“Ni jye muzabibu, namwe muri amashami. Uguma muri jye nanjye nkaguma muri we, uwo ni we wera imbuto nyinshi, kuko ari nta cyo mubasha gukora mutamfite” Yohana 15:5.
Aya ni amagambo yagarutsweho na Pasteur Desire Habyarimana mu giterane cyateguwe na groupe Abarinzi biga mu kigo APADE Kicukiro.
Iyi groupe igizwe n’abanyeshuri biga muri iki kigo ndetse n’abakirangijemo, bakaba bakora igiterane ngarukamwaka. Igiterane cy’uyu mwaka cyari gifite insanganyamatsiko iri muri Yohana 15:5, ivuga ko (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
APADE: Benshi bahindukiriye Kristo mu giterane cyateguwe na groupe Abarinzi
24 September 2013, by Ubwanditsi -
Huye: Singiza Music Ministries yateguye igitaramo cyo gushima Imana
4 February 2014, by Simeon NgezahayoKuri byinshi Imana yabakoreye, abagize Singiza Music Ministries bari gutegura umunsi ukomeye wo gushima Imana (Thanksgiving Concert ) mu gitaramo bategura taliki ya 1 Werurwe 2014, kizabera i Huye muri Kaminuza y’u Rwanda.
Mu kiganiro gito twagiranye n’umuyobozi wa Singiza Music Mutesi Sipha, yadutangarije ko muri icyo gitaramo bazaba bashima Imana ku bwa byinshi yabakoreye mu mwaka wa 2013, harimo kuba yarabashyigikiye mu gikorwa bakoze cyo kwerekana album yabo ahantu hatandukanye nk’i (...) -
URUHARE RW’INZIRA ZO MU MUTIMA-Bishop Dr Fidèle MASENGO
2 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaZaburi 84:6 - Hahirwa umuntu ugufitemo imbaraga, Hahirwa abafite mu mitima inzira zijya i Siyoni.
Ejo hashize twaganiriye kuri uyu murongo dusobanura uburyo imbaraga twibitseho zigaragaza uburyo duhiriwe. Uyu munsi turakomeza noneho tuvuga ku isano riri hagati y’inzira zo mu mutima n’amahirwe.
Namenye neza ko imihanda n’inzira bitaba ku butaka gusa. Umutima nawo wuzuyemo inzira. Nizo umuntu anyuramo umunsi ku munsi. Ziyobora ubugingo bwe n’umwuka we.
Kuri bamwe izo nzira zigana ikuzimu ku (...) -
Nigeriya : Abantu bane bishwe urusengero ruratwikwa mu myivumbagatanyo yatewe no kuvuga nabi Intumwa y’Imana Muhamad
23 November 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa Kane Mu mujyi uherereye mu Majyaruguru ya Nijeriya abantu bane bishwe, urusengero ndetse n’amaduka biratwikwa kubera kuvuga nabi Intumwa y’Imana Muhamad.
Uhagarariye polisi mu mujyi wa Kano Ibrahim Idris yatangarije abanyamakuru ko ibi byabereye mu mujyi wa Bichi byatewe n’ikwirakwizwa ry’igihuha cyivuga ko hari uwatutse Muhamad bigatera uburakari abayisilamu.
Uhagarariye polisi mujyi wa Kano yakomeje atangaza ko umudozi w’umukirisitu yari arimo kujya impaka na mugenzi we (...) -
Ntubigukwiye kuba mu mwijima kandi umucyo waraje?
21 October 2015, by Innocent KubwimanaUbusanzwe tumenyereye ko isi imurikirwa n’ibintu bibiri aribyo izuba ndetse n’ukwezi, ibi iyo bidahari haba hari icyo twita umwijima, kuko bisimburana buri munsi.
Gusa nubwo ibi ari ibinyarumuri tubona bitugirira akamaro ka buri munsi, dukenera mu mibereho yacu kandi koko bikaba bigafite bigera aho bikazima.
Hari igihe utaba ubona na kimwe bigasaba gushaka ikindi wifashisha, nibwo usanga abantu bari kugenda bamurika imuri abandi bakagenda bitonze ngo badasitara kuko aho baba bagenda haba (...) -
Dawidi yarakijijwe, asubizwamo imbaraga – Silas
7 June 2013, by Simeon NgezahayoNk’uko bijya bigenda kuri buri wese wo muri twe, Dawidi yari akeneye gukira mu mutima. Impamvu nta yindi, yabiterwaga n’igikomere cyo ku mutima yari afite cyabaye urusange mu bantu, ari cyo cyaha gitandukanya umuntu n’Imana yera. Icyaha ni ugucumura ku mutima w’Imana y’urukundo no kwendereza ubwere bwayo, kandi gihanwa n’amategeko.
Ni twe ubwacu tugomba kurinda amahoro yacu. Imana ni umukozi w’umuhanga, ibasha gukiza ibyangiritse ikabivanamo ikintu kizima kandi kiramba. Nta muntu ubasha (...) -
Ese uretse abashakashatsi, Bibiliya itubwira iki ku munsi w’imperuka ?
12 November 2013, by Ernest RutagungiraHashize igihe kitari gito bamwe mu batuye isi bagerageza kwerekana amwe mu matariki bakeka ko imperuka y’isi ishobora, cyangwa yashoboraga kubera, amwe muri ayo matariki yararenze andi arategerejwe, twavuga nka tariki 21/12/2012 yari yagaragajwe n’indangabihe y’ubuhanuzi bw’aba Mayan, tariki ya kuya 26/08/2032 n’izindi. Nyuma y’ibyo abantu bavuga, twifuje kurebera hamwe icyo bibiliya ivuga ku munsi n’igihe imperuka izabera.
Ntago ari ab’iki gihe gusa bibaza igihe imperuka y’isi izabera, ahubwo (...) -
Ni nde wishingikirijeho? – Rick Warren
22 June 2016, by Simeon NgezahayoNiba ushaka guhabwa umugisha n’Imana mu rugo rwawe, mu kazi, mu ishuri, mu butunzi no mu buzima, ugomba kwishingikiriza ku Mana ntiwishingikirize kuri wowe ubwawe.
Noneho se ni gute wakwishingikiriza ku Mana? Ni gute se wamenya niba wiringiye Imana mu buzima bwawe? Dore uburyo 5 bwagufasha kwishingikirza ku Mana, n’uburyo bwagufasha kumenya niba wiringiye Imana koko.
Ishingikirize ku bwenge bw’Imana, aho kwishingikiriza ku bwenge bwawe. Mbese uganira n’Imana buri munsi ukanasoma ijambo ryayo? (...) -
NIGERIA : Abagore n’abakobwa babujijwe kwinjira mu rusengero kujya gusenga bambaye amapantalo..
16 October 2012, by UbwanditsiAbagore n’abakobwa basengera mu rusengero rwa Mountain of Fire Ministries (MFM) rwo muri Nigeria babujijwe kuza gusenga bambaye amapantalo.
Mu biganiro bitandukanye yagiriye kuri za televiziyo, Pasitori Daniel Olukoya yihanangirije kuza gusenga bambaye amapantalo, yagize ati “Ku bagore n’abakobwa baza gusenga bambaye amapantalo kandi batitwikiriye ku mitwe yabo ntabwo uru rusengero rubemera. Niba utabashiej kubahiriza iki cyifuzo wakwimukira mu yindi paruwasi aho babyihanganira…”
Olukoya (...) -
Ubuhungiro bwawe mu bihe bigoye.
22 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKuko abakene n’abatindi, bagiraga ibyago, wababereye igihome, ukababera ubwugamo bw’ishuheri n’igicucu cy’icyokere, iyo abanyamwaga biroha nk’uko amashahi yiroha ku nzu (Yesaya 25:4). Umwami Imana yacu ni we buhungiro n’umunara ukomeye wacu. Ni we mbaraga z’umukene kandi aha ushonje ibyo kurya. Ni we wenyine ubasha kuguha umunezero wose, ubufasha, umutekano no kurindwa kose ukeneye.
Ntibitangaje ko mu Migani 3:5 hagira hati “Wiringire Uwiteka n’umutima wawe wose, we kwishingikiriza ku (...)
0 | ... | 250 | 260 | 270 | 280 | 290 | 300 | 310 | 320 | 330 | ... | 1850