Ku bantu benshi, hari ibihe bigora kwihanganira, ugasanga umubiri ndetse no mu buryo bw’ umwuka umuntu yacitse intege. Ibihe byo gupfusha, uburwayi, ubukene , inzira; ni bimwe mu bihe bigora abantu kubyakira, ugasanga habayeho kwiheba, kwiganyira ndetse n’agahinda gakabije.
Mu gihe uhuye na kimwe muri ibyo bibazo cyangwa ikindi kintu cyashaka kukwihebesha, bibiliya ifite amagambo meza yaguhumuriza ndetse akagusubizamo imbaraga. Ni amagambo yongera kubwibutsa ko Imana iriho, igukunda kandi (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Imirongo 10 yo muri Bibiliya wasoma mu gihe ufite agahinda ugasubuzwamo intege
30 July 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Ese ni ngombwa ko Abakirisitu bajya mu nsengero buri gihe ?
16 November 2015, by Ernest RutagungiraMu mpera z’icyumweru, kuwa Gatandatu no ku cyumweru ni imwe mu minsi iyo witegereje mu mihanda no mu mayira usanga abantu bacyeye bafite bibiliya n’ibitabo bitandukanye berekeza mu nsengero, wababaza impamvu batasengeye mu ngo zabo bakakubwira ngo bagiye mu nsengero kuko ariho bagirana ubusabane n’Imana.
Aha rero ukaba wakwibaza niba hari icyo bitwaye umuntu abaye umukirisitu ariko agasengera aho ari ?
Mu nzandiko ze umuyobozi w’ishuri rikuru The Telos Institute International ryigisha ibya (...) -
Wari uzi ko Imana igufiteho umugambi wihariye!
23 August 2015, by Pastor Desire HabyarimanaHari ubwo byari byakubaho, ukumva ubuzima bwawe nta gaciro bufite? Ukumva ko uteri ukenewe muri iy’ isi? Ukumva byari kuba byiza iyo uba utaravutse? Washoboye gutekereza gutyo utaramenya Yesu nk’ umukiza wawe. Wari utaramenya ko wavutse kuko Imana yashakaga ko ubaho kuko yari ifite umugambi w’ ubugingo bwawe.
Bibiriya iduha ingero nyinshi z’abantu Imana yateguriye umugambi w’ ubuzima bataravuka. Imana yagize bene uwo mugambi ku buzima bwa Mose. Nyina yabonye uyu mugambi mu kwizera, nuko akora (...) -
Rwanda: Abagera ku bihimbi 60 bahura n’ikibazo cyo gukuramo inda buri mwaka
10 January 2013, by UbwanditsiUbushakashatsi bwakozwe na Minisiteri y’ubuzima mu mwaka wa 2009 bwerekanye ko nibura mu Rwanda abagore n’abakobwa bagera ku bihumbi 60 bahura n’ikibazo cyo gukuramo inda buri mwaka.
Ubwo bushakashatsi bwagaragaje ko umubare w’abagore n’abakobwa bari mu kigero cy’imyaka 15 na 44, byagaragaye ko abagera kuri 25/1000 bahura n’ikibazo cyo gukuramo inda.
Ibi byerekana ko n’urubyiruko rwugarijwe n’icyo kibazo nk’uko Dr. Gedeon André Mulumba Mukendi ushinzwe serivisi zifasha abagore batwite mu bitaro bya (...) -
WASHINGTON: Icyumweru cyahariwe kwibuka Martin Luther King, Jr.
27 August 2013, by Simeon NgezahayoMuri Kanama 1963, abantu bagera kuri 250,000 baturutse mu mihanda yose y’Amerika bishyize hamwe i Washington, bakora urugendo rwo kwamagana ivanguramoko ryakorerwaga abirabura bo muri Amerika, bayobowe na Dr martin Luther King, Jr. wanashinze amatorero y’Abaporotesitanti (Protestants).
Uru rugendo rwagizwemo uruhare n’abantu nka Eleanor Holmes Norton, ubu akaba ari umwe mu bagize congré (congress) y’Amerika, mu w’19863 akaba yarakoraga muri New York City ahamagarira abantu kwitabira urwo (...) -
Tumenye stress n’uburyo twayirwanya
22 September 2012, by UbwanditsiMuri iki gihe usanga ijambo stress ryaramamaye rikoreshwa n’abantu benshi aho usanga bavuga bati “stress iranyishe, ndumva ndi stressé n’ibindi”. Tukaba twakwibaza stess icyo ari cyo, ikiyitera, ibimenyetso byayo n’uburyo bwo kuyirinda.
Kugira ngo dusobanukirwe na stress icyo ari cyo twashingira ku bintu bibiri :
* Umuntu n’ibimugize byose
* Ibikikije umuntu n’igihe arimo
Stress ibaho iyo umuntu yugarijwe na kimwe mu bimukikije kandi agomba gukora ibishoboka kugira ngo abibonere igisubizo mu (...) -
Bacterie nshya yandurira mu mibonano mpuzabitsina ikomeye kurusha SIDA
3 June 2013, by UbwanditsiAbashinzwe ubuzima muri Leta z’unze ubumwe za Amerika batangaje ko rubanda rukwiye kwirinda nyuma y’uko ahitwa Hawaii havumbuwe ku bantu babiri “Bacterie” idasanzwe. Iyi “Super bacteria” yandurira mu mibonano mpuzabitsina ikaba ngo ishobora gushegesha umubiri kurusha SIDA.
Ibigo byitwa “Centers for Disease Control and Prevention” muri Amerika byasabye Leta ya Washington kurekura miliyoni 50$ zo kugerageza gukora “antibiotique” yo guhangara iyo ‘bacterie’.
Iyi ‘bacterie’ yiswe H041 yabonetse bwa (...) -
ETHIOPIA: Nyuma yo kureba Film ya Yesu akakira Kristo nk’Umukiza we, amaze gushinga amatorero 3!
12 March 2014, by Simeon NgezahayoDawit ukomoka mu gihugu cya Ethiopia yanywaga ibiyobyabwenge byinshi by’uruvange, arwaye n’abadayimoni ku buryo benshi mu baturanyi be bari bamuzi nk’ubana n’ubumuga bwo mu mutwe, ndetse n’umuryango we wajyaga umubohesha ingoyi zikomeye bakanamujyana mu bapfumu. Mu buhamya bwe, Dawit yagize ati "Nari umwe mu bantu barwaye abadayimoni muri aka gace, kandi bajyaga bambabaza. Nakundaga kandi gusinda, abantu bakanyita ‘umusazi’. Umuryango wanjye wakundaga kumboha, ukanjyana mu bapfumu ngo bamvure.” (...)
-
Dore ibanga ryo kugira ubuzima bwiza
24 July 2015, by Umumararungu ClaireUbusanzwe nta muntu wifuza kurwara niyo bimugezeho usanga atanga amafaranga menshi ngo arengere ubuzima bwe, niyo mpamvu ari byiza rero kwirinda kuko biruta kwivuza.
Niba ushaka kugira ubuzima bwiza dore ibintu ukwiye :
1. Kugira isuku
Hari ibitaro batanze inama igira iti” bumwe mu buryo bw’ingenzi bwo kwirinda indwara cyangwa kuzanduza abandi” ni igukaraba intoki. Bimwe mu bintu bituma umuntu yandura ibicurane ni ukwikora ku zuru cyangwa ku maso, mu gihe intoki ze ziriho virus ibitera. (...) -
Ni ryari wabwira umuntu ko umukunda ko wifuza ko mwazabana? Namenya nte ko ariwe koko Imana yangeneye ?
24 August 2015, by Pastor Desire HabyarimanaUbundi hariho amagambo akomeye umusore cyangwa umukobwa w’umukirisito adakwiye gupfa gukinisha, ariko ubu ujya kumva ukumva umwana w’umukobwa abwiye umugabo ngo sheri bite ? Aha ngo ni ugukina. Ukumva umusore abwiye umugore w’abandi ngo ndaguunda cyane. Mwokagira Imana mwe mwitondere amagambo muvuga mwimfusha indimi zanyu ubusa. Umukirisito nyakuri agomba kwiga gutegeka ururimi rwe cyane cyane iyo birebana n’urukundo kuko ibyo wita kwikinira bishobora gusobanura ibindi kuwo wabwiraga we (...)