Bibiliya yasinyweho na Albert Einstein n’umufasha we mu mwaka w’1932 yagurishijwe $68,500 mu muri cyamunara ya Bonhams, NY mu cyumweru gishize.
USA Today iratangaza ko Bibiliya yashyizweho umukono n’inzobere mu bugenge Bwana Albert Einstein n’umufasha we mu w’1932 yagurishijwe $68,500 muri cyamunara yabereye i Bonhams muri Leta ya New York mu cyumweru gishize.
Uyu muhanga wanegukanye igihembo cyitiriwe Nobel, yashyize umukono kuri Bibiliya ahamya ko ari “isoko y’ubwenge n’ihumure, kandi ko (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Bibiliya yashyizweho umukono na Albert Einstein yagurishijwe $68,500 muri Cyamunara i New York
8 July 2013, by Simeon Ngezahayo -
Igiterane cyari gitegerejwe na benshi kuri ADEPR Kamashashi kuri iki cyumweru cyabaye.
16 June 2013, by UbwanditsiIgiterane cyari gitegerejwe na benshi ku mudugudu wa ADEPR Kamashashi kuri iki cyumweru cyo kuwa 16/06/2013 nibwo cyabaye kikaba cyitabiriwe n’abantu benshi cyane.Aha twavuga umushumba w’ Itorero ry’ akarere ka Nyarugenge, Umuyobozi wo muri ADEPR ushinzwe imali n’ubukungu,EV.Seremani ari nawe wagishize mu masaha ya mu gitondo na Pastor Iyakaremye guturuka ku Gisenyi ari nawe wigishize nyuma ya saa sita. Chorale Sinayi ya Kamashashi izwi cyane cyane mu ndirimbo akamanyu k’ umutsima ikaba ari (...)
-
Ibyiza Uwiteka adukorera twabimwitura iki? Pastor Musafiri Joel
8 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO : IBYIZA UWITEKA ADUKORERA TWABIMWITURA IKI ?
Zaburi 116:12 Ibyiza Uwiteka yangiriye byose, Ndabimwitura iki ?
Zaburi 103:2 Mutima wanjye himbaza Uwiteka, Ntiwibagirwe ibyiza yakugiriye byose.
1Samweli 26:13...Maze Dawidi afata hakurya yaho, ahagarara mu mpinga y’umusozi uhanye na bo intera ndende. Nuko Dawidi akomera abantu hamwe na Abuneri mwene Neri ati"Mbega Abuneri ko udakoma !" Abuneri aramusubiza ati"Uri nde yewe uhamagara umwami ?" Dawidi abwira Abuneri ati"Mbese nturi (...) -
Ukwiye kubaho wumvira Umwuka
2 November 2015, by Innocent Kubwimana’’Aransubiza ati ijambo ry’Uwiteka atumye kuri Zerubabeli ngiri ati si ku bw’amaboko kandi si kubw’imbaraga. Ahubwo ni kubw’Umwuka wanjye. Niko Uwiteka Nyiringabo avuga.(Zakariya 4:6)
Aya magambo Imana yavuze hejuru agaragaza neza ko muby’Umwuka atari mbaraga z’umubiri zibikoresha umuntu.
Ubaye waragize nk’amahirwe umunsi umwe ukamera nka Elisa agendera mu gicucu cya Eliya, cyangwa se nka Yosuwa agendera mu gicucu cya Mose, ushobora kugera aho utekereza wa muntu nkaho ariwe kitegererezo, aha (...) -
Uwiteka amanuwe no kurwanira abantu be!
28 March 2016, by Kiyange Adda-DarleneYesaya 31 : 4-5, Uwiteka arambwiye ngo : « Nkuko intare, intare y’igisore yivugira ku muhigo wayo, abashumba benshi bagahururira kurwana nayo ntikangwe n’amajwi yabo kandi nticogozwe n’urusaku rwabo, niko Uwiteka Nyiringabo azamanurwa no kurwanira ku musozi wa siyoni no ku gasozi kaho. Nkuko ibisiga bitamba, niko Uwiteka Nyiringabo azarinda i Yerusalemu, koko azaharinda aharengere, azanyura hejuru yaho ahakize. »
Ijambo ry’Imana ni iryacu n’abana bacu, niyo mpamvu turyishyiraho ntiribe iry’i (...) -
Ubuhamya: Kwakira Kristo n’ igishoro cy’ Ubuzima Pastor Munezero
20 July 2016, by Pastor Desire Habyarimana…Dufite icyo tubwira abanyarwanda n’isi yose. Imana yampaye buruse yo kwiga mu Bwongereza ntarize kuko igihe cyo kwiga amashuli yisumbuye nagikozemo ububoyi I Rukara na Gahini imyaka 6 ariko amashuli narimfite si makeya kuko ufashe imyaka 6 nize mu mashuli abanza ukongeraho indi myaka 6 y’ububoyi na yo yari amashuli.Imana ni umuhanga nabanje kwiga muri Uganda nongera niga I Nairobi muri Kenya imyaka 4 ubwo ni bwo narindangije amashuli yisumbuye mbona kujya kwiga mu Bwongereza.
Imana yaje (...) -
Iyagutanze niyo izagutabara
16 July 2015, by Ernest RutagungiraNdabasuhuje mu izina rya Yesu Kristo, amahoro y’Imana abe muri mwe, Uyu munsi Umwuka wera w’Imana yampaye kuganira namwe ijambo nahaye umutwe uvuga ngo “Iyagutanze niyo izagutabara”, njye wariteguy endi Ernest Rutagungira.
Turasoma Ijambo ry’Imana dusanga muri Yesaya 43:1-3 haragira hati “Ariko noneho Uwiteka wakuremye wowe Yakobo, kandi akakubumba wowe Isirayeli, aravuga ati “Witinya kuko nagucunguye, naguhamagaye mu izina ryawe uri uwanjye. Nunyura mu mazi nzaba ndi kumwe nawe, nuca no mu (...) -
Dominic Nick arifuza ko ibitaramo by’abahanzi baririmbira Imana byajya byishyuzwa
9 November 2012, by UbwanditsiNyuma y’urugendo umuhanzi w’indirimbo ziramya n’izihimbaza Imana Dominic Nick yagiriye muri Tanzaniya na Kenya aratangaza ko mu Rwanda hakwiye impinduka, abantu bakamenya ko bazajya bishyura mu bitaramo by’abahanzi baririmbira Imana (Gospel) aho kuba ubuntu nk’uko bisanzwe.
Mu kiganiro yagiranye na IGIHE, Dominic Nick yadutangarije ko mu rugendo rwe rwari rugamije gushaka uko yakorana n’abahanzi bo mu bihugu bya Kenya na Tanzaniya, ariko aniga uburyo yarushaho kuzamura umwuga we.
Yagize ati ”mu (...) -
Jehovahjireh Choir cep-ulk Evening mu gitaramo gikomeye cy’ivugabutumwa bwiza hamwe na Korali Kamashashi izwi mu ndirimbo Akamanyu k’umutsima kuruyu wa 16/06/2013 i Kanombe-Kamashashi.
13 June 2013, by UbwanditsiNyumayo kumara igihe batagaragara kuri terrain cyane, kubera igikorwa barimo cyo gutunganya album yaboya 2 aho bageze ubu ngubu mu gice cy’amashusho, ubu neneho Jehovahjireh choir CEP- ULK Evening isanzwe ikorera umurimo w’Imana muri Kaminuza yigenga ya Kigali ULK, kuri iki cyumweru cyo kuwa 16/06/2013 iraba iri mu gitaramo gikomeye cy’indirimbo z’Imana ndetse n’ijambo ry’Imana risize amavuta, aho yiteguye guhura n’abakunzi bayo batandukanye cyane cyane abo mu mujyi wa Kigali ku mudugudu wa ADEPR (...)
-
Impamvu 10 zituma amatorero mato aguma hasi (Igice cya 2) – Dr. Joseph McKeever
22 April 2013, by Simeon Ngezahayo6. Kutagira iteganyamigambi.
Itorero rito rikunze kuba rito mu bikorwa kurusha mu mubare w’Abakristo. Ukunda gusanga amatorero mato atagira intumbero, gahunda, amavuna n’ibindi byinshi. Ikibi muri ibyo byose ni ukugira iteganyamigambi rito cyangwa se nta na rito.
Itorero ridafite iteganyamigambi (ni ukuvuga icyerekezo cy’aho rigana cyangwa uko ryifuza kumera) rikomeza guhuzagurika no kugendera ku mahame y’”amatorero yose abaho”. Rigira ishuli ry’icyumweru, amateraniro n’utunama tw’ubuyobozi (...)
0 | ... | 280 | 290 | 300 | 310 | 320 | 330 | 340 | 350 | 360 | ... | 1850