Kuri uyu wa gatanu tariki 25 Gicurasi 2012, urukiko rw’ibanze mu gihugu cya Misiri rwakatiye igihano cya burundu abakristo 12 bo muri icyo gihugu, naho abayisiramu 8 bo bagirwa abere. Aba bakristo bakatiwe nyuma yo kubahamya kugira uruhari mu myigaragambyo iheruka kuba mu misiri umwaka ushize 2011 yahitanye abantu babiri, naho abayisilamu 8 bo baregwaga muri urwo rubanza bagizwe abere.
Ibi bibaye nyuma yaho abakristo bo mu gihugu cya Misiri bari biteguye agahenge kazaturuka mu matora ya (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Abakristo mu gihugu cya Misiri bakomeje kurengana!
26 May 2012, by Innocent Kubwimana -
Nyakabanda: Mu giterane cyateguwe n’urubyiruko abasaga 50 bakiriye Kristo!
22 March 2013, by Ernest RutagungiraKu bufatanye n’itorero ryabo, mu mpera z’iki cyumweru dusoje kuri ADEPR Nyakabanda ho muri Paroisse ya Kicukiro, urubyiruko ruhasengera rwateguye igiterane cyari gifite intego igira iti “Nkwiriye gukora umurimo w’uwantumye hakiri ku manywa” kikaba cyarasojwe abasaga 50 bakiriye Kristo.
Iki giterane cyatangiye guhera gatandatu tariki 16 gisozwa ku cyumweru tariki ya 17 Werurwe 2013. Cyitabiriwe n’abantu b’ingeri nyinshi, harimo abayobozi ku rwego rwa ADEPR nka Pasteur RUYENZI uyoboye itorero ADEPR (...) -
Shekinah Worship TeamRubavu iramurika album yayo ya mbere kuri uyu wa 29/12/2013 mu gitaramo bise “Tawala”
18 December 2013, by Simeon NgezahayoMu gitaramo gikomeye kizaba ku Cyumweru tariki ya 29/12/2013, kuva saa kumi n’imwe n’igice kugeza saa mbiri z’umugoroba z’ijoro, Shekinah Worship Team yo mu itorero Evangelical Restoration Rubavu mu mujyi wa Gisenyi izamurika alubumu yayo ya mbere mu gitaramo bise “Tawala”.
Nk’uko twabitangarijwe na Delphin Kalisa, umwe mu bari gutegura icyo giterano cyo kuramya no guhimbaza Imana akaba n’umuyobozi wa Shekinah, yadutangarije ko nyuma y’imyaka igera ku icumi bakorera Imana, uyu mwaka ni bwo bagiye (...) -
Waruziko : Umwongereza ukina Firime ya Yesu atuma benshi bakomeje kumwibeshyaho ko ari umucunguzi wagarutse ku isi..
30 October 2013, by UbwanditsiUmugabo witwa Brian Deacon ukomoka mu gihugu cy’u Bwongereza yavutse afite ishusho ya Yesu Kristo neza. Uyu mugabo akaba yarahawe akazi ko gukina Firime ya Yesu ndetse benshi bamubonye bakibwira ko yaba ari Yesu w’i Nazareti wagarutse ku isi.
Nyamara inkuru ibabaje ni uko Brian Deacon yatangaje ko atemera Yesu mu gihe miliyoni zirenga 117 z’ abantu bamufata ko ariwe Yesu Umwami n’ umucunguzi wabo bitewe na filime ya Yesu yakinnye ari Yesu. Mu buzima busanzwe uyu mugabo yavukiye mu gihugu cy’ (...) -
Imigisha 7 ya Yubili nibe mu buzima bwawe. Pastor Benny Hinn
6 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIgihe abana b’Israheli batakiraga Uwiteka, ntago yabakuye mu buretwa bwa Egiputa gusa ahubwo yanashyizeho uburyo buhamye bwo kujya ikomeza kubakiza buri myaka mirongo itanu bigakorwa bamamaza Yubili aho bari
Buri Yubili, igisekuru cyose cyabaga kiriho cyarabohokaga kandi uko kubohoka kwagendanaga n’amasezerano arindwi atangaje ashobora no kugirira umumaro ukomeye abakristo ba none;
1.Kubohoka (Abalewi 25.10)
Uburetwa ni umukoresha mubi. Si ubw’Imana. Uyu munsi abantu benshi baboshywe (...) -
Kubaho udaseka si ko kuba mu mwuka - Jeremy Sourdril
19 May 2013, by Isabelle Gahongayire"Habayeho igihe mu buzima bwanjye bwa Gikristo, mbaho nta byishimo ngira kubera ubutamenya. Narasengaga, nkitanga, nkaterana uko nshoboye, nkanga icyaha n’igisa na cyo kandi sinezezwe no kuba hamwe n’abantu baganira baseka, baba Abakristo cyangwa se abapagani."
Hari abantu nabonye bameze nk’uko nari meze uko. Imana iduhamagarira gukunda no kwegera abantu, ariko iyo tumeze dutyo twishyira ku ruhande, rimwe na rimwe tugaca imanza. Iyo bene Data bari kumwe basangira bishimye, ba bantu ntabwo bo (...) -
Musanze : Abantu 70 bakiriye Kristo mu giterane cy’ivugabutumwa cyakozwe na Chorale Betesida ya ADEPR Karama (Muganza)
28 January 2014, by Simeon NgezahayoNk’uko twabitangarije n’umuyobozi w’iyi Korale Bwana Gatete Theogene, mu mpera z’icyumweru gishize iyi Korale yakoze urugendo rw’ivugabutumwa mu majyarugu, kandi barashima Imana ko hari abantu benshi bakiriye ubutumwa bwiza bagahindukirira Kristo.
Bamwe mu baturage baje kwakira ubutumwa bwiza
Gatete yakomeje adutangariza ko bari bafite igikorwa cy’ivugabutumwa mu ndirimbo, ijambo ry’Imana ndetse na Film za Gospel i Musanze muri Paruwasi ya Nyarubande, ku mudugudu wa Giheta. Igikorwa bakoze ku wa (...) -
Ubukene (crise): ingaruka yo gukunda impiya?
19 November 2013, by Simeon Ngezahayo«Ngaho yemwe batunzi mwe, nimurizwe muborozwe n’ibyago mugiye kuzabona. Ubutunzi bwanyu buraboze, nimyenda yanyu iriwe n’inyenzi, izahabu n’ifeza zanyu ziriwe n’ingese,…» Yakobo 5:1-3.
«Kuko gukunda impiya ari umuzi w’ibibi byose, …» 1 Timoteyo 6:10.
«Mwitonde kandi mwirinde kwifuza kose, kuko ubugingo bw’umuntu butava mu bwinshi bw’ibintu bye» Luka 12:15.
Murakaza muri iyi si itegekwa n’ifaranga! Mu by’ukuri, nta cyo umuntu abasha gukora adafite amafaranga. Iyi si ya nyamwigendaho ishingiye mbere na (...) -
Wirira mu ijuru hasohotse itegeko rikurengera
17 November 2015, by Ernest RutagungiraAbakene n’abatindi bashaka amazi bakayabura ururimi rwabo rukagwa umwuma, njyeweho Uwiteka nzabasubiza, Jyeho Imana ya Isirayeli sinzabahana. Nzazibura imigezi mu mpinga z’imisozi n’amasoko mu bikombe hagati ubutayu nzabuhindura ibidendezi by’amazi, n’igihugu cyumye nzagihindura amasoko. ( Yesaya 41:17-18).
Mugihe isi yose ihangana n’ingaruka z’ihungabana ry’ubukungu, ibibazo ku basanzwe ari abakene n’abatindi bo byarushijeho kwiyongera, ngabo ubushomeri, kubura ibyo kurya, kwirukanwa mu (...) -
Yesu arabishoboye. Pasitori Bimenyimana Jean Claude
23 August 2015, by Pastor Desire HabyarimanaMatayo 14:14-21 Yomotse abona abantu benshi arabababarira, abakiriza abarwayi. 15.Umunsi ukuze, abigishwa be baramwegera bati “Aha ngaha ntihagira abantu none umunsi urakuze, sezerera abantu bajye mu birorero bihahire ibyokurya.” 16.Yesu arabasubiza ati “Ntakibajyanayo, mube ari mwe mubagaburira.” 17.Baramusubiza bati “Nta cyo dufite hano, keretse imitsima itanu n’ifi ebyiri.” 18.Arababwira ati “Nimubinzanire hano.” 19.Ategeka abantu ko bicara mu byatsi, yenda iyo mitsima itanu n’izo fi ebyiri, (...)
0 | ... | 240 | 250 | 260 | 270 | 280 | 290 | 300 | 310 | 320 | ... | 1850