Tuganira n’uyu muhanzi, mbere ya byose yatubwiye inkomoko y’izina akoresha mu buhanzi bwe. Uyu musore ubusanzwe amazina ye ni Mugema Dieudonné, akaba ari na ryo yashyize mu mpine rihinduka MD. MD yatangiye ubuhanzi mu w’2011, ariko akaba yaratangiriye muri muzika itari iyo guhimbaza Imana (secular), akora injyana ya Hip Hop. Gusa nyuma yaje gusanga akwiriye guhinduka akakira Kristo, mu rwego rwo kugira ngo aharanire ubugingo buhoraho anagerageza guhindura isi nziza kurusha uko yayisanze, ari (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
UMWAKA WA 2014 NI UMWAKA WO GUKORA CYANE KU MUHANZI MD BIEUDONNE
4 February 2014, by Simeon Ngezahayo -
Chorale Bethlehem yashoje igiterane yakoreraga i Rwimbogo
20 August 2012, by Simeon NgezahayoNk’uko twabitangarije ubushize, Chorale Bethlehem ikomoka mu Karere ka Rubavu intara y’Uburengerazuba imaze iminsi ibiri ikorera igiterane cyo guhimbaza Imana ku mudugudu wa Rwimbogo, ADEPR Kanombe. Iki giterane cyatangiye ku wa 18 Kanama 2012, cyashojwe ku mugaragaro kuri iki cyumweru ku wa 19 Kanama mu masaha ya saa moya z’umugoroba. Muri iki giterane cyari gifite intego dusanga muri Nehehiya 13:14 igira iti: “Igihe ni iki cyo gukora imirimo y’urwibutso imbere y’Imana”, umuvugabutumwa umaze (...)
-
Ese hari icyo Imana igusaba ngo ibone kukuzamura cyangwa kuguhindurira amateka?
11 April 2016, by Ernest RutagungiraMuri rusange iyo ukurikiranye ibyifuzo byacu n’amasengesho dusenga buri munsi, usanga benshi duhuriza ku cyifuzo cyo kuzamurwa,cyangwa se guhindurirwa amateka y’ubuzima twanyuzemo, yaba ari mu buryo bw’imibereho dusanzwe tubamo cyangwa no mu buryo bwo mu mwuka, ibi tukabisaba ariko tunibaza ngo Ese ubundi Imana izamura umuntu ihereye kuki? Ese hari icyo Imana igusaba ngo ibone kukuzamura cyangwa kuguhindurira amateka cyangwa se nanjye nabasha kuzamurwa?
Ijambo ry’Imana dusoma mu Itangiriro (...) -
«Kuneshwa biroroshye kuruta kunesha» - Emmanuel Diafwila
16 May 2016, by Isabelle GahongayireTwe guta ibyiringiro!
Haba hari igihe mumaze gutakaza ibyiringiro? Mu gitabo cya Yobu igice cyaho cya gatandatu, turasanga ko Yobu yari afite umubabaro, afite ubwoba, ndetse yatakaje ibyiringiro.
Yobu aravuga ati “Icyampa nkabona icyo nsaba, Imana ikampa icyo nifuza. Ni ukugira ngo yemere kumpondagura, ikareka ukuboko kwayo kukampuhura !” Yobu 6 : 8-11 Komeza usome…
Yumvaga yatawe cyane, maze aravuga ati 0«Urembye akwiriye kubabarirwa n’inshuti ye, habe n’iyo yaba yaretse kubaha Imana.» Hari (...) -
Umuhanzi Luc Buntu afatanyijwe na Foundation Uwanyiligira Suzanne bateguye igitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana mu rwego rwo gufasha abana
20 December 2012, by Patrick KanyamibwaFoundation Uwanyiligira Suzanne isanzwe ikorana na Luc Buntu bateguye igitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana mu rwego rwo gufasha abana, kizaba kuwa gatatu tariki ya 26/12/2012, kuri New Life Bible Church Kicukiro mu kagarama, aho bazaba bari kumwe n’abahanzi Aime Uwimana, Gaby Irene Kamanzi, Guy Badibanga na Luc Buntu, kwinjira bika ari ibihumbi 5000, aya mafaranga azavamo akazafashishwa abana b’imfubyi barerwa niyi Foundation.
Luc Buntu yadutangarije kandi ko ari mu rwego rwo kubifuriza (...) -
Korari Hermoni yateguye igitaramo
8 February 2013, by Frere ManuKorari Hermoni ibarizwa mu karere ka rubavu mu murenge wa Nyamyumba ikaba ikorera umurimo mu itorero rya ADEPR Paroisse ya Rubona.
Iyikorari ikaba yaramenyekanye mu Rwanda hose kubera indirimbo zabo cyane cyane indirimbo Amatunda yacuranzwe ku amaradiyo atandukanye ibi bigatuma kandi imenyekana ndetse igakora ingendo zitari nke mu ntara zitandukanye .
Nyuma y’urugendo iyikorari yakoreye mu mujyi wa Butare mu gitaramo cya teguwe na korari Iriba Imana yabahaye ibihe bidasanzwe ngo (...) -
Ni gute wagumana umurava ukurimo ?
5 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMu gice cya kane cya Nehemiya, atubwira uko, nyuma yo kuzuza icya kabiri cy’inkike z’i Yerusalemu, abaturage batangiye kunanirwa, batangira kudeha ku murimo ndetse baricuza. Ubusanzwe, ni kenshi ukwijijuta no kurambirwa mu gihe umurimo ari mugari bikunze kubaho kenshi. Akaba ari nayo mpamvu muri aka kanya nshaka kubaganiriza cyane ku bintu bitandatu by’ingenzi ntekereza byagufasha kugaruka ku murongo, mu gihe umurava wawe usanganywe watangiye kuyoyoka.
1.Kwibuka ko amarangamutima akunda (...) -
Yesu agiye kugaruka ! rushaho kwitegura
24 December 2015, by Ernest RutagungiraNyuma y’uko icyaha kinjiye mu isi, Imana yatanze isezerano ry’agakiza, uko iminsi igenda iza abahanuzi bagiye bavuga ko Mesiya azaza, bamwe mu babyumvaga barabyemeraga ariko abandi bakabihakana, nyamara igihe cyarageze ibyari ubuhanuzi bihinduka impamo, Uyu munsi ibinyejana bibaye 21 Umucunguzi Yesu adupfiriye, asubira mu ijuru ariko agenda avuze ko azagaruka, uyu munsi ibimenyetso hafi ya byose byo kugaruka kwe byarasohoye none se witeguye ute kugaruka kwe ?
Ijambo ry’Imana “1 Tesalonike 4: (...) -
Guverinoma ya Nigeria iratungwa agatoki kuba yemera ko abakristo bagabwaho ibitero n’intagondwa
29 July 2012, by UbwanditsiMu gihe abakristo benshi bakomeje kubura amahwemo bitewe n’intagondwa zikomeje kugaba ibitero buri ku cyumweru,ari nako bamwe bapfa urwagashinyaguru,kandi Leta irebera ntigire icyo ibivugaho,byatumye bamwe mu bapasiteri aho muri Nigeria,barasaba Leta zunze Ubumwe za A,Erika oko zibarenganura kuko uburenganzira bw’ikiremwamuntu butarimo kubahirizwa muri Nigeria.
Pasitor Ayo Oritsejafar ukuriye ubumwe bw’abakristo bose aho muri Nigeria,aribyo bita CAN Christian association of Nigeria,uwo (...) -
Brasil : Umupasitori w’umugore yafatanywe ibiyobyabwenge mu rusengero
8 February 2013, by UbwanditsiUmupasitori w’umugore mu idini ry’Abasirikare ba Yesu (Eglise des Soldats de Jesus) muri Bresil, witwa Elizabete de Oliveira, yafatiwe imbere y’iteraniro yari ayoboye nyuma yo gutahurwaho ko urusengero rwe rwari indiri y’ibiyobyabwenge.
Uyu mupasiteri yatawe muri yombi ku wa Gatatu, tariki ya 6 Muatarama ahitwa Foz do Iguaçu, mu mujyi uherereye mu Majyepfo y’igihugu.
Nk’uko ikinyamakur Le Point.fr kibivuga, Polisi itangaza ko uyu mupasiteri yari amaze iminsi akekwaho gukorana n’agatsiko gacuruza (...)