<?xml 
version="1.0" encoding="utf-8"?><?xml-stylesheet title="XSL formatting" type="text/xsl" href="http://www.agakiza.rw/spip.php?page=backend.xslt" ?>
<rss version="2.0" 
	xmlns:dc="http://purl.org/dc/elements/1.1/"
	xmlns:content="http://purl.org/rss/1.0/modules/content/"
	xmlns:atom="http://www.w3.org/2005/Atom"
>

<channel xml:lang="en">
	<title>Agakiza</title>
	<link>https://agakiza.rw/</link>
	<description>Mwene data Yesu ashimwe! Amahoro y' Imana abane nawe! Ikaze kuri uru rubuga rw' ivugabutumwa. Nkwifurije ko uru rubuga warubonaho ibyagufasha mu bibazo ufite, kandi ukahakura ubwenge bwo kubaha Imana, ugahishurirwa umurimo wa Kristo ku musaraba n'umugambi w'Imana ku buzima bwawe. Turagushimira inkunga yawe mu kuduha inama, mu kudusengera, no mu gutanga ubutunzi bwawe kugira ngo ubutumwa bwiza bugere ku bantu benshi.T ukwifurije umugisha, amahoro, n' ubuntu bw' Imana bibane nawe,</description>
	<language>en</language>
	<generator>SPIP - www.spip.net</generator>
	<atom:link href="http://www.agakiza.rw/spip.php?id_rubrique=66&amp;page=backend" rel="self" type="application/rss+xml" />




<item xml:lang="en">
		<title>RUKUNDO ETIENNE YASHYIZE AHAGARAGARA INDIRIMBO 9 ZIHIMBAZA IMANA</title>
		<link>http://www.agakiza.rw/?RUKUNDO-ETIENNE-YASHYIZE-AHAGARAGARA-INDIRIMBO-9-ZIHIMBAZA-IMANA</link>
		<guid isPermaLink="true">http://www.agakiza.rw/?RUKUNDO-ETIENNE-YASHYIZE-AHAGARAGARA-INDIRIMBO-9-ZIHIMBAZA-IMANA</guid>
		<dc:date>2016-06-21T11:11:24Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>Simeon Ngezahayo</dc:creator>


		<dc:subject>articles</dc:subject>
		<dc:subject>izindiNyandiko</dc:subject>

		<description>
&lt;p&gt;Uyu muhanzi uvuka mu ntara y'Iburasirazuba mu karere ka Nyagatare ni umunyeshuri muri Kaminuza y'u Rwanda ishami rya Nyarugenge mu mwaka wa kane w'amategeko, akaba n'umuyobozi ushinzwe imiririmbire mu itsinda ry'abaramyi &#8220;Elim Worship Team&#8221; mu muryango w'abanyeshuri b'Abapantekote (CEP UR NYARUGENGE). &lt;br class='autobr' /&gt;
Rukundo Etienne yakunze kuba mu matsinda yo kuramya no guhimbaza nk'irya CEP UR HUYE na ryo yabereye umuyobozi w'imiririmbire mu mwaka w'amashuri 2014/2015, aza gutorerwa uwo mwanya na none (&#8230;)&lt;/p&gt;


-
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?-Abahanzi-" rel="directory"&gt;Abahanzi&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?+-articles-+" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?+-izindiNyandiko-+" rel="tag"&gt;izindiNyandiko&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;strong&gt;Uyu muhanzi uvuka mu ntara y'Iburasirazuba mu karere ka Nyagatare ni umunyeshuri muri Kaminuza y'u Rwanda ishami rya Nyarugenge mu mwaka wa kane w'amategeko, akaba n'umuyobozi ushinzwe imiririmbire mu itsinda ry'abaramyi &#8220;Elim Worship Team&#8221; mu muryango w'abanyeshuri b'Abapantekote (CEP UR NYARUGENGE).&lt;/strong&gt;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Rukundo Etienne yakunze kuba mu matsinda yo kuramya no guhimbaza nk'irya CEP UR HUYE na ryo yabereye umuyobozi w'imiririmbire mu mwaka w'amashuri 2014/2015, aza gutorerwa uwo mwanya na none murindi tsinda rya ELIM WORSHIP TEAM ribarizwa muri CEP UR NYARUGENGE nyuma y'uko ishami yigagamo ryimuriwe i Nyarugenge rivuye i Huye ahahoze ari Kaminuza nkuru y'u Rwanda (NUR).&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Etienne ni umwe mu bahanzi b'indirimbo zihimbaza Imana bagitangira muzika, ariko atangiranye imbaraga nyinshi aho yakoze indirimbo zigera ku icyenda (9) zihimbaza Imana ziri mu ndimi z'Ikinyarwanda (8) n'Igiswahili (1) ziri mu njyana zitandukanye nka Rock, R&amp;B, Reggae, Techno na Zulu nk'uko abitangaza ngo akaba azongeraho imwe zose hamwe zikaba 10 umuzingo wa mbere we ukaba wuzuye.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Mu kiganiro twagiranye, Rukundo Etienne yatangaje ko indirimbo ze atazikoreye rimwe ariko ngo yashatse ko zumvikanira rimwe ku mpamvu yuko ubutumwa yifuzaga gutanga bwagombaga kuzura ari uko zose zisohokeye rimwe nk'uko abitangaza muri aya magambo &#8220;Impamvu yanteye gukora uyu murimo iruta cyane kuwukora ubwabyo kuko gukora ni kimwe n'impamvu yo gukora ni ikindi, nahisemo gukurikira Yesu n'ibyanjye byose kandi nkamukorera ntizigamye mu buryo bwose cyane cyane muri ubu bwo kuririmba, mpesha Imana yanjye icyubahiro kandi niyemeje kuririmbira Imana nkayishimisha ibyo mfite byose; umutima, ubwenge , imbaraga, ubutunzi, n'ibindi&lt;br class='autobr' /&gt;
nk'uko ari umugambi w'Imana ko ubwoko bwayo buyihimbaza.&#8221;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Ngo nyuma yo kumenyekanisha izi ndirimbo, Rukundo Etienne arateganya kuzishyira ku mugaragaro (Offical launch) mu mwaka utaha wa 2017 ngo kandi yizeye ko iyatangije umurimo mwiza muri we izamugeza Ku cyo yamuvuzeho n'icyo yamugambiriyeho.&lt;br class='autobr' /&gt;
&lt;strong&gt;&lt;br class='autobr' /&gt;
Inkomoko y'inganzo y'umuhanzi Rukundo Etienne&lt;/strong&gt;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Mu magambo ye aragira ati &#8220;Ubusanzwe kuririmba mbyiyumvamo cyane uhereye mu buto bwanjye kuko nakuze numva ari bwo buzima bwanjye mu cyo nakwita mu ndimi z'amahanga (lifestyle) cyane ko nkiri no mu ishuri ryigisha abana bato iby'iyobokamana nabikundaga cyane kuko nari niseguye amaboko y'Umuremyi kuva mu buto bwanjye nkumva ndajwe ishinga cyane no kuzamura izina ryayo hejuru.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Na ho ikijyanye n'inkomoko y'inganzo yanjye, nkuko navuze ko nakundaga gusenga kandi nanakundaga cyane kumva n'indirimbo zihimbaza Imana bikankurura cyane ku bw'umugisha na mama agahimbira korali indirimbo, bituma nanjye mbyisangamo cyane ko nari nsanzwe nanabikunda.&#034;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;&lt;strong&gt; Ese wari uzi umuntu w'icyitegererezo ku muhanzi Rukundo Etienne? &lt;/strong&gt;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt; Ngo ashingiye ku mateka ye, uwitwa Dawidi uvugwa muri bibiliya ngo uyu akaba ari na we ufatwa nk'umutware w'abaririmbyi yumva ari we umukurura bityo ngo akaba yumva usibye kwamamaza izina ry'Uwiteka, kuvuga imirimo akora n'imbaraga ze nta kindi yaririmba gusa ngo ntiyabura kuvuga ko hari n'abandi akunda cyane nka Don Moen wo muri Amerika kimwe na Israel Mbonyi w'umunyarwanda.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;&lt;strong&gt;Ubutumwa Rukundo Etienne agenera abakunzi be &lt;/strong&gt;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Ubutumwa agarukaho ni ubuzima bw'umukristo n'ibyakamuranze kuva avutse kugeza atashye aribyo: urukundo, amahoro, ineza, kuzirikana amaraso ya Yesu yeza, imbaraga n'imirimo itangaje y'Imana bijyana no guhumuriza abakomeretse no kwibutsa abantu iby'iherezo ry'ubuzima turimo.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;&lt;i&gt;Deo Jyamubandi&lt;/i&gt;&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Nzitaba by One Nation ft The BestFriends of God</title>
		<link>http://www.agakiza.rw/?Nzitaba-by-One-Nation-ft-The-BestFriends-of-God</link>
		<guid isPermaLink="true">http://www.agakiza.rw/?Nzitaba-by-One-Nation-ft-The-BestFriends-of-God</guid>
		<dc:date>2015-07-20T08:53:15Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>admin</dc:creator>


		<dc:subject>audios</dc:subject>

		<description>

-
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?-One-Nation-" rel="directory"&gt;One Nation&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?+-audios-+" rel="tag"&gt;audios&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Hoziana Choir TUGUMANE</title>
		<link>http://www.agakiza.rw/?Hoziana-Choir-TUGUMANE</link>
		<guid isPermaLink="true">http://www.agakiza.rw/?Hoziana-Choir-TUGUMANE</guid>
		<dc:date>2015-07-20T08:53:04Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>administrator</dc:creator>


		<dc:subject>audios</dc:subject>

		<description>

-
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?-Hoziana-Choir-" rel="directory"&gt;Hoziana Choir&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?+-audios-+" rel="tag"&gt;audios&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Imana s'umuntu by One Nation Gospel</title>
		<link>http://www.agakiza.rw/?Imana-s-umuntu-by-One-Nation-Gospel</link>
		<guid isPermaLink="true">http://www.agakiza.rw/?Imana-s-umuntu-by-One-Nation-Gospel</guid>
		<dc:date>2015-07-20T07:23:46Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>administrator</dc:creator>


		<dc:subject>audios</dc:subject>

		<description>

-
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?-One-Nation-" rel="directory"&gt;One Nation&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?+-audios-+" rel="tag"&gt;audios&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Donald James (Don Moen) aritegura kuza mu ivugabutumwa mu Rwanda!</title>
		<link>http://www.agakiza.rw/?Donald-James-Don-Moen-aritegura-kuza-mu-ivugabutumwa-mu-Rwanda</link>
		<guid isPermaLink="true">http://www.agakiza.rw/?Donald-James-Don-Moen-aritegura-kuza-mu-ivugabutumwa-mu-Rwanda</guid>
		<dc:date>2014-05-09T06:33:36Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>Simeon Ngezahayo</dc:creator>


		<dc:subject>articles</dc:subject>
		<dc:subject>izindiNyandiko</dc:subject>

		<description>
&lt;p&gt;Umuhanzi mpuzamahanga Donald James uzwi ku izina rya Don Moen aritegura kuza mu Rwanda aje mu ivugabutumwa mu rugendo yise Holy Land Tour azasoreza mu gihugu cya Israel. Don Moen mu gitaramo mu mujyi wa Bangalore, India &lt;br class='autobr' /&gt;
Uyu muhanzi ateganijwe kuba ari mu Rwanda ku wa 7 Kamena 2014, aho azaba aturutse muri Uganda mu giterane azaririmbamo kizabera mu nzu mberabyombi yitwa Makerere Sports Grounds, Rubaga MCC no muri Serena Hotel. &lt;br class='autobr' /&gt;
Uru rugendo rw'ivugabutumwa yise Holy Land Tour azarusoreza i (&#8230;)&lt;/p&gt;


-
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?-Abahanzi-" rel="directory"&gt;Abahanzi&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?+-articles-+" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?+-izindiNyandiko-+" rel="tag"&gt;izindiNyandiko&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;i&gt;Umuhanzi mpuzamahanga Donald James uzwi ku izina rya Don Moen aritegura kuza mu Rwanda aje mu ivugabutumwa mu rugendo yise Holy Land Tour azasoreza mu gihugu cya Israel.&lt;/i&gt;&lt;/p&gt;
&lt;div class='spip_document_1604 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center'&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;img src='http://www.agakiza.rw/IMG/jpg/dm.jpg' width='360' height='480' alt='' /&gt;
&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;&lt;h2 class=&#034;spip&#034;&gt;Don Moen mu gitaramo mu mujyi wa Bangalore, India&lt;/h2&gt;
&lt;p&gt;Uyu muhanzi ateganijwe kuba ari mu Rwanda ku wa 7 Kamena 2014, aho azaba aturutse muri Uganda mu giterane azaririmbamo kizabera mu nzu mberabyombi yitwa Makerere Sports Grounds, Rubaga MCC no muri Serena Hotel.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Uru rugendo rw'ivugabutumwa yise Holy Land Tour azarusoreza i Yerusalemu muri Israel muri Nzeli uyu mwaka, aho azamara iminsi icumi (9&#8211;19/09/2014) avuga ubutumwa mu ndirimbo.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Don Moen w'imyaka 63 y'amavuko yavukiye muri Leta ya Minnesota ho muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, akaba amaze gusohora album 11 z'indirimbo zihimbaza Imana.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Muri Israel azaba ari kumwe n'abakozi b'Imana barimo n'umufasha we Laura, abahanzi nka Lenny LeBlanc na Paul Wilbur n'umuvugabutumwa akaba n'umwanditsi Stephen Mansfield.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;&lt;i&gt;donmoen.com&lt;/i&gt;&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Theophile Niyukuri (Dudu) mu ivugabutumwa ku mugabane w'u Burayi!</title>
		<link>http://www.agakiza.rw/?Theophile-Niyukuri-Dudu-mu-ivugabutumwa-ku-mugabane-w-u-Burayi</link>
		<guid isPermaLink="true">http://www.agakiza.rw/?Theophile-Niyukuri-Dudu-mu-ivugabutumwa-ku-mugabane-w-u-Burayi</guid>
		<dc:date>2014-05-09T05:03:10Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>administrator</dc:creator>


		<dc:subject>articles</dc:subject>
		<dc:subject>izindiNyandiko</dc:subject>

		<description>
&lt;p&gt;Umuhanzi ukomoka mu gihugu cy'u Burundi Theophile Niyukuri uzwi ku izina rya Dudu ari ku mugabane w'u Burayi, aho ari mu ivugabutumwa mu ndirimbo. &lt;br class='autobr' /&gt;
Uyu muhanzi ukunzwe cyane kubera indirimbo ze zururutsa imitima nka Sinicuza, Hozana&#8230; arateganya kugera mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane w'u Burayi yamamaza ubutumwa bwiza mu ndirimbo, agakorera ibitaramo mu bihugu nka Sweden, Denmark n'Ububiligi. &lt;br class='autobr' /&gt;
Dudu yageze i Burayi ku wa 2 Gicurasi 2014, akaba azatangira ibitaramo guhera taliki ya (&#8230;)&lt;/p&gt;


-
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?-Abahanzi-" rel="directory"&gt;Abahanzi&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?+-articles-+" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?+-izindiNyandiko-+" rel="tag"&gt;izindiNyandiko&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;i&gt;Umuhanzi ukomoka mu gihugu cy'u Burundi Theophile Niyukuri uzwi ku izina rya Dudu ari ku mugabane w'u Burayi, aho ari mu ivugabutumwa mu ndirimbo.&lt;/i&gt;&lt;/p&gt;
&lt;div class='spip_document_1603 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center'&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;a href='http://www.agakiza.rw/IMG/jpg/Dudu_Europe_Tour_2014.jpg' class=&#034;spip_doc_lien mediabox&#034; type=&#034;image/jpeg&#034;&gt; &lt;img src='http://www.agakiza.rw/IMG/jpg/Dudu_Europe_Tour_2014.jpg' width='500' height='667' alt='' /&gt;&lt;/a&gt;
&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;
&lt;p&gt;Uyu muhanzi ukunzwe cyane kubera indirimbo ze zururutsa imitima nka Sinicuza, Hozana&#8230; arateganya kugera mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane w'u Burayi yamamaza ubutumwa bwiza mu ndirimbo, agakorera ibitaramo mu bihugu nka Sweden, Denmark n'Ububiligi.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Dudu yageze i Burayi ku wa 2 Gicurasi 2014, akaba azatangira ibitaramo guhera taliki ya 10 kugeza ku ya 25 Gicurasi 2014 ndetse akaba yaranitabiriye igiterane cyiswe Africa Revival Conference cyabaye ku wa 4-5 mu mujyi wa Elborg, Denmark.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Dudu yagiye yitabira ibiterane bitandukanye mu Rwanda, aho yaririmbanye n'abahanzi batandukanye bo mu gihugu ndetse no mu matorero amwe n'amwe kandi indirimbo ze zafashije benshi cyane nk'ubutumwa bw'ibyiringiro na style yihariye kuko aririmba anicurangira Live.&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Albert NIYONSABA agiye gutangiza igikorwa cyo gufasha abarwayi abinyujije mu bitaramo bihimbaza Imana!</title>
		<link>http://www.agakiza.rw/?Albert-NIYONSABA-agiye-gutangiza-igikorwa-cyo-gufasha-abarwayi-abinyujije-mu</link>
		<guid isPermaLink="true">http://www.agakiza.rw/?Albert-NIYONSABA-agiye-gutangiza-igikorwa-cyo-gufasha-abarwayi-abinyujije-mu</guid>
		<dc:date>2014-04-24T08:33:23Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>Simeon Ngezahayo</dc:creator>


		<dc:subject>articles</dc:subject>
		<dc:subject>izindiNyandiko</dc:subject>

		<description>
&lt;p&gt;Umuhanzi Albert Niyonsaba aratangaza ko afite gahunda myinshi harimo izibanda ku bikorwa by'urukundo no gufasha abababaye, mu rwego rwo gukoresha impano ye ngo igirire benshi umumaro. &lt;br class='autobr' /&gt;
Tuganira, Albert yadutangarije izo gahunda muri aya magambo ati &#8220;Ni koko hari icyo numva Imana yanshyize ku mutima! Ngiye gutangiza gahunda yo gufasha abarwayi barwariye mu bitaro binyuranye binyuze mu bitaramo (concerts) ngiye kujya ntegura nise &#8220;SAMARITAN GOSPEL CONCERT&#8221;. &lt;br class='autobr' /&gt;
Igitaramo cya mbere cya SAMARITAN (&#8230;)&lt;/p&gt;


-
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?-Abahanzi-" rel="directory"&gt;Abahanzi&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?+-articles-+" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?+-izindiNyandiko-+" rel="tag"&gt;izindiNyandiko&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;i&gt;Umuhanzi Albert Niyonsaba aratangaza ko afite gahunda myinshi harimo izibanda ku bikorwa by'urukundo no gufasha abababaye, mu rwego rwo gukoresha impano ye ngo igirire benshi umumaro.&lt;/i&gt;&lt;/p&gt;
&lt;div class='spip_document_1523 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center'&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;img src='http://www.agakiza.rw/IMG/jpg/alba.jpg' width='500' height='561' alt='' /&gt;
&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;
&lt;p&gt;Tuganira, Albert yadutangarije izo gahunda muri aya magambo ati &#8220;Ni koko hari icyo numva Imana yanshyize ku mutima! Ngiye gutangiza gahunda yo gufasha abarwayi barwariye mu bitaro binyuranye binyuze mu bitaramo (concerts) ngiye kujya ntegura nise &#8220;SAMARITAN GOSPEL CONCERT&#8221;.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Igitaramo cya mbere cya SAMARITAN GOSPEL CONCERT kizatangira ku wa 11/05/2014, kibere ku rusengero rwa ADEPR Nyarugenge aho azaba ashyigikiwe n'abandi bantu bakunda gukora ibikorwa byo gufasha abarwayi nka Groupe yitwa ABACUNGUWE ibarizwa aho i Nyarugenge, hakazajya hacamo amezi abiri kigakorerwa n'ahandi bityo bityo.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Twabajije uyu muhanzi impamvu yamuteye gutekereza abarwayi bari mu bitaro, adutangariza ko ajya agerayo kenshi agasanga ibibazo bitandukanye abarwayi bafite haba abadafite kirwaza, abadafite ubushobozi bwo kugura imiti, ari abavuwe bagakira ariko bakabura ubushobozi bwo kwishyura ibitaro ngo babone gutaha, ababuze ababagemurira kandi kurwara ugafata imiti ariko ukabura ibyo kurya ko ari ikibazo ku murwayi, n'ibindi.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Iyi gahunda mu by'ukuri bigaragara ko ari iyerekwa ryiza uyu muhanzi yagize, kandi nta we utarishyigikira cyane ko ibikorwa nk'ibi ari inshingano ikomeye n'ijambo ry'Imana ubwaryo ridutegeka, bikaba bizatangira kwigisha no kongera kwibutsa benshi igikorwa cyiza cyo kwita ku barwayi.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Albert Niyonsaba yarangije icyiciro cya kabiri cya Kaminuza muri Kaminuza y'u Rwanda, mu ishami ry'ubuganga. Ubusanzwe akora umurimo wo kuvura akoresheje imiti y'ikizungu (pharmacy).&lt;/p&gt;
&lt;div class='spip_document_1524 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center'&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;img src='http://www.agakiza.rw/IMG/jpg/alb-2.jpg' width='375' height='600' alt='' /&gt;
&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;
&lt;p&gt;&lt;i&gt;Janvier Kwizera&lt;/i&gt;&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>PATIENT BIZIMANA YEREKANYE ITANDUKANIRO RY'ABAHANZI BARIRIMBA KU GITI CYABO. KURIKIRA INKURU MU MAFOTO&#8230;</title>
		<link>http://www.agakiza.rw/?PATIENT-BIZIMANA-YEREKANYE-ITANDUKANIRO-RY-ABAHANZI-BARIRIMBA-KU-GITI-CYABO</link>
		<guid isPermaLink="true">http://www.agakiza.rw/?PATIENT-BIZIMANA-YEREKANYE-ITANDUKANIRO-RY-ABAHANZI-BARIRIMBA-KU-GITI-CYABO</guid>
		<dc:date>2014-04-01T06:34:07Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>Niyonzima Moses</dc:creator>


		<dc:subject>articles</dc:subject>
		<dc:subject>izindiNyandiko</dc:subject>

		<description>
&lt;p&gt;Kuri iki cyumweru taliki 30 Werurwe 2014, umuhanzi Patient BIZIMANA yakoze igitaramo cyo kumurika album ye. Iki gitaramo cyitabiriwe n'ingeri zose harimo n'abahanzi batandukanye na Gaby KAMANZI, Aim&#233; UWIMANA, DUDU na FORTRAN bakomoka mu gihugu cy'u Burundi n,abandi. BIZIMANA Patient aririmba ati &#034;Menye Neza&#034; &lt;br class='autobr' /&gt;
Muri iki gitaramo cyabereye muri KIGALI SERENA HOTEL, PATIENT yashyize ahagaragara umuzingo we wa kabiri yise &#8220;Impumuro yo guhembuka&#8221; Hakurikiyeho Gaby K ahimbaza ImanaPatient (&#8230;)&lt;/p&gt;


-
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?-Abahanzi-" rel="directory"&gt;Abahanzi&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?+-articles-+" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?+-izindiNyandiko-+" rel="tag"&gt;izindiNyandiko&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;i&gt;Kuri iki cyumweru taliki 30 Werurwe 2014, umuhanzi Patient BIZIMANA yakoze igitaramo cyo kumurika album ye. Iki gitaramo cyitabiriwe n'ingeri zose harimo n'abahanzi batandukanye na Gaby KAMANZI, Aim&#233; UWIMANA, DUDU na FORTRAN bakomoka mu gihugu cy'u Burundi n,abandi.&lt;/i&gt;&lt;/p&gt;
&lt;div class='spip_document_1496 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center'&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;img src='http://www.agakiza.rw/IMG/jpg/Publication1-14.jpg' width='280' height='600' alt='' /&gt;
&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;&lt;h2 class=&#034;spip&#034;&gt;BIZIMANA Patient aririmba ati &#034;Menye Neza&#034;&lt;/h2&gt;
&lt;p&gt;Muri iki gitaramo cyabereye muri KIGALI SERENA HOTEL, PATIENT yashyize ahagaragara umuzingo we wa kabiri yise &#8220;Impumuro yo guhembuka&#8221;&lt;/p&gt;
&lt;div class='spip_document_1498 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center'&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;img src='http://www.agakiza.rw/IMG/jpg/Gaby_K.jpg' width='280' height='600' alt='' /&gt;
&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;&lt;h2 class=&#034;spip&#034;&gt;Hakurikiyeho Gaby K ahimbaza Imana&lt;/h2&gt;&lt;div class='spip_document_1499 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center'&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;img src='http://www.agakiza.rw/IMG/jpg/dudu-2.jpg' width='280' height='600' alt='' /&gt;
&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;&lt;h2 class=&#034;spip&#034;&gt;Patient aririmbana na DUDU&lt;/h2&gt;&lt;div class='spip_document_1501 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center'&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;img src='http://www.agakiza.rw/IMG/jpg/masasu.jpg' width='282' height='600' alt='' /&gt;
&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;&lt;h2 class=&#034;spip&#034;&gt;Ev. Pasiteri Patrick MASASU&lt;/h2&gt;&lt;div class='spip_document_1502 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center'&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;img src='http://www.agakiza.rw/IMG/jpg/dudu-4.jpg' width='280' height='600' alt='' /&gt;
&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;&lt;h2 class=&#034;spip&#034;&gt;Dudu uturuka i Burundi aririmba&lt;/h2&gt;&lt;div class='spip_document_1503 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center'&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;img src='http://www.agakiza.rw/IMG/jpg/d-5.jpg' width='280' height='600' alt='' /&gt;
&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;&lt;h2 class=&#034;spip&#034;&gt;Fortran uturuka i Burundi aririmba &lt;/h2&gt;&lt;div class='spip_document_1504 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center'&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;img src='http://www.agakiza.rw/IMG/jpg/dd.jpg' width='280' height='600' alt='' /&gt;
&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;&lt;h2 class=&#034;spip&#034;&gt;Abantu bari benshi muri salle &lt;/h2&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>BIGIZI GENTIL (KIPENZI) YASOHOYE INDIRIMBO NSHYA YISE &#034;ALPHA &amp; OMEGA&#034; </title>
		<link>http://www.agakiza.rw/?BIGIZI-GENTIL-KIPENZI-YASOHOYE-INDIRIMBO-NSHYA-YISE-ALPHA-OMEGA</link>
		<guid isPermaLink="true">http://www.agakiza.rw/?BIGIZI-GENTIL-KIPENZI-YASOHOYE-INDIRIMBO-NSHYA-YISE-ALPHA-OMEGA</guid>
		<dc:date>2014-03-26T04:15:47Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>Simeon Ngezahayo</dc:creator>


		<dc:subject>articles</dc:subject>
		<dc:subject>izindiNyandiko</dc:subject>

		<description>
&lt;p&gt;Umuhanzi mu ndirimbo zihimbaza Imana BIGIZI GENTIL wamenyekanye cyane ku ndirimbo ye yise KIPENZI yanakunzwe na benshi, yashyize ahagaragara indirimbo ye nshya yise ALPHA &amp; OMEGA. &lt;br class='autobr' /&gt;
BIGIZI wasohoreye iyi ndirimbo ye i Remera muri BNG Records, yadutangarije ko iyi ndirimbo iri mu njyana ya RUMBA. Iyi ndirimbo ngo ni iya 10 kuri album ye ya mbere yitegura gushyira ku mugaragaro mu ntangiriro za Gicurasi. &lt;br class='autobr' /&gt;
Indirimbo ALPHA &amp; OMEGA yanditswe na Aim&#233;e MUHIRE uba mu gihugu cya Australia, (&#8230;)&lt;/p&gt;


-
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?-Abahanzi-" rel="directory"&gt;Abahanzi&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?+-articles-+" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?+-izindiNyandiko-+" rel="tag"&gt;izindiNyandiko&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;i&gt;Umuhanzi mu ndirimbo zihimbaza Imana BIGIZI GENTIL wamenyekanye cyane ku ndirimbo ye yise KIPENZI yanakunzwe na benshi, yashyize ahagaragara indirimbo ye nshya yise ALPHA &amp; OMEGA.&lt;/i&gt;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;BIGIZI wasohoreye iyi ndirimbo ye i Remera muri BNG Records, yadutangarije ko iyi ndirimbo iri mu njyana ya RUMBA. Iyi ndirimbo ngo ni iya 10 kuri album ye ya mbere yitegura gushyira ku mugaragaro mu ntangiriro za Gicurasi.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Indirimbo ALPHA &amp; OMEGA yanditswe na Aim&#233;e MUHIRE uba mu gihugu cya Australia, BIGIZI ayishyira mu njyana anayikorera amajwi. Bigizi yagize ati &#034;Ni umugore uba muri Australia wakunze indirimbo yanjye yitwa KIPENZI, wanyoherereje amagambo hanyuma nanjye nyishakira melody mpita njya muri studio nta na kimwe mpinduye ku magambo yayinyoherereje ifite.&#034;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;BIGIZI GENTIL akorera umurimo w'Imana mu itorero Methodistes Libres (EMLR) ku Kimisagara. Umwihariko we ni uko mu ndirimbo ze amajwi yose ari we uyiririmbira.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;&lt;i&gt;Janvier Kwizera&lt;/i&gt;&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>India: Israel Mbonyi arashyira ahagaragara album ye yise &#034;Yesu ni Number One&#034;</title>
		<link>http://www.agakiza.rw/?India-Israel-Mbonyi-arashyira-ahagaragara-album-ye-yise-Yesu-ni-Number-One</link>
		<guid isPermaLink="true">http://www.agakiza.rw/?India-Israel-Mbonyi-arashyira-ahagaragara-album-ye-yise-Yesu-ni-Number-One</guid>
		<dc:date>2014-03-19T15:10:26Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>administrator</dc:creator>


		<dc:subject>articles</dc:subject>
		<dc:subject>izindiNyandiko</dc:subject>

		<description>
&lt;p&gt;ISRAEL MBONYI, umwe mu banyeshuri b'Abanyarwanda biga mu gihugu cy'Ubuhinde amaze gutunganya album ye ya mbere y'amajwi igizwe n'indirimbo umunani yise NUMBER ONE. &lt;br class='autobr' /&gt;
Uyu munyeshuri wiga mu gihugu cy'Ubuhinde, muri Kaminuza ya Anamalai University iherereye mu majyepfo y'Ubuhinde, umuririmbyi aririmba indirimbo zihimbaza Imana, akaba anaririmba muri Owrship Team yitwa The Lamstand. &lt;br class='autobr' /&gt;
Nk'uko abitangaza, igitaramo cyo kumurika album ye ya mbere kizaba taliki ya 22/03/2014, ubu imyiteguro yo (&#8230;)&lt;/p&gt;


-
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?-Abahanzi-" rel="directory"&gt;Abahanzi&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?+-articles-+" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://www.agakiza.rw/?+-izindiNyandiko-+" rel="tag"&gt;izindiNyandiko&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;i&gt;ISRAEL MBONYI, umwe mu banyeshuri b'Abanyarwanda biga mu gihugu cy'Ubuhinde amaze gutunganya album ye ya mbere y'amajwi igizwe n'indirimbo umunani yise NUMBER ONE.&lt;/i&gt;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Uyu munyeshuri wiga mu gihugu cy'Ubuhinde, muri Kaminuza ya Anamalai University iherereye mu majyepfo y'Ubuhinde, umuririmbyi aririmba indirimbo zihimbaza Imana, akaba anaririmba muri Owrship Team yitwa The Lamstand.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Nk'uko abitangaza, igitaramo cyo kumurika album ye ya mbere kizaba taliki ya 22/03/2014, ubu imyiteguro yo kuyimurika ikaba igenda neza kuko hazakoreshwa uburyo bwa Live muri album avugamo ati &#8220;Yesu ni number One&#8221;.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Indirimbo ziri kuri album ya Israel zizajya ahagaragara nyuma yo kumurika album Numbe One ku mugaragaro, abifashijwemo n'itorero. Iki gitaramo kandi kizatabirwa na The Lampstand Worship Team n'abandi bahanzi.&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>



</channel>

</rss>
