Kuri uyu wa 11 Kanama 2013, kuri ADERPR Nyarugunga, Umudugudu wa Rwimbogo haberaga igiterane gifite intego igira iti “Hunga irari rya gisore” (2 Timoteyo 2:22).
N’ubwo iki giterane cyateguwe n’urubyiruko, abantu b’ingeri zose bari babukereye baje kumva ijambo ry’Imana hamwe n’umuvugabutumwa ukunzwe cyane muri iki gihe Ev. Etienne Rusingizandekwe wabaganirije ijambo ry’Imana bose bateze amatwi, bafite umutuzo mwinshi.
Ev. Etienne R. (Hagati)
Mu magambo ye, yagize ati “Irari ni umushyitsi usura (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Igiterane cy’urubyiruko cyaberaga kuri ADEPR – Rwimbogo cyarangiye
12 August 2013, by Simeon Ngezahayo -
Korali Golgotha mu giterane cyo gushima Imana
22 August 2013, by UbwanditsiChorale Golgotha ni chorale ikora ivugabutumwa mu ndirimbo, ikaba ibarizwa mu Itorero ADEPR Nyagatovu, Paruwasi Rukurazo. Iyi chorale yatangiye umurimo w’Imana mu mwaka w’1996, itangirana abaririmbyi 22. Yagiye yaguka, ubu ikaba imaze kugira abaririmbyi bagera kuri 75.
Yakomeje gukora ivugabutumwa mu ndirimbo, aho yaje kumurikira abakunzi bayo album y’amajwi (audio) tariki 10/03 bise “KWIZERA KURAREMA”. Nyuma yo gushyira ahagaragara album yayo, yakomeje gukora ibitaramo ahantu hatandukanye , (...) -
Ibintu ukwiye gutekerezaho mbere yo kuva mu murimo w’Imana
10 July 2015, by Innocent KubwimanaIyo uganiriye n’abakozi b’Imana batandukanye, abenshi bitewe naho bakorera usanga baragiye bahura n’imbogamizi zitandukanye, ibigeragezo, kuburyo hari nukubwira ati rwose hari ubwo mba numva nabivamo kuko bigoye cyane.
Hari umupasitori kandi ukomeye bigeze kubaza bati ‘’ese hari ubwo ujya wumva wareka nk’inshingano zo kuyobora umukumbi? Araseka cyane ati rwose byibuze buri cyumweru mba numva nabihagarika nkikorera umurimo w’Imana bisanzwe. Hari nuwigeze kuvuga ati rwose mu bimbangamira ni (...) -
Kanguka wowe usinziriye! - Myriam Diafwila
10 July 2013, by Isabelle GahongayireIntego y’umugani w’abakobwa cumi, batanu b’abapfu na batanu b’abanyabwenge ni ukutwigisha ngo duhore turi maso, twiteguye kugaruka k’Umwami wacu Yesu, bitavuga guhora dukanuriye amaso tureba mu ijuru, ahubwo guhora dukora ibyo Imana ishaka. Abo biyemeje gukora no kuba icyo Imana ishaka ni bo biteguye kugaruka kwa Yesu (Matayo 25:1-13).
Ikindi tubona muri uriya mugani w’abakobwa cumi, ni uko ibigaragarira amaso rimwe na rimwe biba bihisha ukuri kw’imbere, ku bantu bamwe bagaragaza ishusho yo (...) -
Imana iri mu ruhande rwawe umubisha ntawe. Kiyange Adda
2 June 2016, by Kiyange Adda-DarleneMose arambura ukuboko hejuru y’nyanja. Mu museke inyanja isubizwamo guhurura kwayo abanyegiputa barayihunga, Uwiteka akunkumurira abanyegiputa hagati mu nyanja. Amazi asubira ahayo arenga ku magare no ku bahetswe n’amafarashi no ku ngabo za Farawo zose zari zigiye mu nyanja zikurikiye Abisirayeli, ntiharokoka n’umwe muri bo. ( Kuva 14 : 27-28)
Ubwo Uwiteka ari mu ruhande rwacu nta mubisha. Nubwo wabona umubisha ari hafi yawe, komera kuko ukuboko k’Uwiteka kuramurwanya. Amahirwe menshi ni (...) -
Imana yandemye mu buryo bwihariye !!!
5 July 2016, by Isabelle GahongayireNaje gusobanukirwa impamvu abantu bamwe batigirira icyizere, bakigereranya n’abandi, bakagira ishyari, ntibishimire gutera imbere kw’abandi. Impamvu y’ibyo ni uko baba batazi icyo Imana ibavugaho n’icyo ibagambiriyeho bo ubwabo ku giti cyabo. Igihe Imana yaturemye jye nawe, ntabwo yatugereranije n’abandi bantu, na bo ntabwo yabagereranyaga natwe ibarema. Ijambo ry’Imana riravuga ngo: “Naremwe mu buryo buteye ubwoba butangaza…” Zaburi 139:14.
Ntabwo ndi mu irushanwa n’undi muntu, ntabwo ndi (...) -
Guhakana ukuri, Bibiliya na Yesu Kristo: ikimenyetso cy’imperuka!
21 November 2013, by Simeon NgezahayoIjambo ubuyobe «apostasy» risobanura «kugwa cg gusubira inyuma». Rituruka ku magambo 2 y’Ikigereki «ténai » (kujya) na «apo» (kure). Benshi bazayoba ukuri, biturutse ku ntege nke, ku mibare mike cyangwa indamu.
«Umunyabinyoma» (Antikristo), umwana wo kurimbuka, umugome wishyira hejuru y’icyitwa Imana cyose cyangwa igisengwa ni we uzazana ubwo buyobe mu isi yose. Azageza n’aho yicara mu rusengero rw’Imana, yiyite Imana ubwe.
«Ubwiru bw’icyaha bwamaze gushinga imizi» mu itorero. Ntitugomba gutegereza (...) -
Pasiteri Niyonsenga aravugwaho gutera inda umukirisitu we ikanakurwamo
16 May 2013, by UbwanditsiMurebwayire Viollette w’imyaka 20 y’amavuko arashinja Niyonsenga Ildefonse, umushumba mukuru w’Itorero “New Life in Jusus Christ” ry’i Muhanga kumutera inda akanayimukuramo amwubikiriye.
Mu buhamya bwe, Murebwayire avuga ko yatewe inda kuwa 17 Werurwe 2013, ubwo yari ahamagawe na Pasiteri Niyonsenga mu biro bye ngo ajye kumugurira ibintu yari guha umukiristu yari yaratomboye mu mukino wa kakawete.
Aganira na IGIHE, Murebwayire yavuze ko Pasitori yamuhamagaye kuri telefone ahagana saa moya (...) -
Ntiturwana intambara z’umubiri ahubwo dukirana n’abadafite inyama n’amaraso n’ubutumwa bwa Producer Papa Emile
12 October 2013, by UbwanditsiUmuhanzi w’icyitegererezo wamenyekanye cyane mu indirimbo zihimbaza Imana Papa Emile arahugura ndetse anigisha abakor’umurimo w’Imana mu rugando rwa muzika ya gikristo,haba abahanzi cyangwa abanyamakuru ,ko tugomba kugera ku urwego twumva ko ibyo dukora tugomba gusaba Imana yo yonyine ikabishakira inzira nk’uko umuhanuzi Mose yakiranye n’Imana ati : Mana nutajy’imbere ntaho jya!
Papa Emile amaze gukorera mu bihugu bitandukanye akorana n’abantu b’ingeri zitandukanye bakora umurimo w’Imana , (...) -
Simon Kabera yatangiye kuririmbana n’umugore we Sandrine
18 September 2012, by UbwanditsiMu giterane cy’urubyiruko cyari kigamije kugarura ububyutse muri Paruwasi ya ADEPR Bibare, Umuhanzi Simon Kabera yagaragaye arimo kuririmbana n’itsinda rimufasha kuririmba, ririmo n’umugore we Uwase Sandrine mu ndirimbo eshanu zari zahawe Simon.
Kabera Simon udasanzwe azwiho kuririmbana n’umugore we dore ko yajyaga kuririmba umugore we Uwase Sandrine agasigara mu byicaro, kuri iki Cyumweru tariki ya 16 Nzeri 2012, ubwo Kabera Simon yahabwaga indirimbo, mu bahagurutse bagiye kuririmba harimo (...)
0 | ... | 230 | 240 | 250 | 260 | 270 | 280 | 290 | 300 | 310 | ... | 1850