“ Iherezo ry’ikintu riruta intangiriro yacyo” Umubwiriza 7:8. (Finishing is better than starting / the end of a matter is better than its beginning).
Hari imvugo ivuga ngo ni byiza gutangira ikintu ufite n’amaherezo yacyo mu bitekerezo ( start with an end in mind). Muri aya magambo ndi ku ijambo “ Iherezo” Yesu adusure. Buriya iherezo ni ikintu gikomeye kuko niryo rigaragaza niba, ibyabaye mbere, byari bifite agaciro.
Hari ikintu menye vuba aha, kivuga ngo nta muntu witwa intwali akiriho. (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Iherezo ry’ikintu riruta itangira ryacyo
30 January 2016, by Alice Rugerindinda -
Disi Yesu agira impuhwe ! Alice Rugerindinda
18 September 2013, by Alice Rugerindinda“Ahamagara abigishwa be arababwira ati” Aba bantu banteye impuhwe kuko uyu munsi ari uwa gatatu turi kumwe none bakaba badafite ibyo kurya. Nimbasezerera ngo basubire iwabo biriwe ubusa, baragwira isari mu nzira kuko bamwe ari aba kure” Mariko 8:1-3
Ubusanzwe abantu bakomeye ntibakunze kwita kuri details , utuntu duto duto.
Byarashobokaga ko Yesu amara kubabwiriza ubutumwa bwiza akabareka bagataha cyane ko babaga barizanye baje kumva ijambo….. Ariko Yesu Umwami w’abami ngo abitegereje , (...) -
NI GUTE WAKIRA ICYAHA CYO KWIKINISHA?
25 May 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNI GUTE WAKIRA ICYAHA CYO KWIKINISHA?
Niba ufite ibibazo byo kwikinisha, witeguye kugira uwo ubiganiriza? Ikibazo cyo kwikinisha kigera kubasore nk’uko kigera no kubakobwa. Nyamara kwikinisha bikomeza kugirwa ikintu cy’ishyano, kuko kuvuga ubuzima bwawe bw’ibanga ntibikunze kubaho, nubwo mu isi turimo ubu usanga abantu bakunze gushyira hanze ubuzima bw’abantu bujyanye n’imibonano mpuzabitsina ntarutangira.
Si ibintu bigaragarira neza abakristo
By’umwihariko ku bakristo biragoye cyane kugira (...) -
Byari ibirori Bahati Alphonse ashyikirizwa ibihembo yatsindiye muri Groove Awards
4 June 2013, by Patrick KanyamibwaByari ibyishimo bidasanzwe ubwo Bahati Alphonse yashyikirizwaga igihembo cy’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana witwaye neza mu bahanzi b’abanyaRwanda mu bihembo bya Groove Awards.
Ahagana ku isaha ya saa tanu z’ijoro ku kibuga cy’indege i Kanombe nibwo umunyamakuru akaba n’umwe mu bakozi ba Moriah entertainement group ari nayo ihagarariye Groove award mu Rwanda Patrick Kanyamibwa wari witabiriye iyi mihango yahasesekaye azanye ibihembo by’uyu muhanzi.
Uretse igihembo cya (...) -
Mbega « isi »! ... - Sangjin Kim
10 June 2013, by Simeon NgezahayoKu wa 21 Gicurasi 2013 muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Leta ya Oklahoma habaye ikiza: Inkubi y’umuyaga yibasiye umujyi wa Moore, hafi ya Oklahoma City.
Iyo witegereje amashusho, wumva ubwoba bugutashye. Biteye ubwoba, ni icyago gikomeye, kandi nta wabasha kubihagarika. Nta kindi wakora, keretse guhunga…
Iyo nishyize mu mwanya wabo..., inzu yanjye nubatse binyuze mu gushora imari nyinshi sinyifata nk’iherezo ry’ubuzima, ahubwo mu by’ukuri ni uko yampenze ariko si yo impa icyizere cy’ubuzima. (...) -
Byose birashoboka ! - Yannis Gautier
13 May 2013, by Simeon Ngezahayo"Byose bishobokera uwizeye" Mariko 9.23 Hashize amezi make ntumiwe mu giterane cy’ivugabutumwa mu itorero ry’i Yaoundé muri Cameroun. Rimwe hari nijoro maze kubworoza, nahamagaye abantu bafite ibyifuzo ngo baze imbere tubasengere. "Sinakubwiye nti ‘Niwizera uri bubone ubwiza bw’Imana?’”
Umuntu umwe usheshe akanguhe wari uherekejwe n’umukobwa we yapfumuriye mu kivunge cy’abantu bari bahagaze aho, aza ansanga ngo musengere. Icyifuzo cyari iki ngo: ugutwi kwa mama kw’ibumoso ntikumva.
Muri ako (...) -
Wikandamizwa n’amateka yawe, igihe kirageze ngo Imana ikwinjize mu butsinzi .
21 April 2014, by Claudine KAGAMBIRWAUrusobe rw’Ibitekerezo birimo kwiheba, kumva ko bidashoboka, kwivuma no kwiyaturiraho nabi, ni bimwe mu byibasira umuntu wanyuze mu bikomeye, uwo abandi baca intege ko ntacyo azimarira n’ibindi bicantege, ariko uyu munsi ndakubwira nti wikandamizwa n’amateka mabi abantu bakuzi ho kuko iyaguhanze irimo kukuremera ubundi buzima bushya,kuko inzira z’Imana ari nyinshi kandi ikora mu buryo butandukanye.
Ijambo ry’Imana dusoma mu 1Abami 1-35 Umutwe w’aya magambo uravuga ngo “Dawidi akiriho yimika (...) -
Mbese koko ndi umugore w’imico myiza? (Igice cya 2)
16 May 2013, by Simeon NgezahayoURAMWIRINGIRA cyangwa NTUMWIRINGIRA?
“Umutima w’umugabo we uhora umwiringira, kandi ntazabura kunguka. Ahora amugirira neza ntabwo amugirira nabi, igihe cyose akiriho” – Imigani 31:11-12 .
Ni kangahe naretse kwiringira umugore wanjye? Mbishaka? Cyangwa ntabishaka…?
Iyo ngiye ku rugendo, mbese mubwiza ukuri amafaranga nakoresheje? Mbese buri gihe mwereka ukuri ku bijyanye n’amafaranga nkoresha? Iyo dusohokanye n’incuti, mbese sinjya ndeba abandi bagabo? Mbese sinjya ndarikira ngamije (...) -
KORARI HOREB YA CEP-SFB MU GIKORWA CYO GUFATA AMASHUSHO (SHOOTING) YA ALBUM YABO YA MBERE
15 October 2013, by Simeon NgezahayoMu kiganiro twagiranye na Micomyiza Sylvain uyobora iyi korali ibarizwa mu ishuli rikuru ry’imali n’amabanki (SFB) riherereye i Gikondo mu mujyi wa Kigali, ari kumwe na Tuyishimire Reverien umwe mu bagize komite icyuye igihe, badutangarije ko uyu ari wo muzingo (album) wabo wa mbere bagiye gukorera amashusho ndetse ukaba ari na wo wonyine bafite kugeza ubu, bakaba bateganya no gusohora n’izindi ndirimbo mu minsi iri imbere bitewe n’uko ubushobozi buzagenda buboneka.
Perezida yakomeje atubwira (...) -
Kuvuga ko Abakristo Abakristo ari indyarya byaba ari ukuri?
3 June 2013, by Simeon NgezahayoAbashakashatsi bibumbiye mu itsinda ‘Barna’ baherutse gukora ubushakashatsi ku mirimo n’imyitwarire y’Abakristo, kugira ngo bahinyuze niba koko imyumvire abantu bafite ku Bakristo yaba ari ukuri.
Ubushakashatsi bwakozwe na ‘Barna’ buvuga ko Abakristo batakwibashisha gukiranuka—hatitawe ku itorero baba basengeramo cyangwa ubwinshi bwabo.
Ubushakashatsi bwakozwe n’itsinda Barna bugaragaza ko Abakristo benshi muri iki gihe bameze nk’Abafarisayo aho kumera nka Yesu. Barna yakoze ubushakashatsi ku (...)
0 | ... | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | 120 | 130 | 140 | ... | 1850