“Kandi rero iby’indogobe byo zimaze iminsi itatu zizimiye ntibiguhagarike umutima, zarabonetse” 1 Samweli 9:20.
Umusore witwaga Sawuli yabuze indogobe ze. Byamuhagaritse umutima kuko umuryango we utuje, kandi yitaga kuri izo ndogobe by’umwihariko. Amaze kwiheba yatangiye kuzishakisha, amaze guhebura yanga gukurayo amaso atabanje kugisha inama umuhanuzi Samweli.
Ntiwihebe, Imana yanjye ni yo ifite amateka yawe mu kiganza cyayo.
Hari hashize amasaha 24 Imana ibwiye Samweli ko Sawuli ari buze (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Imana igufiteho umugambi - Patrice Martorano
2 May 2013, by Simeon Ngezahayo -
Kwizera cyangwa imirimo? - Joyce Meyer
13 May 2013, by Simeon NgezahayoTwakijijwe n’ubuntu… ku bwo kwizera. Mbega impano y’igitangaza! Ikibabaje ni uko Abakristo benshi bita ku mpuguro Pawulo yahaye Abagalatiya ubwo yabagayaga ati: "Muri abapfapfa mutyo? Mwatangije iby’umwuka none mubiherukije iby’umubiri?" (Abagalatiya 3.3)
Umwizera aruhukira mu buntu bw’Imana, akemera kuyoborwa n’Umwuka Wera. Ni ikibazo gisaba kugitekerezaho. Tubigeraho dute? Ku bwanjye, twabimenya tutabimenya, kwizera ni ko kutugeza ku Mana, maze tugakomeresha uwo mubano inzira twihitiyemo. (...) -
Korali Sinai yateguye igitaramo gikomeye ku cyumweru tariki 19/08/2012
9 August 2012, by Patrick KanyamibwaMuri launching ya Korali Sinai hatumiwemo Chorale Salemu ni Chorale ifite ivugabutumwa rifite imbaraga muri ino minsi ,doreko ifite ibyuma (instrument) yifashisha mu ivugabutumwa bifite agaciro gakabakaba muri million makumyabiri (20.000.000frw).Umuvugabutumwa ni HABIMANA Berenard umukozi w’Imana usizwe amavuta, agashya mudushya tuzaboneka uwo munsi nuko equipe yabacuranzi hazaba harimo umukunzi wacu mujya mwumva mukiganiro cya gospel kitwa gospel timeshow cyo kuri radio isango star uwo ni (...)
-
Ameshindwa Shetani. Rose Muhando
24 June 2013, by UbwanditsiNi indirimbo nshya y’umuhanzikazi w’icyamamare mu indirimbo zihimbaz’Imana Rose Muhando ubarizwa mu igihugu cya Tanzaniya mu umujyi wa Dar-salaam ,igiye gusohoka vuba! Iyi ndirimbo irimo gutunganyirizwa muri Studio y’uyu muhanzikazi mu gihe gito ikazaba irihanze.
Rose Muhando akaba afitanye amasezerano n’umuvugabutumwa bwiza Dana Morey ubarizwa muri leta zunze ubumwe z’Amerika yo kumuherekeza akamufasha mu ivugabutumwa mu igihe cyose aje gukorera umurimo w’Imana muri ibi bihugu by’ibiyaga bigare (...) -
Ntukwiriye kurebera umuntu mu bibazo arimwo ejo hiwe hazwi n’Imana
18 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaYakobo yitegereje Yosefu yamubonamwo umwana mwiza
Benewabo bitegereje Yosefu bamubonamwo karosi w’imburakimazi
Ingenzi zitegereje Yosefu zamubonamwo umugurano
Potifari yitegereje Yosefu yamubonamwo umukozi mwiza
Muka Potifari yitegereje Yosefu amubonamwo uwo bashobora gukorana ivyaha
Abarongoye ibohero bitegereje Yosefu bamubonamwo umufungwa
Mbega ukuntu abo bose bihenda kuri Yosefu!
Imana yitegereje Yosefu yamubonamwo umushikiranganji wambere wa Egiputa muri kazoza
Ntugacibwe (...) -
Umubyeyi wa Gitwaza Paul yitabye Imana
7 June 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa Gatatu tariki ya 06 Kamena 2012, nibwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rw’umubyeyi wa Apotre Gitwaza Paul, witwa Reverand Pasteur Kajabika André witabye Imana azize indwara, mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali(CHUK).
Nk’uko twabitangarijwe n’umuvugabutumwa ukuriye Moriah Entertainment Eric Mugisha, uyu musaza Kajabika yavukiye muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo mu mwaka wa 1915, aho yatangiriye gukorera Imana afite imyaka 12, kuko yanakoranye n’abamisiyoneri babwirije ubutumwa (...) -
Iyo mbimenya hakiri kare nari kuvuga oya!!
12 May 2016, by Ernest RutagungiraIri jambo iyo mbimenya ni ijambo rikunze kuza iyo umuntu yicuza ikintu yakoze mu minsi yashize hanyuma kikaza kumugiraho ingaruka mbi, nibwo rero yatura n’amaganya menshi ngo iyo mbimenya!!
N’ubwo twabivuze muri rusange iri jambo rikunze gusa nkaho rigaruka kenshi mu rubyiruko aho rikoreshwa nyuma yo kurya iraha ry’akanya gato, kurya ubuzima, kwinezeza, gushimishanya, cyangwa na none kutababaza inshuti yawe ( Bitewe n’uko washaka kubyita !! byarangira hagakurikiraho kwicuza, umujinya, (...) -
IKizamini cyo gucya bugufi!
23 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaEliya yaranesheje. Yanesheje ikizami cy’ubuzima. Ni umuhanuzi wanesheje bikomeye ku musozi Carmel. Umuriro waramanutse ,yaratsindishirijwe kandi yubahwa n’Imana. Abantu benshi bemeraga Eliya, ndetse n’abahanuzi bamwe ba Baal bishwe nabo.
Muri ubwo butsinzi butangaje yagumye mu mwanya we imbere y’Imana.. Yagumye mu kuri ndetse akomeza no guca bugufi. Ava muri uko kunesha yinjira mu kundi kwabereye mu mpinga y’umusozi aho yasenze Imana ikagusha imvura mu bihugu byari biguye umwuma. Yahagaze neza (...) -
Ijuru ryashizeho umuvugizi! Dr Fidèle MASENGO
3 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIJURU RYASHYIZEHO UMUVUGIZI! Abaheburayo 1:1-2 - Kera Imana yavuganiye na ba sogokuruza mu kanwa k’abahanuzi mu bihe byinshi no mu buryo bwinshi, naho muri iyi minsi y’imperuka yavuganiye natwe mu kanwa k’Umwana wayo, uwo yashyiriyeho kuba umuragwa wa byose ari we yaremesheje isi.
Nta muntu umenya ukuri ku bivugwa ku mikorere ya Polisi atabajije UMUVUGIZI w’igipolisi...ni nako bimeze ku ngabo, ku Itorero, kuri Leta,...Ijuru naryo rigira umuvugizi!
Kera iyo Imana yashakaga kuvugana (...) -
Tumenye cyaha cy’ubusambanyi n’uko twacyirinda Pastor Desire
19 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNk’uko twabibonye ubusambanyi ni icyago cyugarije isi gusa n’itorero muri rusange rikaba ryugarijwe n’iki cyago kimaze gufatwa nka kanseri.
Inkomoko y’ubusambanyi:
1. Ubusambanyi buri muri kamere y’umuntu, Abagalatiya 5:19-21 haravuga ngo: Dore imirimo ya kamere iragaragara ni iyi: gusambana no gukora ibiteye isoni n’iby’isoni nke, no gusenga ibishushanyo, no kuroga no kwangana no gutongana, n’ishyari n’umujinya n’amahane, no kwitandukanya no kwirema ibice, no kugomanwa no gusinda, n’ibiganiro bibi (...)
0 | ... | 180 | 190 | 200 | 210 | 220 | 230 | 240 | 250 | 260 | ... | 1850