82% by’Abakristo bo muri Amerika bavuga ko iki gihugu kidafite abayobozi bahahagije. Ibi byagaragajwe n’ubushakashatsi bwakozwe Barna buyobowe na Brad Lomenick, perezida wa Catalyst conference. Bageze aho babyita “ibibazo by’ubuyobozi.” Babajijwe ibigomba kuranga umuyobozi, 64% bashubije ko “gukiranuka” ari cyo kintu cy’ibanze kigomba kuranga umuyobozi, 40% basubiza ko ari “ukuri,” naho 38% basubiza ko ari “kwitonda”.
Igishimishije ni uko Abakristo basaga kimwe cya kabiri (58%) basubije ko biyumvamo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Amerika ifite “Ibibazo by’ubuyobozi”
30 April 2013, by Simeon Ngezahayo -
Umuhanzi Dusabe Alexis yabateguriye igiterane kuri uyu wa gatandatu noku cyumweru.
6 March 2013, by UbwanditsiMu mpera z’iki Cyumweru abakunzi ba Alexis Dusabe murahishiwe kuko yabateguriye igiterane cyo gushyira ahagaragara umuzingo w’indirimbo ze (Album ya Volume ya II).
Nk’uko bitangazwa na Dusabe Alexis, ngo iki giterane kizaba kuwa Gatandatu tariki ya 09 Werurwe kugeza Ku Cyumweru tariki ya 10 Werurwe, kikazabera ku Rusengero rwa ADEPR Nyarugenge ruherereye mu Gakinjiro.
Muri icyo Giterane kandi Umuhanzi Dusabe Alexis akazaba ari kumwe n’abandi bahanzi nka DOMINICK NICK ndetse na Simon KABERA. (...) -
Ibyakorwa n’ukoresha mudasobwa yirinda kurwara amaso
23 July 2015, by Umumararungu ClaireAbantu batandukanye bakoresha za mudasobwa usanga akenshi bahura n’ikibazo cyo kugira uburwayi bw’amaso biturutse ku kunanirwa k’udutsi two mu mutwe bityo amaso akagira ikibazo cy’igabanuka ry’amatembabuzi ibyo bikabangamira imikorere yayo ndetse umuntu akagira n’ububabare igihe akomanya ingohe, hakaziramo n’indwara zitandukanye z’amaso. Ariko hari ibyakorwa ukoresha mudasobwa akirinda kurwara amaso.
Mumakuru dukesha imvaho nshya, ukoresha mudasobwa agomba kwirinda kuyishyira hafi cyane y’amaso, (...) -
URUHARE RW’INZIRA ZO MU MUTIMA-Bishop Dr Fidèle MASENGO
2 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaZaburi 84:6 - Hahirwa umuntu ugufitemo imbaraga, Hahirwa abafite mu mitima inzira zijya i Siyoni.
Ejo hashize twaganiriye kuri uyu murongo dusobanura uburyo imbaraga twibitseho zigaragaza uburyo duhiriwe. Uyu munsi turakomeza noneho tuvuga ku isano riri hagati y’inzira zo mu mutima n’amahirwe.
Namenye neza ko imihanda n’inzira bitaba ku butaka gusa. Umutima nawo wuzuyemo inzira. Nizo umuntu anyuramo umunsi ku munsi. Ziyobora ubugingo bwe n’umwuka we.
Kuri bamwe izo nzira zigana ikuzimu ku (...) -
Dore ibiribwa byiza mu gihe ufite Stress
6 September 2012, by UbwanditsiBuri muntu wese agira umunaniro cyangwa se Stress mu buryo butandukanye kuko hari abaryama cyane, abandi bararira cyangwa se bagatera induru, abandi bakagira akazi kenshi gatuma bananirwa gusa abantu benshi baba bafite inzira nyinshi banyura muri iyi nzira y’umunaniro bitabateye ingorane nk’uko bitangazwa n’urubuga blogs.webmd.commu bitekerezo rwakusanyije mu bantu batandukanye.
Muri uku kurwanya Stress rero hakaba harimo gukora imyitozo ngororamubiri, mu gihe abandi bo bashobora kwifashisha (...) -
Ntubigukwiye kuba mu mwijima kandi umucyo waraje?
21 October 2015, by Innocent KubwimanaUbusanzwe tumenyereye ko isi imurikirwa n’ibintu bibiri aribyo izuba ndetse n’ukwezi, ibi iyo bidahari haba hari icyo twita umwijima, kuko bisimburana buri munsi.
Gusa nubwo ibi ari ibinyarumuri tubona bitugirira akamaro ka buri munsi, dukenera mu mibereho yacu kandi koko bikaba bigafite bigera aho bikazima.
Hari igihe utaba ubona na kimwe bigasaba gushaka ikindi wifashisha, nibwo usanga abantu bari kugenda bamurika imuri abandi bakagenda bitonze ngo badasitara kuko aho baba bagenda haba (...) -
Kwizera guhindura nyirako niko dukeneye
18 August 2015, by Innocent KubwimanaBibiliya, ijambo ry’Imana idutangariza ko isi yose yagezweho n’umuvumo ukurikiwe n’imibabaro yatangiye kuva umunsi ubusabane bw’umuntu n’Imana buzamo agatotsi (icyaha). Itangiriro 3
Ibi bishatse kuvuga ko umuntu wese ugeze ku isi aba mu ngaruka zabyo naho byabaye tutariho, ariko ubuzima bwose n’ibirushya duhura nabyo bifitanye isano n’iri sanganya ryagwiririye umwana w’umuntu.
Uhereye kiriya igihe ubuzima bw’umwuka bwarangiritse, umuntu atandukanywa n’Imana ntiyongera gushyikira ubwiza bwayo. Iyi (...) -
Dawidi yarakijijwe, asubizwamo imbaraga – Silas
7 June 2013, by Simeon NgezahayoNk’uko bijya bigenda kuri buri wese wo muri twe, Dawidi yari akeneye gukira mu mutima. Impamvu nta yindi, yabiterwaga n’igikomere cyo ku mutima yari afite cyabaye urusange mu bantu, ari cyo cyaha gitandukanya umuntu n’Imana yera. Icyaha ni ugucumura ku mutima w’Imana y’urukundo no kwendereza ubwere bwayo, kandi gihanwa n’amategeko.
Ni twe ubwacu tugomba kurinda amahoro yacu. Imana ni umukozi w’umuhanga, ibasha gukiza ibyangiritse ikabivanamo ikintu kizima kandi kiramba. Nta muntu ubasha (...) -
Ese uretse abashakashatsi, Bibiliya itubwira iki ku munsi w’imperuka ?
12 November 2013, by Ernest RutagungiraHashize igihe kitari gito bamwe mu batuye isi bagerageza kwerekana amwe mu matariki bakeka ko imperuka y’isi ishobora, cyangwa yashoboraga kubera, amwe muri ayo matariki yararenze andi arategerejwe, twavuga nka tariki 21/12/2012 yari yagaragajwe n’indangabihe y’ubuhanuzi bw’aba Mayan, tariki ya kuya 26/08/2032 n’izindi. Nyuma y’ibyo abantu bavuga, twifuje kurebera hamwe icyo bibiliya ivuga ku munsi n’igihe imperuka izabera.
Ntago ari ab’iki gihe gusa bibaza igihe imperuka y’isi izabera, ahubwo (...) -
Ubufatanye bw’abavugabutumwa, abanyamasengesho n’abahanzi bo muri ADEPR bateguye igitaramo cyo gushimira Imana no gusengera u Rwanda
25 December 2012, by Patrick KanyamibwaKuri uyu wa kane tariki ya 27/12/2012, abavugabutumwa, abanyamasengesho n’abahanzi bo mu itorero rya ADEPR bateguye igitaramo cyo gushimira Imana ibyo Imana yakoze uyu mwaka wose ugiye kurangira ndetse no gusengera itorero n’igihugu cy’u Rwanda, icyi gitaramo cikazatangira saa moya z’ijoro kigeza saa tisa zijoro, kwinjira bikaba ari ubuntu.
Nkuko twabitangarijwe na Ev Sugira Steve umwe mubari gutegura kino gitaramo ngo intego yicyi gitaramo iri mu gitabo cya Bibiriya mu Abami I 5 :18.
Ngo (...)
0 | ... | 300 | 310 | 320 | 330 | 340 | 350 | 360 | 370 | 380 | ... | 1850