Arasenga ati : “Uwiteka Mana ya databuja Aburahamu, ndakwinginze umpe ihirwe uyu munsi, ugirire neza databuja Aburahamu. Dore mpagaze ku isoko, abakobwa b’abo mu mudugudu basohotse bajya kuvoma. Bibe bitya: umukobwa ndibubwire nti : ndakwinginze cisha bugufi ikibindi cyawe nyweho, akansubiza ati : “ nywaho nduhira n’ingamiya zawe, abe ariwe watoranirije Isaka umugaragu wawe. Ibyo nibyo bizamenyesha yuko ugiriye databuja neza.” Itangiriro 24: 12 -14
Ijambo kurambagiza rikoreshwa ku bantu ndetse (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Isomere ubuhamya bw’ukuntu Imana yajyanye nawe kurambagiza umugeni!
29 March 2016, by Alice Rugerindinda -
Redemption Voice y’i Burundi iri kubarizwa mu Rwanda aho yaje gukora amashusho y’indirimbo zayo eshatu no kumenyekanisha ibihangana byayo
19 December 2012, by Patrick KanyamibwaNkuko twabitangarijwe na Eric Mugisha umwe mubayobozi w’itsinda ry’abarundi Redemption Voice riririmba indirimbo z’Imana, iri tsinda riri kubarizwa mu Rwanda kuva ku munsi wa gatatu aho ryaje gufata amshusho y’indirimbo zabo eshatu hamwe no kumenyekanisha ibhangana byabo.
Nubwo i Burundi iri tsinda riri ma matsinda akomeye i Burundi ngo bifujeko n’abanyarwanda babamenya kandi bagakorana, doreko bakora indirimbo nyinshi munjyana y’umwimerere ibyo bita Acapela. Ngo banatekereje ko mu Rwanda babona (...) -
Umufasha wa Pasitori Musabwandero yitabye Imana:
12 March 2013, by UbwanditsiKuri iki cyumweru nijoro ni bwo umufasha wa Pasitori Musabwandero yitabye Imana azize uburwayi butari bukabije cyane. Nk’uko byatangajwe na Pasitori Musabwandero Meshack mu muhango wo gusezera kuri nyakwigendera Nyiragazura Ruth wabereye kuri ADEPR Kanombe, yagize ati:
Twari tubanye neza nta kibazo twigeze tugirana, twari dukijijwe twembi;
Nyiragazura Ruth yavukiye muri Congo (RDC), duhura kuwa 20 Gicurasi 1954. Yabatijwe mu itorero mu w’1965. Yashakanye na Musabwandero Mechack mu w’1965 (...) -
Inkingi z’Ubwami bw’Imana. Pasitori Jonathan
22 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNuko bamaze kumenya Ubuntu nahawe (abo mvuga ni Yakobo na Kefa na Yohana abashimwa ko ari inkingi)…….(Abagalatiya 2:9)
Nuko ashinga izo nkingi ku ibaraza ry’urusengero, iy’iburyo ayita Yakini, iy’ibumoso ayita Bowazi. (1Abami 7:21)
Kandi Yehowasi akiri ku ngoma ye, Elisa afatwa n’indwara ariyo yamwishe. Yehowasi umwami w’abisiraheli aramanuka ajya aho ari, aramuririrra aravuga ati” YE BABA DATA WE, ko wari amagare n’abanyamafarashi ba Isiraheli” (2 Abami 13:14)
Mu buzima busanzwe, inkingi nizo (...) -
Ni ikihe cyaha kitababarirwa ?
28 October 2015, by Pastor Desire Habyarimana“Nicyo gitumye mbabwira y’uko abantu bazababarirwa icyaha cyose n’igitutsi, ariko gutuka Umwuka Wera ni icyaha kitazababarirwa. Kandi umuntu wese usebya umwana w’umuntu azababarirwa, ariko usebya Umwuka Wera ntazababarirwa, n’aho haba mu gihe cya none cyangwa mu gihe kizaza. » Matayo 12 :32-33
Icyaha kitababarirwa ni “Gutuka Umwuka Wera” nk’uko byanditswe (Mariko 3:22-30 ; Matayo 12:22-32).
Gutuka Umwuka Wera tubigereranya no gusuzugura cyangwa gutesha agaciro Imana. Ibyo kandi bigendana (...) -
Umubyibuho ukabije mu gihe cy’ubugimbi ufitanye isano no kurwara impyiko mu gihe cy’imyaka 25
9 November 2012, by UbwanditsiIki ni ikigero haba hari umuvuduko ukabije mu gukura , hatirengagijwe no kuba umuntu yabyibuha cyane , gusa bikaba bimaze kugaragazwa ko bifitanye isano no kuba warwara impyiko na Diyabeti mu gihe ageze hejuru y’imyaka 25.
Ubushakashatsi bwakorewe ku bana miliyoni 12, bari mu kigero cy’imyaka 17 bukorewe mu gihugu cya Israel, bwagaragaje ko abari bafite umubyibuho ukabije bari bafite amahirwe akubye inshuro 3 mu kurwara impyiko n’inshuro 6 zo kurwara diyabete yo mu bwoko bwa kabiri, mu gihe (...) -
Kuteshuka inzira - Kuyoba (satanic deviation)
10 June 2012, by UbwanditsiReka dusome muri Yona 1 : 1 – 5 :"Wabaye ute, wa munyabitotsi we ? Haguruka uhamagare Imana yawe !" Yona yize gusenga mu buryo bugoye. Ntutegereze kumirwa n’ifi kugirango utangire gusenga.
Ni bangahe muri mwe bazi ko Imana ifite umugambi kuri buri muntu kandi nta muntu uriho kubw’impanuka ? Nyuma yo kurangiza “mission” twahawe tuzasubira aho DUKOMOKA, aho DUFITE UBWENEGIHUGU.
Hari Impamvu uri umunyarwanda (kazi), umugande, umunyasoudani,muremure cyangwa mugufi,….Imana igira umugambi ku muntu (...) -
Menya niba umukuzi wawe akubaha
18 April 2016, by UbwanditsiUrukundo rwose ntirugira intego zimwe. Abantu batandukanye ku mico n’imyifatire ndetse n’uburere niyo mpamvu uburyo bwo kubana ku bantu butandukanye. By’umwihariko ubundi urukundo rw’ukuri abarurimo baranubahana, icyo kikaba kimwe mu bimenyetso by’urukundo rw’ukuri kandi rufite intego nziza. Urubuga the discovery health rukubwira bimwe mu byakwereka ko umukunzi wawe akubaha, bivuze ko agufiteho intego nziza. Yumva ibyo umubwira akanubaha ibyiyumviro byawe.Niba umubwiye ikintu akumva ko (...)
-
Chorale Ebenezer yakoreye igitaramo Cyarwa-Cyimana
11 July 2012, by MUHAYIMANA VincentIyi chorale ikorera umurimo mu itorerorya ADEPR Cyarwa yateguye ibitaramoby’indirimbo n’ ijambory’ Imana kubaturage batuye mu murenge wa Tumba no munkengero zaho nimuri urwo rwego nyuma yo gutaramira abatuye mu mudugudu wa Ntangarugero noneho kuri iki cyumweru tariki ya 8/7/2012 iyi chorale yataramiye abo muri Cyarwa-Cyimana. Muri iki gitaramo cyaranzwe n’ indirimbo z’iyi chorale zashimishije abari bahari havugiwe n’ijambo ry’Imana ryasomwe na NKUNDIMANA Vincent ari nawe muyobozi w’ iyi chorale; (...)
-
Ibyo kugutabara ntabwo Imana yabivuyemo!
26 December 2015, by Pastor Desire Habyarimana‘’Mumenye yuko kugeragezwa kwanyu gutera kwihangana.’’ Yakobo 1:3
Mu bwami bw’Imana, ni byiza kubana n’Imana ariko ukagenda urushaho kumenya ubwenge butarondoreka bw’umuremyi wawe. Icyakora uko mutindana hari ibyo ugenda umenya.
Hari ubwo uza munzu y’Imana barakubwiye agace gato ku Mana, wahagera yakora mu bundi buryo bikagucanga, ugatangira kwibaza impamvu. Gusa muri byose Imana irakiranuka.
Imana niyo yakuremye, wenda iza no kuguhamagarira kuyikorera umurimo runaka. Mu mikorere yayo yemera ko (...)
0 | ... | 250 | 260 | 270 | 280 | 290 | 300 | 310 | 320 | 330 | ... | 1850