Niba ushaka guhabwa umugisha n’Imana mu rugo rwawe, mu kazi, mu ishuri, mu butunzi no mu buzima, ugomba kwishingikiriza ku Mana ntiwishingikirize kuri wowe ubwawe.
Noneho se ni gute wakwishingikiriza ku Mana? Ni gute se wamenya niba wiringiye Imana mu buzima bwawe? Dore uburyo 5 bwagufasha kwishingikirza ku Mana, n’uburyo bwagufasha kumenya niba wiringiye Imana koko.
Ishingikirize ku bwenge bw’Imana, aho kwishingikiriza ku bwenge bwawe. Mbese uganira n’Imana buri munsi ukanasoma ijambo ryayo? (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ni nde wishingikirijeho? – Rick Warren
22 June 2016, by Simeon Ngezahayo -
Ubuhungiro bwawe mu bihe bigoye.
22 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKuko abakene n’abatindi, bagiraga ibyago, wababereye igihome, ukababera ubwugamo bw’ishuheri n’igicucu cy’icyokere, iyo abanyamwaga biroha nk’uko amashahi yiroha ku nzu (Yesaya 25:4). Umwami Imana yacu ni we buhungiro n’umunara ukomeye wacu. Ni we mbaraga z’umukene kandi aha ushonje ibyo kurya. Ni we wenyine ubasha kuguha umunezero wose, ubufasha, umutekano no kurindwa kose ukeneye.
Ntibitangaje ko mu Migani 3:5 hagira hati “Wiringire Uwiteka n’umutima wawe wose, we kwishingikiriza ku (...) -
Imbere yawe urareba iki? (Igice cya 1) Pasteur Desire Habyarimana
9 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaEzekiyeli 37:1-14
Imana yasohoye Ezekiyeli ari mu mwuka nk’uko igice gitangira kibivuga. (Ibibazo byacu dukwiriye kubirebera mu mwuka, kuko ibibazo duhura na byo bibera mu isi y’umwuka kandi na Satani muzi ko ari umwuka mubi). Twe dushaka gukemura ibibazo by’umwuka mu mubiri, ni cyo gituma tuvunika cyane (Abefeso 6:10-18).
Imana imaze gusohora Ezekiyeli, yamweretse amagufwa yumye atatanye cyane. None wowe imbere yawe urareba iki? Ushobora kuba ureba amagufwa yumye nka Ezekiyeli, ukaba ureba (...) -
So wo mu ijuru aziko mubikeneye!
2 June 2016, by Alice Rugerindinda“ Kuko ibyo byose abapagani babishaka, kandi so wo mu ijuru aziko mubikwiriye byose” (Matayo 6:32)
Iri jambo rifite imbaraga mu buzima bwanjye, kandi ni intwaro ikomeye watsindisha satani. Kubibwira satani, ninko kumubwira ngo “ subira inyuma yanjye satani kuko papa wanjye arabizi” Imana ishimwe. Kuba abizi, nabyo bifite ikindi bisobanuye gikomeye kuko Data niwe utwara abatware, ni Umwami, yitwa Imana ishobora byose, ni Umufasha utabura kuboneka mu byago no mu makuba, ntajya abura uko (...) -
Kwibuka, kubabara no kurira si icyaha nk’uko bamwe babitekereza
8 April 2016, by Ernest RutagungiraMu makoraniro y’abantu bamwe na bamwe hari aho usanga bigisha ndetse bagafata umuntu wugarijwe n’umubabaro, uwibuka ibibi byamubayeho cyangwa se urizwa nabyo nk’uwateshutse cyangwa se uwakoze ibihabanye n’ubushake bw’Imana, ndetse ugasanga hari abakozi b’Imana bacyaha bene abo, abandi bakabasengera bavuga ko baganjwe na Shitani nyamara uku ntabwo ari ukuri ahubwo ni ukwitiranya ibintu.
Mu ijambo ryImana dusoma mu gitabo cy’Umubwiriza 3:4 havuga ko ikintu cyose kigira igihe cyacyo, hakagira hati (...) -
Ukeneye gukura mu Mwuka. Athanase NTEZIYAREMYE
4 March 2014, by UbwanditsiAbefeso 4:13"Kugeza ubwo twese tuzasohora kugira ubumwe bwo kwizera no kumenya Umwana w’Imana,kandi kugeza ubwo tuzasohora kuba abantu bashyitse,bageze ku rugero rushyitse rw’igihagararo cya Kristo".
Hano Pawulo yandikira abefeso ababwira uko bakwiye kwitwara kugira ngo babashe kuba abantu bafitiye itorero umumaro nuko bagomba kuba bashyitse kugira ngo badateraganwa n’umuraba bakananirwa ahubwo bavuga ukuri nkuko bakwigishijwe kandi bakugenderamo batagibwaho n’umugayo. Bishatse kuvuga ko (...) -
Ibyo Imana ikora birenze cyane ibyo tubonesha amaso
20 August 2015, by Innocent KubwimanaIyo tureba amashusho kuri televiziyo, harubwo abantu badatekereza ko inyuma yayo hari abantu bari gukora akazi katoroshye, bahora bari maso kugira ngo batambutse igikwiriye haba mu majwi ndetse no mu mashusho.
Byanze bikunze hari umuntu uba ugomba gufata umwanzuro ku mashusho ahita natagomba guhita.
Akenshi iyo tubona uko isi igenda, ubuzima busimburana ntidutekereza ko hari Imana ikoresha ibibaho byose, bimeze nk’ibibera inyuma y’amarido ariko imirimo yayo iragaragara.
Ikemerera bimwe (...) -
VA MU IDINI WINJIRE MU ITORERO Issa Noël KALINIJABO
7 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIdini ni ibintu byose umuntu yimakaza cyangwa se ashyira imbere bigatuma aba mu buzima busa nkaho ari ubw’Imana ariko akaba adahinduka, idini ni ukuba mu bintu by’abarokore ariko utarihana ibyaha ubamo, idini ni ukuba mu by’Imana ku munwa, ariko umutima utarahura n’Imana utarasobanukirwa ubunini n’igitinyiro cy’Imana isumba byose, izi byose kandi iberahose icyarimwe.
Itorero ni umuntu wese uhamanya n’umutima we ko abarizwa mu mukumbi w’Imana kandi ukora neza uko Umwami Mana ashaka uwamaze guhura (...) -
Ijambo riva ku Mana nicyo gusa ukeneye.
6 October 2015, by Pastor Desire Habyarimana“Ageze hafi y’inzu, uwo mutware w’abasirikare amutumaho incuti ze ati’Nyagasani ntiwirushye, kuko bitankwiriye ko winjira mu nzu yanjye: nicyo gitumye ntekereza ko bitankwiriye ko nza aho uri ubwanjye; ahubwo tegeka nuko umugaragu wanjye arakira.’” (Luka 7:6-7). Nk’uko tubibona muri icyo cyanditswe twafunguje, usirikare w’umuroma, wari ufite umugaragu wenda gupfa yinginze abayobozi b’abayuda gusaba Yesu ngo akize umugaragu we. Amenye ko Yesu ari mu nzira aza iwe, yoherereza ubutumwa Umwami Yesu (...)
-
Ibintu byagufasha gukunda abandi
20 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIbi bintu turavugaho muri iyi mirongo ya bibiliya ni bimwe mu byagufasha kugirango wereke abandi urukundo, ibi bintu ubifite byagufasha kubana n’abandi, kandi ubifite waba wigana Imana:
1. Kugira impuhwe: Izi mpuhwe zigaragarira ku gisubizo cya Yesu ku barwayi, Matayo 9 :36 ;14 :14 ;15 :32
2.Kugira umutima mwiza: Ni ukuvuga ubuntu buturuka mu mutima uyobowe n’umwuka wera ibi bikaba bihabanye kure n’ubugome ari cyo kibazo kiboneka mu Bakolosayi 3 :8
3.Guca bugufi: Kwicisha bugufi mu bandi (...)
0 | ... | 310 | 320 | 330 | 340 | 350 | 360 | 370 | 380 | 390 | ... | 1850