Kuba muri Kristo Yesu nibyo bifite umumaro kurusha ibindi byose. Imbaraga zose umuntu yakoresha z’umubiri cyangwa se indi mirimo igaragara ntiyabashya kugutuza muri Kristo kuko ibi bibonerwa mu kwizera igitambo Yesu Kristo yatanze.
Bibiliya iravuga ngo ‘’ Umuntu wese iyo ari muri Kristo aba ari icyaremwe gishya, ibya kera biba bishize. Dore byose biba bihindutse bishya.’’ 2 Abakorinto 5:17 Kuba muri Kristo Yesu ni amahitamo, si imyizerere gusa cyangwa gukurikiza amahame y’idini, gukora ibyo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Niwemera kuba muri Kristo Yesu uzahinduka icyaremwe gishya
9 December 2015, by Innocent Kubwimana -
Ntimugatakaze icy’ingenzi!
15 September 2015, by Isabelle Gahongayire‘’Ujye ufatanya nanjye kwihanganira imibabaro, nk’uko bikwiriye umusirikare mwiza wa Kristo Yesu. Nta waba umusirikare kandi ngo yishyire muby’ubu bugingo, ngo abe akinejeje uwamwandikiye ubusirikare. Kandi iyo umuntu ashatse kurushanwa mu bikino ntahabwa ikamba, kiretse arushanijwe nkuko bitegetswe. 2 Timoteyo 2 :3-5.
Imyitwarire myiza, kwita ku murimo ukora, kuba maso, kwiyemeza. Nguko uko abasirikare beza bitwara. Kubera iki? N’uko basobanukiwe neza ko iyo bari ku rugamba, ubuzima bwabo (...) -
Kugira intumbero
3 May 2016, by Ubwanditsi1Abakorinto 9:2 “ Nuko nanjye ndiruka ariko si nk’utazi aho ajya, nkubitana ibipfunsi ariko si nk’uhusha.”
Yesu ashimwe, nejejwe no gusangira namwe ijambo ry’Imana rigira riti” Kugira Intumbero.”
Mbere y’uko twinjira muri iri jambo hari ibibazo twakwibaza: Mbese wazanywe n’iki mu rusengero? mu itorero runaka? Mbese intego yakuzanye urayikomeje? Mbese kuki unaniwe utaragera ku ntego?
Ndagira ngo tuganira kuri aya magambo wibuke umwete n’umuhati wagiraga wo gukizwa, kwirinda ndetse no gukiranuka (...) -
Ibyiringiro by’ejo hazaza – Victor Shepherd (Igice cya 1)
7 April 2014, by Simeon NgezahayoKu Bakristo, ibyiringiro ni ukumenya udashidikanya ko ejo hazaza ari heza, ukabigendana ku mutima uyu munsi. Icyo twiringiye uyu munsi ni uko Imana ari iyo kwizerwa. Kuba Imana ari iyo kwizerwa tubyerekwa n’ibintu bifatika (amasezerano yasohoje) yakoreye abantu bayo kandi itazahwema kubagirira kuko itazigera ibareka. Kimwe muri iyo mirimo, ni uko yakuye Abisirayeli mu buretwa barimo muri Egiputa kandi ikabakiza ku nyanja itukura. Icya kabiri, yahaye Yosuwa kuyobora ubwo bwoko akabwambutsa (...)
-
Igiterane cyaberaga California gisize gihinduye amateka y’abahatuye.
24 July 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa gatandatu taliki ya 21-22/07/2012 muri Leta ya Califonia habereye igiterane cyahuje abava mu ma leta atandukanye yo muri Amerika hamwe n’ uburayi,iki giterane kandi kikaba cyari kitabiriwe n’abigisha b’ijambo ry’ Imana batandukanye,aha twavuga nka Pastor Wesige, Bishop Lydia Kinuthia uturuku muri Kenya n’abandi benshi, kikaba cyari gifite intego igira iti “Guhindurirwa izina Yesaya 62” Ku bwa Pastor Live Wesige umunyarwanda uba muri Texas we yabwirije avuga ko Imana ivuze ko ishaka (...)
-
Umutinganyi w’icyamamare yakiriye Kristo nyuma y’aho arwariye akagera bugufi bwo gupfa
11 October 2013, by Simeon NgezahayoJoseph Sciambra utuye mu mujyi wa Napa, California aratanga ubuhamya bw’ukuntu yari yarararuwe na film z’ubusambanyi (porn) kuva mu bwana bwe, akaza no kuba ikimenyabose mu gukina izi film n’abo bahuje igitsina ubwo yari afite imyaka 20 gusa. Ibi abivuga neza mu bitabo cye yise ‘Swallowed by Satan’ (Uwamizwe na Satani).
Mu gitabo cye gishya, Joseph Sciambra avuga uburyo yararuwe no gukina pornography n’abo bahuje ibitsina afite imyaka 20 gusa, mbere y’uko arwara akagera bugufi bwo gupfa. Ubwo (...) -
Biragukwiye ko icyo ukoze cyose kigira uwo gitera guhimbaza Imana
22 July 2015, by Innocent KubwimanaBibiliya yuzuyemo amategeko n’amateka y’Imana, mbese ushaka kuyimenya ukayisoma waba wasenze ikakogerereza Umwuka wayo wera nawe akakuba hafi ngo agusobanurire n’ibindi byinshi yandikishije mu ijambo ryayo.
Ibi byose byanditse mu ijambo ry’Imana bikubiyemo ibyerekeranye n’umugenzi wese ugana mu ijuru, ibyo akeneye, uko agomba kwitwara, ibyo yemerewe, ibyo abujijwe, mbese amakuru yose akubiyemo. Iyo rero usomye Bibiliya usanga umuntu imbere y’Imana agomba kubaho ubuzima buhagararira Imana mu isi, (...) -
Nyuma yo gutaramira abiga muri King David Academy, Freddy Don ahugiye mu gutegura Album ye
21 February 2014, by Simeon NgezahayoKu bwo gukundwa n’abanyeshuri biga mu ishuri rya King David Academy ndetse no kuba iki kigo gishyigikira ibikorwa bya Gikristo dore ko n’ukiyoboye ari Umukristo muri Zion TempleGatenga, Umuhanzi Freddy Don kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 22 Gashyantare 2014 kuva saa munani z’umugoroba azataramira abo banyeshuri mu gitaramo yise “Nezerwa Praise Concert.”
Mu kiganiro twagiranye na Freddy Don, yadutangarije ko muri icyo gitaramo azaba ari hamwe n’abahanzi nka Bright Karyango, Esther Umwiza, Alfred (...) -
Kwizera nitukuvuge, tukwature, tugufate
22 April 2016, by Isabelle GahongayireBuri mukristo agomba kugira kwizera kandi akagukoresha! Kwizera niko kubimburira ibitangaza mu buzima bwacu.
Gukuza ukwizera nyako ukwizera n’iki ? Abaheburayo 11 : 20 Kwizera niko kwatumye Isaka ahesha Yakobo na Esawu imigisha y’ibizaba. Kwizera ni ukumenya rwose ibyiringirwa udashidikanya ko bitazaba. Tubyitegereje neza, kwizera kuragaragara nk’ikintu gifatika. Niba twarakuriye mu bantu batemera Imana bagakora ibidatunganye, tuzagira kwizera guke mu by’Imana. Ariko nubwo bimeze bityo, iyo (...) -
Jye nahitamo kugira Yesu!
4 May 2016, by Alice Rugerindinda“Mbese narekeshwa amavuta yanjye akoreshwa ibyo kubaha Imana n’abantu no kujya mpungabanira hirya no hino hejuru y’ibiti? Abacamanza 9:9
Iyi ni inkuru dusanga mu Abacamanza, isa n’umugani, kuko yitwa umugani w’umwami w’ibiti. Igihe kimwe ibiti byaricaye bishaka kwitoramo umwami, ariko bimwe mu biti birabyanga nuwo kuba umwami ari ikintu cy’igiciro cyinshi , kirimo inyungu nyinshi , kandi buri giti kikagenda gitanga impamvu yacyo:
Umwerayo: “Mbese narekeshwa amavuta yanjye akoreshwa ibyo kubaha (...)
0 | ... | 280 | 290 | 300 | 310 | 320 | 330 | 340 | 350 | 360 | ... | 1850