).
N’ubwo iki giterane cyateguwe n’urubyiruko, abantu b’ingeri zose bari babukereye baje kumva ijambo ry’Imana hamwe n’umuvugabutumwa ukunzwe cyane muri iki gihe Ev. Etienne Rusingizandekwe wabaganirije ijambo ry’Imana bose bateze amatwi, bafite umutuzo mwinshi.
Ev. Etienne R. (Hagati)
Mu magambo ye, yagize ati “Irari ni umushyitsi usura (...)
0 | ... | 220 | 230 | 240 | 250 | 260 | 270 | 280 | 290 | 300 | ... | 1850