"Abantu bareba ubwiza bugaragara, ariko Uwiteka we areba mu mutima" 1 Samweli 16:7
Se wa Dawidi ntiyatekerezaga ko umuhungu we akwiriye kuzaba umwami w’Abisirayeli. Ni cyo cyatumye ubwo Samweli yazaga gushaka uzazungura Sawuli, Yesayi yamuzaniye Eliyabu umuhungu we w’imfura wari n’umukuru mu ngabo z’Abisirayeli.
Saba Imana iguhe icyerekezo cyawe bwite kandi izabikora.
Samweli atunguwe n’uburanga bwa Eliyabu ni ko kuvuga ati: “Ni ukuri uwo Uwiteka yimikisha amavuta nguyu imbere ye.” Ariko (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Jya ubanza ubaze Imana – Bob Gass
7 July 2016, by Simeon Ngezahayo -
Ikibazo cy’ubupfumu gikomeje ra umutima uhagaze benshi mu bakozi b’Imana muri Afurika - Melissa Steffan
8 July 2013, by Simeon Ngezahayo, UbwanditsiAbapasiteri mpuzamahanga bagera kuri 50 bari kumwe n’abanyeshuri (benshi bakomoka mu bihugu 7 by’Afurika) bahuriye i Nairobi muri Kenya mu kwezi gushize ngo baganire kuri iki kibazo gikomeje gufata indi ntera.
Inkuru dukesha ikigo ‘Carl F. Henry Center for Theological Understanding’ gikorera mu ishuri ‘Trinity Evangelical Divinity School’ (TEDS) cyateye inkunga iyi nama aravuga ko "Iyi nama igaragaza intambwe ya mbere ngari n’umuhati w’abanyetorero ku rwego mpuzamahanga (hatabogamiwe ku idini) mu (...) -
Ujye ubikira ijambo ry’Imana mu mutima wawe bizakurinda kuyicumuraho!
8 October 2015, by Innocent Kubwimana‘’Nabikiye ijambo ryawe mu mutima wanjye, kugira ngo ntagucumuramo.’’ Zaburi 119:11
Abantu benshi mu minsi ya none ubona bafite inyota y’ijambo ry’Imana kandi ukabona bashishikajwe no kurishakisha.
Akenshi usanga igihangayikishije ari uko imikirizwe ya bamwe idakwiriye, ugasanga umuntu wari ukwiye kuba ikitegererezo niwe uri gukora ibidakorwa.
Hari ubwo umuntu ku giti cye agerageza uko ashoboye kugira ngo adacumura ku Mana ariko akisanga yacumuye akaba nka wa muririmbyi wavuze ngo agerageza (...) -
Nyuma y’igihe kinini basengana kuri face book bataziranye bashyize barahura
31 July 2012, by UbwanditsiMu gihe bimenyerewe ko abantu benshi bahurira kurubuga rwa facebook bakaganira (chat) abandi nabo bagahererekanya amafoto n’ubundi butumwa ,aba bo basanze icyababera cyiza ari uguhuzwa nayo basenga ndetse bakanasangira ijambo ry’Imana ngo kuri bo bakaba banateganya kuzakora ibindi bitandukanye bishingiye ku ijambo ry’Imana.
Ntaba ndi rero ni itsinda ryitwa HOH (Heaven is Our Home) ugenekereje mu Kinyarwanda bitwa iwacu ni mu ijuru,bakaba barahuye ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu taliki (...) -
Tanzania : 126 mu maboko ya Polisi bakurikiranweho gutwika Insengero za Gikirisitu
16 October 2012, by UbwanditsiPolisi yo mu gihugu cya Tanzaniya yataye muri yombi abantu 126 bakekwaho kugira uruhare mu bitero byibasiye insengero za Gikirisitu zo mu mujyi wa Dar Es Salaam mu Cyumweru gishize, nyuma y’aho umwana w’umuhungu w’umukirisitu yihagaritse ku gitabo Gitagatifu cya Quran.
Inkuru dukesha BBC ivuga ko uyu mwana w’umuhungu yihagaritse kuri Quran ashaka guhinyuza inshuti yari imubwiye ko anyariye Quran yahinduka inzoka.
Nyuma y’icyo gikorwa, Abayisilamu byababaje batangiye gusenya ndetse banatwika (...) -
Urubyiruko rwa Zion Temple mu Gatenga rwateguye igiterane bise “Imbarutso y’impinduka”
17 October 2013, by UbwanditsiNk’uko twabitangarijwe na Evangeliste Rwubusisi Jerome ushinzwe guhuza ibikorwa byurubyiruko mu muryango muri Zion Temple Celebration Center, urubyiruko rwa Zion Temple C.C Gatenga rwateguye igiterane cyumunsi umwe gifite intego ivuga ngo Imbarutso yimpinduka mu magambo yicyongereza ‘The catalyst for change’ biboneka mu gitabo cya Bibiriya muri Abacamanza 5:7-8.
Iki giterane cyumunsi umwe cyikazaba kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19/10/2013, ku rusengero rwa Zion Temple mu Gatenga, aho (...) -
Isi ibimenye! - Kenneth et Gloria Copeland
10 July 2013, by Isabelle GahongayireMwaba mwifuza kugera kure mu ivugabutumwa? Mutangire musengere ubumwe bw’itorero. Mwiyemeze gukunda bene Data muri Kristo aho kubanegura, mubitotombera cyangwa mubavuga nabi.
Sinsabira aba bonyine, ahubwo ndasabira n’abazanyizezwa n’ijambo ryabo, ngo bose babe umwe nk’uko uri muri jye, Data, nanjye nkaba muri wowe ngo nabo babe umwe muri twe, ngo ab’isi bizere ko ari wowe wantumye… Yohani17 : 20-23
Uko imyaka yagiye igenda, itorero ryagiye rishyiraho ingamba z’uburyo zigeza ubutumwa bwiza ku (...) -
Umuntu w’Imana ntapfa kuvuga ibyo yiboneye byose!
14 June 2016, by Alice Rugerindinda“ Ijambo ryose riteye isoni ntirigaturuke mu kanwa kanyu, ahubwo uko mubonye uburyo mujye muvuga iryiza ryose ryo gukomeza abandi, kugirango riheshe abaryumvise umugisha.” Abefeso 4:29 “Don’t use foul or abusive language. Let everything you say be good and helpful so that your words will be an encouragement to those who hear them” Ephesians 4:29
“Ntimukavuge amagambo ateye isoni cyangwa amateshwa, cyangwa amahomvu ahubwo mujye muvuga ibishimisha Imana” Abefeso 5:4 “Obscene stories, foolish talk (...) -
Korali Abatoranijwe-Murambi (ADEPR Gatenga) irakataje mu bikorwa by’ivugabutumwa!
6 August 2012, by UbwanditsiMu gihe hari hashize iminsi mike Korali Abatoranijwe ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR paruwasi ya Gatenga ikoze igitera cy’ivugabutumwa, iki giterane cyagaragayemo abahanzi batandukanye bahimaza Imana cyashimishije benshi n’ubundi iyi korali ikomeje ibikorwa by’ivugabutumwa bitandukanye aho mu mpera z’icyumweru gishize yitabiriye igiterane cy’ivugabutumwa mu rurembo rwa Gitarama, Paruwasi ya Bulinga aho yari yatumiwe. Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu w’icyumweru gishize nibwo Korali (...)
-
Kunshuro ya mbere itorero New Jerusalem Church ryabateguriye igiterane cy’ Ubuhanuzi
19 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKunshuro ya mbere itorero New Jerusalem Church riyobowe n’Umushumba Prophetic Bishop Rubanda Jacques, ryabateguriye igiterane cy’Ivugabutumwa ndetse n’ijambo ry’ubuhanuzi cyiswe “Prophetic Word Conference”. Bizaba ari umwanya mwiza wo gusangira ijambo ry’Imana no gufatanya kuramya Imana n’abaririmbyi batandukanye.
Twegereye abarimo gutegura igiterane tubabaza icyo bateganya kungukira muri iki gitererane maze batubwira ko isanganyamatsiko igaragara muri zaburi 25:14.
Ibihishwe by’Uwiteka (...)
0 | ... | 180 | 190 | 200 | 210 | 220 | 230 | 240 | 250 | 260 | ... | 1850