Umwe muri benshi ADEPR imaze kubakira, yashyikirijwe inzu ye ku mugaragaro nyuma y’imyaka 20 atagira inzu ye, anahabwa umuganda n’abakozi ba ADEPR. Nakure Anastasie w’imyaka 74, yatangaje ko aho yakomangaga hose ngo bamufashe kubaka, bamutereranaga bikamushegesha nk’uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.
Uyu mukecuru wari warabuze urwego rwamutabara ngo rumukemurire ikibazo mu myaka 20 ishize atagira inzu ye, yaje kwegera ADEPR, ayigezaho ikibazo amaranye igihe kiremereye umutima we, (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
ADEPR yubakiye umukecuru w’imyaka 74 utagiraga aho yikinga kuva Jeniside yarangira
13 April 2014, by Kwizera Emmanuel -
Mbese ihinduka ry’ikirere ni ibimenyetso by’ibihe, cyangwa ni ingaruka z’imirimo ikorerwa ku isi? - Melissa Steffan
4 June 2013, by Simeon NgezahayoKu bapasiteri 10 b’Abaporotesitanti (Protestants) bakoreweho ubushakashatsi muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, 4 ni bo bemeye ko “ihinduka ry’ikirere ribaho kandi ko umuntu ari we urigiramo uruhare.” Ubu bushakashatsi bwakozwe mu mwaka w’2010. Muri uwo mwaka, abapasiteri bo muri Amerika bavuze ko bemera ko ihinduka ry’ikirere rituruka ku bikorerwa ku isi bakomeje kuba bake, kuko 34% ari bo gusa babyemeraga.
Ubushakashatsi bwakozwe n’urubuga Lifeway.com bwagaragaje ko abapasiteri bakiri bato ari bo (...) -
Imana iracyavuga! Dr Fidèle MASENGO
2 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIMANA IRACYAVUGA!
Yobu 33:14 - Imana ivuga rimwe, Ndetse kabiri nubwo umuntu atabyitaho.
Incuro ninshi mu Gitabo cy ’ Ibyahishuwe haravuga ngo: "Ufite ugutwi niyumve ibyo Umwuka abwira amatorero."
Nibajije cyane impamvu iryo jambo rigarukwaho kenshi muri Bibiliya ntekereza ko ahari Imana izi ko bigora cyane abantu kumva. Abantu benshi bahutiraho kuvuga ariko kubona umuntu ukumva muri ino minsi biragoye. Abantu bumva Imana ni bake. Abanyatorero bafite ikibazo gikomeye cyo kumva Imana (...) -
Yageragejwe n’inzozi yarose, (igice 2) Evangeliste Kiyange Adda- Darlene
9 September 2013, by Kiyange Adda-DarleneYosefu atashye, bamusangisha mu nzu ya maturo bazanye, bamwikubita imbere bubamye. ( Itangiriro 43 :26)
Uko yakabirose nyuma yo kwihangana adasakuza, ategereje Imana, inzozi zirasohora kubera Imana. Mu byo yageragerejwemo byose, ntiyigeze acumura ku Mana.
Yari atashye, yinjiye mu nzu, asanga niwo munsi Imana yashimye kumwereka icyo yari yaramubwiye mu nzozi. Bene se inzara yarabishe baza kumusaba ibiryo. Ntabwo bari bazi ko ari Yosefu mwene se, ashwi. Bazana amaturo, bamwikubita imbere (...) -
Chorale Evangelique Cyarwa yakoresheje concert i Tumba
14 August 2012, by MUHAYIMANA VincentKuri iki cyumweru tariki ya 12/08/2012 nyuma ya saa sita,mu karere ka Huye Umurenge wa Tumba akagali ka Gitwa hazwi cyane nko kuri antene,habereye igitaramo cy’indirimbo zihimbaza Imana,ndetse n’ijambo ryayo.
Icyo gitaramo cyateguwe na CHORALE EVANGELIQUE ibarizwa mu itorero rya ADEPR CYARWA mukarere ka HUYE cyitabiriwe n’abandi baririmbyi aribo chorale EBENEZER, na chorale ABITANZE zombi zo muri iryo torero.
Icyo gitaramo cyaranzwe n’indirimbo zanejeje cyane abari bacyitabiriye,mu ijambo (...) -
Batemberejwe i kuzimu– 7 bo mu rubyiruko rwa Colombiya (igice cya 6)
3 April 2014, by Kiyange Adda-DarleneTwakomeje urugendo rwacu, twegera ikindi kirimi cy’umuriro noneho mbwira Umwami nti « Mwami ndakwinginze nta bindi nshaka kureba ndagusabye ungirire imbabazi ! ngirira imbabazi ! sinshaka kubireba.» Noneho mfunga amaso ariko yaba afunze cyangwa afunguye nakomezaga kureba. Uko cya kirimi cyumuriro cyagendaga kigabanuka nabashije kubonamo umugore.
Yari yuzuyeho ibyondo kandi ibyondo byuzuyemo inyo. Ku mutwe yari asigaranye agasatsi gake, kandi umubiri we wari warakomantaye kubera icyo cyondo (...) -
Impamvu kureba pornography bigayisha ubutumwa bwiza (Igice cya 2) – Tim Challies
28 June 2016, by Simeon NgezahayoIyo ureba pornography, uba ureba iyangizwa ry’ibyo Imana iha agaciro kuruta ibindi byose yaremye.
Pornography ni iyangizwa ry’umuntu, kuko ubusambanyi budakorerwa mu mubiri gusa ahubwo bukorerwa no mu mutima. Iyo uyireba ntuba ureba gusa nk’uko ubitekereza, ahubwo biba byagutwaye umutima. Si ibyo gusa kandi, ahubwo biba birimo kukwangiza mu bwonko. Imana iravuga ngo “Muha agaciro kurusha ibindi biremwa byose, kuko namuremye mu ishusho yanjye!” Wowe rero urarebera kandi arimo gukorerwa ibiteye (...) -
UMUVUGO: NIMUNDEKE MVUGE IMANA UMUSIZI:JYAMUBANDI DEO
7 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNIMUNDEKE MVUGE IMANA
MPANITSE INGANZO NGAMIJE INGINGO MVUGA UMUGENGA UGABA UBUGINGO ARIWE YESU UMUKIZA WACU IYO YAGUSANZE ASIGA AGUSIZE MWUKA WERA AKUBAMO ITEKA 6.MAZE UMUTWARO AKAWUGUTURA
NDAVUGA YESU UMUKIZA WACU NI WE MUBANA MU BIHE BYOSE HABE MU BYIZA CYANGWA IBYAGO SI NK’AB ATUYE ISI MBONA NKUMA BO BAGUKUNDA URI UMUTUNZI 12.WABA UMWORO BAKAGUHEZA
NYAMARA YESU WE SI KO AGENZA AHUBWO AKWAMBIKA IY’URUGAMBA NGO UZABE INTWALI MU GIHE CYABYO IMINSI IHAANDA IKAGUHONYORA ARIKO YESU AFITE (...) -
Uburyo 7 wafasha umwana guhangana n’ubwoba - Ron Edmondson
8 May 2013, by Simeon NgezahayoNta gushidikanya, ibyabaye muri Connecticut byaduteye ubwoba twese. Tekereza ubwoba mu mutima w’umwana utazi ikibi n’icyiza! Mbese umubyeyi w’umwana cyangwa umwarimu we bamufasha bate?
Dore ibitekerezo 7 byabigufashamo:
1. Wikeka.
Wikeka ngo ni uko umwana wawe atarasa ku ntego ngo akubwire ibyamubayeho, ngo wumve ko atabizi cyangwa atabyitayeho. Ubwoba burasanzwe, cyane ku mwana. Wite ku myitwarire idasanzwe iboneka ku mwana wawe, nahinduka cyangwa se akarakara cyane ubimenye. Umenye ko (...) -
Igitangaza - Tyler
4 June 2013, by Simeon NgezahayoNabayeho ndi umunywi, gahunda napangaga yose iyo kunywa ntiyagombaga kuburamo. Igihe kimwe muri wa mwuga wanjye wo kunywa naje kubona ntazabasha gutegeka uwo muco nafashe, kuko nagombaga kunywa kabone n’ubwo nabaga ntabishaka. Namaze imyaka myinshi ngerageza guhindura uwo muco wo kunywa, ariko birananira ahubwo nkajya mpora nasinze. Ibintu byose byarananiye, mba umukene ndetse ndiheba.
Nasenze Imana incuro nyinshi nyisaba kumfasha, ariko sinagira impinduka mbona. Urumva, numvaga nshaka (...)
0 | ... | 210 | 220 | 230 | 240 | 250 | 260 | 270 | 280 | 290 | ... | 1850